Monthly Archives: February 2026
DRC: Ingaruka z’amasezerano basinyiye Washington DC
Ikinyamakuru Egretnewss.com tumaze igihe dusesengura (analysis) isinywa ry ’amahoro yo mukarere kibiyaga bigari, aho Umwakagara Paul Kagame na Flex Tshisekedi Antoine Chilombo basinye amasezerano y’amahoro Washington igikorwa cyakozwe taliki ya 4 ukuboza 2025, na masezerano yasinywe taliki ya 12 mutarama, 2026 ibihugu byombi byasinye amasezerano y’ubucuruzi bwa mabuye gaciro yitwa (tantalum) ibya masezerano y’ubucuruzi bwa mabuye gaciro akubiye muri movie yitwa [Tom.Clancys.Jack.Ryan.S02E01.WEBRip.x264-ION10] yateguwe mu buryo bazakuraho Nicolas Maduro wa Venezuela uherutse gufatwa n’ingabo z’America agashimutwa akajyanwa muri America ubu akaba ariho afungiye.
Ubutegetsi bwa Flex Tshisekedi bugeze aharindimuka!!!
Kuba DRCongo bageze aho batanga ibirombe bya mabuye ya gaciro batagenzura n’ukureba Amerika mu gihorihori. Ikindi n’ukubereka ko bafite ubwenge kurusha abanyaMerica. Nta kuntu watanga ibitari byawe, ikindi ntushobora gutanga umutungo utari mu maboko yawe cyane ko uba utazi amasezerano US yagiranye ninyeshyamba za AFC/M23 kuko n’ubundi yabahaye ibyo basanzwe bafite. Ibyo bigaragaza ubuswa bukabije cyane ndetse bikagaragaza ko DRCongo nta kizere bafitiye Amerika mubuhuza bwabo Washington na Qatari. Mu gihe Amerika isaba Kinshasa kwemera kuvanga ingabo no gusangira ubutegetsi hagati ya AFC/M23, ahubwo Kinshasa bo bati reka da! Ahubwo reka tubahe agace kose kagenzurwa na AFC/M23 muhatware ariko mutwirukanire ziriya nyeshyamba.
Imanza zitabera zigiye gukora umurimo wazo mwiza mukarere kuburasirazuba bwo hagati
Ibiganiro by ’imishyikirano byaberaga Switzerland–Geneva byahuzaga US na Iran byarangiye nta cyo bigezeho, nyuma yuko imishyikirano yabaye mbere ibereye muri Oman nabwo nta cyo yagezeho. Iran yari yongeye gusaba US kongera guhura ngo baganire ku kibazo cya NUCLEAR, ariko n’ubundi basanzwe US ibyemezo byayo ntaho byagiye kuko ari bari bahagaze mbere ni naho Iran yasanze bagihagaze.
It Is Time To Listen To What Hamas Says in Arabic
When addressing Arab audiences in Arabic, however, Hamas leaders and senior officials have been saying the exact opposite. Anyone who believes that Hamas would “keep their word” is grotesquely misguided. Before the Hamas-led October 7, 2023 attack on Israel, many people seemed to believe Hamas when its leaders used to say that they were interested in maintaining their ceasefire with Israel.
Time for the U.S. to Designate Sudan’s Muslim Brotherhood as a Terrorist Organization
Having already designated Muslim Brotherhood branches elsewhere in the region, Washington should now extend that policy to Sudan’s Islamic Movement — the local iteration of the Muslim Brotherhood — to counter its massively destabilizing influence and prevent Sudan from becoming a hub for transnational jihadism. In September 2025, the U.S. Treasury sanctioned the Al-Baraa bin Malik Brigade for destabilizing activities and its reported ties to Iran.













