Imanza zitabera ziteye ubwoba zirukanye President RUTO ku ngoma!

 

Amakuru yatangajwe ni citizen TV, yo mu gihugu cya Kenya, aravuga ko intekoshingamategeko yatorewe umushinga witegeko uvuga uko umukuru w’igihugu ucyuye igihe, uko azajya atanga ubutegetsi kugiye kumusimbura ku ngoma. «MPs change composition of presidency assumption of office committee» ibi bije nyuma yahoo umushinga w’ibiganiro wiswe «bipartisan nation dialog talks» wemejwe n’intekosingamategeko na Senate ko ububiko bwa SERVER bubitse amakuru y’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye 2022 igomba gufungurwa.

Impuzamashyaka ya Azimio La Umoja One Kenya Coalition yashyizeho abashinzwe akanama (Panel committee) bayobowe na Amos Wako Senate wa BUSIA.KK regime bilinze gutangaza (3) babagize akanama ka bantu (6) bazafungura ububiko bw’amakuru yamatora atavugwaho rumwe yaba Leta ya KK regime cyangwa abatavuga rumwe nayo bayobowe na Raila Odinga uhagarariye Azimio La Umoja One Kenya Coalition.

The National Assembly Has Passed Critical Amendments To Alter The Composition Of The Assumption Of Office Of The President Committee Membership. The Changes Contained In A Miscellenious Amendment Bill By Majority Leader Kimani Ichungwa, The President Elect Has Been Allocated Three More Slots To Hand Him Six Members In The Committee Boosting His Or Her Representation In The Transition Committee.

Ibi bibabye nyuma y’imyigaragambyo yaguwemo abantu barenze (25) bo kuruhande rwa Raila Odinga, iyo myigaragambyo niyo yatumye KK regime yamera ko habaho ibiganira nyuma yuko intumwa ya AU General Orsegune Obasanjo wa Nigeria watumwe kuri Samuei William Ruto kumubwira ko naramuka yanze ibiganiro ashobora gufatirwa ibyemezo byo kutazakandagira mu Manama ya AU, ndetse nigihugu cyacu cya Kenya kigafatirwa ibihano.

Iyo nama yabereye MOMBASA nk’uko twabagejejeho amakuru umwaka ushize. Byabaye ngombwa ko RUTO yemera gushyikirana na RAILA ODINGA ibiganiro byaje kubyara umusaruro wo kwemeza ko SETVER igomba gufungurwa nta mananiza. Kuba intekoshinga mategeko yahinduye itegeko ryemerera umukuru w’igihugu watsinze amatora gutanga ubutegetsi,n’ikimenyetso cy’uko RUTO atatsinze amatora kuko adashobora kuvaho intekoshingamategeko itabanje gutegura uko azavaho kubera manda (term of president assumption for five years was not yet just seventeen months in office of the state house).

Nibiramuka bigenze gutyo, inteko izagarura UHURU KENYATTA kuko ari we umukuru w’igihugu wacyuye igihe uzaba yemewe namategeko kugirango abe afatiriye ubutebetsi (AS CARETAKER president in 90 days according constitution republic of Kenya). Meantime (preparing post-general election again).Bivuze ko mukwezi kwa gatanu Uhuru Kenyatta ashobora guhabwa ubutegetsi niba gufungura SERVER bizaba bigenze neza.

Twibutse ko, uko ari ko Ubuhanuzi bwabitegetse ko RUTO azaba imbabazi ko yabeshwe na kanama ka IEBC ko yatsinze amatora y’umukuru kandi aatayatsinze! Ndetse Bukomeza buvuga ko ubwo n’Ubuhanuzi bwa 2022 July ko RUTO namara kwima ingoma azafungwa kubera kwiba amatora y’umukuru w’igihugu.

Bigaragara ko Ruto yifuza ko nubwo yavaho yazakomeza gukontrola Leta,usibyeko ari nta mahirwe afite kuko aramuka avuyeho azakirwa n’ubutabera kuko agomba gusubiza ibibazo by’uko yagiye ku butegetsi.

egretnewseditor@gmail.com

 

Skip to toolbar