Ubuhanuzi bw’ ejo!

Ibiro ntara makuru byo mu ijuru “Heaven News Media Agency” biratangaza amakuru akurikira.

Inkozi z’ibibi zo mu bwoko bw’Abega zariraye kw’ibaba nk’uko basanzwe babigenza. Babanje kohereza email y’uwitwa “Fellenza Casimil” kugirango bakore tracing bamenye exactly aho mperereye.

Ibyo ntabwo byari bihagije, bongeraho na bashinzwe gukora (tracking and report) bahagarara nk’indaya zigurisha zitegereje abakiliya (clients).

Bene abo bategera ahantu bakoreye “hacking” bakareba aho nkunze gukorera. Ubwo bakirirwa barebuzwa ngo barebe ko nza kuza.

Ubwo ba hacker’s nabo barebuzwa ku binyamakuru byombi no kuri email ko nyisoma. Ariko cyane kuri egretnews.com kuko aliyo twahariye amakuru naho inyange News yo yagenewe ubuhanuzi gusa.

Bagejeje saa 3:00hrs pm babonye ko bakamye ikimasa abadayimoni baratumuka!!! Abega ni abadayimoni kuko ibyo byose babikora bazi neza ko bidashoboka.

Ariko kuko ari imburamikoro bakangiza imisoro y’abaturage, noneho bageze naho babura abo basoresha bahisemo kugabanya imisoro ngo barebe ko bapfa guhanyanyaza.

Ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bubamereye nabi bararyama bakarota bakuwe ku ngoma. Ako kanya umwakagara agategeka ko bahiga Umwami Kigeli Ndoli.

Ubu abega bafite ibibazo (2). Ikibazo cya mbere n’Ubuhanuzi bubabuza amahwemo. Hakiyongeraho ikoranabuhanga dukoresha bananiwe kuricengeramo.

Bagerageza gukoresha uburyo bwose bagakoresha abanyamahanga ngo barebe ko basohoza umugambi wabo mubisha ariko bagakama ikimasa.

Ni lazima MTANGUJA SANA!!!

Skip to toolbar