Raila Odinga is a professor of the politics in the world

 

Amakuru agera ku InyangeNewss.com aratangaza ko Leta ya Kenya kwanza administration yemeye gufungura ububiko bw’amakuru yamatora yabaye 2022 post-general election. Biteganijwe ko KK regime batangaza abantu babo (3) biyongera ku bandi ba (3) ba Azimio La Umoja One Kenya Coalition.

Iyo panel ya bantu (6) niyo igiye gushyira ahagaragara ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yabayemo uburiganya aho Samuei William Ruto yatowe ku majwi angana na milliyoni 5,915,000 naho H.E Raila Odinga yabonye amajwi angana na miliyoni 8,200,000. Yanze ibyavuye mu matora asaba ko SERVER ya IEBC yafungurwa hakamenyekana uwatsinze amatora y’umukuru w’igihugu ariko urukiko rwateye icyifuzo cye utwatsi.

Hakurikiyeho imyigaragambyo ikomeye cyane kugeza aho African Union yohereje intumwa Orusegune Obasanjo kuza guhosha iyo myigaragarambyo aho RUTO yasabwe nta mananiza kwemera kuyoboka ibiganiro na Raila Odinga. Yarameye kuko ntayandi mahitamo yarasigaranye bashyiraho akanama kabashingamateka ka bantu (10) buri ruhande ruzana abantu (5) bamaze bakora icyo bise (BYPARTSAN TALKS) byarangiye bemeje ko ibiganiro byagenze neza kandi ko ibyo Raila Odinga yifuza byose byubahiriza.

Nibaramuka basanze Ruto ataratsinze amatora y’umukuru w’igihugu, nk’uko Ubuhanuzi bwabitegetse azajya kuri TV y’igihugu asabe imbabazi abanyaKenya avuge ko yabeshwe na IEBC yari iyobowe na WAFULA CHIBUKATI wacyuye igihe.

 Amategeko ateganya ko Uhuru Muigai Kenyatta ari we uzahabwa ubutegetsi nka CARETAKER president for three months. Agategura amatora y’umukuru w’igihugu bundi bushya. Ntabwo biramenyekana neza icyo amategeko ateganya kuri WAFULA CHIBUKATI na chief JUSTICE CJ Martha Koome uko bazagenzwa na mategeko kuba baratangaje ibihuha bitari ukuri bagaha intebe y’umukuru w’igihugu utatsinze amatora ndetse utayikwiriye.

Dukurikije Ubuhanuzi n’imanza zitabera, RUTO azafungwa, ndetse na Martha Koome hamwe na Chibukati Wafula bazafungwa kubera abantu bishwe mu myigaragambyo basaba ko SERVER yafungurwa, ariko bagaterera agati mu ryinyo.

Twibutse imanza z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zaciriyeho iteka amatora ya 2022, ndetse na IEBC, hamwe nabacamanza bo muri Kenya bose uko bakabaye kubera guca imanza zibera.

Mukwezi gushize, imanza zitabera zirukanye SAMUEI WILLIAM RUTO, JOE BIDEN,Pope Francis, Museveni, Paul Kagame, Nyiramongi Jeannette, na YUHI VI Bushayija Emmanuel Ruzindana kw’isi yabazima. Joe Biden na William Ruto birasa naho aribo bagiye gufata iya mbere kwirukanwa ku butegetsi nk’uko byemejwe n’imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Skip to toolbar