Mohamed Salah wa Liverpool na Harry Kane wa Tottenham
Umukino wa nyuma w’irushanwa rya UEFA Champions League rihuza amakipe akomeye ku mugabane w’Ubulayi urakinwa uyu munsi mu mujyi wa Madrid mu gihugu cya Espagne.
Ni umukino uhuza ku nshuro ya mbere amakipe abiri yo mu Bwongereza ari yo Liverpool na Tottenham Hotspur.
Ku ikipe ya Liverpool ni amahirwe yo kugerageza gutsindira icyo gikombe ku nshuro ya gatandatu mu gihe Tottenham yo bwaba ari ubwa mbere yegukanye icyo gikombe.
Umwaka ushize na none Liverpool yari yageze ku mukino wa nyuma iza gutsindwa na Real Madrid, ubwo rutahizamu wayo Mohamed Salah yavaga mu kibuga kubera imvune.
Hari hashize hafi imyaka 35 ikipe ya Tottenham itagera ku mukino wa nyuma mu marushanwa y’amakipe ku mugabane w’Ubulayi.
Hakomeje kwibazwa niba umutoza Mauricio Pochettino ari bukinishe rutahizamu wa Tottenham Harry Kane umaze igihe mu mvune.
Ku mutoza Jurgen Klopp wa Liverpool, arifuza ko ikipe ye itsinda nyuma yo gutsindwa inshuro esheshatu nk’umutoza mu mukino wa nyuma.
The Abraham Accords, once touted as a breakthrough, have quietly moved, in Saudi political conversation, into the deep freeze. In September 1967, the Arab League, at Read More »
Yet, supposing that such a scheme does take shape and is implemented, who could guarantee that either Iran or a future US administration would abide by Read More »
May 10, 2026 Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arihanangiriza abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bakomoka Ruhengeri na Gisenyi, arabashinja kuba bagenda bazimya amatara (light bulbs) aho yagiye Read More »
Any agreement that would allow Iran a multi-year “moratorium” towards enriching uranium again would erase everything that President Donald J. Trump has so brilliantly and historically Read More »
The Abraham Accords, once touted as a breakthrough, have quietly moved, in Saudi political conversation, into the deep freeze. In September 1967, the Arab League, at Read More »
Yet, supposing that such a scheme does take shape and is implemented, who could guarantee that either Iran or a future US administration would abide by Read More »
May 10, 2026 Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arihanangiriza abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bakomoka Ruhengeri na Gisenyi, arabashinja kuba bagenda bazimya amatara (light bulbs) aho yagiye Read More »