Basa n’abantu, bagakora nk’abo, nyamara ntabwo ar’abantu!

Uhoraho Nyiringabo arema abantu nta muntu waruhari, arema isi nta n’umwe waruhari. Abatuye mu ijuru ntabwo bahawe ububasha bwo gukorera hano kw’isi.

Niyompamvu, gukorera hano kw’isi, bitewe nimiterere yayo, imikorere yayo, amategeko ayigenga usanga bitemerera ibindi biremwa bituye ku yindi mibumbe (planets) gukorera kuri iyisi.

Icyo gihe iyo bimeze gutyo, usanga bisaba ko, hakoreshwa ubuhanga bw’ikurenga Uwiteka Imana Nyiringabo bikamusaba kurema abantu basa na ba hano kw’isi, bambaye umubiri wa bantu, ariko atari abantu basanzwe!!!

Ibiremwa byitwa abantu ba hano kw’isi, bihorana impungege z’uko hashobora kuza abandi bantu, cyangwa hakaba habaho abantu bashobora kuza gutegeka iyisi.

Kuri uyu mubumbe, hashobora kuba halimo imvange z’ibiremwa bitandukanye. Aba bantu badasanzwe bari hano kw’isi, ntabwo imbaraga bakoresha ari iza hano kw’isi!

Niyo mpamvu isi ihorana impungege, ndetse babona umuntu udasanzwe bakeka ko ashobora kuzana impinduka kw’isi, bashaka uko bamwica.

Aba bantu badasanzwe ntabwo ari benshi kw’isi! Gusa usanga hari n’igihe bibagora kwitahura cyangwa kwimenya, gusa dushingiye kubushaka shatsi twakoze, usanga imitekereze yabo inyuranye ni ya bantu basanzwe.Urugero twatanga n’urwa Yesu Kristo Umwami Wabakiranutsi yavukiye kw’isi, ariko ntabwo yari uwa hano kw’isi.

Umwe muri aba bantu badasanzwe waganiliye nikinyamakuru egretnews.com, yabwiye Ikinyamakuru egretnews.com yuko inshingano bafite hano kw’isi, ar’ugusenya imikorere y’ubwami bw’ikuzimu!

Ikuzimu nabo bafite abantu babo badasanzwe, basa na bantu ariko ari abadayimoni. Bamwe muri bo twabashije gukurikirana bya hafi, ndetse badashobora kugaragaza ubumuntu, n’Umwakagara Paul Kagame.

Yagira ubumuntu gute, kandi atari umuntu!? Bisobanuye ko, kw’isi hari ibice (3) by’abantu bahatuye kandi bakahakorera.

1. Abantu basanzwe baremewe kuba kuri iyisi.

2. Imvange za Satani zitwa abantu kandi ari abadayimoni.

3. Imvange za ba Malaika basa na bantu kandi atari abantu bashinzwe guhangana na badayimoni bigize abantu.

Bino bice 2 bibasha kumenyana bikoresheje ingufu karemano baremanywe!!! Bikaba amayobera ku bantu basanzwe biyisi.

NB: abantu basanzwe biyisi, iyo bamenye ko uri umuntu udasanzwe uri mu ruhande w’Imana, bakurwanya batanzitse! Bamenya ko uri kuruhande rwa sekibi, bakakwiyegereza! Aha wa kwibaza ukiha igisubizo.

Abantu ubona bashaka kuyobora Imana muri gahunda zabo, ariko ntibifuze yuko yo ya bayobora ngo inabafatire ibyemezo! Ahubwo izina ryayo bakarikoresha mu nyungu zabo kugirango bagaragare neza ibyabo byitwe ibinyamugisha.

Niyompamvu, bose nta n’umwe wifuza ubutabera bw’Uhoraho Uwitka Imana Nyiringabo.

Skip to toolbar