Umwaka w’isezerano

Bakundwa bene data wa twase n’umwana we wo Mwami wacu, Yesu Kristo Umwami wo gukiranuka

Dore ibyo nifuje ko mu menya. Uwiteka Imana Nyiringabo yatanze isezerano. Bivuze ngo hari abo yasezeranije ko azabagirira neza.

Isezerano rye nta sano rifitanye n’abanyarwanda b’abanyepolitike bibwira ko icyaba cyose kigomba kubanyuraho. LA hasha!!!

Siko bimeze, ndetse isezerano rya data wo mu ijuru, nta nubwo rifitanye isano na bafarisayo cyangwa se (Synagogue Leaders).

Oya da!!! Dore abafitanye isano ni isezerano ry’Uhoraho Uwitka Imana Nyiringabo. Ni b’abandi babwiwe kuzaragwa ubwami bwo mu ijuru bakiri kw’isi bazagororerwa 100%,

Ibi byavuzwe n’Umwami wa bakiranutsi Yesu Kristo ubwo yari kw’isi inkozi z’ibibi z’abega n’abafarisayo batari bamuca igihanga. Tubibutseko Kristo atavutse mu kwa cumi nabili cyangwa se wabishaka twabyita ukuboza kugirango tubigendanemo neza.

Ntabwo Kristo yari kubanza gutegeka ngo umwanzi na Satani abe aribo baheruka ubutegetsi. Iyo mibare yari kuba icuramye cyane!

Ariko Uwiteka Imana Nyiringabo yahaye rugali inkozi z’ibibi kwifuza kwazo kugirango zibanze gutegeka zibwirako zizashiga ubwami bwazo kuzabaho iteka ryose. Kugirango ubwo azaza gutegeka igihe cye gisohoye, azasenye imbaraga z’umwanzi burundu kugirango azime ingoma ari nta nkomyi.

Niyompamvu, yabanje guca imanza zitabera kugirango buri kimwe cyose kijye mu mwanya wacyo.

Ibi ntibisobanuye ko, igihe ubwami bw’Uhoraho Uwitka Imana Nyiringabo buzaba bumaze kwima ingoma, ko, izo nkozi z’ikibi zizaba zashizeho muri gakondo yabakiranutsi.

Not at all!!! Ahubwo bivuzeko, bazaba bariho bahari mu buryo bw’umubiri bareba uko Umwami Imana Nyiringabo azaba ayobora ubwoko bwe ari nta nkomyi.

Niyompamvu inkozi z’ikibi zimaze imyaka irenga (20) zihindura ibyanditswe byera bibwira ko bashobora kuriganya Uwiteka Imana Nyiringabo. Bibiliya banditse izigera kuri 52,aho udashyizemo iya RCC kiliziya gatolika.

Izi bibiliya ntabwo zivuga rumwe ku makuru yo mu ijuru. Niyompamvu Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yahisemo kuziciraho iteka (Bible) zose uko zakabaye.

Kuko igitabo giheruka ibindi cyitwa apocalypse cyangwa revelation (ibyahishuwe) kivuga ko uzagabanya inyuguti n’imwe, azagabanywa ku giti cy’ubugingo bisobanura gukurwa mu gitabo cy’ubugingo.

Hakomeza havuga ko, uzongera ho inyuguti n’imwe, azongerwa ibyago (7). Ibi byose umwanzi yabigezeho yahinduye ijambo ry’Uhoraho (Bible). Ibyaha bikorwa mur’iki gihe, biruta iby’Isodoma n’Igomorrah.

Sodoma and Gomorrah hari ubutinganyi bw’abagabo ntabwo hari ubw’abagore. Lesibiens.

Nta trans gender yariho icyo gihe. Nta gukona abagabo byariho icyo gihe. Ibyaha biriho uyumunsi ntabwo byigeze biboneka icyo gihe.

