Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ashyiraho iherezo ry’ingoma y’Umwakagara

OCT 27, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire bo muri gakondo ya bakiranutsi uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, ubwo muzaba muvuga muti ni amahoro, icyo gihe niho kuza k’umwana w’umuntu kuzaba kwegereje, kandi icyo gihe nibwo kuvaho kw’ingoma y’umwana w’umwega kuzaba kwegereje ubisoma abyitondere. Icyo uzabishobora azakuremo ake karenge kuko akaga, ibyago, amakuba, bizaba bigiye kugwira uRwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abagore bo mu idini rya ADEPR ubabwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, mwashyiriweho umuromgo ntarengwa, none mu maze kuwurenga. Ni uko rero muzirengere ibyago, akaga na makuba bizaturuka kuri uko kutumvira ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo, mwasohotse urusengero mujya hanze yarwo none musigaye mwijenga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwo abagore bo muri ADEPR bo muri gakondo ya bakiranutsi na bandi bose basohotse muri iryo idini baciye akagozi kababuzaga gukora ibya kamere yabo, uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo na we agiye kubakorera ibyo ashaka bihwanye no gukiranirwa kwabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwo abakristu bo muri ADEPR bahaye urwaho abadayimoni bakinjira mu itorero ndetse bakemera gukoreshwa nabo badayimoni b’Umwakagara warwanije itorero ry’Imana kugirango abone uburyo asenya umurimo w’Imana kuko iyo niyo inshingano yari yarihaye mu mutima we kandi yagambiriye cyane ubwo yemererwaga guhabwa ubutegetsi n’umukuru wa badayimoni yahize umuhigo yuko azarwanya itorero rya Kristo kuzageza aririmbuye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru yurira inzu ndende cyane ifite umunara muremure (Tower) mbona ko ageze hafi yo kugera kumpera y’umunara, mbona ko hari umugabo wari yagezeyo mbere ye, maze yigira nk’aho ashaka kumufata ukuboko ngo amuzamure, naho byari uburiganya bwo gushaka uko yamufata ukuboko agahita amusunika ngo agwe hasi ntazongere gutekereza kwurira uwo munara w’inzu ndende uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hariho umugabo muzahura w’ibwami bw’Umwami Kigeli V Ndahindurwa uzagaragaza gushaka kugufasha, ariko nta gihe muzamarana kuko azaba umwe mu baza kugambanira kugirango utagera ibwami kwa Ndahindurwa Jean Batiste uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mugabo w’ibwami kwa Ndahindurwa Jean Batiste azashaka kuguheza ariko bizarangira ari we uhejwe kuko ubwami yiringira bwa Kigeli V Ndahindurwa butazatinda buzakurwaho burundu, ndetse uzamusimbura ku ngoma umugabo utuye mu gihugu cy’Umwami kazi (United Kingdom) na we ubwami bwe buzumira kuruti rw’umugongo w’ubwami bw’uRwanda bugendera kw’i tegekoshinga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ugiye guhura n’umugore witwa yuko akorana n’ubwami bwa Kigeli V Ndahindurwa, uwo mugore atuye kumugabane w’Uburayi uzamwitondere ni muhura kuko akoresha indimi ebyeri (2 tongue) uwo mugore akorera ubwami bwa Kigeli V Ndahindurwa, akanakorera ubwami bw’Abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwakagara ahora yifuza yuko ya guca igihanga cyangwa agasenya ikinyamakuru InyangeNews umurage wabakiranutsi, nyamara ibyo byose nta bwo azabigeraho kuko Uwiteka yamushyiriyeho inzitizi kugirango adakora ibyo yifuza kubakiranutsi nyamara uhumure Uwiteka alinze cyane ubugingo bwawe kandi alinze umurage wabakiranutsi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwakagara akomeje gukiranirwa cyane, none hanura ushyireho iherezo ku mbibe ze zo gukiranirwa kugirango igihe cye kirangire burundu. Dore yaciye ibihanga abantu benshi bitariho urubanza kandi na we uri umugabo wo kubihamya, none hanura uvume ubutegetsi bwe maze ubushyireho ishyerezo niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze ndahanura ndavuga nti, yewe mwana w’umwega Umwakagara Paul Kagame umwana wo kurimbuka, ndakuvumye mu izina ry’Uwiteka Nyiringabo Imana Nyiringabo, nshyizeho iherezo ku butegetsi bwawe n’igihugu cyawe, kugirango umwaka utaha mu gihe gisa nk’iki uzakorwe nisoni kandi ahawe hazibagirane ndetse kurukiryi rwawe nti ruzaragarike kandi ahabo ntihazibukwe ukundi ndetse na basangira ngedo nabo bizabagendekere uko kugirango amahanga yose azamenye yuko Uwiteka Imana Nyiringabo ari we Imana ishobora byose uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amahanga agiye kota umuriro w’Umwakagara Paul Kagame, ndetse bazagucanira itanure ry ‘umuriro kandi mu isi yose nta n’umwe uzakugirira akari urutega nta mbabazi uzagirirwa, kuko nawe ntazo wagiriye abandi. Amaraso wa mennye atariho urubanza ni uko rero itegure uhangane n’Uwiteka Imana nk’uko wabihize mu mutima wawe kugirango hagaragare umugabo w’umunyembaraga hagati yawe n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira abagore bo muri gakondo ya bakiranutsi ubabwire uti, abenshi mwe (Churches) mu giye kwinjizwa mu gihugu cy’ubutayu bwabutayu bugufiya buherereye mu majyepfo y’uburasira zuba bw’Africa kugirango mu menye neza yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo mwarwanije ijambo ko atabishimiye kuko mutari mukwiye gukora ibisa bityo muvuga yuko muri abakozi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

egretnewsditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar