Ubutabera bw’ Uhoraho mu gikombe cy’isi (fifa)

Ubutabera bw’Uhoraho Uwitka Imana Nyiringabo bwaciye iteka mu mukino w’igikombe cy’isi waberaga mu gihugu cya Qatar.

Amakipe ya cyekwaga ko ashobora gutwara igikombe cy’isi ntabwo ariyo yagitwaye. Imanza zitabera z’Uhoraho zagendeye ku butabera, ku myemerere, ni myizerere, ndetse nimyitwarire ya bakinnyi.

Ikipe ya Morco bazize gusuzugura umugabane w’Africa batuyeho. Byatumye bahabwa file number bacirwaho iteka. Iyo bataza gusuzugura Africa bari gutwara igikombe cy’isi.

Ikipe ya Algentina yitwaye neza, ariko batwaye igikombe kubera ko Captain Lionel Mess ntabwo yigeze yemera gukorana na Illuminati bakunda kwita “Secret Society Services In the Darkness.”

Yizera Imana yo mu ijuru, imbaraga akoresha mu gukina umupira simbaraga za Satani. Niyompamvu abantu bamwibasiye cyane bavuga ngo niba ari umukinnyi mwiza kuki adatwara igikombe cy’isi!?

Nahise nca iteka, nsaba data wo mu ijuru ko yubahiliza imanza naciye Algentina igatwara igikombe kugirango bigaragare ko ibyo bibwira cyangwa ba tekereza bidashoboka. Ahubwo ko imanza zitabera alizo zifite ubudahangarwa mw’isi yabazima.

Nshimye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuko yakoze umulimo mwiza w’ubutabera. Kubafana (fans) ba MESS uko niko ibintu byagenze Uwiteka ahabwe icyubahiro iteka ni teka ryose amen.

Skip to toolbar