Umwuka w’Uwiteka uzabatera usubiranamo.

Umwuka w’Uwiteka uzabatera usubiranamo.

 

Nk’uko mubuhanuzi igice cya mbere kugeza ku cya gatatu 1-3 havuga yuko Uwiteka Imana yo mu ijuru azamanura umwuka wokutumvikana hagati yabicaye ku ntebe ya leta ya FPR,ibi rero bikaba bikomeje gusohora buhoro buhoro,ariko noneho ubanza bitangiye kwihuta kubera ko,igihe kigeze ngo ibyavuzwe nabahanuzi bisohore.


Nk’uko mubuhanuzi igice cya mbere kugeza ku cya gatatu 1-3 havuga yuko Uwiteka Imana yo
mu ijuru azamanura umwuka wokutumvikana hagati yabicaye ku ntebe ya leta ya FPR,ibi rero bikaba bikomeje gusohora buhoro buhoro,ariko noneho ubanza bitangiye kwihuta kubera ko,igihe kigeze ngo ibyavuzwe nabahanuzi bisohore.

Gen.Rusagara amaze gutabwa muriyombi,hakurikiyeho David Kabuye wabaye umuyobozi w’ikinyamakuru cya ‘The new times’uyu mu CPT.David gushwana na FPR,byatangiye mbere s’ibya none,akimara kugirwa umuyobozi w’ikinyamakuru cya leta ya FPR,yatanze isoko ryo gukora ibijyanye n’ikoranabuhanga mu biro bya The new times (LAN) Local Area Networking iryo soko yarihaye umugabo w’umunyaKenya witwa Paul warongoye murumuna wa Rossette Rugambwa witwa Denis  wakoraga muri Serena Hotel nka HR human resource akaba yarahuriye na Paul umunyaKenya muri UK.

Uyu Paul bivugwa ko company ye yitwa Cristal Company ikaba yitirirwa amazina y’umwana wabo w’imfura witwa Cristal.Iryo soko ubundi ryagombaga guhabwa ibikomerezwa bya FPR,amakuru avuga yuko CPT.Kabuye David yirengagije nkana imikorere ya FPR,atanga isoko rya miriyoni mirongo 50 z’amanyarwanda aho nawe yakuyemo icya cumi cye.

Sibyo gusa muri zimwe mu mpamvu zikomeye twageregeje gushaka zigaragaza impamvu nyamukuru yo kutumvikana kwabanyagatsiko kishyize kubutegetsi batabikwiriye,andi makuru avuga yuko ubwo umukuru w’igihugu yteguraga urugendo rwo kujya mu gihugu cy’Ubudage,yabwiwe yuko naramuka azanye umwe mu bantu bari kuri mandant zasohoye na n’umucamanza w’umufaransa Brugeri ko bashobora gutabwa muriyombi.

Amakuru akomeza avuga ko,umukuru w’Abakagara yagishije inama mu gihugu cy’Abongereza icyo bari bafitanye umubano mwiza n’Urwanda kuko bashakaga ko,urwanda rwinjira muri common wealth kuko rwari rufite imbaraga ibihugu byinshi by’Africa byari bitara tahura ikinyoma cya FPR,bityo uRwanda barufataga nk’igihugu kibasha kuvuganira abanyafurika kuko icyo gihe kagame yari yikomye abazungu cyane kandi akabasha kuvugira africa muri rusange.

Ubwongereza bwamugiriye inama yuko,akwiye kujyana Rose Kabuye agafatwa,bityo hakamenyekana ibirego uRwanda rurengwa ku ihanurwa ry’indege y’uwahoze ayobora uRwanda Habyarimana.Rose yaragiye arafatwa Abadage bayoborwa ibyari byo cyane ko,bari baburiye kagame ko,naramuka azanye umwe mubakekwaho umugambi woguhanura Habyarimana ko,azafatwa,bahise bamuta muriyombi akigera mu gihugu cy’ubudage.

Yajyanywe mu gihugu cy’Ubufaransa uRwanda rukora imyigaragambyo itari mike,amakuru avuga yuko Col.Rose Kabuye ageze mu gihugu cy’Ubufaransa yeretswe film y’ukuntu bahanuye indege ya Habyarimana abura icyo avuga,biba ngombwa ko,amena amabanga yose kuko yabonaga ntacyo akwiye guhisha kuko byose byagiye kumugaragaro.

Yaje kurekurwa agarutse ikigali agirango yibire shebuja ibanga ry’ibyo yabonye,bituma shebuja amukuraho amabuko kubera nawe yarafite uburyo akorana n’inzego z’ubutasi za Musadi urwego rw’ubutasi bwo muri Israel,aya makuru ya Rose bayamuhaye babinyujije kuri perezida Sarkozy wayoboraga icyo gihe akaba nawe arumuyahudi wavukiye mu gihugu Spain aza gukurwa muri icyo gihugu inzego zubutasi za Israel zimaze kwirenza papa we umubyara kuko bashakaga umwana utazwi bazajyana mu gihugu cy’ubufaransa kugirango azabe umukuru w’igihugu bazabashe kumenya amabanga y’Ubufaransa n’ubufatanye bagiranye n’Ubudage mu ntambara y’Abanazi.

Iki cyabaye itego  Abafaransa bahise batsinda Kagame bamenya ibyo btagombaga kumenye niyompamvu baca umugani ngo Inagabo y’ingore iragushora,ntigukura!Bivuga ngo umugore yagushyira mukibazo ariko ntabashe kucyigukuramo,ngiyo intangiriro nyamukuru yatandukanije abari bahujwe no kumena amaraso.Uhereye icyo gihe Rose Kabuye na David umutware we bahise bongera kwiyunga dore bari bamaze igihe badacana uwaka bongera kuba umugore n’umugabo.

Kugeza magingo aya,ntibizwi aho Rose aherereye,cyakora arahari nubwo atagaragara kuko aramutswe yarapfuye nk’uko yishe abandi,byari kuba byaramenyekanye kuko nuwendeye nyina mu nyenga yaramenyekanye.Kuba agatsiko rero kiyemeje kumarira ku icumu abanyiginya s’ibyanone kuko abanyiginya iyo babimenya kare bari kurebera kuri Gisa Fred Rwigema bari kumenya neza icyo ingoma y’Abega ihatse niba ari mweru cyangwa niba ari muhima.

Reka abamennye amaraso nabo ayabo ameneke bumve uko bemera kuko nta mwana n’ikinono,barebye akamanyu kumutsima none birangiye bakambuwe,reka twiringire yuko ibi byose birimo kuba aribihano by’Uwiteka kuko amaraso bamennye aracyarira asaba guhorerwa!.

Skip to toolbar