Uwiteka yamanuwe no kumva urusaku rwabarega uRwanda!.

Kuwa 10th Kanama 2014,umwuka w’Uwiteka yavuganye nanjye,arambwira ati: mwana w’umuntu,ngiye gutanga umugisha kubakiranutsi,abihanganye bose bagiye kubona ineza yanjye!Kandi abanzi banyu nta bwo muzongera kubabona ukundi.Ndabizi neza murarushye umwanzi wanyu n’umukuru w’igihugu cyanyu,bwira ubwoko bwanjye ngo ntabwo muzongera kumubona ukundi!urusaku rwe,rumeze nk’intare itontoma izirirtse!


Igihe kibaye kirekire mutegereje ibyo navuze,ariko biragaragara yuko murambiwe,ibyo nibyo nashakaga yuko murambirwa mugakura amaso kubana ba bantu,kugirango munyiringire kuko nd’Uwiteka Imana ya Israel Abraham ,Issack, na Yakobo.

Bwira ubwoko bwanjye ngo,mwitinya kandi mwigira ubwoba uti mbese?ibyo navuze no kubikora sinzabikora?Dore nd’Uwiteka wifite imibiri byose mbese hariho icyananira?Yeremia 32:27,doreibyo nibwira kubagirira s’ibibi ahubwo n’ibyiza,kuko nzihesha icyubahiro mu bwoko bwanjye no mu bantu banjye uko niko Uwiteka Imana avuga.

Namanuwe no kureba urusaku rwabaharega,bavuga ko barengana,kandi ko,amaraso yamenetse ari menshi,yewe koko nibyo kuko amaraso ararira ndetse arasaba guhorerwa ariko kuri wa munsi utegerejwe niho bazamenya yuko nd’Uwityeka Imana ikiranuka ihorera gukiranirwa kwa base na banyina uko niko Uwiteka Imana nyiri juru n’isi avuze.

Inkota izasimbura iyindi,abicishije inkotaniyo izabica,uwakoresheje umupanga niwo uzamutema,uwkoresheje umuhoro niwo uzamuca igihanga,uwakoreshe intwaro z’ubumara izo nizo zizamumaraho ubugingo ujko niko Uwiteka avuga bwira ubwoko bwanjye bwitegure dore igihe cyarangiye kandi kiraje dore uzaba umunsi uteye ubwoba amahanga azatangara ndetse nabamanitse amajosi uwo munsi bazamenya ko bakiraniwe uko niko Uwiteka avuga.Abanyantege nke nzabacyura,abanyembaraga nzabarinda,kugirango bankorere kuko ibihe mugiye kwinjiramo nibihe byabafite uwkizera gukomeye kandi bihanganiye ibibagerageza,kuko abo nibo bazankorera umurimo kuko bagaragaweho ubutwari nokwihangana kwa bera!Ishuri murarirangije mu giye guhembwa muhabwe imbaraga zogukiranuka no kurwanya isi kandi muzayitsinda uko niko Uwiteka imana avuze.

Skip to toolbar