Muzapfana ibyaha byanyu kandi ibyo munyifuriza, nta bwo muzabigeraho

Aug 28,2022 Umwakagara n’ingabo ze, bahagaze mu nzira nyabagendwa ngo bategereje Umwami Kigeli Ndoli.


Ni nyuma yo kwifashisha “telephone maps” nakoreshaga mu minsi yashize. Bagenda bareba abantu twagiye tuvugana ibyo bita”Incoming and ongoing info’s booaster”.
Bamaze kumva ko, general secretary wa ‘UN Antonio’s Gutierrez’ yifurije amahirwe meza H. E Raila Odinga yo kuba THE 5th president republic of Kenya, bahise (abagara) bahagarika umutima cyane babona yuko ari nta kabuza byarangiye (Raila Odinga) azatsinda urubanza rw’amatora y’umukuru w’igihugu yabaye 9th Aug, 2022 nk’uko ubuhanuzi bwabitegetse.
Uyu munsi nibwo urubanza rwatangiye kumvwa (hearings) in Supreme Court of Kenya.
The ruling of Supreme Court of Kenya ikazatangaza umwanzuro wayo taliki ya 5 sept, 2022

Skip to toolbar