Ubuhanuzi bwavuziki?

Ibiro ntara makuru byo mu ijuru “Heaven News Media Agency” biratangaza amakuru akurikira.

Kiliziya gatolika RCC kw’isi bari mu mwijima ukabije cyane. Uyu mwijima uvugwa hano n’Ubuhanuzi ntabwo ar’umwijima wa Satan.

Ahubwo n’umwijima cyangwa ibihu bituma ekleziya gatolika cyangwa se wabishaka twabyita Roman Catholic Church RCC idashobora kureba imbere habo hejo hazaza bitewe n’imanza zitabera bahawe n’ubutabera bw’Uhoraho Uwitka Imana Nyiringabo.

Ubuhanuzi bwavuzeko zimwe mu nzitizi PoPe yahuye nazo, ni uko bakoresha imbaraga z’umwijima mu izina ry’Imana yo mu ijuru.

Izo ngufu z’umwijima zaciriweho iteka. Nta kabaraga zigifite ko gukomeza gukorera mw’isi yabazima. Iyo akaba ar’imwe mu mpamvu nyamukuru zitumye PoPe Francis yegura.

Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze ko, idini rya Satani RCC ari cyo kibazo gikomeye ryahuye na cyo.

PoPe Francis akaba abona nta cyerekezo cy’ejo hazaza nibwo yahisemo kwegura ku mwanya w’umukuru w’idini rya ekleziya gatolika rifite abanyamuryango bagera kuri 1.4 billion kw’isi hose.

Bivuzeko bangana na baturage ba China. Mu yandi magambo PoPe ayoboye igihugu kingana na China.

Ubuhanuzi kandi bwavuzeko za maneko z’abega zigiye kwitwaza ubuhanuzi buvugako hazaba ho inama y’itanngaza makuru izahuza abanyamakuru batavuga rumwe n’ingoma y’abega kugirango batumire Umwami Kigeli Ndoli bazabone uko bamugeraho.

Ibyo murulimi rw’ikimombo tubyita past tense!!! Ikiwa hivo MTANGUJA sana.

Skip to toolbar