Impossible missions in Rwandan spy’s drama queen online !!?

Reka twibukiranye za drama queen z’ubumagigiri bw’abega, n’abega kazi. Hashize imyaka itari micyeya, hagati y’6-7,ibyo bibaye. Inzego z’ubutasi bw’abega, bakoresha ikoranabuhanga mu buzima busanzwe mu kugigira abantu bitwaje impuhwe za bihehe waba urumwasama ukahasiga agahanga.

Turahera kuri magigiri Magfique Nyiramihanda utuye mu gihugu cya Ireland. Ati ndasaba ko unsengera (umugabo wanjye nta ndongora neza yabaye umusinzi) none Unsengere Imana imukize ubusinzi. (gufatirwa kuri telephone) kuko ugomba gusenga kuzageza ufashwe) kuko ibyo aba akubwira aba akubeshya.

Uwera Basilisa utuye muri USA ati umwana wanjye yinjiye igisirikare cy’America, none yahindutse umusazi. Ndasaba ko wamusengera agakira. Uyu nawe Ushobora gufatirwa kuri telephone ulimo gusengera ibitariho.

Christine Mugarura utuye France ati umuhungu wanjye anywa ibiyobya bwenge (drugs, wild) urumogi. Aha wafatirwa kuri telephone cyangwa ku kibuga cy’indege. Rwose nzakwishyurira indege uze umusengere yahise yohereje invitations ansaba passport N°, izina ry’umuhanda ntuyeho, house n°


Abandi Manzi, utuye muri Canada ati unsengere mbona umugabo kuko umuzungu nari narabonye nasanze ar’ikiremba niba wamusengera akaba muzima wa mbwira icyo ushaka cyose ndakiguha. Aha wafatirwa kuri telephone

Icya kabili umuhungu wanjye nta bwo ameranye neza n’umugore we ndasaba ko wamusengera, (3) mfite inshuti yanjye aho muri Kenya ifite Agency y’indege niba ubishaka namubwira akakuzana muri Canada batazarinda bakwiciraho ngaho ubwo yashakaga ko bamfatira ku kibuga cy’indege. Cyangwa nagera Canada bakampa twa tuzi twa Munyuza.

(4) Reka nkugurure imyenda yo gukorana numva uvuga ko uba mu butayu nzayohereze kuri DHL.

Nti ese wakohereje cash nkayigurira na hano ko hari imyenda ihendutse. Ati reka da! Yashakaga nyine ko bamfatira kuri DHL.

Umugabo w’umuhutu wanyohereje gusengera murumuna we wo kwase wabo ngo arwaliye Kenyatta hospital kugirango bamfatireyo.

Bizamporo Jane utuye mu Bwongereza we n’umugabo we Justin, ati unsengere umuntu twoherereje ikamyo ngo ayigurishe mu Rwanda, na nubu ntaratwishyura atubwirako itarabona umuguzi. Nigurishwa nzakwishyurira ticket igukura aho ngaho.

Abatarabashije gukurikira izi drama queen uko zagiye zikorwa, dore ko amakuru twagiye tuzabagezaho ku inyangeNews. Bose umugambi wabo kwari ukugirango bancishe igihanga

Byarangiye basebye babona ko kuneka Umuhanuzi bitoroshye, bakurayo amaso. Umuntu uzakoherereza cash zidaciye kuri transfer, akakubwira ngo genda kuri bank runaka kuri teller umubare runaka, ntuzajyeyo kuyafata. Uwo ni magigiri wo muri Ghana wambwiye ngo njye kuri KCB teller ya 4 ngo nakire cash yanyoherereje.

Murwego rwo kwirinda abo bwicanyi, ukoresha za money transfer, yaba ari icyintu runaka ugakoresha postal bikugeraho mu mutekano usesuye ari nta kibazo.

Ipostal si grant, bisaba ko wibuza buza ubwo ndavuga muri Africa, kuko mu bindi bihugu usanga hari umutekano uhagije ariko utakulinda utuzi twa Munyuza.

Umubyeyi Georgette, ari mu Brussels Belgium, ati mfite imyaka (60) sinigeze nshaka unsengere mbone umugabo. NB: bakubwira ibintu bitabaho hano iwacu tubyita “kunipima bang”.

Skip to toolbar