Umwakagara ari hagati y’urupfu n’umupfumu!

May 23,2024 ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza amakuru akurikira, amakuru avuga ko muri gakondo y’abakiranutsi agatsiko k’ingoma ya rupfu/rpf kari ku butegetsi bakoze inama ku kibazo kirebana no kwemerera umukandinda wigenga umunyepolitike SHIMA DIANE RWIGARA kuzashyirwa kuri lisiti y’itora.

Ijuru rikomeza ritangaza yuko abagize ako kanama bananiwe kumvikana ngo bafate icyemezo nyacyo, bamwe Bakavuga ko, ngo ashyigikiwe na America, kandi ko noneho batazabona icyo bazitwiza cyatuma adashyirwa kurutonde rw’itora. Iryo tsinda rikomeza rivuga ko, bakwiye kuzamushyiraho ahubwo bakazamwiba amajwi kugirango bitazabateza intambara nk’izo bagize Ubushize aho bamushyize kuri lisiti y’itora barangiza bakamukuraho ari nta bisobanura bihagije bafite byatumye bigaragaza ko komisiyo ishizwe amatora mu Rwanda itigenga.

Amakuru y’ijuru akomeza avuga ko, ngo barangije inama batumvikanye. Ariko itsinda risa nirifite ingufu kurusha abandi rivuga rikijyana, ryanzuye yuko bakwiye kubaza mwenyewe (Umwakagara) aho bavuze ko ngo naho batamushyira kuri lisiti nta kibazo bagira ngo kuko atari cyo kibazo cya mbere bahuye na cyo kandi bikarangira neza.

Ibiro ntaramakuru (Heaven News Media Agency) bikomeza bivuga ko ngo America yaba ifite abantu muri komisiyo igize akanama ka matora ndetse bari hafi cyane y’Umwakagara bashobora kuzayiha amakuru mu gihe DIANE Rwigara yashyirwa kurutonde rw’itora bakazamwiba amajwi ko bashobora kuiyha amakuru y’ibyavuye mu matora rusange mbere yuko bitangazwa na komisiyo yamatora mu Rwanda.

Ubuhanuzi bukemeza ko ngo n’Umwakagara adafitiye ikizere cyaya matora yimirije azaba muri nyakanga taliki ya 14, ngo naramuka akoze uburiganya nk’ubwo asanzwe akora, ashobora kujya ku butegetsi ariko ashobora kutarangiza imyaka (5) nk’uko itegeko ry’amatora ryavuguruwe n’iteka rya president wa republika.

Akanama gashinzwe amatora mu Rwanda ka kaba gategereje ko Umwakagara ari we uzatanga igisubizo ku kibazo cya DIANE RWIGARA niba azashyirwa kurutonde rw’itora ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Icyo azemeza nicyo bazakora.

Aha akaba ariho ruzingiye, nibaramuka bamushyize kurutonde, bagahitamo kuziba amajwi, na byo bizamenyekana, ariko kutamushyira kurutonde nta cyo bazaba bitwaza kuko inganda, amazu, ibibanza byose barabitwaye. Ubu rero Sinzi niba iturufu y’imikono ya bapfuye bazongera kuyitwaza kandi Ubushize urukiko rwaramugize umwere!

Kumushyira kurutonde bakazamwiba amajwi nta bwo ari kimwe no kutamushyira kuri lisiti y’itora, ariko na byo ni kindi kibazo cyangwa se ni kindi gisubizo kuko amatora yo mu Rwanda yamaze gucirwaho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Birasaba gutegereza tukareba uko abega bagiye gutekinika kuko ni byo bamenyereye usibye ko bishobora kutazabagwa neza baramutse barebye nabi cyangwa bagakora imibare mibi nk’uko bayikoze Ubushize!

Nyuma yiminota (39 min) twanditse iyi inkuru, ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, Umwakagara ari hebye cyane kandi bamubwiye ikibazo cya DIANE RWIGARA bamusaba gutanga igisubizo ari cecekera ntiyatanga igisubizo.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, yaba igisirikare cyangwa inzego z’ubutegetsi muri rupfu/rpf zizajya mu matora kugeza magingo aya nta bwo bari bahabwa amashillingi yo kwiyamamaza nta n’ubwo igisirikare cya rdf cyari cyahabwa cash ngo batangire gupanga ingabo zabo uko bazarinda umutekano mu gihe cyamatora ateganijwe muri nyakanga ku wa 14 2024.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli n’ubwo usuzugura amatora y’Umwakagara wibwira yuko azakora itekinika nk’uko asanzwe arikora, ubu noneho siko ibintu bimeze birakomeye cyane ku buryo umuntu yahasiga ubuzima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore Umwakagara arigunze nta muntu alimo kuvugisha, ibyo yifuzaga ko yazasimburwa n’umuhungu we ku ntebe yabukunzi, siko bikimeze kuko imanza zitabera zamaze kumuciraho iteka imigambi ye yose Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze kuyiburizamo uko niko abivuga.

