Abega bakomeje guhagarika imutima!!!

Ibiro ntara makuru byo mu ijuru”Heaven News Media Agency” biratangaza amakuru akurikira.

Nyuma yuko bakoresheje magigiri Uwambaye Ancilla allias Umulungi Donata w’imyaka (64) wihinduye umurundi kazi, akaba atuye mu Bubiligi kumpamvu zo kugigira abanyarwanda batemera ingoma y’abega.

Aherutse kwishyiraho yiyemeza kugigira Umwami kigeli Ndoli,yigize kizigenza, byarangiye akozwe nisoni ashyizwe ku karubanda, ndetse bahahombeye ama euro €8000 bagombaga kuyafatiraho Umwami Kigeli Ndoli ngo ba mucishe igihanga.

Ubu noneho, inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Abega, zongeye gutekinika, zashatse abanyamadini (synagogues leaders) nibo balimo gukoreshwa bahawe amabwiliza yo kubanza gusoma ubuhanuzi kugirango babone amagambo bazakoresha bagigira Umwami Kigeli Ndoli.

S’abo gusa, kuko bashatse abagabo bigisha muri za kaminuza (Universities) baba mu mahanga bihinduye abarundi kumpamvu z’ubumagigiri abo nabo bagiye gukoreshwa mu kugigira Umwami Kigeli Ndoli.

Tubibutseko, bose muri abo bagiye gukoreshwa muri ibyo bikorwa bigayitse byo kuroga no kwica abatariho urubanza, bamaze gucirwaho iteka….

Gushyikirana ntibishoboka mutari mwakora ibyo nababwiye gukora. Murekure imfungwa zose za politike musubize imitungo ya bandi mwanyaze, amashyaka ya politike atavuga rumwe n’ingoma y’abega yemererwe gukorera mu gihugu, mushyire ahabona abantu mwishe abo nwakoresheje kubaca ibihanga.

Nimurangiza musabe gushyikirana. Mukimara gusoma iritangazo, muhite muhagarika ibikorwa byose by’ubwicanyi mulimo gukorera abanyarwanda.

Skip to toolbar