Kiliziya gatolika yemeza ko, Umwami Yesu Kristo yasambanaga na mushiki wa Lazarus witwa Martha!??

Umwuka w’ikinyoma cya kiliziya gatolika ulimo kugenda usenyuka uko bwije uko bucyeye. Ariko nubwo biruko, hariho ababikira babihombeyemo.

Ndavuga abari barasinye kontaro ya Burundu, aho bategekwa ku bagwa bagakurwamo inda ibyara (uterus).

Egret News yahuye nuwahoze ari umubikira yigishaga kuri kaminuza imwe ya catholic church mu murwa mukuru wa Nairobi, nyuma yo gutahura ikinyoma cyabo yiyambuye ivara ryabo yaramazemo imyaka (31) ahitamo kwisubirira mu buzima busanzwe.

Aganira na egretnews.com, yatubyiye ko, afite masters, akaba yarasigaje kwandika desertation ya PhD ngo akore graduation.

Akimara kuva mu kibikira 2019, catholic bahise bamwirukana kuko n’ubundi cash yahembwaga nibo bazitwaruraga we yari imbata (slave).

Bamukomanyirije ahantu hose hari imishinga itanga akazi ifitanye isano na kiliziya catholic. Byamusabye ko, nubwo avuye mu kibikira yakomeza gusengera mu idini ryabo kugirango atazajya kumena amabanga yabo.

Sibyo gusa, bamwoherejeho imyuka mibi y’ubukene asigaye agurisha avoka kumuhanda n’ibindi bijyanye nimbuto zisanzwe.

Yatubwiyeko icyamukuye muri iryo dini, ko yamenyeko badakorera Imana yo mu ijuru, ko ahubwo bakorera Satani. Ngo ababikira ni abasambanyi ku rwego rwo hejuru.

Abapadiri bo ntabwo bajya bihishira barabyaye bafite abana sikimwe nk’Ababikira bapfa badafite akana bagapfana agahinda mu mutima.

Yabwiye egretnews.com ko, hari abandi nabo biyambuye igitambaro, ariko bakubiswe nikibatsi cy’ubukene bakemera gusubira mu idini bagahita babasubiza mu kazi.

Ariko we yarabyanze avuga ko, yashakaga gukorera Imana atari akazi yashakaga. Ngibyo ibya pope Francis n’abagore. Aha ntitwabura gushima pope Benedict wikuriyemo cash ritubutse agahita abishingukamo ibyo kuba pope yahise anishakira usibye ko yaramusanganywe ajya kwiryohera abandi bagikomeza kurindagira.

NB: imwe mu mpamvu itera abapadiri (fathers) gusambana, ngo muri za library za kiliziya catholic hariho ibitabo bivuga ko Kristo Umwami Yesu ngo yajyaga asambana na Martha umwe muri bashiki ba (Lazarus) kuba basambana mu ibanga bavugako nta cyaha kibilimo ngo kuko na Yesu yasambanaga na Martha!!?

Ikindi gitangaje cyanditswe muribyo bitabo, bavugako, icyo Imana yapfuye na Satani mu ijuru, ngo ni uko Satani yasambanije abaMalaika mu ijuru ngo ubutinganyi niho bwaturutse nk’imwe mu mpamvu abapadiri basambanya utwana tw’uduhungu tukiri dutoya aho batugereranya na ba Malaika.

Skip to toolbar