Mohamed Salah wa Liverpool na Harry Kane wa Tottenham
Umukino wa nyuma w’irushanwa rya UEFA Champions League rihuza amakipe akomeye ku mugabane w’Ubulayi urakinwa uyu munsi mu mujyi wa Madrid mu gihugu cya Espagne.
Ni umukino uhuza ku nshuro ya mbere amakipe abiri yo mu Bwongereza ari yo Liverpool na Tottenham Hotspur.
Ku ikipe ya Liverpool ni amahirwe yo kugerageza gutsindira icyo gikombe ku nshuro ya gatandatu mu gihe Tottenham yo bwaba ari ubwa mbere yegukanye icyo gikombe.
Umwaka ushize na none Liverpool yari yageze ku mukino wa nyuma iza gutsindwa na Real Madrid, ubwo rutahizamu wayo Mohamed Salah yavaga mu kibuga kubera imvune.
Hari hashize hafi imyaka 35 ikipe ya Tottenham itagera ku mukino wa nyuma mu marushanwa y’amakipe ku mugabane w’Ubulayi.
Hakomeje kwibazwa niba umutoza Mauricio Pochettino ari bukinishe rutahizamu wa Tottenham Harry Kane umaze igihe mu mvune.
Ku mutoza Jurgen Klopp wa Liverpool, arifuza ko ikipe ye itsinda nyuma yo gutsindwa inshuro esheshatu nk’umutoza mu mukino wa nyuma.
America should follow its own vital national interests, not the priorities of others who stand to gain from a weakened Iran that will surely have its Read More »
“The Ikhwan [Muslim Brothers] must understand that their work in America is a kind of grand Jihad in eliminating and destroying the Western civilization from within Read More »
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Leta y’ u Rwanda yohereje intasi ziyitirira kuba abanyaUganda kandi ari abanyarwanda bagiye ku Read More »
There can be no “good” deal with a jihadist regime that openly sponsors terrorism across the Middle East, brutalizes its own people, calls for the destruction Read More »
May 28, 2026 njyanwa mu iyerekwa mbona komite yihererekanya bubasha yashyizweho n’umukuru w’igihugu Paul Kagame ngo itegure gahunda uko uwo muhango uzakorwa neza ku buryo bunoze Read More »
America should follow its own vital national interests, not the priorities of others who stand to gain from a weakened Iran that will surely have its Read More »
“The Ikhwan [Muslim Brothers] must understand that their work in America is a kind of grand Jihad in eliminating and destroying the Western civilization from within Read More »
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Leta y’ u Rwanda yohereje intasi ziyitirira kuba abanyaUganda kandi ari abanyarwanda bagiye ku Read More »
There can be no “good” deal with a jihadist regime that openly sponsors terrorism across the Middle East, brutalizes its own people, calls for the destruction Read More »