Daily Archives: December 31, 2022
Iteka rya rusange!!?
Ibiro ntara makuru byo mu ijuru “Heaven News Media Agency” biratangaza amakuru akurikira. Ucireho iteka umuntu wese uri bujye mu isinagogi (Synagogue) kujya gutangirirayo umwaka. Igikorwa cyo gutangira umwaka ntabwo ar’igikorwa cy’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Nigitekerezo cyiza cy’abantu cyuzuyemo uburiganya bwo gushaka indonke muri rubanda.
Ibigiye kubaho mu bihe biri mbere uhereye umwaka utaha!?
Umwaka utaha wa 2023, ni umwaka Ushobora kuzabamo impinduka zidasanzwe. Politically and prophetically. Muri gakondo y’abakiranutsi ni bigaragarira amaso (open eyes). Umwakagara na gatsiko ke, bamaze gutegura gahunda y’itekinika ry’amatora ya 2024. Azaba ar’igikorwa kigayitse haba ku rwego rw’igihugu cyangwa ku rwego mpuzamahanga. Ariko burya ngo umugayo uvuna uwugaya, ugawa yigaramiye. Birumvikana yuko ari nta abanyarwanda bateze kubikoraho mu gihe cyose abakabaye babikoraho babaye ba bashimira mu iriro.













