Cardinal Antoine Kambanda na Dr. Antoine rutayisire gukwirakwiza amarozi muri diaspora

Tugomba kubaca ibihanga kuko balimo kutuvangira!

Cardinal Kambanda Antoine na Dr. Pastor Antoine Rutayisire retired from the Church leader  bahawe mission nubundi bari bari basanganywe yo kuzenguruka isi bakwirakwiza amarozi kuko ari abantu bisa naho bagirirwa ikizere na bantu babazi. Kambanda Antoine akoresha abapadiri (fathers of Roman Catholic Church) guhiga abantu abatavuga rumwe na rupfu/rpf. Naho retired Dr. Antoine Rutayisire ubu utakiri Pastor mu Rwanda, amakuru atugeraho aturuka mu nzego z’ubutasi bw’abega Kigali.

Aravuga ko, Dr. Antoine Rutayisire yahawe ikiraka cyo gukwirakwiza amarozi ayishyira abazungu bahuriye mu muryango w’ibanga wa Shitani cyangwa SATANI witwa ILLUMINATI, muri ya mvugo ya barokore, Ndetse Antoine Rutayisire we ubwe yivugiye ko ar’inshuti yabatinganyi.Kugirango bajye bahiga abatavuga rumwe n’ingoma yabo babahe utuzi twa DAN Munyuza.

Ubwo nibwo buryo bakoresheje guhitana ANNE UWAMAHORO RWIGARA, barinda bamugeraho atararabukwa. Usibye ko byari n’Ubuhanuzi bwagombaga gusohoza umulimo wabwo bwa taliki ya 16 Oct,2023 mu gice cya (257) cy’Ubuhanuzi. nubwo umuryango wa Rwigara ugerageza kubyirengagiza bakavuga ibindi binyuranye n’Ubuhanuzi ariko nabo barabizi neza ko bahawe igihano kubera kutumvira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kandi bavuga ko ariyo bakorera. Abana b’abantu baragoye cyane.

So, abntu bagerageze kujya bahuze aya makuru tubagezaho ndetse mukoreshe za social media muhanehane amakuru kugirango wenda bibe byagira abo bifasha batabasha kubona amakuru.

Guceceka kw’abarwanya ubutegetsi muri iki gihe, nikibazo cy’imanza zitabera zibagiraho ingaruka kuko banze kugendera mu nzira z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yashyizeho, ahubwo bakihimbira izabo ngo kuko bafite ubushobozi. Ariko ubanza aho bucyera icumu riza gushingwa ku kirenge, n’igihugu kikabyara igihunyira, ndetse banareba nabi umuzinga ukaba wavamo umwibano!!!

egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar