Menya ibikorerwa mu ibanga mu isi yabazima!?

Donald Trump wayoboye USA imyaka (4) yagiye ku butegetsi atanyuze mu biganza by’izo nkozi z’ikibi zigaruriye isi n’abayituye zo muri uwo muryango utagikorera mu ibanga usigaye udatinya kuvuga ko basenga Satan.

Izo nkozi z’ibibi nkuko byanditswe mu byahishuwe bibivuga yuko isi n’inyanja bigushije ishyano ngo kuko umwanzi Satan abimanukiye.

Secret Society Services Illuminati mu mwaka wa 2019 bari bafite $500 trillion.

Aho bigambaga ko, ari bo bategeka isi.Kandi ko ubutunzi bwose buri mu biganza byabo.

Bakora ibishoboka byose ngo utegeka igihugu wese (President) akinjira muri uwo muryango, wabyanga, ugakorerwa coup d’etat, cyangwa ugatsindwa amatora yo murukiko, kandi waratowe n’abaturage binagaragara ko wayatsinze.

Byagera murukiko abacamanza bakagutera utwatsi bavugako, nta bimenyetso byemeza ko ibyo uvuga ari ukuli.

Aba sataniste b’America banga Donald Trump, kuko yasohoje ibyanditswe byo muri bibiliya byera bivugako, umurwa mukuru w’Israel (Jerusalem) uzongera kwitwa umurwa umukuru kuko kuva mu w’1948 umurwa wa Israel wari Terr Aviv kugeza ku ngoma ya Donald Trump niho mu mwaka wa 2018 yasinye resolution yemeza ko, Jurusalem isubiye kongera kuba umurwa mukuru wa Israel. Ni mu gihe uwo murwa waruli muri parestine. Ikindi ni uko Donald Trump n’umwe mu baherwe batari muri uwo muryango wabo.

Muri 2019 na none Donald Trump yasinye iyindi RESOLUTIONS yegurira Israel umusozi wa GORAN uri hagati ya Misiri na Assiria. Ariko ukaba wari mu maboko ya Misiri. Ibyo bimenyetso byombi byatumye ba Illuminati bakaza umurego kumurwanya, ngaho yafashe umukobwa cyangwa umugore ku ngufu, ngaho yanga aburabura, nta shaka ko abantu binjira muri mu buryo bunyuranye n’amategeko.

Ugiye kuri inyangeNews TV, uhabona documentary ya Barrack Obama Hussein wahoze ayobora US aho yemeye kurongora umugabo witwa Adam’s Apple waje kwihindura umugore akiyita Michelle Obama. Ubu Obama nibwo agiye gushaka umukobwa ufite inkomoko muri Ethiopia ufite kg 51,akaba atuye muri Amerika.

Urukiko rw’ikirenga rwo muri Amerika ruherutse kwemeza itegeko ribuza gukuramo inda, no kutemerera abahuje igitsina gay’s kubana nk’umugore n’umugabo. Nyuma yicyo gukorwa inteko shingamategeko iyobowe na Nancy Pelosy yahise iterana yongera kwemeza itegeko ryemerera abatinganyi kubana nk’umugore n’umugabo.

Uyu muryango wa Satan ntabwo ujya wifuza ko, abantu bubaha Imana bagera ku butunzi kugirango batazabukoresha kurwanya ubwami bwabo. Kuba Donald Trump avugako Joe Biden ari umwanzi w’Abanyameruca afite ishingiro. Amatora ya 2024 ashobora kuzabamo intambara idasanzwe.

Tekereza uburyo bafashe Paul Rusesabagina bakamugira igitangaza nk’uko Umwakagara abivuga. Ni uko yabanje kuba umunyamuryango byaje wa Illuminati maze bitera Ishyali Kaga, abona ko ari we uzamusimbura kubutegetsi ahitamo kumushimuta.

Paul Rusesabagina yambitswe umudali na former president George W. Bush. Igihembo yahawe icyo yagihawe na currently president Joe Biden. Burya ababipfa n’ababisangiye!

Paul Rusesabagina yinjiriye mu muryango udasanzwe wo gukina film, azamura ubukungu bw’America aho kuzamura ubw’Irwanda. Ikibazo cyabo uko bazagikemura bizwi n’Uhoraho wenyine.

Ubu idini rya Illuminati ryishyize ahagaragara kuryinjiramo ni ama dollars $70,niba batarazamuye ibiciro. Kera baguraga abantu kwinjiramo. Aba Pastor’s benshi n’abanyamuryango babo hamwe n’amadini yabo, n’abakristu babo. Iyo ufite abayoboke benshi bakwinjiza muri uwo muryango ugahabwa icyo wifuza cyose.

Uko Muhirwa Paul Gitwaza yagurishije abayoboke bahita bamuhesha kuba muri Amerika kuko abana bafite ubwenegihugu bw’America.

Pastor Mignon Kabera wakinanye film na Paul Rusesabagina wahise yinjira muri uwo muryango wa Illuminati umugore we Mignoon umugabo we Kabera yahise amujyana kujya kubonana nabakuru ba Illuminati bo muri Amerika yavuyeyo ahawe million 300 frw ajya gutangaza Church byatangiye ari women Foundation ministries birangira ari Church.

Gitwaza amaze kumenya ko yavuye muri America kandi ko umugabo we Kabera yageze Hollywood’s inzu y’izo nkozi z’ikiniramo film, yararuciye ararumira amusabira imigisha asezera muri ZION TEMPLE ajya gutangira urwe kugirango haboneke benshi bazarimbuka.

Kabera yahuye gute na Paul Rusesabagina, Kabera yari driver special tax (Uber) kuri hotel de mille corne. Yaturutse Burundi yahashyizwe na fpr kugirango ajya atwara bamucyera rugendo (tourists) abajyana muri za (Park) anashinzwe kubagigira. Byari murwego rwo kugabana umugati hagati y’abatutsi baturutse Uganda na baturutse Burundi (sharing Nation cake). Icyo gihe Rusesabagina yari (director) wa hotel de mille corne. Urumva ko ijya kurisha ihera kurugo.

Urumva ko, bariya bantu bose baraziranye kuko bafite icyo bahuriraho. Ngirango ababyibuka neza muribuka ko Gitwaza yavugaga ko umuhungu we Imana yamubwiye ko azaba president w’America.

Iryo n’isezerano yahawe na Satani nyuma yo gutangaho ibitambo idini rya ZION TEMPLE. Abarisengeramo bakorewe ibyo kwa Satan babigishije ibyo bita “SPIRITUAL TRANSFERS BLESSINGS” bisobanura kwamburwa umugisha karemano wagenewe n’ijuru, ugasimbuzwa ugahabwa umwuka wo gukena burundu kuko baziko amasengesho yuzuye amaganya atagira ibyiringiro.

Dr. Antoine Rutayisire yivugiye ko, ar’inshuti y’abatinganyi, yinjijijwe muri Secret Society Services Illuminati na Pastor Rick Warren. Bibiliya ivugako ari nta sano hagati y’umucyo n’umwijima. Ndetse zaburi (psams) ivugako, udakwiye kwicara kurubaraza rw’abakobanyi. None nawe uti, abatinganyi n’inshuti zanjye. Umwakagara we yabahaye rugali kugirango ahabwe manda (term 3) yashyizeho ibigo byita ku batinganyi ndetse bagenerwa na budget izajya ibafasha bavuye kurongorwa mu kabuno.

Pastor Anthony Rutayisire yagerageje kurwanaho Gitwaza nyuma yaho Imana imushyiriye ahabona, kugirango asubirane icyubahiro yahawe na Satani, ariko byaranze. Gitwaza yabonanye na PaPa Paul ll 2005 mbere yuko ashiramo umwuka. Ko yigishaga idini rye avugako papa ari anti christ, yagiye kubonana nawe ngo bapange iki?

ADEPR yo yigaruriwe na Satani (Umwakagara) kubera umutungo yarifite. Ubu iri mu maboko ya Satan. Bamwe mu ba Pastor’s barirukanywe munsengero, abandi banze gupfukamira Satan barafunzwe uko niko gahunda ziteye mw’isi yabazima.

Niyompamvu Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yatugiriye ikizere akaduha guca imanza zitabera. Uwo niwo mulimo dushinzwe tuwumazemo igihe kitari gitoya. Ubu ikigezweho ni (cash no matter how you get it). Ubugambanyi bwari iyongereye cyane, gukunda impiya n’umwana waraye avutse atangira kuvuga ijambo rya mbere aheraho ni cash.

Online abagore kuri YouTube kwambara ubusa bashaka cash nibyo bigezweho. More views or hits, more money. Isoni ngo zirisha uburozi, zavuyeho. Mind your business do not bother me. Uko niko ba gusubiza bibiliya ikavuga ngo “icyo gihe bazaba bavuga gukiranuka, bafite ishusho yo kwera, ariko imilimo yabo izaba ihakana gukiranuka kwabo!!?

Skip to toolbar