Ntaganira Christian ubishatse washyira hasi Nyakubahwa Boniface Benzinge, kuko yafatiye runini

Ubu noneho Ndabona mfite akanya keza, ko kuba ndasubiza ubusabe bwawe wansabye. Nyakwigendera Mukashema Esperance mwakoranaga ubumagigiri mugambanira Umwami Kigeli V Ndahindurwa, n’ubwami bw’uRwanda.

Kuvugisha ukuli ntabwo byica umutumirano. Niba waruzi ukuntu Nyakubahwa Boniface Benzinge yakurwanyeho ngo udashyirwa ahagaragara kuko atifuzaga icyasha kijya kumuryango wanyu.

Ariko icyo mwa mwituye kiragaragara. Nimwe mwishyize ku karubanda, naho umukambwe wabandi ararengana. None se, ko Benzinge namubwiye ko Mukashema ari magigiri yigeze abyemera? Ko namubwiye ko wa muteka mutwe w’umubikira yaracumbikiye ko ari magigiri nti yabyemeye ari uko muhaye ikimenyetso!

Mu maze gukoresha iyo ndaya yirukanywe mukibikira gutandakanya Umwami Kigeli V Ndahindurwa na Chancellor Benzinge Boniface, amakuru y’imvaho yose urayazi kuko mvugana n’Umwami nkamuha amakuru yose uko uwo muteka mutwe wiyita umubikira yazanywe no gusenya ubwami bw’uRwanda.

Umwami yahise ahagaragara Chancellor Benzinge amasaba imbabazi, waruhari ibyo bavuganye warabyumvanga, sibwo kumunsi ukurikiyeho wavuganye na Jean Marie Gakwaya mugafata icyemezo cyo guhitana Umwami Kigeli V Ndahindurwa. Si wowe wa muhaye utuzi twa Munyuza ukamunyuza iy’ubusamo?

Gufungwa nzira kuvuganira Umwami Kigeli V Ndahindurwa, ntabwo bya mbabaza na gatoya kuko naramukundaga nubwo yumviye inama zanjye bitagifite igaruriro. Uri beshya Ngirango mu bagambanyi bakomeye ni wowe usigaye na bandi bari babirinyuma.

Umugore wa Kale Kayihula wo muri Uganda, ko yashyingiwe na Benzinge yabuze ku mugambanira? Abahindiro mu bwire ibifu byanyu bikizwe, cyangwa muzashake Pastor abisengere nah’ubundi muzashira.

Umuntu wese ugambanira inzirakarengane nta mahoro muzagira muri iyisi. Mwahitanye umwami Kigeli V Ndahindurwa, nyuma y’umwaka muhitana Rwigemera warutuye Norway. Kandi nawe yari umugambanyi ukomeye cyane.

Nyuma yundi mwaka SISI EVARISTE muramuhitana, nyuma yundi mwaka umugore we Mukashema Esperance nawe muramuhitana.

Iryo terabwoba ryawe na Gakwaya nararimbiwe. Kora ndebe iruta vuga numve!!! Aho mwahereye mwabisambo mwe by’abicanyi. Maze amategeko y’ibisambo numunsi. Arengera ibisambo gusa ntajya arengera abarengana “malipo ni hapa chini ya jua” ni lazima upende usipende.

Ahaaa!!! Ng’umugayo uvuna uwugaya, inkunda mugayo zigaramiye! Nta cyo bitwaye byibuze isi ibamenye ko mutari ibikomangoma bikwiye, ahubwo ko muri abagambanyi. Erega ngo uwububa abonwa n’uhagaze!

Pastor Ezra Mpyisi abonye ko abega bamuhindutse, ati nibo bishe Umwami Kigeli V Ndahindurwa. Kandi mubateguye umugambi wo kumuhitana yarabalimo.

Harya ubwo ngo murashaka igihanga cya Benzinge, ng’oooooooo! Nta cyo muzabona. Umwana w’umwega nawe ntasinziriye azashirwa abarangije mwese niho azaruhuka.

Skip to toolbar