Idini ry’abafarisayo rihagaritse umutima!!

Idini ry’abafarisayo Seventh Day Adventist (SDA) bahagaritswe umutima n’imanza zitabera zilimo gucibwa n’umucamanza w’isi chief justice of the world Umwami Kigeli Ndoli.

Bakomeje kwibaza nimba koko imanza zilimo gucibwa zaba haraho zihurira n’ubutabera bw’Uhoraho Uwitka Imana Nyiringabo.

Bakomeje kwibaza ndetse banajya impaka zitarangira, bamwe barazihakana, abandi bakazemera. Umwami Kigeli Ndoli yahindutse ikimenyetso kigirwa impaka nk’uko byari bimeze ku gihe cy’Umwami Wabakiranutsi Yesu Kristo.

Bageze mu gihirahiro, baracyafite gushidikanya mu mitima yabo. Bakeneye ibindi bimenyetso simusiga. Mu kandi kanya bagasa na bazemera bashingiye ku milimo imaze gukorwa n’Ubuhanuzi.

Ku wa (4) abakurikiye page y’igice cy’i (175) y’ubuhanuzi kw’isegonda rimwe bageraga kuri 836, mu masaha (24) bari 120, 3840.

Kwiyongera kw’abantu byatewe na badeventists basuye inyange News uwo munsi. Ubuhanuzi bukomeje gukora umulimo wabwo hamwe n’imanza zitabera.

Kwemera ko imanza zitabera zilimo gucibwa ntibikenewe kuko atari itegeko. Byonyine kuba ubiziko zilimo gukora umulimo ibyo birahagije kuko ari nta kindi usabwa usabwa gukora.

Imanza zitabera ni gikorwa rusange, abantu bose bahuriye ho. Ariko abakiranutsi bo bahabwa ubutabera ntabwo bacirwaho iteka. Iryo niryo tandukaniro hagati is a ya barimbuka na ba nyabugogo buhoraho.

Skip to toolbar