Niyompamvu Umwami Wabakiranutsi Yesu Kristo yigeze avuga ati, iki kinyejana cyuzuye ubumbanyi, kurimbuka kwabo kuzaba kuruta Sodoma ni Gomorrah

Reka tugaruke ku bwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ntabwo tuzajya mu ijuru nk’uko abantu babyigisha.

Ibyahishuwe ibice 7 havuga iby’ijuru rishya n’isi nshya. Bazaba ubwoko bwayo muriyo isi nshya, nayo izaba Imana yabo kandi izabana nabo iteka ryose.

Ijuru bisobanura isi itarangwamo sekibi. Ibi bitari kera mugiye kubibona kuko ntabwo bizabera ku wundi mugabane atari uyu dutuyeho. Aho uri hose wiringire yuko niba ari nta miziririzo ufite uzaba muri ubwo bwami.

S’ukububamo gusa, ahubwo ukazaba umusangwa utari ingurukira. Uyumunsi uri indeberezi mu bwami bwa Satani kw’isi yose aho utivanga muri gahunda zabo. Icyo gihe nabo niko bizaba bimeze bazaba indeberezi ubwo tuzaba tulimo kubacira imanza zibyo bakoze mu gihe cy’ubwami bwabo.

Niyompamvu mbere yuko yimika ubwami, yabanje gutegura itegeko shinga. Iri tegeko shinga rikubiyemo imanza zitabera kugirango mu menye imikorere yubwo bwami mbere yuko bubaho.

Niyompamvu inkozi z’ikibi zimaze kumenya neza ubwo bwami ubwari bwo. Mu gihe abana bumucyo mu gifite gushidikanya mu mitima yanyu.

Reka ndangize nkwifuza umwaka mwiza w’isezerano wa 2023.

Hari benshi ntari nashyira ahabona bifuza kuzaba muri ubwo bwami. Abantu b’abaherwe bakomeye cyane mu by’iyisi. Tekereza abayisilamu nta sano dufitanye ariko amajyini yabo yababwiye ko ubwo bwami bakwiye gukora ibishoboka bakabugiramo uruhare.

Biriya mu bona Umwakagara yamaze kwihindura nk’imbogo yakomeretse ni depression zibyo yakoze bigiye kumugaruka. Iyo atekereje ingaruka zibyo azi bigiye kumubaho, ahinduka igisare doreko n’ubundi asangaywe ibisazi!!!

Alimo kwishariliza nk’ivubi, kandi Birumvikana kuko nta kundi ya bigenza kuko niko bimeze.

Uyumunsi turabivuga mu magambo nukuli nukuli ndababwiz’ukuli yuko benshi bazarira bagahogora babonye umwana w’umuntu yimye ingoma.

Noheli nziza n’umwaka mwiza kuri NYAMPINGA Umwami kazi Shima Diane Rwigara na banyu bose n’umubyeyi wacu M. Diane Rwigara.

Noheli nziza n’umwaka mwiza ku igisonga cya NYAMPINGA Umwami kazi Anne Uwamahoro Rwigara.

Noheli nziza n’umwaka mwiza Umwami kazi Abigail na bawe bose Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abane namwe.

Noheli nziza n’umwaka mwiza muhire ku bwoko bw’Uhoraho Uwitka Imana Nyiringabo. Uzatubere umwaka w’isezerano.

NB:Muzirikane yuko mu bihe nk’ibi by’ iminsi mikuru ya noheli umwanzi PK aba arekereje ashakisha uwo yaconcomera.. Mwirinde cyane abari kumurwa mukuru w’Ishushani abajepe bashyizwe mu murwa bitewe nuko ubu nta bantu bari mu murwa bagiye mu byaro.

Umwami Kigeli Ndoli Majeshi Leon Ainesha.

Simple mathematics : 20 23 it means spiritual calculation 20+23 = 2+2+3= (7). Not condition, but optional.

Skip to toolbar