Nta mwanya nkeneye mu butegetsi bwawe! Raila niko yabwiye William Ruto

Nyuma y’iminsi 2,Ruto arahijwe kuba president wa Kenya, yatumye icyegera cye Rigathi Gashagua kujya guhura na Raila Odinga, kugirango bamusabe gukora hand shake.

Amakuru aturuka ahantu hizewe avugako, Raila Odinga yabahakaniye ko adakeneye umwanya muri Leta ya William Ruto.

Ruto akiri mu nama hamwe n’abashingamateka, yabwiwe ko, Raila Odinga adakeneye umwanya muri Leta ye.

Ako kanya Ruto yahise atangaza bakiri mu mwiherero Naivasha, ko oppositions atazabashyira muri cabinet ye.

Ariko niyihe mpamvu yatumye William Ruto yifuza gufatanya ubutegetsi n’uwo bahiganwaga mu matora y’umukuru w’igihugu?

Ibyo yabivuze amaze kumenya ko, Raila Odinga yagizwe umuntu ukomeye muri United Nations (UN) ushinzwe amahoro kw’isi. Ukraine, Afghanistan, Siriya, S. Sudan nahandi kw’isi harangwa umutekano mucye.

Ingingo ya 2,Raila Odinga afite iinshuti nyinshi kw’isi, kandi afatwa nk’umuntu wubashwe uharanira uburenganzira bwa muntu no guhagararira amahoro kw’isi.

Ahantu hose yakomanga asaba inkunga, cyangwa ubufasha, bakingura imiryango.

Ruto akimara kwinjira muri state house, yasanze isanduka ya Leta (treasures) yera dee! Yatinye kugira icyo yavuga kuko aziko yasahuye menshi kubarusha. Uhereye 2013 kugeza 2017,yatwaye ayo yasanze muri treasures angana na 24.9 trillions kenya shillings.

Yamufashije kugura abantu bose bari bashinzwe amatora, hamwe n’urukiko rw’ikirenga. Trillions 13,zari muri treasures Uhuru Kenyatta nawe ya yagize impamba asigamo 97 million ksh.

Raila Odinga amaze guhakanira Ruto ko adakeneye gusangira nawe ubutegetsi, nibwo Ruto yahise akuraho subsidy ya fuel n’ibigori cyangwa ifu. Leta yatangaga 7bn,ksh buri kwezi kugirango umurage usanzwe atagura ifu ku giciro cyo hejuru.

Ndetse n’amavuta Leta yashyiragamo miriyali 148 kugirango amavuta atazamuka igiciro. Kumunsi wa 3,Azimio La Umoja iyobowe na Raila Odinga, Martha Karua, Kalonzo Musyoka,mu itangazo basomye kumugaragaro babwiye Ruto ko, badakeneye kwinjira muri Leta ye.

Bamubwiyeko bazajya bamugenzura kuri kamwe kose kuko aribo bafite ubwiganze mu nteko shingamategeko.

Raila Odinga akimara guhabwa umwanya muri UN wo kugarura amahoro kw’isi, yahise aha akazi interior minister (ministiri w’ubutegetsi). Dr. Fred Matiang’i ufite uburenganzira bwo gukorera mu gihugu cy’Ubwongereza, cyangwa United States of America USA. Akazahitamo ikicaro cy’aho azakorera muri ibyo bihugu byombi.

Naho umwega n’ukwirirwa asenyera abaturage, yica abakongomani, intambara ivuza ubuhuha wibaza umuhamagaro wo kunywa amaraso aho yawukuye n’wawuraze, bigatera urujijo kubadasoma ubuhanuzi ngo bamenye ko ar’umwuzukuru wa Satani.

Yirirwa aroga, afunga abo adashaka, akubita ifuni, abo agongesha imodoka, abo yanduza sida, abo yambuye imitungo, abo yashimuse n’ibindi bitindigasani.

Skip to toolbar