Ibintu byamukomeranye cyane ku buryo budasanzwe, none na we nta bwo afite igisubizo cy’ibigiye kumubaho kuko yamaze gucirwaho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Icyo nkundira files numbers:

May 24, 2024 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli ibintu birakomeye cyane muri gakondo yabakiranutsi, Umwakagara yananiwe gufata icyemezo ku kibazo cya DIANE RWIGARA niba azemererwa kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu cyangwa niba atazemererwa.

None afashe icyemezo kidasanzwe nyuma yo kumenya yuko mu bari bamushyigikiye bya hafi bagombaga kuzemeza intsinzi ye, ko bamaze guhabwa gasopo na America ko badatagomba guhirahira ngo bivange mu matora y’umukuru w’igihugu; Umwakagara afashe icyemezo cyo gutegura coup d’état kugirango azashinje igisirikare cya RDF hamwe na komisiyo y’akanama gashinzwe amatora rusange ko bashatse guhirika ubutegetsi ngo baburizemo amatora y’umukuru w’igihugu, kugirango amatora yigizweyo abe ategura undi mugambi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, agiye kwica abantu ku buryo butunguranye kandi azica abashinzwe kumutegurira amatora y’umukuru w’igihugu, yongere yice abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe kugirango aburizemo amatora y’umukuru w’igihugu kuko Umwakagara Paul Kagame ari mu bantu batagomba gukomeza gutegeka kw’isi yabazima no muri gakondo yabakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli birakomeye cyane kuko Umwakagara namara kubona ushyize hanze imigambi ye ibyo yarilimo gutegura, arahita abwira komisiyo ishinzwe gutegura amatora gusubika amatora rusange bitwaje ko ngo atateguwe neza bayimurire ikindi gihe kugirango barebe niba hari ukundi bazabigenza.

Itangazo rigenewe Umwakagara na Leta zunz’Ubumwe z’America

Umwami Kigeli Ndoli arahamagarira Umwakagara Paul Kagame na America guhagarika amatora mu Rwanda. Umwakagara asabwe gushaka Umwami Kigeli Ndoli vuba cyane bishoboka mbere yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abafatira ibyemezo.

Umuhuza hagati ye n’Umwami Kigeli Ndoli azaba SHIMA DIANE RWIGARA.

Umwakagara asabwa guhindura Leta ye, agashyiraho Dr. Kayumba Christopher kuba minisitiri w’intebe kugirango mu gihe hategurwa imishyikirano azabe ari we uzayobora Leta y’inziba cyuho.

Umwakagara Paul Kagame arasabwa gukuraho ubusembwa kubatavuga rumwe nawe kugirango bahinduke imbohore mu gihugu cyabo babashe ku kibamo batari imbohe.

Umwami Kigeli Ndoli arasaba America gushyigikira Ubuhanuzi n’imanza zitabera bya kubahiriza uko abisabye, byaba bidakozwe Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo akazabafatira icyemezo mu matora America ifite yimirije imbere mukwezi ku ugushyingo 2024. America ikwiye Kwirinda cyane kubangamira imanza zitabera kuko bishobora guteza akaga kw’isi yabazima gakomeye cyane!!!

NB: Umwakagara arasabwa kwishyura (€626) zihwanye na miliyari ksh (89BN) kugirango ashobozwe gutanga ubutegetsi mu mahoro abega batajyanywe mu butayu, agomba no kwishyura amande y’ubukererwe yo kuba atarumviye (Ubuhanuzi) angana na (€74) millions. Ubwo yose hamwe akaba millions (€700).

Umwakagara asabwe kwishyura ibihumbi (€50,000) mu gihe cy’iminsi (7); uhereye igihe itangazo ritangarijwe akayohereza uko yajyaga yohereza ayo gushaka kumuca igihanga.

Ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo muri gakondo yabakiranutsi burashinganye. Ibyo gushaka gushyiraho republika itemewe n’amategeko, nta bwo bizabura kubagiraho ingaruka kandi bizarangira ubwami bw’Uwiteka Imana Nyiringabo bwimye ingoma. (Sooners better).

Let us be clear, if USA doesn’t support God’s judgement in the world, rather they choose to continue threatening them, and the Chief Justice of the world, and then, they’ll be consequences against United State of America, and his allies in the world.

Chief justice of the world.

Majeshi Leon Ainesha.

egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar