Ibyo bifuzaga byahereye hehe?

 

Igice cya (233) cy’Ubuhanuzi  

July 1, 2023 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Uhuru Muigai Kenyatta agiye kugaruka ku butegetsi azamaraho amezi (3) ategure amatora y’umukuru w’igihugu uzatsinda amatora mu buryo bwemewe na mategeko niwe uzahabwa ubutegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, abanyeshuli bagiye kuzamurwa kumusozi aho bazaba bategerereje ho gatoya balimo kwigishwa kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy’Ibabyloni (Kenya) mbona ko haguye imvura nyinshi abantu benshi bari hanze yahoo batuye bahera aho bari bagiye, mu gihe imvura yasaga naho ihise ho hatoya alimo kugwa ubujojoba, abantu batangiye kugenda ngo bagere mu mago yabo irongera iragwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, igihugu cy’Ibabyloni kigiye kwinjira mu kaga gakaomeye cyane kubera ubutegetsi bubi bwa Samuei William Ruto uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

July 8, 2023 nerekwa ingurube (pigs) ni byana byayo zijyanwa mu butayu bugufiya bwo hagati, ndazibaza nti, ese muri abahutu cyangwa muri abatutsi? Ziransubiza ziti, turi abatutsi!

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli umwuka w’ubusambo wo kwiharira w’ingoma y’Abatutsi bo mu nzu y’abega, ujyanywe mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Samuei William Ruto atumizwa n’abanyamadini ba (Roman Catholic Church & Islamic religion) bagirana inama bamubwira ko byanze bikunze Raila Amolo Odinga agiye kumukura ku butegetsi bakurikije ijambo ry’Ubuhanuzi n’inama ya SABA SABA yabereye Kamkunji bamubwirako alimo kwegeranya signatures za baturage kandi ko azazibona byange bikunde bazamukura ku butegetsi. Banzura bamusabye ko mbere y’uko akurwaho ku butegetsi yabafasha akica Umucamanza uca imanza zitabera Majeshi Leon Ainesha akavuga icyo yifuza cyose bakakimuha mbere yuko akurwa ku butegetsi kuko Raila Odinga niyima ingoma ikimenyetso cyo kwima ingoma k’ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kiraba gisohoye ku buryo batazashobora kugisubizaa inyuma cyangwa ku kiburizamo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Numva Samuei William Ruto abemerera ko agiye gushakisha uko ashoboye kose agakoresha ba hackers bagahickinga e-mails z’Umwami Kigeli Ndoli, ndetse akanashaka na telephone akoresha bakajya bayitracinga (tracing) kugirango barusheho kumenya aho Umwami Kigeli Ndoli atuye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

July 11,2023 Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi, mbona habaho intambara ikomeye iteye ubwoba cyane, mu isanzure ry’ijuru, hariho indege z’intambara zarasaga umurwa wose w’Isalem, mbona abantu bahungira muri hotel de mille coline indege zirasa ibisasu kuriyo hotel itangira gusenyuka uhereye hejuru umanuka hasi. Abari bahungiyemo bose bakizwa na maguru bahungisha ubuzima bwabo.

Ikirere cyose cyahindutse indege gusa, Umwakagara ntawuzi aho yari yihishe, ingabo za rdf nta cyo zabashaga kuba zakora, iyo ntambara yaratunguranye cyane ku buryo nta cyo ingoma y’abega yarikubikoraho ngo ibashe guhangana nabateye igihugu, ahubwo bose bakizwaga no kwihisha izo ndege uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli igihe kiraje kandi kirasohoye ngo ibyahanuwe bisohoze umulimo wabyo, uburire rubanda rw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uti, uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, uyu mwega mu bona uyu munsi, ntabwo muzongera kumubona ukundi, kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yibutse kurira no kubabara k’ubwoko bwe muri gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Igice cya (231) cy’Ubuhanuzi

Mai 31,2023 Njyanwa mu iyerekwa mbona igihugu cya Iran bakora inama ikomeye cyane yo kurebera hamwe uko bakoresha cash kugirango Umwami Kigeli Ndoli abe umuyisilamu, yabyanga byibuze akemera kwitwa izina ry’abayisilamu. Ibyo babonye ko bibananiye bigira inama yo kujya gushaka abanyaMerica bibwiraga yuko twaba tuziranye cyangwa twaba dukorana ngo babahe intonorano babasabe banyemeze kuba umuyisilamu cyangwa kwitwa izina rya Islam uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli

Ndoli ibintu birakomeye cyane Islam ilimo kurwanira uko bakwiyitirira kugirango bemeze isi ko Imana yazanye Umusilamu guca imanza zitabera. Mu wundi mwanya Roman Catholic Church nayo ihangayikishijwe ni uko ikinyoma cyabo cyagiye ahabona balimo guharanira uko bakwitirirwa bakemeza isi yuko aribo bahawe ubudahangarwa bwo guca imanza zitabera uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Abanyamadini ba (born again) bavutse ubwa kabili nabo ni uko balimo gushaka uko bakwitirirwa bo byari namahire kuko wari umuporoso none nabo balimo gushaka kwemeza isi ko ari bo balimo guca imanza zitabera kuko wabahozemo uza kubakurwamo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

June 5,2023 Njyanwa mu iyerekwa ahantu nta menyereye kubona mu iyerekwa, mbona abantu bafungura ibyumba by ’amasengesho kugirango abantu bajye baza kubisengeramo, kandi Uwiteka Imana Nyiringabo yaramaze guca iteka ku byumba by ’amasengesho. Uko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yarushagaho guca imanza zitabera, ni nako abacuruzi b’ibyumba by ‘amasengesho nabo barushagaho gufungura ibyumba byo gusengeramo kandi bazi neza yuko byabujijwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, hari intambara ikomeye cyane hagati ya bacuruzi bacuruza ibyumba by ‘amasengesho, na bajya gusenga kandi bazi neza yuko gusenga byaciriweho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Akaga, ibyago, amakuba bigiye gutera mw’isi biturutse ku bacuruzi bacuruza ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, ibyumba by ’amasengesho, na masengesho nyirizina:

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli ngiye guteza akaga, ibyago, amakuba, mw’si kubera inkozi z’ibibi ziyitirira umulimo wanjye zikaba zidashaka kumvira ijambo ryanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven, because of dis-obedience of the people who claimed to be my people and they don’t want to obey my words that I God commanded through my servant Majeshi Leon Ainesha Chief Justice of the world, instead rather they continue to go against my judgement in the world.

That’s why I the Lord God of heaven I’m going to released calamities and disasters in the world, every creature will experience my wrath a product from in their disobedient so that they will acknowledge me as creator who created all things dwells in the world thus is how the Lord God of heaven declared amen.

Igice cya (227) cy’Ubuhanuzi     

Mar 22,2023 njyanwa mu iyerekwa mbona igiti kirekire cyane kigera kw’ijuru kitagira amashami, cyari kiyafite cyera, ariko aza kugenda akokoka yose ashiraho bitewe ni uko izuba ryaje kwaka cyane ryerekeza umucyo waryo ku gishyitsi cya cyo maze gikamukamo amazi gitangira kwuma bituma amashami yacyo atangira kugenda yuma gahoro gahoro kugeza ubwo cyaje gusigara cyo nyine gikomeza kuzamuka kubera gukaza umutsi ndetse na mababi yacyo asa naho yahumanijwe nayo azaho intoboro imvura yagwa amazi akajya anyura muri za intoboro akagwa hasi bituma amababi Yuma cyane ariko akomeza kuguma kuri cya giti uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.     

Igihe cyaje kugera cya giti gitangira kugenda kiribwa n’umuswa (termites) uhereye murukenyerero rwacyo, imizi yacyo nayo ihura n’agasimba kitwa kagugunnyi hasi mu butaka itangira kuribwa icikamo kabiri, ntiyaba igishobora gukomeza hasi aho ibasha kubona ibitunga cya giti kirekire. Hanyuma haje gutera amapfa y’imvura n’umuyaga haza undi muyaga mwinshi cyane idasanzwe waruturutse mu butayu bugufiya maze uhuha cya giti kirekire kimanuka kitagira rutangira kiragwa kivunikamo ibice (3) n’imizi yacyo iraranduka gishiraho burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.     

Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli, burira abantu bawe bo muri gakondo yabaakiranutsi, hamwe n’ubwoko bwawe yuko Umwakagara umwana w’umwega arapfuye vuba cyane byihuse, kandi azamanuka nk’ibuye riturutse kumusozi ryerekeza hasi mu itaba cyangwa mu gikombe cy’urupfu acibwemo ibice (3) abazamukurikira ni benshi cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.     

Njyanwa mu iyerekwa mbona abakada ba RNC bakwiragira mu bantu bababwira yuko umwana w’umusinga Kaguta Yoweri Museveni abari inyuma abafasha kugirango bakureho ingoma y’abega. Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli umbwirire ubwoko bwanjye uti, burya Museveni yabafashije kuko arijye wabitegetse!

Ngaho niba atarijye wabafashije azongere abafashe murebe yuko muzafata ubutegetsi nk’uko mwabufashe Ubushize. Ubabwire ngo, Singombwa ko burigihe cyose mugiye gukora ibyo mwifuza

gukora, ko Museveni ashyiramo akaboko ke, uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ringarukaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli, dore umwanzi yashyize imitego mu nzira nyabagendwa ateze ubugingo bwawe kugirango arimbure ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 28,2023    Njyanwa mu iyerekwa ibwami kwa YUHI VI Bushayija Emmanuel Ruzindana, mbona agura ihene ebyeri z’isekurume (two he goats) ajya gukora imiterekerero y’igisekuruza cy’i wabo.    

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli, Umwami YUHI VI agiye guterekerera abazimu abasaba ko bamufasha kugaruza ubwami bwe bwaciriweho iteka, none uhite umuciraho iteka ndetse nizo mandwa ze nazo uzicireho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse!    

 Njyanwa mu iyerekwa mbona igiti kirekire cyane cyakuze kigera mu bushorishori bw’Inyenyeri, kubera uburebure kiza kwigonda ijosi ryacyo none gitangira gukura gisubira hasi. Haza umugabo warufite ingazi azitera kuri icyo giti arakizamuka neza cyane akigera ku ijosi aricamo kabili rigwa hasi umutwe ugenda wibarangura uburirwa irengero uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.   

Wa mugabo arongera akerera nurukero yarafite akatamo igihimba cyo hejuru na cyo kiragwa maze isi yose iratangara iyoberwa ibibaye kuko icyo giti isi yose yaracyubahaga cyane bari baziko kidashobora kuzapfa gicitsemo ibice uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.   

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwakagara Paul Kagame arapfuye byihuse vuba cyane, kandi azacikamo ibice (3) nk’uko ijambo ry’Ubuhanuzi ryabivuze uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.     

 egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar