Micro cheap plantation in the people bodies

Ibiro ntara makuru byo mu ijuru “Heaven News Media Agency” biratangaza amakuru akurikira.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti Umwami Kigeli Ndoli, kumugabane w’Africa kimwe mu bihugu byo ihuriro rya East Africa Community kigiye kwakira gahunda yo gushyiramo abantu ikoranabuhanga rya micro cheap.

Ili koranabuhanga rijyanye na wa mugambi wa Satan na antichrist wo gushyira ikimenyetso cya Satan muruhanga cyangwa mu kiganza (bisobanura mu mibiri ya bantu).

Mbona ko igihugu cyose kizemera iyo gahunda kizazamurwa wa musozi witiriwe ubwoko bw’abaTutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Igihugu cy’Abakaludaya nicyo kizaba icya mbere kwakira izo gahunda za Satani. Abakora umwuga wo kwiba akaba ari bo bazarwanya uwo mugambi mucyimbo cy’insengero uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Skip to toolbar