Monthly Archives: September 2020

Umwaka nibyumweru (21) umunyapolitike Ben Rutabana amaze afungiye muri Uganda kumabwiriza ya Kayumba Nyamwasa!!?

Umwaka urarangiye ni byumweru (21) umunyepolitike akaba n’umuhanzi «Ben Rutabana» ashimuswe nabayobozi bakuru ba RNC bayobowe na Kayumba Nyamwasa.Kubufatanye bwa Leta ya Uganda binyuze mu nzego z’ubutasi za CMI,‹Ben Rutabana› yatumiwe n’umuyobozi we mukuru kujya guhurira mu nama mu murwa wa Kampala Uganda,akigera ku kibuga cy’Indege inzego za CMI zihita ziramushimuta aburirwa irengero.

Ni uko byaba aragahoma munwa,naho ubundi byari bikenewe kureba intambara ya M7ni,n’Umwakagara!!!

Amakuru aturuka mukadomo aravuga ko za magigiri zari zifungiye Uganda zaje kurekurwa n’umwana w’UMUSITA M7ni,ngo zaba zitangiye gupfa nyuma yo kurekurwa zimaze kugaburirwa amarozi mu byo kurya bahabwaga na Leta ya Uganda.

Ingabo z’America ziri mu Rwanda zirahakora iki?

Abanyarwanda bakomeje kwibaza niba Umwakagara yarapfuye,cyangwa niba akiri muri COMA,hashize amaze agera kuri (4) cyangwa (5) Umwakagara atagaragara.Kuva muri USA mu nama yamuhuje na Donald trump hamwe na minisitiri w’intebe wa Ethiopia Ahamed Abiya.

Jyewe Majeshi Leon na madame ROSE ukora umwuga wa clearing company nitwe twahuje Rusesabagina nurwego rwa DMI

Nyuma y’imyka (14) jyewe umunyamakuru w’inyangenewss.com n’umugore witwa ROSE ukora umulimo wa ‹clearing company› akura ibintu byabacuruzi muri  magerwa.Twahuje «Gen.Jack Musemakweri» na ‹Paul RUSESABAGINA› tunyuze kumugore we wari inshuti ya Rose tubahuza na Leta ya Kigali binyuze murwego rw’iperereza rwa DMI rwali ruyobowe na Gen.Jack Musemakweri icyo gihe hari kuri Pantagone ibiro bikuru by’ingabo za RDF.

Ibaruwa irimo uburozi bwa ‘ricin’ yari igiye guhabwa Trump muri White House

Abategetsi bavuze ko inzego z’umutekano zatahuye iyo baruwa mbere yuko imugeraho mu biro bye bya White House

Ubutumwa burimo uburozi bwa ‘ricin’ bwari bwohererejwe Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bwafashwe mbere yuko bugera mu biro bye bya White House, nkuko abategetsi babibwiye ibitangazamakuru byo muri icyo gihugu.

Skip to toolbar