Mohamed Salah wa Liverpool na Harry Kane wa Tottenham
Umukino wa nyuma w’irushanwa rya UEFA Champions League rihuza amakipe akomeye ku mugabane w’Ubulayi urakinwa uyu munsi mu mujyi wa Madrid mu gihugu cya Espagne.
Ni umukino uhuza ku nshuro ya mbere amakipe abiri yo mu Bwongereza ari yo Liverpool na Tottenham Hotspur.
Ku ikipe ya Liverpool ni amahirwe yo kugerageza gutsindira icyo gikombe ku nshuro ya gatandatu mu gihe Tottenham yo bwaba ari ubwa mbere yegukanye icyo gikombe.
Umwaka ushize na none Liverpool yari yageze ku mukino wa nyuma iza gutsindwa na Real Madrid, ubwo rutahizamu wayo Mohamed Salah yavaga mu kibuga kubera imvune.
Hari hashize hafi imyaka 35 ikipe ya Tottenham itagera ku mukino wa nyuma mu marushanwa y’amakipe ku mugabane w’Ubulayi.
Hakomeje kwibazwa niba umutoza Mauricio Pochettino ari bukinishe rutahizamu wa Tottenham Harry Kane umaze igihe mu mvune.
Ku mutoza Jurgen Klopp wa Liverpool, arifuza ko ikipe ye itsinda nyuma yo gutsindwa inshuro esheshatu nk’umutoza mu mukino wa nyuma.
[The US president’s negotiations and ceasefires] are viewed by Tehran, Gaza and Beirut as infidels trying to tell Muslims what to do. For them, such a Read More »
EgretNews yagiye gushaka umuntu ukoresha aya mavuta ya collagen bivugwa ko akuraho iminkanyari, (wrinkles) nyuma yo kubona ikinyamakuru cya BBC cyanditse ko ayo mavuta ya collagen Read More »
April 19, 2026 Uwiteka Imana Nyiringabo avuze ko akeneye abantu batera inkunga umurimo we wo guca imanza zitabera no gutegura itegekonshinga ry’Ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bugendera Read More »
[T]he latest escalation in hostilities did not begin with Israel. It began with Hezbollah.Israel found itself faced with ongoing rocket fire from Lebanon and the presence Read More »
[The US president’s negotiations and ceasefires] are viewed by Tehran, Gaza and Beirut as infidels trying to tell Muslims what to do. For them, such a Read More »
EgretNews yagiye gushaka umuntu ukoresha aya mavuta ya collagen bivugwa ko akuraho iminkanyari, (wrinkles) nyuma yo kubona ikinyamakuru cya BBC cyanditse ko ayo mavuta ya collagen Read More »
April 19, 2026 Uwiteka Imana Nyiringabo avuze ko akeneye abantu batera inkunga umurimo we wo guca imanza zitabera no gutegura itegekonshinga ry’Ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bugendera Read More »