12 trillion kenya izazishyura mu myaka (40)

Leta ya kenya ifite umwenda ungana na triyali (12) bivuzeko 100%,bishyura 43.5%, y’imisoro ikigo cya KRA kiba cyinjije. Nibura KRA ishobora kuba yinjiza miliyari 81, ukuyemo 43.5, hasigara 39.5.

Abakozi ba Leta staff government ugereranije bashobora kuba batwara miliyari (30) za buri kwezi.

Bivuzeko hasigara miriyali 9.5, utari wishyura ingendo za bayobozi. Inama za Leta, amazi, amashanyarazi, itumanaho, operations za police n’igisirikare.

Ubwo ntihaliimo kugura imiti y”ibitaro nta bikorwa bya majyambere (development and project)

Uburezi nta cyo bwakwirirwa bubaza buri muntu n’ukwirwanaho uwinaniwe agahera burundu.

Ubu Leta ya Ruto yakuyeho bursaries za banyeshuli. Igihugu kidafite uburezi iherezo rya cyo rishobora kutaba ryiza.

Ufashe umusaruro winjira (income) ugakuramo 43.5%, by’ideni ryishyurwa usanga bizafata imyaka (40) ubwo ni muri 2062 kugirango kenya izabe imaze kwishyura triyali (12).

Mbere y’amatora ubuhanuzi bwavuzeko William Ruto agiye gufungwa. Witegereje neza wasanga ari muri gereza yitwa state house n’izina kwitwa umukuru w’igihugu bidafite umusaruro. Ariko yiyamamaza yavuze ko ideni rya kenya mu myaka (3) azaba yamaze kuryishyura.

Bivuzeko ku mwaka umwe (1) yaba yishyura triyali (4) mu gihe ikigo cy’i misoro cya KRA kitinjiza agera kuri triyali ku mwaka. Naho ingengo y’imali ingana na triyali 2.8 ku mwaka.

Abaguze imyanya ku rwego rwa minister bashobora ku za bihomberamo bikagenda uko batabitekerezaga. Ndetse niyindi myanya bibwiraga ko Leta igifite cash nka cyera ubanza baravomeye mu gitobotse!

Magingo aya abaturage bakomeje kwitotombera ubutegetsi bumaze amezi (2) n’iminsi (5) kuba ubutegetsi buriho aribwo nyirabayazana y’ubukene buri mu gihugu. Kenyans muri rusange bashyize hamwe batitaye kubibatandukanya icyo bareba nimubereho yabo.

Skip to toolbar