Raila Odinga: Yari Soul none yabonye urumuli yahindutse Paul

Aya namwe mu magambo Raila Odinga yakoresheje ku wa kane taliki ya 6 June, 2024 akomeje guteza urujijo aho yemeje yuko azakorana na deputy president Rigathi Gachagua aho icyegera cya RUTO bakomeje kudacana uwaka umwe aho anyuze yahanyuza umuriro. Aya magambo Raila Odinga yavuze ko yiteguye gukorana na deputy president Rigathi Gachagua wo mu ishyaka rili ku butegetsi rya UDA ribarizwa muri Kenya Kwanza administration. Aya magambo yabwiwe abanyamakuru ubwo bamubazaga kuri gahunda ye yo kwiyamamariza kuyobora AUC amatora azaba umwaka utaha mukwezi kwa kabili 2025.

Raila Odinga yavuze ibi nyuma yo kwakira (Resolution from mountain Kenya region of one man, one vote, one shilling after Limuru lll meeting). Ibi bikubiye mu mushinga wa BBI nk’uko ya byemeje ko we na Uhuru Kenyatta bateguye umushinga wa BBI waje kwangwa n’urukiko bavuga ibikubiyemo bitari mu itegekoshinga rya Kenya mbere yo gutanga ubutegetsi kwa Samuei William RUTO. Inama ya Limuru lll yarangiye havutsemo ihuriro rya politike ryitwa HAKI COALITION.Rihuza abatuye muri ako gace kalimo mountain kenya, Meru county, Embu county ako gace ka kaba kagizwe n’intara (12 counties). Hashobora kuba habarirwa abafite uburenganzira bwo hafi million 8 zirenga.

Andi makuru twabashije kumenya aravuga ko KK regime n’inteko shingamategeko bananiwe kwemeza cyangwa gusoma ingengo y’imali (Finance Bill 2024/25) ngo abatavuga rumwe na KK regime nyuma yo gufungura ububiko bwa SERVER y’amatora yabaye 2022 basanze KK regime ataratsinze amatora y’umukuru w’igihugu bituma Leta ya KK regime yamburwa ububasha bwo gufata ibyemezo birebana n’ubuzima bw’igihugu ndetse na abanyagihugu kuko batatsinze amatora y’umukuru w’igihugu.

Amakuru akomeza avuga ko ku kibazo kirebana na (Finance Bill 2024/25) intekoshingamategeko ngo yaba ilimo kwakira ibitekerezo by’abaturage (public participation about finance bill 2024/25).

Hakaba hasigaye ibyemweru (2) kugirango intekoshingamategeko isomere rubanda ingengo y’imali izaba yemejwe n’impande zombi nyuma yo kumva icyo rubanda rwifuza kuko iyo ingengo y’imali ituruka mu misoro yabaturage ku buryo badashobora gufatirwa ibyemezo batagizemo uruhare.

Ikibazo abantu bakomeje kwibaza bizagenda gute ko Gachagua Rigathi icyegera cya RUTO wicariye intebe y’umukuru w’igihugu mu buryo butemewe n’amategeko nyuma yuko urukiko rw’ikirenga rwemeje ko yatsinze amatora, ariko kubera imyigaragambyo ya Raila Odinga yarangiye hemejwe ibiganiro bya politike byiswe NADCO REPORT byavuyemo Umusaruro wo gufungura ububiko bw’amakuru yamatora yabaye 2022 bishobora kuba ari nayo ntandaro yo gushwana kw’abashakanye muri politike kwa RUTO na Rigathi urugo rwabo rusenyutse nyuma y’imyaka (2) gusa.

Ese Leta ya KK regime izabasha gukora gute kandi itegekoshinga rivuga ko president adashobora gukorera igihugu mu gihe haba hariho kutumvikana hagati ye ni cyegera cye? Ni gute Raila Odinga ugifatwa nk’uyoboye «Azimio La Umoja One Kenya Coalition» yavuga ko azakorana na deputy president kandi ari mu ishyaka riri ku butegetsi? Hariho inyandiko zisaba ko deputy president azisinyaho (signature) abaye atazinyeho nta cyakorwa bivuzeko Leta ya KK regime iyobowe na RUTO yamaze gusenyuka itakiriho ubanza imanza zitabera zitoroshye!!?

egretnewseditor@gmail.com

Skip to toolbar