Benon Umuhoza muri Tanzania ahunze ubutabera!

Umwicanyi ruharwa category ya mbere Umuhoza Benoit Zachariah amakuru atugeraho aravuga ko, alimo gushaka uko yava i Paris muri France agasubira mu buhungiro muri Tanzania mu mujyi wa Mwanza.

Mu gihe dossier yo kwica abahutu b’Ikibeho yarilimo gutegurwa ngo atabwe muri yombi, DMI yamugiriye inama ko ibyo kuvugira kuri radio iteme ya za magigiri z’abega zikorera Leta ya Kigali yaba abyihoreye.

Ibyo babikoze bamaze kumenya ko hari umuryango urengera abatagira kirengera ulimo kumukoraho iperereza.

Mukwezi gushize nari i Paris aho uwo muryango wa mpamagaye njya gutanga ubuhamya mu nkuru nanditse yuko Emille Gafirita yahitanywe na Benon Umuhoza ubwo yarakiri muri RNC.

Ubu alimo kuvugana na mushiki we witwa Edith washatswe n’umugabo wo mu bwoko bw’abasukuma aho niho Benon Umuhoza agiye kuba yihishe ngo adatabwa muri yombi.

Umuryango wa cpl. Emille Gafirita wari warasigaye Leta ya Kigali yaragiye nawo irahanagura.

Cpl. Emille Gafirita yari mu mu batanga buhamya bihanurwa ry’indege yuwahoze ari umukuru w’igihugu Habyarimana wishwe n’inkotanyi.Kuko yarali mu bapakiye imbunda yo guhanura perezida Habyarimana.

Abagize uruhare kumwicisha mu murwa mukuru wa Nairobi Kenya halimo Musa Munyakazi, umuhungu we Mark Rucamihigo, umurundi witwa Joseph hamwe na Ambassade ya Leta ya Kigali ikorera Gigili Nairobi.

Benoit Umuhoza Zachariah ni umuhutu wihutuye yigira umuTutsi ngo kuko nyina Musabyimana Odette ari umwega kazi. Byumvikana ko kwica abantu nibiri mu maraso!!? Kubera kumenyera kwica buriya nagera na Tanzania azakomeza kwica abaTanzania.

Skip to toolbar