Igitangaza cyabaye kuri inyangenewss.com

Igitangaza gikomeye cyane cyabaye uyumunsi ku wa gatandatu, abantu bakurikiye Ubuhanuzi cyane basoma ibice birimo inyandiko z’Ubuhanuzi bwo kwa Rwigara Assinapol bageze kuri 1,400,000 umunsi utari washira. Ni gitangaza gikomeye cyane ubu n’ubwa mbere bibaye kuva twatangira kwandika no gutangaza Ubuhanuzi mu myaka (16) ishize.

Ibi biragaragaza cyane ko abanyarwanda na banyamahanga benshi bakurikirana Ubuhanuzi ni manza zitabera by’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Biteye ubwoba nta bwo bisanzwe. Abakurikirana Ubuhanuzi mwese Tubifurije umugisha w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ubanza ibyo kwa Rwigara Assinapol bitazoroha kuko hari benshi banyandikiye bambwira ko Adeline Mukangemanyi azemera gupfa aho kuza kundeba. Ibyo kandi iyo ubirebye ubona ari ukuri cyane rwose.

Ndatekereza ko kwa Rwigara Asinapol nibaramuka bapfuye kubera gusuzugura Uwiteka Imana Nyiringabo, nta we uzavuga ko Uwiteka yabarenganije kuko yabihanganiye cyane kandi bikomeye kuko azi neza ibyo azabakorera.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar