Igice cya (1-3.1) cy’ubuhanuzi

abantu bakomeje ku twandikira ari benshi cyane, basaba ko twabasubirizaho ubuhanuzi bw’Umuhanuzi Majeshi Leon ngo bamwe baba batabusomye.

Ikinyamakuru Inyangenews cyaganiriye n’Umuhanuzi MAJESHI Léon, akigezaho ibyerekeye N’ubuhanuzi we yahawe n’Imana yo mwijuru, ari nabwo tugiye kubagezaho muri uyu mwanya. 

Ubwo buhanuzi buri mu bice bitatu, tukaba duhereye ku gice cya mbere, ubutaha tuzabagezaho ibice bibiri bisigaye. Tuzabagezaho ibyo uwo muhanuzi yavuze ku ivanwaho rya perezida  Pasteur BIZIMUNGU wahoze ari Prezida wa Republika, kujya ku butegetsi kwa Paul KAGAME, ivanwaho n’ihunga rya Petero Celestini RWIGEMA, ihunga rya Joseph SEBARENZI KABUYE, amatora ya FPR ya 2003, ihunga rya General KAYUMBA Nyamwasa na Col. Patric KAREGEYA, iyicwa rya Paul KAGAME, intambara izakurikiraho, itahuka ry’Umwami w’u Rwanda KIGELI V NDAHINDURWA, no gutangira gukora kwa anti-kristu no kugaruka kw’Umwami YESU

2 Peter3:1-17 The promise of the Lord’s comming:My dear friends,this is now the second letter i have written to you In both letters, i have tried to arouse pure thought in your minds by reminding you of these things.I want you to remember the word that were spoken long ago by the holy prophets,and the command from the Lord and saviour which  was given you by your apostles.

  • MAJESHI LEON NI MUNTU KI ?

Umuhanuzi MAJESHI Léon yavukiye muri Tanzania mu ntara ya KAGERA karagwe akaba ariho yigiye amashuri ye abanza,amashuri yisumbuye ya yakomereje mu Rwanda, ndetse n’aya Kaminuza. Yabaye mu gisikari cya APR,FPR.
Icyo gisirikari akimara ku kinjiramo  yahise ashyirwa mu bantu bashinzwe kurinda abategetsi ariyo “High Command” ya RPF,APR kugeza intambara irangiye.
Intambara yaje kurangira akomeza gukora umurimo wa gisirikare muri Presidential Protect Unit PPU ariyo yaje guhindukamo Republican Guard R/G abenshi bakunze kwita abajepe.

  • 1995 YAFUNGIWE MURI GEREZA YA MULINDI KURI 15,MAJESHI LEON YAHANURIRAGA ABANDI BANYURURU
  • UBUHANUZI BWASOHOYE!

Majeshi Leon yaje gufungirwa ku Mulindi wa kigali muri Gereza ya gisirikari yitwa SORWACI,, hari hafungiyemo abasirikari bagera ku 2.000,MAJESHI Leon, yatubwiye ko babaga bafashwe nabi cyane, ku buryo butangaje.Buri munsi hapfaga abantu batari munsi ya bantu (5), bishwe n’imbeho n’inzara, nta byo kurya, nta n’amazi yo kunywa babashaga kubona, nta yarahari.

Usibye ikinogo cyahoze ari W.C,cyari inyuma ya Gereza.nicyo twajyaga gushakamo amazi yaretsemo tukabona ayo kunywa.

  • Basenga iminsi (7) amazi apfumuka mu kibambasi:

Icyo kinogo ariko nacyo cyaje gukama, uyu MAJESHI Léon niwe wari umuyobozi w’Itorero ry’aho muri Gereza, yateguye amasengesho y’iminsi irindwi (7) kugirango basenge Imana ibashe kubaha amazi yo kunywa, nibwo ku munsi wa gatanu saa sita na 12:45, Imana yakoze igitangaza amazi apfumuka mu kibambasi cy’inzu abafungwa bose baravoma baranywa batangira guhimbaza Imana yo mu Ijuru.

Umuyobozi wa Gereza witwa CPT. NICOLAS waruhagarariye D.M.I nti byamushimishije yakoze ibishoboka byose ngo azibe amazi ntibongere kubona amazi yo kunywa,Imana iyapfumura hanze ya gereza babura uko bayafunga kandi bareba no hanze hagiye kuba ikidendezi,ubwo bahise batureka tukajya tujya hanze kuvoma kubera ko twali benshi cyane muri gereza,bidashoboka ko twese twakoresha ayo mu nzu mu gihe cy’umwanya muto.Mu rwego rwo kwikiza ayo mazi baratureka ngo tuyavome batabitewe ni uko batugiriye impuhwe,ahubwo ar’uko babuze uko babigenza.

Ubuhanuzi bwasohoye:

  • SHEAH CYAKABARE ATEGA N’UMUHANUZI Majeshi Leon Arapfa.

Icyo gitangaza kimaze kuba, bamwe mubari aho muri gereza, kuko habaga ababaga basohotse bagiye gukora akazi hanze.Barabyemeye abandi ntibabyemera ko ar’Imana yakoze igitangaza,hari umugabo w’umusilamu witwaga Sheah CYAKABARE wahise avuga ko atari Imana yatanze ayo mazi, maze atega n’Umuhanuzi MAJESHI Leon, amubwira ko niba ari Imana yabahaye amazi, nyuma y’iminsi itatu azapfe, niba kandi atari yo yabahaye amazi nyuma y’iminsi itatu ntapfe, ko umuhanuzi Majeshi Leon nawe azaba Umusilamu.  Ku munsi wa kabiri, nk’uko MAJESHI Leon yabitubwiye, uwo CYAKABARE yahise abyimba hagati y’urutugu n’ijosi. Amusaba ko amusengera undi arabyanga. Yajyanywe mu bitarobya gisirikari I Kanombe, ku munsiwa gatatu yitaba Imana.

Kuza k’Umwami Yesu kuzaba guteye ubwoba

Ubuhanuzi bwo muri 1999-2000 umuhanuzi Majeshi Leon yajyanywe mu iyerekwa,maze yerekwa ibyo kugaruka k’Umwami Yesu kristo,yeretswe Umwami Yesu aturuka mu bicu byo muburasira-zuba bw’isi. Maze agituruka mu bicu,isi yose ihinda umushyitsi,mbona ingabo z’abasirikare bose b’isi bitegura kurasa Umwami Yesu,izo ngabo zari ziyobowe n’inkotanyi-APR/RDF,nerekwa bafata intwaro zikomeye intwaro yarimo nto,niyitwa R.P.G izindi zose zari za burende/ibifaru.

RPG yo kurasa Umwami Yesu.

Umwami Yesu,nta bwo yigeze agera kubutaka,ahubwo yagumye mukirere ahangana nayo mahanga yaramwiteguriye kumugirira nabia,ariko bose mbona bishwe n’ubwiza bwe bwari bumeze nk’imirabyo y’izuba ifite ubukanabukomeye cyane kuburyo batashoboraga kumureba mu mason go bashobore kurasa ibyo bisasu bya rutura.

Umunara mure mure wo kugenzura igaruka rya Yesu.

(b) Nerekwa Umwami Yesu agaruka gutwara abakiranutsi,mbona ahereye kubana icyo gihe bari bafite imyaka (5) gusubira hasi,nerekwa umuhanuzi mukuru ndetse n’uwahanuye ibi,bose bambikwa amababa basanga Umwami Yesu mukirere,maze numva umuhanuzi mukuru avuga ngo,namahirwe kuko ibi atar’inzozi cyangwa iyerekwa nah’ubundi byari kuba bibabaje.Nkimara kumva ayo majwi nkurwa mu iyerekwa mbabaye  cyane kuko nabonaga ar’ibintu bigaragara kandi bifatika mbabazwa ni uko nsubijwe mu mubiri.

©Nerekwa ububyutse buza mu isi y’abazima,mbona abahoze arabasirikare b’inkotanyi aribo batoranijwe gukorera Uwiteka muri ubwo bubyutse!Buzuye imbaraga z’Imana zidasanzwe,umwuka wera yari kuri bo,bakoreshwaga ibitangaza n’ibimenyetso bimeye maze isi yose igira ishyari baza mu Rwanda kureba ibihabera no gusaba umugisha uturuka kubantu b’Imana kugirango bagirirwe ubuntu n’Uwiteka Imaana yabakiranutsi.

  • Ubuhanuzi bwarasohoye:
  • GUHIRIMA KW’INGOMA YA  PEREZIDA PASTEUR BIZIMUNGU

MAJESHI Leon yahanuye kandi ko ikurwa ku butegetsi rya perezida Pasteur BIZIMUNGU: “ Imana yanyeretse igiti kinini cyane gifite amashami (3), ishami ry’ibumoso ryari rito ugereranyije n’ishami ry’iburyo hanyuma hagasigara ishami ryo hagati rirerire cyane, maze mbona haje umuntu atemye ya mashami yombi uko ari abiri hasigara ishami ryo hagati “ Daniel 4:1″

 

Ministiri w’Intebe Rwigema Celestini.

Ubwo Imana yambwiye ko ishami ry’ibumoso ari Ministiri w’Intebe Peter Celestini RWIGEMA ugiye gukurwa ku butegetsi agahita ahunga igihugu.Naho ishami ry’iburyo akaba yari Perezida Pasteur BIZIMUNGU ugiye gukurwa ku mwanya wa Perezida agahita ajyanwa mu nzu y’imbohe akazakurwamo ntacyo ashobora kwimarira, hakazasigara uwahoze ari Vice-Perezida akaba ari nawe uzaba Perezida kandi akazahura n’ibibazo byinshi cyane kuruta iby’abaperezida bandi bamubanjirije. Azaba afite ibyo yifuza byose ariko n’ubwo aziringira amagare n’amafarashi ifeza n’izahabu ntacyo bizamumarira. Imama yavuze ko izamwanga ndetse n’abana b’abantu nabo bakamwanga”.

  • Ubuhanuzi bwarasohoye:

Imana yerekanye uwahoze ari perezida wa repubulika y’Urwanda,Pasteur Bizimungu ahagana mu kwa cumi  mu 2000 Imana yerekanye ajya kwiga ishuri rya secondary school,inagaragaza atsindwa ibizamini asibira mu mwaka yararimo:ibi byasobanuraga ibihe bikomeye Bizimungu yaragiye guhura nabyo,kujyanwa mu nzu y’imbohe akazamo kumbabazi za perezida Kagame,byitwa ko atsinzwe urubanza.

  • Ubuhanuzi bwarasohoye:
  • KABUYE Josepf Sebarenzi n’atahuka azashinga Kaminuza:
  •  

MAJESHI Leon yahanuriye kandi SEBARENZI KABUYE wari Prezida w’Inteko ishinga amategeko:”Imana yantumye kuri SEBARENZI KABUYE ngo mubwire ko nategura kumwanya w’inteko nshingamategeko ko bagiye kumwica.

Nagiyeyo aho yakoreraga mu nzu y’inteko nshingamategeko hari kuwa (3) njyenda ntagahunda dufitanye nta muteguje ariko kuko ar’Imana yar’intumye aranyakira.

mu biro bye. Mu bwira ubutumwa bw’Imana yamuntumyeho, arangije arapfukama ndamusengera. Nisubiriye mu byanjye, nyuma y’ukwezi kumwe yahise atoroka igihugu”.Ubuhanuzi buvuga ko Sebarenzi Kabuye azagaruka mu Rwanda nyuma y’ingoma ya nyakubahwa perezida Kagame,kandi azagaruka atari muri politiki,ahubwo azashinga Ishuri rikuru rya kaminuza “University”.

 

  • Ubuhanuzi bwarasohoye:
  • RWIGEMA Petero Celestini ahunga igihugu,anahunguka:
  •  

Uyu ni Rwigema Petero Celestini, ubuhanuzi bwatunze agatoki ko azava ku butegetsi agahunga,ubu akaba yaragarutse mu rwanda,aho agomba guhanirwa hamwe n’abandi bafatikanije gukiranirwa no guhemukira abanyaranda,ninayo mpamvu yahunze akongera akagaruka kuko ubuhanuzi buvuga yuko abamennye amaraso bose bazahanirwa aho bayameneye.

Ntabwo rero byashoboka ngo bahunge bigire iburayi na America ngo ubuhanuzi babuhindure ibinyoma ijambo ry’Imana rigomba gusohoza umurimo waryo,kugirango Imana igaragare ko ikiranuka ifite itandukananiro rinini hagati yayo n’Abantu.Niyompamvu kubera ubutamenye bw’Abantu bibwira ko ari politiki nziza naho Imana yavuze ko izabategera muburiganya bwabo.

  • LONI IGIYE GUKURAHO UBUHUNZI BW’ABANYARWANDA:
  •  

Loni igiye gufata icyemezo cyo gukuraho ubuhunzi bw’Abanyarwanda kugirango basubizwe mu Rwanda.FPR nibona bibaye izishima yuko itsinze igitego,mu banyarwanda b’impunzi batavuga rumwe nabo,ariko igihe cyo kuva kubutegetsi kwayo kizaba kirangiye! kugirango bishyure ibyo bangije.Imana izabasanga no mu mahanga ntaho bazayihungira.

  • Imana izahemba abakiranutsi,inabarinde,abakiraniwe ibahane:
  •  

Igihe rero kirageze ngo Imana yigaragarize,abayikoreye nabo ibahembe kandi ibicazanye nibikoma ngoma, maze ubwiza bw’Imana idapfa bugaragarire abakiranutsi.Nabandi bataratahuka bagiye gutahuka aho FPR izibwira yuko itsinze igitego,ahubwo niho umukino uzaba utangiye abakinnyi bakajya mukibuga maze abafana nabo bakicara muri stade amahoro kugirango bamare iminota 90 bareba umupira kugirango utsinda ahabwe igikombe cya Kagame cup.

  • UKO INGOMA YA PEREZIDA KAGAME PAUL IZAHIRIMA:

Ibyo Imana yambwiye mu mwaka w’Ibihumbi 2000-2001 nyuma yo kuvaho kwa perezida Pasteur Bizimungu,uwari Vice-perezida yahise yima Ingoma,dore ibyo Uwiteka Imna yo mwijuru ibyo yanyeretse:

Nabonye urumuri rwinshi cyane ruturutse mwijuru, rw’umuhondo mwinshi maze rukwira igihugu cyose,maze uwanyerekaga arambwira ati uru rumuri nidarapo rigiye gusimbura irya M.R.N.D kandi iryo darapo rizaba rigizwe n’Izuba,iryo zuba rizaba ikimenyetso cy’Umucyo ku gihugu cy’Urwanda.

Uwiteka arambwira ati dore nyuma yiryo darapo rigiye gusimbura irya M.R.N.D hazakurikiraho guhunga kwa abadaimoni bakoranaga na leta ya perezida Habyarimana.Aba badaimoni yabakuye mu gihugu cya kongo abahawe na perezida Mobutu  kandi n’Ubundi niho bazasubira kuko ntamwnya bagifite mu Rwnda,ariko bazasimburwa nabadaimoni perezida Kagame yizaniye,ntabwo rero bashobora gukorana kuko banyuranye.

Kandi icyo gihe igice kimwe cya Goma kizashya icyo kizakubere ikimenyetso kibyo nkubwiye.Nyuma yaho abadaimoni ba perezida Kagame bajye kuntebe batangire gukorera mu gihugu cyose bahabwe intebe bicare baganze bagubwe neza,ubwo kuwa 01.01.2001,abo badayimoni bafashe inzira bajya muri Congo banyuze mu Ruhengeri,abadayimoni bose bahuriye kugiti kinyoni bamaze kuhahahurira barajyenda bageze mu Ruhengeri barahagarara bakora inama,barangije inama yabo barakomeza bajya mu murwa wa Gom,nyuma y’iby’umweru (2) Umurwa wa Goma urashya.Uwiteka Imana irambwira iti manuka ujye kureba ibyo nakubwiye kuri Goma,ndajyenda nitegereza uko hashya ndangije ngaruka ikigali.

  • INTWARO MUZAGURA ZO KULINDA IGIHUGU CYANYU,NIZO ZIZAGISENYA:

Irongera irambwira iti dore mu gihugu cyanyu hagiye kubaho ubusambanyi bwinshi cyane kandi butagira umubare kandi dore n’Abakozi banjye bankorera nabo bagiye kwivanga muri politiki ya FPR ,nyuma y’Ibyo hazakurikiraho kugura intwaro zikomeye cyane kandi izo ntwaro zizica abaziguze kuko ntawundi uzatera igihugu cyanyu ahubwo mwebwe ubwanyu muzacikamo ibice binne (4)

 

Kandi nimwebwe ubwanyu muziyanga mu gahindukamo abanzi b’Igihugu cyanyu.Uwiteka Imana arambwira ati dore umukuru w’Igihugu cyanyu akoze uburiganya akuyeho Pasteur Bizimungu nyamara igihe cye cyari kitaragera.

Aakaba ariyo mpamvu ibyo yibwira ko azageraho ntabwo azabijyeraho kuko uko iminsi izajyenda yicuma imbere  ninako ibibazo bizarushaho kwiyongera.

  • AMARASO YAMENETSE MURI GENOCIDE,ATERANIRA HAMWE,KUKIBUGA CYA TAPI ROUGE INYAMIRAMBO,ASABA IMANA GUHORERWA.
  • Uwiteka abaza Cain,ati,mweneso Abel arihe?Cain arasubiza ati ntabwo nshinzwe kumulinda.Imana iramubwira iti ndumva ijwi ry’Amaraso aririra kubutaka,asaba guhorerwa.ITANGIRIRO (4:9,10)

Abana bishwe ninzara mu ntambara.

  • (Genesis 4:9,10) The Lord asked cain,where’s your brother Abel he answer,”I don’t know,Am’I supposed to take care of my brother?Then the Lord said why have you done this terrible things?your brother’s blood is crying out to me from the ground,like a voice calling for revenge.
  •  
  • Aya maraso ahora ahamagara Uwiteka,amubaza ngo uzaduhorera ryari?
  • Imana yongera kumbwira aya magambo,ngo dore umukuru w’Igihugu ariwe Nyakubahwa perezida Paul Kagame yavushije amaraso y’Abantu benshi cyane none dore amaraso ararira niyompamvu ndakajwe cyane no guhorera abatagira kivurira,Imana irambwira iti dore General Kayumba Nyamwasa azahunga igihugu ndetse namara guhunga James Kabarebe azahita aba Ministiri w’Ingabo icyo gihe  guhora kwanjye kuzaba kwegereje kuko abakoze ibyaha bose naho bahunga bakajya mu mahanga umuvumo w’Ibyo bakoze uzabasangayo kandi icyo gihe mu gihugu cyanyu muzaba muririmba amahoro ariko ntamahoro muzaba mufite ndi Uwiteka ubivuze.
  • ICYA KIZA IGIHUGU CY’URWANDA:
  •  
  • Uwiteka Imana irambwira iti, icyabafasha nkabagirira imbabazi mu igihugu cyanyu, ni uko mwashyiraho umunsi wo kunshima mu gihugu cyose,uwo munsi mukawushyira muri gahunda z’igihugu (CALENDER) ko nabahaye igihugu, abandi nabo nkaba narabarinze bityo mu gashyiraho umunsi umwe ndetse uwo munsi mwese mu kawuhuriraho, mukajya kuri (STADE AMAHORO IREMERA)
  •  
  • Mukihana ibyaha mwakoze hagati y’Abahutu n’Abatutsi niho nzabona kubabarira,irambwira iti ujyende urebe pastor Rene Masasu mujyane kwa perezida wa repubulika mu mu bwire ko jyewe Uwiteka ariko mvuze.Ni mutabigenza gutyo igihugu cyanyu sinzakibabarira.
  • Ubuhanuzi bwarasohoye:
  • Imana ituma umuhanuzi Majeshi Leon ku Intumwa Rene Masasu ngo bajyane kwa perezida Kagame Paul bamubwire icyo Imana ishaka kugirango idukirize igihugu:
  •  Yasuzuguye umwuka w’Imana.
  • Ubwo Imana ikimara kumbwira ayo magambo nahise mfata imodoka igana ikigali kuko icyo gihe nabaga ku Gisenyi ndaza njya kureba Pastor Masasu Rene musanga kubiro bye aho yakoreraga ku nzu ya KABUGA Feliciane, niho Restauration church ubu yahindutse Evangelical Restoration Church (E.R.C)

Yari ifite ibiro by’Ubuyobozi bukuru bwa Represantation mu bwira ibyo Imana yambwiye byose nawe ansubiza ko nawe Imana yabimubwiye.

Duhana Gahunda ko tuzajya kureba perezida Kagame Paul, nagarutse mvuye igisenyi aranyihisha,yari yanambwiye yuko hari igiterane cyo gusengera igihugu ati nzaguhuza na komite ishinzwe gutegura icyo giterane maze utubwire ibyo Imana yavuganye nawe.Uwari ayoboye iyo komite ya Intumwa Paul Gitwaza,nashatse Rene Masasu akomeza kunyihisha,bigeze umunsi wo gusengera igihugu muri stade amahoro ninjoro mfata imodoka nza ikigali,ngeze muri  gare ya nyabugogo saa kumi nimwe nigice (5.30)

  • Imana irambwira ngo ninisubirire ku gisenyi,numva mbabajwe n’ukuntu nafashe urugendo Imana indebe ntimbuze n’ukuntu nari naniwe,Imana imbwira ngo subira ku Gisenyi vuba nijwi rikomeye ubwo imodoka yanzanye niyo yanshubijeyo.Nyoberwa ibyari byo,naho pastor Gitwaza Paul yari yamaze gutegura gahunda zo guterekerera muri stade igiterane gihinduka icye nkaho ariwe wagiteguye wenyine.
  • Nibwo yambaye inkanda baterekeresha,afata icumu mu ntoki,maze arazamuka ajya kuruhimbi sinakubwira akora imihango yagipagani ariko abantu bari bahari abahuma amaso ntibamenya ibyo arimo gukora.
  • Pastor Rene Masasu yasuzuguye umwuka w’Imana.
  •  
  • Imana irambwira ngo Masasu nimureke ngo kuko ari inryarya.Ubwo nashatse perezida Kagame,bakajya bamunyima bigeraho ndananirwa mbivaho.
  • Amatora ya 2003 Imana yarayagaye kubera uburiganya:
  • Amatora yo kuwa 25/08/ 2003 Imana yarambwiye iti ntujye gutora kuko perezida Kagame Paul yamaze  kwiba amajwi, nta mpamvu yo kwiyanduza, maze Uwiteka Imana irambwira iti ahubwo jya kuri round point urebe amagambo yanditse ku kibaho gihari  ndakubwira amagambo akurikira, ndazamuka icyo gihe nari ntuye mu kiyovu cyo hepfo ngeze kuri round point Imana irambwira iti ubonye iki?nti mbonye amagambo yanditse ku kibaho.
  • UMUKURU WISHYAKA RYA FPR,AKANABA PEREZIDA WA REPULIKA Y’URWANDA YIHENURA KU MANA:
  • Kagame Inkingi y’Amahoro, Kagame inkingi ya Demokarasi, Kagame inkingi y’Umutekano.
  • Maze Imana irambaza iti niki cy’Ukuri muri biriya byose usomye nti nta nakimwe Uwiteka Imana irambwira iti rero umukuru w’Igihugu cyanyu nzamuzamura amere nk’Igiti kingaza marumbo Isi yose izamwubaha azagera ahantu hose,azabona abantu bose bakomeye nzamuha ubutunzi ku buryo abamubanjirije n’abazamuheruka ntawuzangana nawe ariko nzamumanura mukubite hasi nk’Umurwa w’Ibaburooni,kandi ubwami bwe nzabusenya nta n’umwe wabubayemo uzongera kwibukwa ukundi!.
  •  
  • BIZARUSHAHO KUBAYOBERA,ISI IBABANE NTOYA:
  • Bigiye kubasohoreraho.

Maze Imana irambwira iti dore umukuru w’igihugu cyanyu akabije agasuzuguro no kwihenura ariko igihe kiraje ubwo azabona ko ibyo yagezeho ataramaboko y’abana babantu yabimugejejeho.

N’ubwo bizajyenda gutyo nta mahoro azabiboneramo ndetse nta n’umunezero azigera agira kuko yiringiye imana z’abanyamahanga,nanjye nzamukoza isoni,nzateramo undi mtima mu bantu banjye mbatere kutamwubaha.

Kandi nzamuhozaho igisuzuguriro nyamara ntibizamubuza kugaragara nk’ukomeye,niyo mpamvu nzamuha ibintu byose kugirango mwereke ko ndi Imana ifuha.Kandi dore mbere yuko intambara iba mu gihugu cyawe dore ibimenyetso bizabaho mbere yuko iba:

IBIMENYETSO BYARASOHOYE:

  • IBIMENYETSO:
  •  
  • Umuhanda ugana CHUK umunsi bawukoze uzamenye ko ibyo nakubwiye bigiye gusohora.
  • Umunsi wabonye abavunjayi birukanywe mu mihanda uzamenye ko ibyo na kubwiye bigiye gusohora.
  • Umuturirwa wa Centinary House:

  • Umunsi wabonye ahakorera umuryango wa karitasi wa kiliziya Gatolika hasenywe hakubakwa etage uzamenye ko ibyo na kubwiye byegereje,N’ubona isoko rya nyarugenge risenywe uzamenye ko ibyo nakubwiye byegereje,n’ubona gare isenywe uzamenye ko ibyo na kubwiye byegereje.
  • Umunsi wabonye pastor Rugumbuguza Mashack ahunze uRwanda akajya muri america uzamenye yuko ibyo nakubwiye byegereje gusohora.
  • N’ubona inzu yo kwa Rubangura Vedaste  ivuguruwe uzamenye ko ibyo na kubwiye byegereje,n’ubona iposita isenywe uzamenye ko ibyo na kubwiye byegereje.
  • Bank ya BNR izakorwamo nabafite amashuri (6) nyuma yintambara nibo bazaba bafite amashuri menshi.
  • Umuhanuzi Majeshi Leon na NDAYIZEYE Raurent bazahunga igihugu
  • National Bank of Rwanda (BNR)
  • Kuwa 12/12/2001 nibwo Imana yagaragaje ko Bank nkuru ya BNR izahura nakaga gakomeye gatewe n’intambara izaba mu Rwanda,nyuma y’urupfu rwa Paul Kagame,iyo Bank izakorwamo nabantu bazaba bafite senior six,abo Bantu bakazakora kumwanya wabadirecteur.Bitewe ni uko abantu bazaba barashize,ndetse ubuhanuzi bukomeza buvuga ko nabandi bose bazaba barize bafite Degree ngo bazajya bakora muri za ministeur (2)kubera kubura abantu bazaba bafite ubwo bushobozi.
  • Irambwira ngo Bank National du Rwanda (BNR) ngo izabona ishyano kuko uzaba director nyuma y’Intambara azaba yararangije amashuri atandatu y’isumbuye.
  • Nagiye kuri (BNR) mbibwira umugabo witwa Vedaste utuye Igikondo akaba directeur wa echange mubwira ibyo Imana yambwiye arambaza ati ikimenyetso n’ikihe?

  • GUHUNGA KWA GEN.KAYUMBA NYAMWASA NIBIMWE MUBIMENYETSO BYASOHOYE,HAMWE NA COL.PATRICK KAREGEYA:
  • Umunsi wabonye General Kayumba Nyamwasa na col Patrick Karegeya bahunze igihugu uzamenye ko igihe kibyo Imana yavuze kiri hafi.
  • Imana irambwira iti umunsi wabonye gacaca zitangiye uzamenye ko ibyo na kubwiye biri hafi gusohora,
  • Bongera kumpamagara bansaba kongera kubandikira ubwo buhanuzi bitwaje ko ubwo na bahaye mbere computer babubitsemo yapfuye,ubwo nafashe computer mbandikira ibyo nibuka ariko mbamenyesha ko General Nyamwasa na hunga kazaba kabaye.
  • Umunsi wabonye ikiyovu cyo hepfo bagishenye uzamenye ko ibyo nakubwiye bigiye gusohora,
  • Umunsi wabonye kagugu bayishenye hakurya ya kacyiru uzamenye ko ibyo na kubwiye bigiye gusohora.
  • DORE ABAKURIKIYE PADIRI OBARD KUBERA IBITANGAZA N’IBIMENYETSO AKORESHWA N’IMBARAGA Z’UMWIJIMA:
  • Bwarasohoye.
  • UMUPADIRI UZAKORA IBITANGAZA AKORESHA IMYUKA MIBI,”OBARDI”
  • Kuwa 14/11/2003 Imana yagaragaje ko hagiye kwaduka umupadiri uzajya asengera abantu,kuburyo azagarurira kiliziya Gatolika abakiristu bari barayivuyemo,kuko azajya akora ibimenyetso n’ibitangaza,kuburyo nabasilamu bazva mubayisiramu bakaba abakiristu”uwo mu padiri ni OBARDI”.

  • N’ubona hadutse umupadiri ukora ibitangaza n’Ibimenyetso uzamenye ko ibyo nakubwiye biri hafi gusohora,(THEOBARD) abantu benshi bakeneye ibitangaza muri iki gihe,ariko hakenewe  ubushishozi kugirango mudahitanwa n’imbaraga z’umwijima kuko igihe cya satani gisa nikirangiye!arigukoresha uburiganya bwinshi cyane kugirango arebe ko harabo yahitana ni ukuba maso.
  • Bwarasohoye:
  • Eurro:
  • Umunsi wabonye amayerro yatangiye gukorera mu gihugu cyawe uzamenye ko byegereje:
  • Umunsi wabonye amafanga yitwa amayero atangiye gukorera mu gihugu cyanyu uzamenye ko ibyo navuze biri hafi, ibyo byose nibimenyetso byasohoye hashize imyaka irenga (10) byarasohoye,ubuhanuzi ni ukubwitondera!Imana igerageza guha abantu umwanya ngo babashe kumenya ukuri kugirango batazagira icyo bitwaza,kuko muri (YOHANA 8:31)”If you know the truth you shall sent be freerero benedata mwahawe umwanya wokumenya ukuri kugirango Imana izabashe kubakiza igihe kibi kibegereye cyangwa kibari imbere.
  • Inzara izatera:
  • N’ubona inzara itangiye mu gihugu cyanyu uzamenye ko biri bugufi cyane.
  • Imana ya ntumye kuri perezida wa repubulika Paul Kagame kuwa 25/09/2005 icyo gihe nigaga kuri KIST maze ndamwandikira mubwira ko n’Abishaka yazaza nkamuha ubutumwa bwe Imana yampaye,urwandiko ararubona maze atuma ba maneko be bari bayobowe na CPT Aloys Mpenzi bansanga kuri KIST uwo munsi hari kuwagatandatu saa inne n’igice maze basanga mfite isomo mbasaba kuntegereza nkarangiza isomo  kuko twarangizaga saa sita ndetse banambwira ko batasubirayo batanjyanye ngo kuko bari bamaze igihe banshaka ngo akaba yabanje kubakubita mbere yuko baza kundeba.
  • Ubwo narangije amasomo tujya murugo bari bafite imodoka ya double cabine y’Umweru tujya kukivigiza aho nari ntuye njya mu gitabo cyanjye nandikagamo ubuhanuzi nkuramo page cumi nebyiri (12) pages turajyenda ba maneko be barazimuha ambwira ko nankenera tuzavugana nkamusobanurira ibyo atasobanukiwe muri ubwo buhanuzi.
  • Ubwo bahise bankatana banjyana mu GP kujya kumfunga maze Imana irambwira iti humura witinya nabateje kutumvikana ntacyo uri bube kandi barakurekura,mbona bakoze inama yihiturwa bananirwa kumvikana nkuko Imana yavuze baraza banshyira mu modoka bansubiza mu rugo ku kivugiza bajyenda bambwira ko bari bagiye kumfunga ngo kuko ubuhanuzi bwanjye bwari burimo ko Umwami w’Urwanda KIGELI V Ndahindurwa azataha akima ingoma.bakomeje kungenzura cyane basanga ibyo bantekerezagaho ntabirimo bansaba ko nabemerera bakampa akazi ndabahakonira ko akazi ko kuneka nagashobora kandi Imana itabinyemerera.
  • Ikindi kimenytso cya cumi na gatanu Imana yambwiye ko Pasteur Antoine Rutayisire umunsi yabaye Pasteur ibyo Imana yavuze bizaba bigiye gusohora.
  • Ubwo nafashe urujyendo njya kubwira Rutayisire ko azaba Pasteur arambwira ati koko birashoboka ko byabaho nubwo njya mvuga ko ntazaba Pasteur ati ubwo Imana yaba impaye promotion mu mwuka ariko mu mubiri nkaba demoted kuko amafaranga mpembwa muri AEER umuryango nyafurika wivugabutumwa,ntashobora kuyahembwa ndi pasteur.
  • Ese koko KIGELI V Ndahindurwa azaba Umwami w’Urwanda.?

10/10/ 2008 Imana yarambwiye turimo dusenga iti imika Umwami w’Urwanda kuko niwe uzasimbura paul Kagame irambwira iti ngiye gusenya imfatiro zisi zose ibyo abantu biringiraga mbikureho, imbwira ko igiye guteza ikibazo mu bukungu bw’Isi ubwo na bwiye abo twarimo dusengana nti Imana imbwiye ko twimika Umwami w’Urwanda KIGELI V Ndahindurwa kandi ko ubukungu bugiye kugwa mw’Isi yose ba byumvise bose bagira ubwoba bwinshi ahubwo bananirwa gusenga ubwo nahise n’Imika Umwami w’uRwanda nkuraho KAGAME PAUL.

  • Maze Imana imbwira amagambo akurikira.Irambwira iti dore mu bihe bizaza mu gihugu cyanyu hazaba intambara ikomeye cyane ku buryo umuntu umwe azajya kugura buji mu kayanza mu gihugu cy’Uburundi undi ajye kugura buji Igoma mu gihugu cya kongo avuye ikigali,irambwira iti icyo gihe  hazarokoka abantu bacye cyane kuko hazapfa abantu benshi cyane ngereranyije nihagati ya miliyoni enye (4,000,000) na miliyoni zirindwi (7,000,000) z’Abanyarwanda irambwira iti icyo gihe igihugu kizabamo abanyamahanga, kandi hazabaho amahoro menshi cyane kuko isi yose izaza gushaka amahoro mu gihugu cyanyu, irambwira iti Umwami w’uRwanda KIGELI V Ndahindurwa, nzamushyira ku ngoma niko uwiteka avuze! kandi icyo gihe azanshima kandi azanyubaha kuko atazagenza nkuko basekuru bagenjenje.
  • Maze Imana inyereka Perezida Paul Kagame akurwa ku ngoma yicwa n’Abantu batanu (5) harimo umwe w’Inshuti yiringiraga yinshwe yambaye ishati ifite amabara havanzemo amabara y’umweru.
  • UBUTEGETSI BWA KAGAME IMANA IBUKURAHO:
  • Yayikuweho kuwa 14/12/2009 niho mwijuru bakoze inama bemeza ko KIGELI V Ndahindurwa, ariwe uzasimbura Paul Kagame agasubizwa Ingoma yahoranye. mbona indege nyinshi cyane zuzuye mukirere cy’uRwanda muri iyo ntambara mbona Ingabo ziturutse mu burengerazuba y’Igihugu zirwana intambara ikomeye cyane ariko ntizafata igihugu, mbona izindi ziturutse mu bice bya CYANGUGU ziganjamo ingabo ngufi nazo ntizafata igihugu, maze mbona izindi ziturutse iburasirazuba bw’Igihugu ziganjemo abasore barebare ariko bari bake cyane kandi umupaka bambukiyeho nta burinzi bwari buhari kuko abari baharinze ntibari bashyigikiye ingoma ya FPR.
  • Ariko barasaga ibiti n’Amabuye mbona baraje bafashe igihugu,maze mbona Umwami KIGELI Ndahindurwa ageze k’Ubutaka bw’Urwanda arunamye arabusomye maze igihugu agikuraho umuvumo cyari gifite amazi ahita adudubiza aturuka mu misozi y’Igihugu kuburyo umuntu warutunze inka imwe yaramutungaga we n’Umuryango we wose.
  • Amaze kwima Ingoma mbona intara ya KARAGWE mbona igarujwe k’Urwanda maze intara zose z’Urwanda zigaruzwa n’Umwami Kigeli V ndahindurwa, kandi ataha mu Rwanda yatahanye ubwami n’Umwami uzamusimbura amaze gutangaku ngoma ye.
  • Imana yambwiye n’Amazina yuzamusimbura ku ngoma amaze gutanga ariko sinshobora kuyavuga kuko igihe kitaragera kugeza igihe cyategetswe.
  • Maze mbona Umwami w’uRwanda yimika abandi bami bagomba kumukorera maze mbona nyuma yo kwimika abo bami mbona aratanze maze asimburwa n’Umusore ukiri muto kandi uwo musore azaba yarize cyane,ariko ku ngoma ye,azahura n’intambara zabazungu azahura n’intambara ya Anti-christu.
  • UMWUKA WERA AZAMANUKIRA MU RWANDA AZANYE UBUBYUTSE KU ISI YOSE:
  •  

Nyuma yaho hazamanuka imbaraga z’Umwuka wera mu Rwanda hazakorwa ibitangaza nibimenyetso,nibiteye ubwoba bikomeye, isi yose izagira ishyari ndetse bitere ishyari n’ubwoko bwa Israel.kuburyo umwuka wera azakwira isi yose,nyuma yaho agakiza kazahita gasubira muri Israel aho katurutse ku buryo abazaba batarakijijwe bizabagora kuzabona ijambo ry’Imana.

  • NB:Abafite amasezerano bose basezeranijwe n’Imana bakaba baririnze kwiyanduza n’iby’isi nibo bazakorera Imana icyo gihe.Abazungu bazifuza kuba inshuti z’Abanyarwanda ariko kubera umubabaro bazaba baraciyemo cyangwa bazaba bafite ntabwo bazabitaho kuko icyo gihe ubutunzi Imana Imana yahishe FPR, icyo gihe Imana izabushyira ahagaragara kandi abantu bazakira cyane pe! Ariko kuko buri muryango uzaba warapfushije abantu babo,ubwo butunzi ntabwo buzabashimisha,ariko hazabaho  kugwa cyane,mu bijyanye no kubaha Imana.Kuko ntacyo bazitaho ndetse no gusenga Imana bazaba batagisenga kuko ntacyo bazifuza byose bizaba bihari. Muri icyo gihe,amahoro azaba ari yose,hanyuma Umwami yesu niho azazira,kandi muri iyo ntambara hazapfa aba Pasteur benshi cyane k’uburyo nta w’uzongera gukinisha ijambo ry’Imana.
  • Inyangenews
  • Ikinyamakuru inyangenews cyagerageje kongera kuganira n’umuhanuzi Majeshi Leon kugirango yongere akigezeho ubuhanuzi bw’igihugu cy’Uburundi na Congo na Uganda kuko nibwo bwari busigaye.
  • Inyangenews: Twishimiye kukwakira mukozi w’Imana mu biro by’inyangenews.com,nyuma yo kuduha ubuhanuzi bwerekeranya n’igihugu cy’uRwanda abantu benshi bashimishijwe naburiya buhanuzi ariko ntitwabura no kukubwira ko banababaye cyane ngo kuko batumva ukuntu igihugu cyacu aricyo kizajya gihora mu ntambara nkaho abanyarwanda aribo banyabyaha bonyine.
  • Ese mwaba mu bivugaho iki?
  • Majeshi Leon:Igihe cyose Imana ifite umugambi ku bantu bayo ikifuza kubayobora mu nzira nziza bakayangira birumvikana ko byanze bikunze ubwo bwoko bugomba guhura n’ibibazo,nkuko nabibabwiye mu buhanuzi nabahaye mu gihe cyashize twe turi ubwoko bw’Imana n’ubwo abantu babivuga uko bishakiye,abantu baba ubwoko bw’Imana bitewe n’ubushake bwayo.
  • Perezida wa Israel igihugu cyatoranijwe n’Imana.
  • Ubwoko bwa Israel bwanze kuyoborwa n’Imana bushaka kwiyobora, bu bwira umuhanuzi Samuel ngo turashaka Umwami nkayandi mahanga yose,nyamara ntabwo bari bameze nkayo mahanga Imana imaze kureba imitima yabo Imana yabwiye umuhanuzi Samuel iti siwowe banze nijyewe banze none bareke ubashakire umwami ariko ubabwire ibyo uwo mwami azabakorera,umuhanuzi Samuel asubirayo ababwira uko bizabajyendekera abamenyesha ko azashyiraho n’imisoro dore ko ari nawe watangije imisoro ku isi.
  • Ni muri urwo rwego niba abanyarwanda bashaka kuba nk’ayandi mahanga ntibemere kuyoborwa n’Imana,Imana izashakira Umwami nkuko yashakiye ubwoko bwa Israel,naho kubijyanye n’intambara ntahantu nahamwe ku isi yose hatazajyera ibyago,kandi muri bibilia mu gitabo mathayo havuga ko mbere yuko Umwami yesu aza hazabaho impuha zintambara ndetse n’intambara nazo zizabaho hazabaho imishyitsi nibindi aya magambo Umwami Yesu yayavuze agirango yereke abigishwa be ibinyetso bizagarariza abantu kuza kwe!Nyamara ntiyari ayobewe ko bazaba batakiriho.
  • INTAMBARA IZABA MU GIHUGU CYO MU BURUNDI:
  • Nkurunziza Petero

Nihuse nkajya kubuhanuzi nyirizina Imana yavuganye nanjye mu 2002 imbwira uko intambara yo mu gihugu cy’Uburundi uko izaba ku ingoma ya perezida peter NKURUNZIZA ko akwiye gutegeka manda imwe gusa yaba yongeyeho iya kabiri akaba ariwe uzaba uyihaye ariko Imana ntaruhare ibifitemo,dore mu gihugu cy’Uburundi hazaba intambara kandi iyo ntambara izaba mbi cyane kandi izica abantu benshi cyane none jyenda ubwire umukuru w’igihugu cy’Uburundi uti dore intambara izaba kandi iyo ntambara izazanwa nawe ndetse abantu bazasahura benshi bazapfa kandi iyo ntambara izahitana ubwoko bw’Abarabu n’Abahinde batuye muri icyo gihugu.

  • Kandi iyo ntambara izatungurana uko abantu bazaba batekereza ko itakibaye aho niho izabera!Kandi umubwire uti nzi imirimo yawe ntukonje kandi ntushyushye kubera iyo mpamvu nzakuruka,cyakora niwihana ukuangarukira nanjye nzakugarukira dore igihe cyawe kirarangiye nyamara ni usubira ku ingoma sijye uzaba ngushubijeho kubera iyo mpamvu uzahura n’intambara nyinshi utazashobora gutsinda kandi uzatuma abantu banjye mbasukaho umujinya uko niko Uwiteka avuga.
  • Ubwo sinahise njyenda mu gihugu cy’Uburundi kubera impamvu zitandukanye ndetse no kuba Imana yari itarampa uruhushya,ubwo kuwa 24/11/2007 nibwo nahagurutse njya mu gihugu cy’Uburundi nakirwa na cheef de protocol witwa Albert,maze abwira nyakubahwa perezida Peter Nkurunziza ko Hari umuntu Imana yatumye uvuye mu Rwanda,maze perezida ampa appointment mu gihe naringiye guhura nawe ngo mugezeho ubutumwa Imana yampaye nibwo perezida Abdul wade wa SENEGAR maze nyakubahwa Peter Nkurunziza ansaba ko ubutumwa nabuha cheef de protocol,ubwo yampaye computer yaraho mubiro bya perezida maze nandika ubutumwa uko Imana yabumpaye.
  • Nanabahaye n’intsinzi ko bishobotse perezida atakongera kwiyamamaza ariko yiyamamaje bizateza intambara mu gihugu cy’Uburundi.Nyuma y’intambara izaba muri iki gihugu nyuma hazasubiraho ubwami repubulika izavaho kuko abantu bazaba bamaze kurambirwa ikinyoma cya Repubulika.
  • Ubuhanuzi bwarasohoye:
  • UBUHANUZI BWA KONGO:

Dore intambara zizaba mu gihugu cya kongo kandi zizamara igihe kinini cyane zitarangira nyuma yaho ingabo z’uRwanda zizashyokerwa zisubireyo nkuko zamenyereye nkuko byari bisanzwe nyamara zizagaruka zirasa igihugu zavuyemo kandi nizo zizakuraho ingoma ya perezida Paul Kagame”Uwiringiye ijosi rimubyarira umwingo”muri iyo ntambara izaba ikomeye cyane perezida Paul Kagame niho azicuza ko yahemukiye abanyarwanda ariko azabyicuza mu mutima we ntawe azabibwira!

  • Abanyamulenge Imana irabagaya cyane kuko bagendeye munzira ya Balamu,bananiwe kwiringira Imana yabasekuruza,bayoboka izindi mana,buzuye ubugambanyi,ubwicanyi,ishyari,ubugizi bwa nabi butandukanye! “Niyompamvu nzababatatanya nkabageza kumpera yisi.Imana ivuga ko itazabagarura kubutaka bwabasekuruza keretse nibihana ibyaha byabo bakoreye mu mahanga,niho Imana izabagarura mu gihugu cya basekuruza cy’amata n’ubuki.
  • Kandi Imana yavuze cyane ko ubutaka bw’uRwanda uhereye aho bwageraga butaracibwamo kabiri na bazungu  n’ubundi izongera kububasubiza ariko icyo gihe abanyarwanda bazaba ari bacye cyane ndetse n’igice cya Karagwe kiri ku gihugu cya Tanzania nacyo kizagarurwa ku Rwanda nta nintambara izaba ikomeye kugirango uRwanda ruhasubirane kuko ari Uwiteka wabivuze bizaba bitagoranye icyo gihe igihugu cya Tanzania nta mahoro kizaba gifite,kuko nacyo imyaka kimaze mu mahoro igihe cyabo cyo kuyabura  kizaba kigeze.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

  • INZARA IZATERA MU ISI YOSE:

24/3/2009 Imana yabwiye umuhanuzi Majeshi ko hagiye kubaho inzara mu isi yose,iyo nzara ikaba inzara y’ijambo ry’Imana ndetse n’inzara y’ibyo kurya,Imana yamubwiye ko mu Rwanda by’umwihariko ariho inzara izakomera cyane kuruta mu bindi bihugu ugereranije n’ubukungu ibindi bihugu bizaba bifite, hazabaho ikigega gitoragura amafaranga mubaturage kugeza igihe abaturage nta mafaranga bazasigarana icyo gihe nabonaga baka amafaranga abaturage bo mu murenge wa Remera giporoso kugeza aho binjiraga mu mazu bagasanga nta nibyo kurya bafite,kuko icyo gihe byari byabaye itegeko,amafaranga azashira mu gihugu kuburyo abasirikare bazabura imishahara ibahemba,muri icyo gihe abaturage bazatangira kwanga ubutegetsi,kandi habaho ishyari hagati yabagore babategetsi nabacuruzi-kazi kubera ko hazabaho ubusumbane bukabije,ibyo bizatuma batangira kwitotomba mu mitima yabo.

  • Imana yanamubwiye ko iyo nzara izaba iruta izindi zose zabayeho,kandi iyo nzara,mbere yuko iba Imana yavuze ko umukuru w’igihugu izamuteza amahanga akamwanga,ndetse n’inshuti ze yaringiraga,nazo zizamuvaho,aho niho azatangira kugira agahinda mu mutima,no kubona ko yibeshye. Kuko amazi azaba yarenze inkombe ntagaruriro,abantu bazifuza guhunga batakibishoboye,abagore nabakobwa bazahunga ubukene buzaba buri mu gihugu,bahungire mu bihugu bihana imbibi n’Urwanda. Kandi icyo gihe intambara kwisi yose zizaba zica ibintu ar’ibicika!
  • kandi nta gihugu kizatabara ikindi kubera umujinya w’Uwiteka uzaba umanukiye isi yose kugirango abiringiye imbaraga zabo bakorwe nisoni. Iyo nzara izaba itewe na Anti-kristu kugirango niba bishoboka yigarurire isi yose abone uko ayitegeka,ariko ntibizashoboka kuko Uwiteka nawe niho abategeye mu buriganya bwabo,kandi iyo nzara izazengereza isi yose kandi nta gisubizo isi izashobora kubona,”cyakora abari muri Kristo Yesu avuga ko ngo Imana izabarinda”.

  • Avuga ko abatazahunga mu Rwanda iyo nzara izabazengereza cyane kugeza bakozwe nisoni,kuburyo abantu batahunze bazicuza impamvu batahunze,ariko kandi naho bazahungira naho sishyashya,ariko nibura bagerageza kubaho bigashoboka avuga ko yabonye abahutu bimpunzi aribo bazagerageza  gukoresha amaboko yabo, ningufu bakagerageza kubaho, uyu muhanuzi avuga ko Imana yongeye kumubwira kubijyanye n’inzara kuwa 25/08/2010 ikamubwira ko inzara igiye gutera mu isi yose kandi ko iyo nzara izatera abantu benshi kwijujutira Imana, Imana yakomeje imubwira ko bakwiye gusenga kugirango izabashe kubarinda iyo nzara nakaga kazatera isi yose.
  • ABAKOZI B’IMANA YEMERA BAGIYE GUCYURWA MU IJURU:
  • NGUWO UMUKOZI W’IMANA WABAYE UMWIRINGIRWA KU MANA MOSES KOLOLA WO MU GIHUGU CYA TANZANIA:
  • Imana yamubwiye ko ubu ngo yaba ifite ikibazo gikomeye cyane cyabakozi  bayo babiri (2) bayikoreraga umurimo wayo neza, ngo bamaze gusaza none ikaba igiye kubacyura bagasanga basekuruza,abo bakozi bayo barimo MOSES KORORA wa Tanzania  uyobora itorero rya Tanzania Assembly of God (T.A.G)

  • MAURICE CERULLO NAWE AGIYE GUCYURWA MWIJURU YABAYE UMWIZERWA:
  • Imana yakomeje imubwira ko undi mukozi wayo yitwa MAURICE CERUllO wo mu gihugu cya America, twaboneyeho umwanya wo kumubaza niba abo bakozi b’Imana abazi neza  atubwira ko uwo azi ni MOSES KORORA

  • Twamubajije niba nta bandi bakozi b’Imana ifite yakoresha dore ko abayikorera ari benshi,umuhanuzi Majeshi Leon,yatumenyeje ko ntacyo ibyo yabivugaho ngo kuko Imana niyo izi abayikorera,yakomeje atubwira ko inzara igiye gutezwa mu isi ni idini rinini cyane ku isi yirinze kuvuga mu mazina,kumpamvu z’umutekano we.Adusaba ko twabwira abantu ko bakwiye gusenga no gukiranuka kugirango Imana izatugirire imbabazi ku munsi wa makuba nakaga kagiye gutera isi yose.
  • Yaboneyeho kutumenyesha ko umuyobozi w’idini rikomeye ku isi yamubonye ananiza abantu bose maze ngo we yibona atamukurikiye mu gihe abandi bose bakurikiye uwo munyacyubahiro we ntabwo yamukurikiye,uwo muyobozi yarafite umunwa nkuwigisiga cyitwa karori kandi yarafite amaso kuri uwo munwa kuva hejuru kugeza hasi,ayo maso yari ayo kureba umuntu wese utamwemera kugirango amugirire nabi.Hasigaye abantu bacye cyane nibo batamuramije ndetse no kumukorera abandi bose ndetse benshi cyane baramukurikiye kuko bari benshi kuburyo umuntu umwe yanganaga nakatsi kamwe.

  • SATANI AHORA YIBWIRA YUKO ANGANYA IMBARAGA N’UMWAMI YESU:

Luka 13:31-35

  • YESU ARIRIRA YERUSALEMU:
  • Uwo munsi haza abafarisayo bamwe baramubwira bati, va hano, ugende kuko Herode ashaka kukwica”Arababwira ati”ni mujyende mubwire iyo ngunzu muti “Dore arirukana abadaimoni arakiza abantu none n’ejo maze ku munsi wa gatatu azaba arangije rwose! Ariko nkwiriye kugenda none, n’ejo, n’ejo bundi, kuko bidashoboka ko umuhanuzi yicwa atari iyerusalemu.
  • Ayii !Yerusalemu !Yerusalemu!,we!,wica abahanuzi ugatera amabuye abagutumweho!,ni kangahe nashatse kubundikira abana bawe,nkuko in-koko ibundikira imishwi yayo mu mababa yayo? ntimunkundire? Dore inzu yanyu muyisigiwe ari umusaka,kandi ndababwira yuko mutazambona kugeza ubwo muvuga muti Haleluya uje mwizina ry’Uwiteka .
  • Ngayo amagambo Imana yambwiye kuwa 16/06/2006,ubwo nari mwiyerekwa maze numva umuntu arambwiye ngo nimvuge aya magambo:
  • Kigaki we,uzabona ishyano kuko wanzeko Uwiteka akubundikira nk’amajyi y’inkoko,dore usigiwe umusaka.
  • KIGALI! KIGALI! WE!, UZABONA ISHYANO KUKO WANZE KO UWITEKA  AGUHISHA MU MABABA YE,NONE DORE IBIKOMEYE BIRAJE,UBONYE ISHYANO,WA MUSOZI WA MONT KIGALI WE!,UBONYE ISHYANO MUSOZI WA MONT JARI WE!,KUKO UZASIGARA URAMATONGO,UKAZASIGARA URI INKEHO,KUKO ABAGUKIKIJE BAZAGUKURWAHO UKWICWA NI RUNGU. UKO NIKO UWITEKA AVUZE.
  • UMUJYI WA KIGALI, uzasenyuka wubakwe bushyashya:
  • N’uko numva ngiza agahinda gakomeye cyane,Imana irambwira ngo abanyarwanda ntibashaka kumva ibyo mbabwira,ahubwo bo barashaka kunyumvisha ibyo bambwira,nyamara dore mumaze igihe musenga ngo intambara ntizabe ariko ntakabuza izaba naho hazuka Daniel umugaragu wanjye agasenga sinabihagarika,kuko mwirase ubutwari,ntimuzi yuko iki gihugu arijye wakibahaye!
  • Naho hazuka Ezekiel,na Yobu,na Daniel abagaragu banjye  bagasenga iki gihugu sinakibabarira,kuko mwirase imbaraga,ndetse mukanabivuga no mu magambo yanyu!kugirango mwibonere icyubahiro mu mahanga.Sinzabababarira,dore nanababwiye nyuze mubahanuzi banjye, ko mushyiraho umunsi mu gihugu cyose wo kunshima,mwaranze,nanjye kumunsi wa makuba sinzabitaba,nzica amatwi nkuko mwayishe mukanga kumva abahanuzi banjye natumye.
  • Niyompamvu umurwa wanyu nzawushyira mu mabaoka yabakaludaya,bazabica,ntaho muzabahungira,kandi amaboko ya Nebukadinezari  nzayavunagura,ntimuzongera kumwumva ukundi,kuko yirase imbaraga yivugira imbere yamahanga.
  • Nyamara kuri wa munsi azamenya ko arijye Uwiteka uvuga,kandi agakora.Icyo gihe abazaba basigaye bazumva ijwi ryanjye nanjye nibampamagara nzabitaba,kugirango numve icyo bifuza,ndetse nzamanurwa no kureba ikibariza kugirango abafite ibikomere mbyomore niko uwiteka avuga.
  • Ubu buhanuzi,n’ubw’umurwa wa kigali,kuko izabona ishyano ritigeze kubaho,ndetse n’amahanga azatangara ndetse azumirwa,kandi abishimiye ibyago by’umurwa wa kigali bose Uwiteka zabaha nimwumve uko Uwiteka avuga.

  • INTUMWA GITWAZA:

Nguwo umwuka intumwa Paul Gitwaza akoresha,umuha ubutunzi n’icyubahiro,uyu mudaimon awuhuriyeho na perezida Paul Kagame,ariko Imana yagaragaje ko igihe cyabo cyarangiye kandi nabo barabizi neza ko cyarangiye,Gitwaza yagiye ahanura ibinyoma inshuro nyinshi,muri 2006 yavuze ko mu Rwanda nibigera  muri 2010 ngo umukene wanyuma azaba agenda ku igare,arongera avuga ngo umuseso ubwo watinyutse kumwandika ngo awuhaye amezi 3 ngo uzahita ufunga,nyamara ibyo byose ntibyabayeho.Ibyo bigaragaza ko atari intumwa y’Imana.

  • Iyo aza kumvira umwukawera ntacyo byarikumutwara.
  • Kuwa 06/08/2001 Nibwo Imana yanyerekaga uburyo igaya intumwa Rene Masasu,Imana yamugaye ko ari indyarya,agakunda icyubahiro cyane,kandi agakorera mukwaha kwa FPR,ndetse agakoreshwa nabo nka maneko wabo,ibyo ntibisobanura ko yayobye,usibye ko umurimo akora utamwemerera ko yakwijandika cyangwa agafatanya n’abatizera.
  • Ndetse Imana yagaragaje ko ashobora kuzayoba niba akomeje gukunda ibyisi,no gushaka icyubahiro cy’abisi,nyamara icyo Imana yamuhaye kirahagije.
  • Kuwa 13/08/2002 Intumwa Gitwaza yahawe imbaraga z’umwijima,izo mbaraga zari izo kumuha Success,mubyo azakora byose,zarimo kumuha icyubahiro,kumuzanira abantu benshi mu itorero babanyacyubahiro,kumenyekana kurwego rwisi.
  • 10/10/2002 Imana yanyeretse asinyana amasezerano nabakozi ba satani,bitwa abafuramasonel,akorana nabo amasezerano y’imyaka itanu (5) iyo myaka itanu yabwiwe ko izajya kurangira ibyo yifuza byose abigezeho.Anti Christ yamuhaye imbaraga n’igitinyiro,abantu,kandi abantu bakamutinya cyane , n’igikundiro,n’ubukire.
  • Intumwa ya satani Paul Gitwaza yamwibye iyerekwa n’ubuhanuzi arabyiyitirira.
  • Umuvugabutumwa Sandaral Sebakara ayivugaho iki?.
  • Maman Zitonny warukomeye muri FPR-Inkotanyi yabwiye Sandral ko agomba kuza agahagararira abingizi aribo abanyamasengesho, niko kazi yahawe maze Gitwaza aba azamukiye kubuhanuzi bwabandi atyo,ubwo uwo munsi navuye igisenyi nza mu giterane,ngeze nyabugogo Imana irambwira ngo ninsubire igisenyi ngo igiterane kiranduye,ndarakara mbaza Imana nti iyo umbwira kare nkiri igisenyi sinari kukumvira ntarinze ntakaza umwanya wanjye n’umunaniro mfite,kuki unduhije Imana irambwira ngo subirayo ndakubwira n’ugera igisenyi.Icyari ugushima Imana igihugu kikabona amahoro nicyo gitwaza yahinduyemo Afrika haguruka.
  • Ubwo imodoka yanzanye niyo yansubijeyo,sinamenya impamvu,maze ninjoro turebera kuri televisiyo mbona Gitwaza yambaye nk’umuntu urimo guterekera,yari yambaye kinyarwanda abari bahari barabyibuka yarafite ingabo muntoki ze,yarafashe icumu muntoki,maze abantu baratangara cyane,maze aba avangiye umugambi wamahoro y’igihugu cy’Urwanda aba ashyizemo tena?.
  • Ubwo ibyari ugushima Imana bihinduka guterekera, kuva ubwo Gitwaza yahise aba icyamamare kandi yahise atangiza icyitwa Afrika haguruka, ubwo aba avangiye amahoro abanyarwanda bari bategereje kuva ku Mana,nyamara Imana yari yayatwemereye ariko satani aratuvangira kandi ntitwaba maso,akoresheje abakozi be biyita abakozi b’Imana, ayo mahoro nta handi aboneka usibye kuva ku Mana gusa.
  • Kuko yararangije umuhango we,mu bwenge abantu ntibamenye icyo yakoze,icyakora bamwe batangiye kumucyeka kuko iyo myitwarire ntaho yarihuriye nibyanditswe byera,niyo myambarire.kugeza ubu igihugu cy’uRwanda kira cyari mu mwenda wogushima Imana.
  • Paul Gitwaza yakoresheje inama yabapastor  kukicuro, abasobanurira uko hari abazungu bashaka gutanga amafaranga million 2 z’amadollar yamanyamerica ngo kubapastor bazemera ko bazajya basezeranya abagabo kubagabo,maze abapastor bamwe ntashobora kuvuga amazina yabo bashaka kuyafata,abandi baranga ngo basanze ko nibaramuka bayafashe bizaba ngombwa ko bakora ibyo buyemeje,ese nk’ibyo yabibwiraga abakozi b’Imana ngo bibamarire iki?Gitwaza abantu baramuzi gusa batinya kuvuga kuko ar’umuntu wamaze gukora amateka y’ubuzima bwe,kubera abantu ayoboye ntawatinyuka kuvugisha ukuri,ahubwo usanga abantu bifuza kumera nkuko amaze.
  • Intumwa ya Satani Gitwaza yagiye muri Denmark,asangayo abanyarwanda bakora umurimo w’Imana,ubwo bari bamutumiye,maze nyuma yokubwiriza ubutumwa bwe,ahamagaza komitte,y’urwo rusengero,maze ababwira ko nibemera gukrana na Zaon Imana izabakorera ibitangaza,ndetse ababwira ko Imana yamubwiye ko harimo abantu Imana yamubwiye gusengera,ababwira ko ubusanzwe we kuko ari intumwa!ngo muri z’America iyo asengeye umuntu umwe yishyura 5000$ ngo ariko kuko ari mwebwe kandi mukaba na benewacu buri umwe arishyura amadollar 1000$ ngo ikiganza cy’intumwa kirakomeye s’abantu bose bapfa kukibona,nyamara bibilia ivuga ko twaherewe ubuntu tuzatangire ubundi.
  • Ubwo abari bayafite barayishyuye,arabasengera,abatari bayafite ntiyabarambikaho icyo kiganza cye!,icyakurikiyeho yahise abacamo ibice 2,abashaka ko afungura zaon,nabandi bifuzaga gukomeza gusenga uko yabasanze,yaba anashaka ko bitwa zaon agahitamo umushumba muri bo.Muri abo bose uwari akuze mu mwuka yari Alphani,maze alphani ntiyemera gukorana na Gitwaza Paul maze ahita amuhanuraho,ubuhanuzi bubi ko azabona bona,ninjoro alphani aryamye Imana imujyana mu iyerekwa imwereka umwuka Gitwaza akoresha uwari wo,imusobanurira neza ko atari umukozi wa Yesu ngo ahubwo akorera Virus yitwa Anti-kristu.
  • Uyu alphani yaje kuza muri Africa mu Rwanda,aza guhura na Majeshi Leon kwa Pastor Nkundabagenzi Justini utwara imodoka za Rwanda Revenue Authority (RRA) maze batangira kuganira iby’umurimo w’Imana,Umuhanuzi Majeshi Leon atangira avuga ibya Gitwaza uko Imana yamweretse,abivuga ntiyari ayobowe ko pastor Nkundabagenzi Justini atamwemera ko ari umuhanuzi,ubwo Justini akaba yaremeraga Alphani cyane,wenda ubanza ar’uko bari baziranye kuva mu gihugu cy’Uburundi,ubwo aho niho Alphani yatangiye kuvuga ibyo Imana yamweretse kuri Gitwaza Paul,noneho kuko Alphani ataraziranye na Majeshi Leon usibye kuba bari bahuriye kwa Justini ubwo Justini yabaye nkubyemera gato.
  • NGUWO UMWUKA INTUMWA PAUL GITWAZA AKORESHA,WITWA ELL-UHURU YAWUVANYE MU BUHINDE:
  •  

13/09/2003 Imana yagaragaje intumwa Gitwaza,imbaraga yahawe zigiye kurangira,ndetse yageragaje kohereza imbaraga zibisazi ngo Umuhanuzi Majeshi Leon abashe gusara,ariko Imana iramurinda.Iyo ufite impano yo kurondora abakoresha imyuka mibi kurwego rwisi,babasha kukumenya bagakora ibishoboka byose ngo baguteze ubukene cyangwa bakwicishe kugirango utazatuma bamenyekana.Nimuri urwo rwego intumwa ya satani Gitwaza hamwe Gataha Straton uhagarariye urusengero rwa Vivante nawe akaba akoresha imbaraga “ZABAROZIKURUWA”izo mbaraga zabo ziba mu maso,iyo bakurebye ugahumbya baba bagutsinze.

  • Bakoze inama yo kwica umuhanuzi Majeshi Leon maze,birabananira bamwoherereza umudaimon w’umugore kugirango amuhindure umusazi,amugezeho,asanga Imana yamaze kubimubwira maze amubwira neza nijwi rikomeye ko yari yoherejwe na Gitwaza na Gataha Straton,icyo gihe Majeshi Leon ntiyarafite umuntu ashobora kuba yabaza,usibye guhagarara mu kwizera gusa akaba mu mbaraga z’Imana naho ubundi aba yarapfuye,ni uko nyine Imana yabanye nawe.
  • Iyo uganiriye na Majeshi Leon ubasha kumenya amabanga menshi cyane kubijyanye n’iby’umwuka.akomeza avuga ko gihe murusengero rwa Gitwaza intumwa ya satani, harimo abakiranutse umunani (8) abagore bane (4) n’agabago babiri (2) hamwe n’abasore (2),.Ikindi kimenyetso kigaragaza ko Intumwa ya Satani Paul Gitwaza ko ari umuhanuzi w’ikinyoma,ngo mu 2008 munkurunziza Paul Gitwaza yaje mu itorero ry’Inkuru Nziza ahanura ko ikipe y’umupira wa maguru y’uRwanda bita Amavubi ngo izjya mu gikombe cyisi muri Africa y’Epfo.
  • Igitangaje ni ukuntu iyo kipe itarenze na majonjora y’igikombe cy’Africa bakunze kwita CAN,iki gikombe gikinwa n’amakipe yabaye aya mbere iwayo,ikindi kimenyetso Intumwa ya Satani Paul Gitwaza yasuye umukozi w’Imana bita Sebakara Sandral ukorera Iremera ahagana hepfo kugi Simenti,aho uwo mukozi w’Imana afite society y’ubwubatsi,maze baganira kubijyanye n’umurimo w’Imana,maze Sandral wasengeraga mu matorero 2,ariyo Zaon na Restauration Church ubu yitwa Evangelical Restauration Church (E.R.C), ayo matorero yombi yifuzaga uwo mukozi w’Imana ufite ubutunzi bugaragara,bakaba baramwifuzaga ko yababera umunyamuryango.
  • Sandral yaje kubwira intumwa ya Satani Gitwaza atabizi ko ari buhite amwiba ubuhanuzi bwe,amubwira ko Imana yavuganye nawe,ko mu gihugu hakwiye kubaho umunsi umwe wogushima Imana,ngo Imana kugirango izababarire igihugu cyacu.Ubwo Gitwaza yabikubise mu matwi aba agiye murusengero rwa Zaon avuga ko Imana yamubwiye ko mu gihugu hagomba kubaho igiterane cyo gusengera igihugu,ubwo ibintu biba biguye mu matwi yibikomerezwa bya FPR Inkotanyi bahasengeraga,ubwo bahise bamwegera bamubwira ko rwose bagiye kumufasha gutegura icyo giterane.
  • Afrika haguruka.
  • Muri icyo giterane cyarimo gutegurwa jye sinarimbizi, kuko nabaga icyo gihe igisenyi nkakorera Goma, ubwo Imana yavuganye nanjye imbwira ko nkwiye kujyenda ngahura na Pastor Rene Masasu wa Restauration Church, nkamusaba ko yamperekeza kujya guhura na perezida w’Inteko nshingamategeko ariwe Sebarenzi wariho icyo gihe,ngahura na Vice-perezida Paul Kagame tukababwira ko Imana yavuze ko uwo munsi ugomba gushyirwa muri Kalendari kugirango uzajye w’ubahirizwa mu gihugu nk’iyindi minsi mikuru yose.
  • Ubwo Pastor Rene nagiye kumureba nkuko Imana yambwiye,turabonana,mubwira icyo Imana yantumye,ansubiza ko nawe Imana yabimubwiye,ambwira ko hari gahunda irimo gutegurwa na abakozi b’Imana,ngo bashyizeho commite igizwe na Gitwaza Paul ngo akaba ari nawe uyikuriye,hakabamo na Pastor Rene,arambwira ati ubwo tugize amahirwe Imana ikaba igutumye  urumva ko aramahirwe ko tuzajyenda nkagushyira kommite ukayibwira icyo Imana yavuganye nawe.Akomeza agira ati,hanyuma tuzakomeza tujye kureba Vice-perezida kuko nagiye kumureba kugirango mu bwire icyo Imana yambwiye kugihugu baratwakira ariko araza atubwira ko ananiwe kandi ko aziko ibyo tugiye kumubwira ari ibyigiciro gikomeye,ngo none nimusubireye muzagaruke tuvugane neza maze mu mbwire ibyo iyo Mana yanyu yabantumyeho.
  • Pastor Rene yambwiye ko kuva icyo gihe atongeye gusubirayo,ati rero ubwo mbonye untera imbaraga reka tujyane,ubwo nasubiye igisenyi nitegura kugaruka ngo turangize iyo gahunda ngarutse kumunsi twumvikanyeho Pastor Rene arankwepa sinongeye kumubona,ubwo cya giterane umunsi wacyo warageze,hari mu 2000,abantu benshi batinye ko isi igiye kurngira abantu bahurira kuri stade amahoro,maze Intumwa ya satani Gitwaza niwe wayoboye imihango,mugutegura iyo gahunda nta nubwo bibutse umukozi w’Imana Sebakara Sandral wabahaye ubwo buhanuzi,nibwo yagiye kureba umubyeyi umwe witwa Zitonny ubu ubarizwa muri America amutekerereza ibya mubayeho,n’ukuntu Gitwaza yamwibye ubuhanuzi akabwiyitirira.
  • Maman Zitonny warukomeye muri FPR-Inkotanyi yabwiye Sandral ko agomba kuza agahagararira abingizi aribo abanyamasengesho, niko kazi yahawe maze Gitwaza aba azamukiye kubuhanuzi bwabandi atyo,ubwo uwo munsi navuye igisenyi nza mu giterane,ngeze nyabugogo Imana irambwira ngo ninsubire igisenyi ngo igiterane kiranduye,ndarakara mbaza Imana nti iyo umbwira kare nkiri igisenyi sinari kukumvira ntarinze ntakaza umwanya wanjye n’umunaniro mfite,kuki unduhije Imana irambwira ngo subirayo ndakubwira n’ugera igisenyi.Icyari ugushima Imana igihugu kikabona

  • NGUWO UMWUKA WABAROZIKURUWA,STRATON GATAHA UYOBOYE VIVANTE,UMUHESHA UBUTUNZI NA SUCCESS:
  •  

Nguwo Umuruzikuruwa mukuru mu Rwanda yahembwe kujya kwa Bush muri America muri gahunda ya marariya,tekereza ko adafite n’icyakabiri cy’idini ringana nirya Rene Masasu cyangwa Gitwaza,ariko niwe wemerewe kujya muri America,ndetse ubwo Ricky Warren Umufuramasonel mukuru inkunga yatanze kubanyamadini yashyizwe mu maboko ya Pr.Gataha Straton.Uwo n’umufasha we barikumwe,ayo maso ye mureba abamo imbaraga zidasanzwe!!!.

  • Ikimenyetso Gihamya ko Pr.Straton umuyobozi wa Eglise Vivante ikigali mu kanogo:
  • Hari mu mwaka wa 2001 mukwezi kwa (2) ubwo twajyaga gusenga turabantu (7) mu masengesho ya ninjoro,twese uko twari (7) twasengeraga muri Eglise Vivante,twagiye gusengera muri AEE,kabeza aho Pr.antoine Rutayise yarabereye umuyobozi,yaduhaye icyumba cyo gusengeramo.Bitewe n’uko Imana yari imaze igihe imbwira kuri Pr.Straton natinye kugira icyo namubwira Imana itabanje kumpa ibimenyetso bifatika!Ngo mbone kuvugana nawe.
  • Ubwo turi mu masengesho,nari kumwe na Olivie, Furaha, ,Novat, Nabandi  ntibuka amazina yabo,maze Imana irambwira ngo igiye gukora igitangaza,maze hari saa 4:48 zijoro,numva Pr.Straton arampamagaye kuri telephone nari mfite icyo gihe,+25078537451,ndikanga ndamwitaba,arambaza ati urambipye?nti oya!ndamubaza nti pastor hari ikibazo ki?.
  • Pastor Staraton uyobora Eglise Vivante:

Ati ndumva nabuze amahoro,ibyo nabimubazaga abo turi kumwe bose bumva!Ndamusubiza nti hari ubutumwa Imana yari yakuntumyeho,none nabanje kuyisaba ikimenyetso kugirango menye ko ariyo koko yavuganye najye kandi ko ariyo ikuntumyeho.Arambwira ati noneho reka ejo kuwagatandatu tuzahurire kurusengero saa 10:00h maze umbwire ubwo butumwa,ndamwemerera buracya mugitondo saa nne turahura,mubwira ukuntu Imana yambwiye ukuntu anywa inzoga!mubwira ukuntu akoresha imbaraga z’umwijima,noneho ansaba kuzaza murugo rwe tukaganira,ndamwemerera,tumaze gutandukana Imana irambwira ngo uzajyeyo ariko umenye ko akoresha imbaraga z’umwijima ziba mu maso,iyo akurebye ugahumbya atarahumbya,aba agutsinze,n’uko rero ntuzibeshye ngo uhumbye nagato,kuko uzahita upfa,Imana irambwira ngo jyenda nzabana nawe.

  • Ubwo kuwa kabiri nkuko twasezeranye nagiye kumureba musangayo,nsanga yanyiteguye,ariko nanjye nari niteguye,maze dutangira kuvugana ntashobora kwibeshya ngo mpumbye amaso yanjye,maze abonye ntahumbya amaso,araceceka,nk’iminota 30,ntawuvugana nundi,naho yararimo kwikonsantara ngo andushe imbaraga ariko Imana ibana nanjye ndamunanira,abonye munaniye,ahitwa atsindwa arahumbya,ako kanya Imana irambwira ngo uratsinze ariko va hano vuba utagwa mu muhanda.
  • Ubwo nahise musezeraho,ariko ansaba kuzivuguruza kubuhanuzi nahanuye murusengero,ngo nzavuge ko arabantu banyoheje ngo noneho ngaruke murusengero dukorane neza,ubundi Pr.Straton yarankundaga ngo kuko ntari narakurikiye PST.Kalinda ngo kandi ari uwiwacu,naho ntakamenye ko ari Imana yahangumishije kubera impamvu zayo,uyu pastor Charles Kalinda mvuze hano,yagambaniwe na PST.Straton hamwe na Pr.Eddimo w’Iburundi uhagarariye Eglise Vivante Mu Burundi.
  • Uyu PST.Eddimo niwe wapangiye PST.Charles Kalinda kujya kwiga mu Bwongereza kugirango PST.Straton Gataha azave kwiga Theology muri Kenya undi ataragaruka bityo azaze asenye ubuyobozi bwose yubatse maze ashyireho ubwe.
  • Icyo gihe muri vivante hari dayimoni wuturere, bavugaga ko vivante iyoborwa abangolophone, kandi urusengero ari urwabafrancophone.
  • Imana yantumye kujya kubwira PST.Kalinda Charles ko atagomba kujya kwiga mu Bwongereza yanga kunyumva,arambwira ngo reka ajyende abanze aruhukeho,ubwo yaragiye amarayo amezi (8),mu gihe pr.Straton we yarasigaje amezi (6) ngo arangize,muri mace yaje kugaruka pr.Staraton yaragarutse yarakuyeho ubuyobozi bwose,maze babonye ko pr.Charles Kalinda abakristu bamukunda,bahitamo kumwikiza.
  • Imana yakomeje kugaragaza ko insore nsore zo murusengero rwa Eglise Vivante bakomeje gusenga cyane bibwira yuko Imana ishobora guhindura ubuhanuzi bwahanuwe kuri urwo rusengero,ubwo buhanuzi bumazr imyaka irenga (10),ariko ntanakimwe kizahinduka mubyahanuwe byose,nuko mbona itorero rigenda rishira gahoro gahoro nkuko Imana yabivuze mu (2002) mbona abantu bakora amasengesho yinryankurye,binginga Imana ngo nibura idohore kubuhanuzi bwavuzwe kuri urwo rusengero.Ariko ntana kimwe kizahinduka ahubwo bazicuza kuba barataye umwanya wabo wubusa ,aho kuwukora ibindi bibafitiye akamaro,ahubwo bashishikajwe no guhangana n’ubuhanuzi ngo budasohora”dore uko Imana yavuze Vivante Vivante wari imfura mu matorero yo mu Rwanda,ariko kubera ubwibone bwawe nzagukoza isoni mu marembo yamahanga!!!.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

  • Imana yambwiye ko PST.Charles Kalinda bagiye kumwikiza,hari kuwa 05/02/2002,Imana yabimbwiye ndi mu modoka ya Okapi njya Igisenyi ngeze hagati ya Kigali ngali na Ruhengeri,Imana imbwira yuko agiye gutaha,ubwo PST.Charles Kalinda yaje kurwara,kumubiri we harafuruta,maze pr.Staraton wari yamuteze uburozi amugira inama yokujya kwivuza kumuganga wikorera (Private cabinet) ubwo ibya PST.Charles Kalinda naho byarangiriye,yahise ajyanwa muri king Faisal,ibitaro bisaba PST.Gataha Straton ko yakwandika ibaruwa imusabira transfer,PST.Straton waruzi icyo yakoze yiburishije iminsi (2) kuwa (3) yari yamaze kumenya ko atagikize,arayandika bamujyana Nairobi agwa mundege ataragera no mu bitaro.Ubwo aba amwikijije gutyo asigarana urusengero atyo.
  • Ingoma y’Ubwami bw’Urwanda izongera yime.
  • Kuwa 03/01/2002 Imana yagaragaje ko Umwami Kigeli V Ndahindurwa azagaruka kungoma mu gihugu cy’Urwanda akaba Umwami wabanyarwanda n’Urwanda.
  • Natahuka azubaka kaminuza.
  •  
  • 28/03/2002 Imana yagaragaje uwahoze ari perezida w’intekonshingamategeko Kabuye sebarenzi ko azagaruka mu Rwanda avuye hanze akubaka amashuri makuru ya University.
  • Hazagwa imvura yitwa umutambiko.
  • Imvura yitwa umutambiko azagwa mu Rwanda.

 

  • 17/01/2002 Imana yagaragaje ko hari imvura izagwa mu Rwanda,kandi iyo mvura izagwira abantu benshi cyane,izabanyagira,abazayirokoka bazaba ari bake cyane.
  • Uyu muyaga uzawukira azashima Imana.
  •  
  • Imvura ya kabiri izaba ar’iyumuyaga.

  • 05/10/2003 Imana yagaragaje ko mu Rwanda hazabaho umuyaga ukomeye cyane,uzateza ibyago bikomeye mu gihugu cy’Urwanda,kuburyo igihugu kizagira akaga gakomeye.Ntacyo Imana ivuga ngo gehere,bitinde bishyire cyera ibyahumetswe n’Imana bizasohora.
  • Intara ya Karagwe izagaruzwa k’Urwanda?

  • 24/08/2008 Imana yahishuriye umuhanuzi Majeshi Leon yerekwa agace kurwanda kari kugihugu cya Tanzania kitwa karagwe,ngo yabonye kagaruzwa kurwanda.Ibijyanye naka gace ngo yabyeretswe inshuro zirenze eshanu (5).
  • Bapfuye bahagaze.
  • 28/12/2009 Imana yagaragaje ko abarokole bo mu Rwanda bapfuye bahagaze,bose ari imirambo,ngo nubwo bakora umurimo w’Imana ntibibabuza kuba ari intumbi zijyenda zihagaze.

AZONGERA KUBA UMWAMI W’URWANDA?

  • 30/11/2009 Imana yaongeye kwerekana Umwami Kigeli V Ndahindurwa yongera kwima Ingoma mu gihugu cy’Urwanda.
  • Imvura ihagaze,niy’umutambiko.
  •  

  • 01/12/2009 Imana yagaraje cyangwa yahishuriye umuhanuzi Majeshi Leon ko mu Rwanda hazagwa imvura zo mu bwoko 2 imwe yagwaga ihagaze indi yagwaga y’itambitse,bisobanura akaga kazagwira uRwanda kazaba kadasanzwe.
  • Umuyaga uzaturuka munsi y’ubutaka utingise amagorofa y’ubatwe mu mujyi wa kigali atere ibipfukamiro.

 

  • 03/12/2009 Imana yahishuriye Majeshi Leon abona umuyaga wavuye ikuzimu,maze uca munsi y’ubutaka umurwa wa Kigali wabatseho ama ètaje yose yubatswe mu murwa wa Kigali ararigita mukuzimu.
  • 18/01/2010 Imana yongeye kugaragaza Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa yongera kwima ingoma aba Umwami w’Urwanda.
  • 27/09/2011 Imana yanyeretse iyerekwa rikomeye cyane,aho inyamaswa zo mu rwanda zose zahunze zambaye amazina ya za ministeri za leta ya FPR na perezida Paul Kagame,dore ayo mazina uko yarateye’nabonaga hari inyamaswa zitwa Mineduc,Minisante,Minaloc,nibindi byinshi,ariko icyo nitegereje neza n’inyamaswa yitwaga Radio Rwanda,iyo nyamaswa yari mu bwoko bw’inyamaswa yitwa indonki,nabonaga irushye cyane,kandi zahungaga zigana mu majyaruguru yigihugu kuko nabonaga umurwa abarwanya ubutegetsi bwa kagame bawufashe.

  • UMWAMIKAZI YEZEBERI NYIRAMONGI JEANNETTE KAGAME:
  • 20/10/2011 Imana yanyeretse umugore w’Umwami ahabu ariwe Paul Kagame maze umugore we akageranywa n’umugore wa Ahabu, Imana yanyeretse madamu Ahabu Kagame yihebye kuburyo budasubirwaho, noneho yigira inama yokuba yashaka uko yica umugabo we Ahabu Kagame, imwe mumpamvu yamuteye kwiheba Imana yambwiye yuko ngo amaze kubona neza ko urupfu rubasatiriye,kandi ko umugabo we azicwa nabi,noneho hagakurikira abana be,nabo bazamera nkimfubyi nk’izindi zose.
  • Ubwo muka ahabu Nyiramongi Jeannette yatangiye kugira imigambi yokureba uburyo yakwicisha umugabo we ariwe Ahabu, kugirango nibura hagire umusimbura kubutegetsi amaraso atamenetse,ariko biranga,Imana irambwira iti,ubu umugore wa Ahabu Nyiramongi Jeannete ngo arimo gutegura abantu bashobora gukra ako kazi,ibi ngo atangiye kubitekereza ndetse no gushaka kubishyira mu bikorwa nyuma yo kubona ko ahabu atagifite imbaraga n’ubushobozi bwo guhangana n’ibibazo by’igihugu,kandi Imana ivuga ko ngo n’ubundi muka Ahabu azi neza ko umugabo we azapfa ngo none arimo gushaka uburyo yamwiyicira ariko ntihabe intambara ngo kuko ariwe kibazo,cy’Urwanda kandi akaba ar’umugabo utajya agirwa inama.
  • Ubwo mbona atangiye gushaka abantu bakora uwo murimo wokurangiza Ahabu Paul Kagame,aho kugirango abane be bapfe hapfa Ahabu,uwo ni Nyiramongi Jeannete.

  • UNDI MUHANUZI WERETSWE IBYA KAGAME HAMWE N’UMWAMI KIGELI V NDAHINDURWA NA  PASTORI GASHUMBA WA RWANDA FOR JESUS,NI “Pastor Mbabazi JULES”

Undi muhanuzi waganiriye n’ikinyamakuru inyangenews,n’uwitwa pr.Mbabazi Jules,yabwiye ikinyamakuru inyangenews ati nabonye ibintu bikomeye cyane ku buryo buteye ubwoba.

  • Ariko kubera ntuye mu Rwanda kandi nkaba ntinya ko bamenya ko nanjye mpanura, sinshobora kubivuga,cyane ko ubutegetsi bwa FPR bwamerera nabi n’umufasha wanjye akaba akorera muri police y’igihugu ya leta y’Urwanda.
  • Umudamu wanjye yaturutse muri Uganda,niwe ushinzwe store z’imiti mu gihugu hosemugipolice,ubwo rero urumva ko nta kwikura amata kumunwa.
  • Ngo Imana yamwetse urusengero Pastor Gashumba wari uyoboye Rwanda For Jesus,ko ruzasenyuka,ndetse nawe agakurwa muri urwo Rusengero rw’Imana.Uyu mukuzi w’Imana akaba n’umukozi wa FPR,avuga ko ngo yahamagaye Pastor Gashumba bagahurira imbere ya T 2000 hirya gato y’Inkuru Nziza akamugezaho ibyo Imana yamweretse.Ngo Pastor Gashumba nta kindi yamusubije usibye kumubwira ko,ibyo Imana izajya imwereka azajya aza abimugezeho,yahise amuha telefone ze,nundi amuha ize.Uyu w’Imana na FPR,ubu ari gukurikira amasomo yiyoboka mana mu gihugu cy’Ubugande ahitwa WAKISO,hanze y’umurwa wa kampala gato.
  • Akaba n’umwe mubantu leta ya kigali yakoresheje kugambanira inshuti umuhanuzi Majeshi Leon,niwe wajyaga amwakira aje muri Uganda,akamucumbikira,akamukorera byose,niwe bajyanye kumushakira ishuri yigaho ubungubu ariko yamuhembye kumwitura kumugambanira kandi bose arabahanuzi bakorera Imana imwe.Ubuhanuzi Imana yari yarahaye  Majeshi Leon mbere gato yuko ashimutwa ninzego z’ubutasi bwa Uganda yari yamweretse ko Pastor MBABAZI Jules ko azamugambanira,ndetse n’umudamu wa Leon nawe Imana irabimwereka.Ubwo Jules yari yaragiye mubiruhuko mukadomo,agarutse umuhanuzi Leon amubwira ko Imana yagaragaje ko azamugambanira,JULES yahise agwa mukantu yigira nkaho ibyo bintu bimutangaje amwereka ko atabikora uhereye uwo munsi ntiyongeye gukandagira muri urwo rugo.
  • Ubwo yahise atangira gukoresha abandi bantu kugirango umuhanuzi Leon bamuce igihanga.Ese ninde uajya mwijuru niba bimeze bityo?ariko ijambo ry’Imana bibiliya rivuga yuko mubihe bya nyuma abantu bazagambanirana.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

  • NGUWO UMUSHUMBA WA RWANDA FOR JESUS STEVEEN GASHUMBA WAHUNZE KWIHANA AKABA ABARIZWA MU BWONGEREZA:
  • Uyu muhanuzi akomeza avuga ko,  Imana yagaye cyane ngo n’uwitwa Gashumba wari umuyobozi w’urusengero Rwanda for Jesus ubu ubarizwa mu bwongereza ubu yabaye impunzi yataye urusengero kubera icyaha cy’ubusmbanyi yaramaze igihe agikorera mu itorero.
  • Bivugwa ko uwo bakoranaga icyo cyaha yaje ku kirambirwa aza kurusengero arabivuga, maze aho kugirango gashumba yihane, afata iyo mugihug cyo  Mubwongereza. ngo ahunze urubwa,naho ntiyamenye yuko Imana yavuze yuko abo data atahamagaye bose ko azabarandura!nguko uko yataye  umurimo w’Imana n’intama yarashinzwe kuragira.
  • Akomeza avuga ko undi muntu Imana yagaye cyane ngo n’uwitwa Gashumba wari umuyobozi w’urusengero Rwanda for Jesus ubu ubarizwa mu bwongereza ubu yabaye impunzi yataye urusengero kubera icyaha cy’ubusmbanyi yaramaze igihe agikorera mu itorero.
  • Bivugwa ko uwo bakoranaga icyo cyaha yaje ku kirambirwa aza kurusengero arabivuga, maze aho kugirango gashumba yihane, afata iyo mu bwongereza.Nawe ngo umurimo w’Imana yawukoraga nka Business.Ariko nyuma yaho yaje kwihana ariko ahunga igihugu kubera isoni z’amaso yabantu.
  • Uyu muhanuzi Pastor Jules avuga ko ngo Imana yamweretse imisozi ibiri hagati harimo igikombe,maze ngo abona abantu bamwe bari kumusozi umwe,abandi bari kuwundi,ngo abari kuwo hakurya ngo bari bambaye neza,kandi ngo ntibavugaga rumwe na perezida Kagame,ngo uwo muhanuzi Jules yumva Kagame avuga ngo uriya ntawundi ni General Kayumba Nyamwasa ngo biragaragara ko azanyica byanze bikunze.
  • Ngo kagame yagerageje guhamagara abasirikare ngo akabona batakimwitayeyoho!ahubwo ngo bategereje ko Nyamwasa yatangira intambara bakamushyigikira bagakura Paul kagame.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

Imana yaramuburiye ntiyabihaye agaciro!Umunyamakuru Ingabire Charles.

  • Ubundi buhanuzi Imana yampaye ndetse bukaba bwaranasohoye, n’ubw’abantu bayoboraga Bank Microfinance zitwiga Ongera Microfinance na Gwiza Microfinance, dore abaziyoboraga: Bishop.Rwandamura yayoboraga Gwiza hamwe na Pr.Fred Nyamurangwa, Imana yamuntumyeho mu bwira ko akwiye gusenga kugirango adahura cya Bank igiye guhomba,yarandebye maze ansubiza ko ngo akoreye Imana imyaka 20yrs ngo none Imana yamuhaye akaruhuko,none ngo agiye guhomba?ati waravangiwe jyenda wongere usenge,ubwo nahise musaba ko yansengera kuko yari Bishop,arangije ansubiza muraya magambo ati jyenda wongere usenge hanyuma icyo Imana izakubwira uzagaruke umbwire,nafashe inzira ndijyendera nyuma y’ibyumweru (2) Bank barayifunga.Mbere yuko yitaba Imana navuganye nawe mu kwezi kwa 17/06/2011 mubwira yuko akwiye gusenga kuko Imana yambwiye ko azicwa na za maneko z’Urwanda.
  • Bucyeye mbwira abayobozi ba Microfinance Ongera,barimo DG.Ingabire Charles n’uwitwa Ernest ko Bank yabo igiye guhomba,ndabwira nti noneho nimuhagarike ibyo mukora byose dusenge Imana kuko mugiye guhura n’ibikomeye cyane kandi nimudasnega ntimuzabikira,maze Director General ariwe Ingabire Charle arambwira ngo My Friend this is an Institution,twamaze kubona (Society.Annonnmy) bivuze kubona ibyangombwa bibemerera ko microfince yabo ibaye Bank yemewe n’amategeko,ubwo uwitwa ernest yarampamagaye ampa amafaranga ibihumbi 50.000frw arambwira ati jyenda unsengere jyewe jyenyine ibindi ubyihorere,ubwo naragiye ndamusengera nyuma numva ngo Ongera Microfinance yafunzwe nabayobozi bayo batorotse.
  • 05/2011 Imana yanyeretse agirana amasezerano na leta y’Urwanda ngo azajya abaha amakuru aturutse muri RNC naya leta ya Uganda,maze nerekwa mbona Ingabire yemera gukorana n’intasi z’Urwanda bamaze kumushyikira bahita baramwica:Byatumye mushaka mvugana nawe mubwira ibyo Imana yanyeretse ambwira ko ibyo atabikora kandi ko afite amasezerano abanyamulenge bamuhanuriye ngo atazapfa ahubwo ko azataha igihigu akaba umuntu ukomeye.

buhanuzi bwarasohoye:

  • Ubuhanuzi bwa sohotse kuwa kanne (4) icyumweru gishize kuwa 13/10/2011.

Ubuhanuzi bwa Col.Muamari Gaddafi.

Imana yabwiye umuhanuzi Majeshi Leon ko amaherezo ya col.Gaddafi rirangiye hari 13/10/2011 maze ikomeza imubwira yuko nyuma yirangira rya col.Muhamari Gaddaffi ngo intambara iribuhite yimukira mu Rwanda, 17/10/2011 Imana yerekanye perezida Paul Kagame ntabantu agifite bamuri inyuma,gusa ngo Imana yagaragaje abagore gusa bonyine ubusanzwe iyo Imana ivuga abantu ntabwo ivuga abagore cyangwa abana,ahubwo ivuga abagabo bonyine gusa.

  • Imana yerekanye yuko perezida paul kagame ko atari umuntu usanzwe,nkuko abantu babitekereza,ahubwo Imana yahishuye yuko ar’umwuzukuru wa nyirabiyoro mu buryo bwo mu mwuka,ninayo mpamvu yamuraguyeho  akamwita Rukirigitangwe rwa Mudatinya,ibyo bisohoye nyuma y’imyaka (280) ushyizemo imyaka (54) kagame afite ubu ngubu,ninayo mpamvu abantu bamutinya,ubundi kagame afite ubushobozi bwo kumenya ibyo utekereza kubera ko we ar’umwuka.
  • Ibyo Nyirabiyoro yabikoreye kugirango yihimure ku bwami bw’Urwanda. bwasenyeye igihugu cye, we n’umuhungu we. Ubwo bahungiraga Ikaragwe muri Tanzania,nyuma yaho Umwami w’urwanda NDABARASA agasaba Umwami w’ikaragwe ko yamuha abo bantu bahungiye iwe bitewe n’amasezerano bari baragiranye,hagati y’Urwanda n’ubwami bwa karagwe,iyo urebye uko Nyirabiyoro yagiye aragura kuri perezida Habyarimana na perezida Kayibanda usanga batandukanye na perezida kagame,nyuma y’imyaka irenga (200) umudayimoni wa Nyirabiyoro ategetse uRwanda.

  • Akoreshwa n’umuzimu wa Nyirabiyoro,igice kimwe n’umuzimu,ikindi n’umuntu.
  • Kagame n’umwuka s’umuntu usanzwe ninayompamvu ubona nabazungu bamutinya,urumva rero kuko ar’umwuka ninayompamvu n’Imana ibikurikirana hafi kugirango umudayimoni wa Nyirabiyoro utazakomeza gutegeka urwanda nyuma yokuvaho kwa perezida Kagame.Kagame ntawamukuraho usibye Imana yonyine kuko imbaraga afite ziruta iza bantu,niyo mpamvu Imana igomba kugira icyo ikora kugirango irengere ubwoko bwayo.
  • 18/10/2011 Imana yagaragaje igihugu cy’Urwanda gifatwa, ariko nta bantu bakirimo,ngo hagaragaraga abantu bacye cyane, ndetse ngo abo Bantu bahoze ara basirikare,uyu muhanuzi avuga ko ngo yabonaga abantu batonze umurongo bashakisha za Lessaz Pass cyangwa za pass-port,avuga ko ngo yabonaga leta yagiyeho itangira kwigisha cyangwa gutanga amahugurwa kubantu cyangwa abakozi bayo kugirango babashe gukora akazi ka leta.
  • 19/10/2011 Imana yagaragaje training za gisirikare zatangiye, kandi abanyarwanda bose badashaka perezida Kagame, bose bafite umuhate wogukuraho ubutegetsi bwe!, nyamara ntibari bazi yuko ubwo butegetsi bwavuyeho cyera!!Nuko Imana igaragaza za maneko za Paul kagame, zikanga cyane kubera ko ubutegetsi bwe bwabo bwavuyeho muburyo butunguranye.
  • Umusaza w’umunyarwanda usengera mu idini ry’Abayisiramu witwa Alphan,nawe yatugejejeho zimwe munzozi yarose zikomeye cyane kuburyo umuntu wese yazibwiraga yumvaga harimo ikintu gisobanutse:Ngo yabonye abazungu benshi cyane baje baturutse muri America,maze ngo baza bafite impapuro nyinshi cyane,ngo abo bazungu banyuze mu gihugu cy’Ubugande,maze bavugana na Perezida Museveni,barangije kuvugana nawe ngo bakomeje urujyendo bajya ikigali.
  • Uwo musaza akomeza avuga ko ngo bageze ikigali perezida Kagme ngo yabakiriye neza cyane,bamaze kwicara bamwereka impapuro bazanye ngo baramubaza bati ariko waruzi yuko iyi Repubulika yawe itemewe n’amategeteko?ngo asubiza ko ngo abizi,ariko ngo nawe niko yabisanze,maze baramubwira bati dore rero Kigeli tuzanye nawe asigaye inyuma,none giravuba uve kubutegetsi.
  • Imana yatanze amasezerano,ariko abantu bapfiriye murayo masezerano Imana isa nkaho yabaye inyakinyoma,ariko kubera kudahishukirwa ngo bamenye ko harabantu babatwaye amasezerano iyo niyo mikorere ya satani kugirango abantu bave k’Mana,erega burya abarozi iyo baje murusengero nta kindi kiba kibazanye usibye kuneka bakamenya umuntu ufite amasezerano,ndetse hari nabo twita abakiristu naho n’amasega aryana,buzuye ishyari,kandi umuntu wese ufite ishyari ashobora kwica,aba ataragera ku musaraba.
  • Biroroshye cyane kuneka abarokore kubera dukunda gutanga ubuhamya uwashaka yatanga ubuhamya ariko ntavuge amasezerano ye!kuyagarura biragoye jye byantwaye imyaka 3 nsenga amanywa ninjoro,kandi rero nafashijwe nuko mfite impano yoguhishukirwa tekereza rero udafite iyo mpano abayeho ate?
  • Abakozi b’Imana bo batangirira mu mwuka bakarangiriza mu mubiri,atar’uko badakunda Imana,ahubwo ntibaba barabaye maso kuko murusengero inshuro nyinshi hazamo abantu batandukanye muri abo bantu harimo nabakozi ba satani. Iyo baje bakaguha amafaranga kimwe cumi utazi aho agikuye cyane cyane abazana icyacumi murugo ntibakizane murusengero abo bantu nukubitondera kuko iyo ufashe amafaranga yabo,cyangwa ukabaguriza amafaranga avuye muntoki zawe biba birangiye nokongera gufata kukagafaranga!ugasanga rero utangiye kwitotomba.
  • Iyo babonye murusengero harimo abahanuzi,batangira kubaterenya kubashumba kugirango babirukane,uzakurikirane neza harabarwanya abahanuzi,hari nabigira abahanuzi kandi arabakozi ba satani,ibi byose bishingiye kugusenya itorero no kutubuza imigisha Imana iba yaratugeneye.Aha rero birasaba iyerekwa nogusengerwa nabantu buzuye umwuka wera.
  • Abashumba bakunze kwiyegereza abakire bo murusengero kugirango babashe gufasha itorero mubyifuzo byaryo,nyamara ntuba uzi neza aho aba bacuruzi cyangwa abo bakire aho bakuye ayo mafaranga,abenshi har’igihe baba barayakuye kwa satani,ndetse bakaba banakorera satani aho ngaho murusengero,ugasanga intambara ziratangiye hagati yabakiristu nabashumba nyamara bitakabayeho,dukeneye abashumba bafite iyerekwa bahishukirwa bashobora gutabara itorero rikava mukaga kuko twahawe impano dukwiye kuzikoresha neza.
  • Umushumba iyo abadayimoni bamaze kumwinjiramo bamuteza ubukene,numwuka w’ubwoba bwogutinya ubukene ibyo bigatuma umushumba atabasha gufata umwanya wogutekereza kwitorero rya kristo ahubwo agatangira gutekereza kubuzima amafaranga,abadatanga icya cumi agatangira kubanga,abakiristu nabo bagatangira kudakunda umushumba wabo kuko satani aba amaze gushyiramo umwuka w’urwango “Rejection Spirit”ubwo inyigisho zimeze nk’incuro zigatangira kwigishwa,niyompamvu ibyanditswe bivuga ko ahatari uguhishurirwa abantu bigira ibyigenge kuko baba batayoborwa n’umwuka wera.
  • Aba barozi iyo bamaze kugutangaho igitambo,gahunda zabo zijyenda neza,naho wowe ukaba mubibazo,iteka ryose igihe utarahishurirwa ngo uhangane nizo mbaraga,niho bamwe bareka gukurikira Imana nabo bakajya mubapfumu ubwo bakaba baratsinzwe,hanekewe umwuka w’Imana kugirango abantu b’Imana babohorwe.
  • Mubyashishuwe haravuga ngo wasi we ubonye ishyano kuko satani akumanukiye!satani yamanukanye umujinya udasanzwe,kandi ntashobora kuruhuka numunota umwe nibura ngo abantu bahumekeho,niyompamvu abatazi imbaraga barwana nazo barazikinisha,ariko nubwo bimeze bityo ubuntu bw’Imana bubereyeho kuturengera!kugirango dukomerere muri Kristo Yesu.Benedata bakundwa twari dukwiye kwiminjiramo agafu kugirango twegukina na satani kuko we ntakina,uzamukinisha azakubabaza ubuzima bwawe bwose,nta nshuti zibaho keretse abageze kumusaraba kandi abo nibake cyane n’umwe kw’ijana.
  • Abenshi turasengana ariko ntibaragera kumusaraba kandi abenshi bafite ibindi byabazanye bitari ugushaka ubugingo buhoraho,ahubwo bazanywe no gutata umudendezo wabana b’Imana kugirango babone uko batugirira nabi.Igitanganje n’ukuntu umuntu areka agakiza akajya kwa satani yagerayo bakamuha amabwiriza aruhije akabasha kuyakurikiza mugihe yasenganga atarabashaga gukurikiza amategeko ya Kristo yesu.Ugasanga bamusabye igitambo akagishaka akagitanga,nyamara kwa kristo igitambo bamusabaga ar’ukwitanga we ubwe,naho kwa satani yatanga ababyeyi bamubyara,yatanga umugore we,yatanga inshuti cyangwa umuvandimwe ariko akabona icyo ashaka!ugirango uwo mutima uhaye Imana yo ntiyabiguha?
  • Kuba mubushake bw’Imana bigutera kugendera munzira zayo,ariko igiteye agahinda abitwa ko ari beneso bakagushyigikiye ngo bakugirireho ummugisha usanga batangira kukurwanya,ibyo byabaye kuri Yesu Kristo aho yakoze ibitangaza n’ibimenyetso bagatangira kumurwanya bivuye inyuma,ntanubwo bashakaga ko yakiza abantu ahubwo bashakaga ko abaha izo mbaraga noneho abe aribo babikora barusheho kugira icyubahiro,nubu rero abafarisayo ntaho bagaiye nubu barahari kandi barakora ntacyo wakora utabanyuzeho ariko woringiye Imana ishobora kugucira inzira kuko ifite imbaraga ziruta kure cyane iza bantu.
  • Ubundi itorero ryubakiye kubahanuzi,ndetse ntakintu nakimwe kitubakiye kubahanuzi muriyisi ya nyagasani,kuko nibo babasha kuvugana n’Imana,twumvikane yuko hariho abahanuzi bibinyoma ndetse banakora ibimenyetso nibitangaza niba rero udafite umwuka w’Imana ngo agufashe agusobanurire uzagira ibibazo kuburyo kubivamo bizaguhenda.Niba turabantu b’Imana kuki tugirira ishyari ndetse tukagambanira abitwa benedata?Birumvikana ko tuba tutaragera kumusaraba niyompamvu tutazareka gukorwa nisoni ariko nyuma zikazahinduka ubwiza nicyubahiro bya kristo yesu.
  • UMUHANUZI-KAZI MARIYA ESTHER MUREBWAYIRE:
  • Mbona umuhanuzi-kazi Esther Murebwayire Mariya abazwa ni uko abantu batemera ubuhanuzi bwe,maze mubona turi kumusozi twagombaga kujyaho,hari hahagaze imodoka itegetreje abahanuzi,mbona munyuzeho arikumwe nundi mudamu bakorana,uwo musozi ntiwari woroshye!harimo imikuku kugera kuri iyo jeep yari itegereje abahanuzi byabaga aramahirwe!maze mbona nanditse ubuhanuzi bwa nyuma bwo mu minsi y’imperuka,maze ndangije mbona ngeze kuri ya jeep numva ndanezerewe,maze mbona nitegereza umusozi wari hakurya yuwong’uwo niho satani yarahagaze maze turebana amaso kumaso ndamupepera ndamubwira nti bye ntaho tuzongera guhurira.
  • IMANA YABAVUZEHO KO IZABAKURA KU NGOMA AMAHANGA AGATANGARA:

  • Ubuhanuzi buratunga agatoki perezida Museveni ko ashobora kuzaviraho rimwe n’umuhungu we perezida Paul Kagame,yashyize kubutegetsi mu gihugu cy’Urwanda,Imana yagaragaje yuko perezida Museveni azasubira mwishyamba!

Ibimenyetso:

  • Mu gihugu cya Uganda mugace gakomokamo ibitoki hazaterwa umuyaga kuburyo icyo gihugu kizabamo inzara idasanzwe.Impamvu y’intambara:
  • Hari umupfumu witwa “IDDY Aba Anana” uwo niwe wafashije perezida Museveni kugera ku butegetsi,yaje gupfa amasezerano bumvikanye perezida Museveni yemeye atarayuzuza,ibyo byatumye uwo mupfumu apfana agahinda kuburyo umwuka we niwo uzagaruka guhorera ibyo M7 atubahirije,uwo mwuka wabadayimoni azasenyegura igihugu cya Uganda agisiribange yimare agahinda!!!!!!!!!
  • azasubira mwishyamba azajyana nabasirikare 16 harimo umugore umwe ukiri muto,aahungira ahantu h’umusenyi mwinshi cyane,kandi ntagihuru cyo kwihishamo kizaba gihari cyangwa igiti kuko umuyaga uzaba waragushije ibintu byose ihagaze.
  • Perezida Museveni azahindugura abayaobozi kuburyo butunguranye,abashaje abasimbuze insoresore zirangije muri za kaminuza.
  • Perezida Museveni azarwara indrwara nk’iyo perezida MOBUTU SESEKO WAZABANGA  yarwaye,udusabo tw’igitsina tuzameneka!Mubugande hazaba intambara iteye ubwoba kandi hagati y’ibihugu byombi uRwanda n’Ubugande ntawuzatabara undi,kandi abagande bose bazanga perezida Museveni bajye inyuma y’Umwami wabugande,icyo gihe intambara izaba ica ibintu mu bihugu byo mukarere k’ibiyaga bigari.
  • Hazabaho ububyutse bw’ibyaha by’ubusambanyi,kuburyo budasanzwe,kuko ibyo byaha bizakorwa kumugaragaro.
  • ABA BAGABO BOSE IMANA HARI ICYO YABAVUZEHO:

Abagomba kwicwa mu mezi (5)

  • Imana yavuze ko perezida kagame azahiga umuhanuzi Majeshi Leon,hamwe na General Nyamwasa,na Col Patrick Karegeya mugihe cyingana na mezi atanu (5) uhereye mukwagatanu uyu mwaka kugeza mukwacumi yaba atababonye ngo abakureho ibihanga akabareka.
  • 17 sept 2012 njyanwa mu iyerekwa mbona Uwiteka Nyiringabo angirira Ubuntu,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi,rirambwira riti,mwana w’umuntu,Numara kugera mu gihugu cy’IBABYLON,uzasanga visi perezida wa Kenya witwa Karonzo Musyoka akiri ku butegetsi,azavaho hanyuma nyuma azagaruka kubutegetsi batsinze amatora aho niho ubwiza bw’Uhoraho Uwiteka Imana yawe buzakwigaragariza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.18 sept, 2012 njyanwa mu iyerekwa mbona dayimoni ushinzwe guteza  akaga na makuba amereye nabi cyane,ndwana nawe  mbona ndamunesheje,uyu mudayimoni namutejwe n’umuhungu twiganye muri primary,witwa Kamanzi Narsis PaPa we witwa Ruzezwa akaba yarakoreshaga abacwezi “ASTROLOGY SPRITY”kuko iwabo bakoreshaga abacwezi,umubyeyi akaba ari we yasigiye uwo murage,kugirango awukomeze bwa butunzi badutwaye tutazabusubirana.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu,dore ushyizwe imbere yawe amahitamo,kuko iki gihugu cy’umwana w’UMUSITA bagiye kuguha igihe ntarengwa ukaba wabaviriye mu kubutaka. Kuko bakoze ibishoboka byose ngo baguhitane ariko birananirana kandi nta (No Extra time) bazakongerera kuko amahanga yabamereye nabi cyane abasaba ku kurekura uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.(c) Mbona muterekwa Kamanzi Narsis wo kwa Ruzezwa na mama we banyuriza igiti bamaze gutema hasi mu mizi kugirango ningera hejuru bagihirike kingushe ninako byagenze ariko icyabatangaje nuko igiti cya vunaguritse njyewe sinagiri icyo mba, bakomeje kugerageza kugirango barebe ko baramira ubutunzi bwabo ariko biranga, ngicyo ikibazo cya satanic yo kuguha ubutunzi butari ubwawe kuko igihe kiragera Imana ikagira imbabazi ikagarura bwa butunzi baba baribye bagirango Imana ntiyabirebaga.(f) Mva aho hantu ndajyenda ngeze munzira mpura n’umusore urikumwe n’umukobwa mbabaza nib anta rusengero ruri hafi aho,nsanga rurahari ndetse barukorera uburinzi ngo rwari rutaruzura ngo rwubatswe n’umugore ngo ategereje ko rw’uzura akaruha nyirarwo,mbasaba ko banyinjizamo ngo nsenge baremera ndagenda ndasenga nshima Imana ibyo inkoreye,ariko banga yuko nduraramo ngo nisengere.(b) Umwuka w’Uwiteka akomeza kunganiriza ambwira amagambo akurikira,dore ngiye gukoza isozi perezida w’Urwanda kuko akabije kumena amaraso nk’umena amazi,kandi dore amaraso ararira,yishe abantu benshi abarenganya ankoze mujisho,nyamara se njya kurema isi yarahari?yambwira aho imfatiro z’Isi ziba?dore igihugu cyose yagikwije ibigirwamana bitumva ntibivuge nyamara se har’icyo bizamumarira?dore nzamuteza isi yose izamwanga nabo yari yiringiye bazamuvaho aho niho azabona ko yibeshye azagira agahinda ko mu mutima,azicuza ibyo yakoze byose ko itamugiriye umumaro,kandi mu muryango nta giti nzamusigira kizongera gutoha cyangwa kizasigara gicumba umwotsi uko niko Uwiteka avuze.(d) dore isi yose izatinya kuko ntazabura kwihesha icyubahiro mwisi yose,kandi intama zose zari zarantaye zizagaruka kubera gutinya no kugira ubwoba,uhereye uwo munsi zizagaruka,dore amahanga aracuragana aza guheshwa umugisha mu gihugu cyanyu kandi koko abazaba bafite umutima umenetse nzabagirira neza uko niko Uwiteka avuze.Icyo gihe ubwoko bwanjye buzitwa abahiriwe n’Uwiteka,kuko ntazabura guhesha umugisha abayakobo kuko ar’ubwoko bwanjye bwite Israel inkomoko ya yakobo kurukiryi rw’aburahamu.(f) Mbona leta ya fpr ihemukira abantu bakuze kuko bayikoreye ariko ikabahemukira,ndetse mbona abanyarwanda bahatirwa gusengera fpr kungufu,hanyuma yibyo fpr igahatira abahutu nabatutsi kubana kungufu za leta,kandi abavuye abavuye mu gihugu cy’ubugande bo bakanena abahutu ndetse ntibabe banasangira,ariko bakabihatira abandi batabishaka. Ubyanze bakamwita umunyamacakubiri.21 sept,2012 Imana yanyeretse leta y’uRwanda ikora ibishoboka byose ngo banyice,mbona umugabo wahawe amafaranga ngo andase mbona ageze mubugande,anshakisha,yewe Imana inyereka bakora22nd sept,2012 nerekwa urusengero rw’Uwiteka ruzubakwa hejuru ku kanunga,uko ruzaba rumeze,maze mbona nshyiraho  abubatsi ngo batangire basize mu kibanza cy’Uwiteka.Mwana w’umuntu dore hano urahavuye,kandi hahirwa igihugu uzajyamo,kuko bazahabwa umugisha,aho uzajya ujya ntibazajya bifuza yuko uhava,kandi dore Imana izagukoresha ibitangaza bitigeze kubaho. Ariko abakozi b’Imana bazakugirira ishyari ariko ntacyo bazagutwara niko Uwiteka avuze.(b) mbona uburozi inzego z’ubutasi za leta y’Urwanda basigaye batanga babwita ngo nirangi. Mbona babukwirakwije ahari za ambasade z’Urwanda kugirango bajye babuha abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwabo.N’ukuri imirimo ikorwa na leta y’Urwanda iteye ubwoba habaje abayikorera kuko amaherezo yayo bazabura aho bakwirwa kandi bazakorwa nisoni zitazigera zirangira.(d) Mbona hafunguwe radio ivuga ikinyarwanda ikorera mumahanga,iyo radio yitwa muhabura ndetse namazina yabayikoragaho bitwa amazina yabanyamakuru bakoraga kuri muhabura. Mbona murwanda habaye inzara nyinshi cyane ivanze nimbeho ndetse nimvura y’uruvange kubera ibyo byago abantu batangira umushiha uturutse kunzara,kandi nabonaga abafite amazu yogukodesha batangiye gusubiranamo nabakodesha kubera badafite amafaranga yokwishyura kiba ikibazo gikomereye leta kuko abantu benshi bari batakigira akazi,maze kubera kubura ibyo bakora batangira kujya bakina urusimbi rwamafaranga ngo barebe ko hari ayo babona muri ubwo bushomeri bwabo.Mbona ngera mubuhungiro mbona umwuka w’uburiganya uzanywe nabantu nzahasanga,mbona barashaka kumenya ububiko bwanjye maze ndabubahisha,babonye ko mbuhishe mbona barashaka kunkoresha accident.(b)Icyatumye ataba umwami yahawe igiti cyumye ngo agicemo kabiri biramunanira hanyuma barakimpa ndagitandukanya kuba umwami kwe biba birangiriye,ubwo nyuma yaho mbona abayisiramu nibo bashaka ko umuntu wabo ariwe uba umwami ariko babinanirwa kuko gakondo itari iyabo.(d) Mbona ndi kuri gakondo twejeje amasaka menshi ngiye kuyagesa,ariko nsanga umusore warufite inkwi nyinshi zimyase azishyirwa munsi yumurima kandi ahasiga nishoka  arigendera ubwo arigendera.(b) Uwiteka Imana yo mwijuru anyereka uburyo urwanda ruyobowe n’umwuzukuru w’umuzimu ariwe perezida Paul Kagame,kuko ngo umwuka wa Nyirabiyoro niwo umurimo kandi ninawe umukoresha kugirango uwo muzimu yihimure kubwami bw’Urwanda kuko ubwami aribwo bwashenye ubwami bwa bwa Nyirabiyoro wabayeho 1730,ndetse Imana ikomeza imbwira ko arinayo mpamvu Nyirabiyoro yamuhanuye akamwita Rukirigitangwe rwa mudatinya,ubundi abantu bibwira ko kagame ar’umuntu ariko Imana yahishuye yuko atari umuntu ahubwo ar’umuzimu wanyirabiyoro.Ninayo mpamvu akunda amafaranga kuko abadayimoni bakunda amafaranga,kandi mu marembera y’ubutegetsi bwe azasiga  ukomeye kandi udasanzwe ninayo mpamvu abitwa ko arabantu b’Imana bananiwe guhishukirwa Kagame uwari we,Kayibanda ntabwo yari umuzimu,Habyarimana nawe ntiyari umuzimu,bizimungu ntiyari umuzimu ariko kagame n’umuzimu wuzuye abakoranye nawe ntabwo bigeze bamumenya ninayo mpamvu abantu benshi bamutinya kuburyo budasanzwe.(d) dore igihe kirageze ngo abo nahamagaye ngo mbashyire ahagaragara ngo batangire kunkorera,kandi amahanga azabagana,abashakaho umugisha.26 sept,2012 mbona njyanwa mu gihugu gikomeye cyane kandi cy’umugisha,maze mbona nakirwa n’inzego z’ubutegetsi za police,batangira kumbaza impamvu yubuhunzi bwanjye ntangira kubwira amajya namaza byanjye nuburyo ubutegetsi bw’igihugu cyanjye mbona mpawe abasirikare bandinda.(b) Mbona bafite inzika nyinshi,umujinya,ishyari ry’abantu bakize kandi aribo babahaye ubwo bukire mbona batangiye kwitura inzika munsi yiyo nzika hari hashashe ubukene bumaze igihe kinini cyane,mbona abakobwa babanyarwanda-kazi batangiye guhunga igihugu bahunga ubukene buteye ishozi bagana mubindi bihugu.Mbona abagore batangiye kwanga ubutegetsi bahoze basingiza buhorobuhoro bajyenda banga leta bahoze basingiza bavuga ko ar’iyi igitangaza,ubukene bwabateye kwanga ubwo butegetsi,kandi nabonye itandukaniro rinini cyane hagati yabagore babategetsi nabanyarwanda-kazi basanzwe,mbona hagati yabo ntibacana uwaka kubera ubusumbane bwari hagati yabo.28 sept,2012 Umwuka w’Imana wanjeho maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore  ngiye gukora ibikomeye mu isi yabazima,ngiye kunyeganyeza isi,kuburyo abatuye isi baziheba kubera gukiranirwa kwabo.ibyo byago bizaba bitagaragara kuburyo bw’amaso yabantu,ariko bizaba bikomeye cyane.Isi yose yuzuye guca imanza zibera,ntagukiranuka kugaragaramo.Umwuka w’Imana ukomeza  kunyereka uburyo abanzi bu bugingo bwanjye bakomeje gucura umugambi wo kungirira nabi bitwaje ubuhanuzi kuko babuze icyaha bandega basigara bitwaje ubuhanuzi.29 sept, 2012 Imana inyereka mu gihugu cya Uganda bahimba icyaha bashobora kundega ariko cyidafatika, manze numva bavuga ngo bashobora kundega Tension case, strained political, not relax.Mbona hakoreshwa imbaraga zikirenga z’umwijima mbere yuko bazohereza babanje kunyura mu muriro ngo barebe ko bananiza sinzajye mu mahanga kugirango ntazakomeza gushyira ahagaragara ubuhanuzi,ariko imbaraga zabo zaranga ziba nkeye ugereranije nizari zindize.Bagerageje kwiyoberanya munzira zose kugirango ntababona ariko kubera ubuntu nagiriwe bwo gutahura imikorere yabadayimoni biranga ndabamenya bananirwa kuntsinda.(b) Njyanwa mu iyerekwa mbona umwana wamushiki wanjye nareze nigishije amashuri kugeza muwa (6) muyisumbuye mbona anteje imyuka mibi kuko ari mubantu batwaye ubutunzi bwanjye,gukira kwanjye rero bisobanura ko ubutunzi yatwaye butari ubwe nibugaruka iwanjye azahita acyena.Ahora rero acunganye nuko ntakwibohora ngo ngire icyo nageraho,ariko ayoberwa kumenya yuko iyo wabimenye utangira gusenga urwanya iyo myuka mibi yagushyizeho bityo akaba atagifite amahirwe yokugumana ubwo butunzi. (d) njyanwa mu iyerekwa mbona uwitwa  Kamanzi Narsis wo kwa Ruzezwa twiganye amashuri abanza nerekwa uburyo yakoreshejwe na babyeyi be,bagatwara umugisha wanjye wose barangiza bakanshyiraho umuvumo wabo kugirango nzabe kure y’umugisha wanjye.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,kora amasengesho kugirango ubuhore ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.(f) Njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo inkozi z’ibibi zitwara imigisha ya bantu bakoresheje imyuka mibi kugirango abanyamugisha basigarane umuvumo nabo babatware umugiha wabo kuko uwabo watwawe nbadayimoni bahisemo gukorera kuko Satani bamufata nk’Imana yabo.Uko niko batwara ubwenge bw’abana banyu, cyangwa ubwenge bwawe, bakaguha ubugoryi bwabo, bakitwarira ubwenge bwawe ukiga ufite ubwenge ariko ugatsindwa nyamara bagatsinda kandi ari ntabwenge bagira.Hari uburyo bwinshi bakoresha bwo gutwara umugisha wawe cyangwa uwabandi gusa icyo baba bakeneye ni uko icyo bashaka bakigeraho.Bibaho cyane yuko umuntu akora akazi katarake,ndetse agashaka umugore utaruwe Imana itamugeneye,cyangwa bagafunga inda yawe ibyara abana wari kubyara bagahabwa undi wowe ugapfa utabyaye!
  • Aho kugirango abana bawe bagire ubwenge kandi babusanganywe, bugahabwa ababo naho abawe bagahabwa gutsindwa.Igihe cyose abana babo bakosorwa,ubakosora abona babikoze nyamara nta cyo bakoze,ahubwo abadayimoni nibo baza bakabahuma amaso,bakabona ko batsinze ikizamini,naho wowe bakugeraho umwalimu akabona wabyishe kandi nyamara watsinze! Ikindi bakunda gukora izo nkozi z’ibibi zihengera igihe cy’ibizamini kigeze bagateza uburwayi uwo bambuye umugisha kugirango natsindwa bizitwe yuko yarwaye.
  • Uburyo bakoresha bwo gutwara imigisha ya bantu bwitwa “Spritiul Blessing Transfer” umugisha wawe bakawugukuraho, bakawishyiraho, ugaasigarana umuvumo mu cyimbo cy’umugisha.
  •  (e) Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadamu cyangwa abagore,ubwo wenda twavuga gitsina gore muri rusange,yuko  aribo bagize umubare munini wo gukorera satani.Bakora ibikorwa bibi byose bishoboka,nibo baraguza kurusha abagabo,bakaroga cyane kurusha abagabo,ndetse banategera abagabo mu bitsina byabo,niyompamvu abantu benshi bafite imivumo batazi aho bayikuye kandi bikaba bigoye kugirango bamenye ikibazo bafite,usibye kubona ibintu bitagenda ubuzima buba bubi kumpampamvu zidasobanutse nta kindi bamenya kubuzima bwabo.
  • (c) njyanwa mu iyerekwa mbona Mukeshimana Jannette(Umwishwa) ajya mu bapfumu maze ahabwa imbaraga z’umwijima kugirango azinyoherereze maze nawe yibonere umugisha wanjye.Nyamara se amashuli namwigishije kugera mu mashuli [6] yisumbuye ariko ntabwo yigeze anyurwa nibyo namukoreye ahubwo yakomeje gushakisha ibirenzeho kugirango arimbure ubugingo bwanjye.
  • Nerekwa pastor Liliyoza Tai ashaka gufungura bank akayifatikanya ni dini rya Omega abereye umuyobozi ibyo yabikoze yitwaje yuko ngo ashaka guha abakristu akazi,ariko mu byukuri ntaho byari bihuriye niryo dini yita umurimo w’Imana ahubwo byari ubucuruzi no gushaka gukora izina cyane yuko gufungura bank byamworohera cyane kuko aba yifitiye abakiriya murusengero rwe.
  • Umwana wisezerano ntajya apfa:
  • (b) Ijambo ry’Uhoraho Imana Nyiringabo,rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho agiye guteza amakuba nibyago bikomeye mwisi yabazima,ibyo bizabanzirizwa ni inzara, n’ubukene butavugwa,kandi abadamu benshi bazakorwa nisoni.Kuko bananiwe kwiringira Imana biringira abantu,abo mvuga na bishyize hejuru bumva yuko ubwiza bwabo aribwo bubatunze uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
  • Abantu bagiye guhura nakaga gakomeye nijyewe Uwiteka nzabyohereza vuba kandi nzabitebutsa ntibizatinda ubwoko bwanjye bukwiye kurushaho kwirinda kuko nzabugirira ibambe ariko ibyo byago ntawuzabihagarika nd’Uwiteka ubivuze.
  • (c) Njyanwa mu iyerekwa mbona mudayimoni w’ubukene ajya gutangira muri gakondo ya bakiranutsi, yatangiye yitwa amajyambere ariko bwari uburyo bwogukenesha abanyarwanda kugirango Nyirabiyoro wagarutse gutegeka urwanda anyuze muri Rukirigitangwe Rwamudatinya yihimura kubwami bw’uRwanda nabanyarwanda anyuze mu muhungu we, RUKIRIGITANGWE RWA MUDATINYA.
  • bambaye imyenda ya gisirikare mbona abo basirikare kubera kudahembwa mbona batangiye kujya bambura abaturage maze mbona bagiye kunyambura amafaranga nari mfite nsubira inyuma mva muri bwa butayu.
  • (e) Mbona ahantu mu murwa,kurubaraza maze inkozi zibibi zikoresha imbaraga z’umwijima,mbona bohereje imyuka mibi kugirango banyambure telephone narimfite muntoki bisobanura connection mfitanye n’Imana,babasha kunteza umwuzure uzenguruka aho narimpagaze gusa hanyine,ariko kubw’ubuntu bw’Imana mbona yamazi arakamye muburyo ntasobanukiwe.
  • (c) Maze inkozi zibibi zibonye ko nzinaniye batangira noneho gukora ibishoboka byose ngo bansige amazira ntoki kugirango bongere kunzingazinga ariko nabwo ndabananira kuko nari mumbaraga zibarusha kuburyo batanshobora
  • 25 sept,2012 mbona ndi kuri gakondo,mbona amashusho yabapfuye mbona bambaza aho amafaranga agiye kuntwara mu mahanga maze mbabwira ko ntamafaranga ahari ariko mbona bashaka kumenya aho ayo mafaranga azava kugirango bajye kuhafunga.Mbabwira ko ntarugendo mfite.Uko iminsi igenda ishira ninako abadayimoni bajyenda barushaho kurwana intambara kuburyo budasanzwe.Abadayimoni bafite ubwoba bwinshi cyane yuko ngiye gusubizwa ubutunzi bwanjye bari baratwaye.
  • (c) Mbona njya kuzana igitoki kubantu binshuti zacu,maze mpura na Kamanzi Narsis ashaka kumbuzabuza ngo ntajya kuzana icyo gitoki bisobanura umugisha maze ndamusinga njya kukizana.Abonye munaniye nyuma yokukizana aramfata anshira hejuru yigiti cyumye anryamisha hejuru yacyo kugirango agihirike maze nikubite hasi mfe ariko mpita ndamanuka ntiyaba akishoboye.
  • 24 sept,2012 mbona ndi kuri gakondo,maze mbona hari abantu barimo Innocent Ntagara mbona barashaka kumugira umwami ariko harabantu batashakaga ko aba umwami ndaza bose ndabirukana kuko arijye waruziranye n’umuyobozi mukuru wo muri ako gace kandi nisambu barimo yari iyacu maze mbona babantu maze kubirukana mbona ntabaye umwami.
  • (e) mbona ibihe byanyuma bya perezida Museveni,ahindura ibintu byinshi mu gihugu,kandi mbona inzego nyinshi azishyizemo abanyarwanda kugirango bazamurwanire intambara yaririmo gutegurwa nabaturage bayuganda,mbona ahaye abasore bakiri bato ububasha bwo guca imanza za gisirikare kugirango bacire umuntu wese utavuga rumwe nawe.Mbona Uwiteka ampaye manu,bisobanura umugisha uturutse mwijuru,mbona abadayimoni bashaka kunyaga uwo mugisha ariko Uwiteka arandwanira ntibawujyana
  • (c) Mbona abanyarwanda birwa bajya impaka banatukana kubera ubuhanuzi naashyize
  • 23 sept,2012 Imana yanyeretse ko nindamuka ngeze mubuhungiro ngomba kwirinda abanyarwanda b’impunzi nzahasanga kuko aribo bazangambanira kuko bazakoreshwa na leta y’uRwanda kugirango barimbure barimbure ubugingo bwanjye.
  • (b) Nerekwa umugisha mwinshi cyane,numva namajwi yabagome bashakaga kungirira nabi harimo uwitwa Munyandinda James na Munyandinda John,bivuza impamvu ntapfuye bavuga yuko nindamuka ngiye hanze nzabashyira ahagaragara
  • (g) Mbona abanyarwanda babuzwa hepfo no haruguru,mbona abanyarwanda bafite inzika yo mu mutima,bakubita agatoki kukandi ariko bikaba ibyubusa kuko nta muntu numwe waruhari wokubatabara,mbona abategetsi bakomeye muri fpr bamaze kudamarara bibwira yuko ubutegetsi bwa shinze iminzi mu gihe ahubwo ariho bugiye gusenyuka.
  • (e) Dore igihe cy’umwijima kirarangiye,ndetse kirasohoye ubwo bagiye kumenyakana yuko Uwiteka ariwe Mana yabisirayeli akaba ariwe waremye ijuru nisi,mbese icyo gihe inkozi zibibi zizagana hehe?abihaye kuragira intama zanjye ntarazibaragije icyo gihe nzabahindura akabarore bicuze icyatumye bihe kuragira intama zanjye  kugirango isi yose imenye ko atari jye bakoreraga,ahubwo ko bakoreraga inda zabo nabasogokuruza babo babahayeho akarande.
  • (c)Kubera ibyo nzakorera kagame bizaba ar’ibiteye ubwoba,dore isi yose izahinda umushyitsi,kandi uRwanda ruzaba iciro ry’Umugani ndetse mubana babantu nyuma yo kwiyerekana ko arijyewe Uwiteka ubikoze ntawuzifuza kongera gukomera kubera ibyo nzaba nkoreye perezida kagame,dore ibizaba nta bwo bizaba ndi kure yabyo, jyewe ubwanjye nzaba mpari mbirebesha amaso yanjye,kandi icyubahiro  cyanjye kizakwira isi yose,abantu bazatinya bahinde umushyitsi kubera ibizabera mu Rwanda,ariko hanyuma yibyo Rwanda naguhannye nkuko umubyeyi ahana umwana we nawe niko naguhannye,kandi ibyo nakuvuzeho nzabisohoza dore nubundi icyubahiro cyanjye kizasubira mu misozi y’Urwanda miremire,kandi nzongera nguhe icyubahiro nusumbishe amahanga.Dore s’ibya kera nibya vuba kuko biraje kandi birasoheye uko niko Uwiteka avuga.
  • 20 sept,2012 Umwuka w’Imana waranganirije umbwira aya magambo akurikira,dore leta y’Urwanda batanze million 20.000.000,zamanyarwanda zihwanye na million 81.000.000,zamashillingi kugirango aho bakubona bahite bakurasa,sayo gusa batanze ahubwo hari nandi bari baratanze mbere,uhumure nzakurinda niho uzamenya ko nd’Uwiteka Imana yawe.
  • (d) N’ubwo ntibanyunzwe, banjyanye mukazu karimo ikinogo cy’amazi maremare maze bankingiraniramo bibwira ko ahari ntashobora kuvamo,aho naho Imana yabanye nanjye mbona mpawe ubwato bwa kijyambere bugezweho aba aribwo nicaraho,maze negera kunkombe yamazi nyavamo maze mbona barashwawe.
  •  (b) Njyanwa mu iyerekwa mbona urutoto rwuhererekane rwabadayimoni bakomoka kwa sogukuru ubyara mama, abo badayimoni akaba yarabatejwe na Mukase utarashakaga yuko mama aba umunyamugisha, amukuraho umugisha we, awimurira ku bakobwa be, kugirango bazahirwe naho umuvumo wabo awushyira kuri mama witabye Imana atabonye umugisha w’Uhoraho Uwiteka Imana nkorera. Ndashima Imana ko nabashije kubimenya biturutse mu Mbabazi zo mu mutima w’Imana.
  • 19 sept,2012 njyanwa mu iyerekwa mbona ndi muri bwa butayu bunini cyane,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirmbwira riti,mwana w’umuntu,dore ugiye kwerekeza mu gihugu cy’IBABYLON,aho uzamara ibihe muri ubwo butayu bwamezemo igishanga.Bisobanura yuko uzahamara ibihe [7] ariko igihe cyategetswe n’Uhoraho Uwiteka Imana yawe azibuka umurimo ukora akugirire imbabazi maze agukure muri ubwo butayu agushyire ahagutse kugirango umenye yuko Uwiteka agira neza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
  •  Nyuma yicyo gikorwa nabonye ndi mu mwuka, abampigaga bahise bohereza imyuka mibi kugirango ntazava mu gihugu cy’Uganda bazabone uko banyica, bateje umwuka w’ubukene kumuntu watubereye umugisha, bohereza imwuka wigifungo, ndasenga imyuka bohereje ndayisenya yose irarangira, maze mbona Imana nyirijuru imanuye imigisha mbona ingezeho.Maze Imana imbwira yuko abandwanya bose igiye kubirukanira Kure kuburyo izabateza ibibazo ntibongere kunshaka.
  • UYU MUGABO YABA ARI MU MINSI YA NYUMA,ibihugu bikomeye ku isi,biri  mumigambi yokumwirenza.

18/11/2012 Ubuhanuzi buratunga agatoki perezida Kabira Josepf ko azicwa n’uwari yarashyize ise ku butegetsi! kandi icyo gihe ntazongera kumuhusha,mbona ingabo z’uRwanda zishyizwe standby, nyuma y’urupfu rwa perezida Kabira,nabonaga izo ngabo ziyobowe na general James Kabarebe,ariko perezida kagame ntawe nabonaga  ntiyagaragaraga niba icyo gihe azaba akiriho simbizi bizi nyiribihe byose ari nawe wabinyeretse.Mukwezi gushize Imana yagaragaje intambara ya congo irangira burundu,bituma hacurwa umugambi wokurangiza nyakubahwa Joseph Kabila,kubera yagaragaje imbaraga muri diplomacy.Nyuma yurupfu rwe intambara izatangirira aho yaturutse!Maze umwuka aravuga atiii!! uwicisha inkota niyo azazira.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

  • NGIZO INGABO ZA M23,URUGAMBA RWABO RWARARANGIYE:

Imana yavuze yuko intambara ya M23 irangiye,kandi abagize uwo mutwe w’ingabo bazicuza cyane kubera intambara bashowemo na Paul Kagame,bicuze yuko ntacyo bagezeho bitume bahinduka abanzi b’Urwanda,kandi Imana yanavuze yuko abanzi b’igihugu cya Uganda bibereye muri leta iharanira demokarasi ya Kongo RDC,nabo icyo gihe bazaba bavuza ubuhuha bw’amasasu barwanya icyo gihugu.

  • IMANA IRAMUTUNGA AGATOKI,KUBA IGIHUGU AYOBOYE SATANI YARAKIGARURIYE:
  • Ubuhanuzi bwarasohoye:

Hashize amezi(2) 09/2012 Imana yaravuze ko igiye guhana ibihugu (2) America na Tanzania,yavuze yuko izamanura imvura ivanze n’umuriro muri America icyo kikazaba ari igihano kibanziriza ibizakurikiraho kubera gukabya mugukiranirwa kw’igihugu.kandi izamanura umuriro ahakorerwa ibyo byaha kuburyo nibatihana Imana itazabura kubahana,ndetse yabaye isomo imanura umuriro uvanze n’imvura,sibyo gusa,ahubwo igiye no kubakoza isoni niba batinannye.

  • Ubuhanuzi buratunga agatoki perezida w’igihugu cya Tanzania gikabije gukoresha imbaraga z’umwijima.
  •  

  • Imana yavuze ko Tanzania nayo izayihanisha umuriro uvanze n’amazi,ibyo bizaba mu rwego rwo gusenya imbaraga z’umwijima zimaze kwiyongera muri ibyo bihugu byombi, kugirango ibashe kurengera abakiranutsi bayiringira,bamaze kuzengerezwa n’imbaraga z’umwijima zikorera muri ibyo bihugu ku rwego ndenga kamere.Gusa baracyafite akanya ko guhamagara Imana kugirango ibashe kubagirira imbabazi igihe kigihari,Uwiteka abarengere kandi abiteho.
  • Ubu buhanuzi bwa Tanzania nagiyeyo mu mwaka wa 2009 mu kwezi kwa  cumi,nagiye mu mujyi wa Mwanza na Kahama nyura mu matorero yaho nyabwira ibyo Imana yambwiye,mukwa cumi nakumwe ngaruka mu Rwanda.
  • Imana yagaragaje ishyamba rinini cyane,riburiramo abantu b’ubwoko bubiri(2) harimo abakene n’abakire,mbona ndikumwe nabandi bantu tugiye mwishyamba kujya gushaka abo bantu babuze!tugeze muri iryo shyamba dusangamo abanyarwanda bo mubwoko bw’abanyamurenga,tubanyuraho dukomeza gushaka abo bantu babuze,tubasha kubona abakene,haba hasigaye abakire,mugihe turuhutse ngo tujye gusha abakire,dutangira gukina umupira ayo marushwanwa narayatsinze maze mbona bibabaje abanyamulenge”maze mbona bagize ishyari rikomeye cyane.
  • Mugihe tumaze kubona babakene barimo umugabo n’umugore uhetse umwana turimo kubabwira ukuntu twarushye tubashaka,mbona bahindutse cya gice cya (2) cya bakire igihe ngitangajwe nukuntu bahindutsemo abakire kandi bari abakene barongera bahindukamo Inyamaswa muntu”hejuru ari umutwe w’umuntu hasi igihimba ar’imbogo.Ubwo nahise mpunga ndiruka nururira igiti ngeze mu mashami yacyo mbona yanyamaswa muntu ihindutsemo bya bice (2) abakene bajya ukwabo nabakire bajya ukwabo,babonye ko nabatahuye mbona baragiye bajya kuntegera mu mahuriro y’inzira.

BURASOHOYE:

  • AHO YAMBARIYE INKINDI NIHO AZAMBARIRA INCOCERO:
  • Imana yagaragaje ko Kagame Paul azambarira incocera aho yambariye inkindi,kandi abamuhaye ububasha nibo bazongera kubumwambura,maze igihugu gikomeye ku isi,kiyoborwa n’ubwami,aricyo gitegura umugambi wogukura perezida kagame kubutegetsi nyuma yokurangiza kugikorera ibyo kimwifuzaho!Maze uwanyerekaga arambwira ati dore barimo gushakisha uzayobora icyo gihugu,ariko kugeza ubu ntabwo uwo bashaka baramubona.
  • Numva umuzungu umwe aravuze ngo igihugu ntimugihe umuhutu!Mushake umututsi abe ariwe tugihe maze akiyobore,mbona babajije umugabo umwe w’umututsi niba yabasha kugambanira perezida kagame maze bakamugira perezida uwo mugabo mbona aratinye,nyuma yakanya gato arongera yisubiraho ati ndabikora!Ariko abazungu bisubiraho baramwangira,maze mbona kagame afite ubwoba buruta ubw’umuntu ugiye gupfa,maze mbona abazungu bashatse umusirikare bamuha iyo misiyo yemera kuyikora perezida kagame bamurangiza gutyo!
  • GUSUZUGURA UBUHANUZI N’UKUNYAGWA ZIGAHERA!!

buhanuzi bwarasohoye:

  • Umwaka wa 2010 umuhanuzi Majeshi avuga ko yahanuriye EddY Jimmy na Robert wakoraga umurimo wa secretariya munsi y’iposita ko bagiye gufungwa,abana babasore banga kumwumvira nyuma ya mezi (2) Robert yatawe muriyombi ajyanwa muri 1930 bamukatira imyaka (5) Jimmy wasenganaga n’umuhauzi Majeshi nawe atabwa muri yombi kuwa 11/03/2010 bamucisha kuri televisiyo no mukinyamakuru cya the news times nawe ajyanwa muri 1930 akatirwa (5)
  • Mbona abanyarwanda bafite agahinda gakomeye cyane,kandi badafite uwo babwira akabaabro kabo,maze bigira inama yogushaka mu maso y’Imana,mu gihe basengaga nabonaga abanyarwanda bo mubwoko bw’Abatutsi baturutse mu gihugu cy’Ubugande bo bahangayikijwe nogushaka imirimo yabana babo barangije za kaminuza.
  • Imana inyereka aho abanyarwanda bakuraga umugisha,hasimburwa n’umuvumo,aho ntahandi ni mwitorero,nyuma yuko abashumba hafi yabose bayoboye insengero,bahisemo kuba abayoboke ba FPR,bahse binjirwa nabadayimoni witwa diyimoni wa mananiza!Maze abashumba bananirwa kongera kugirana ubusabane n’Imana kuko FPR bose yahise ibaterekera maze satani ahabwa intebe mu gihugu cy’Urwanda.Igihugu cyiyoborwa n’imbaraga z’Umwijima.
  • UBWOKO BW”IMANA IMANA IRABWIBUTSE!

Imana yerekanye ubwoko bwa Israel buteranira mukibaya cya Harimagidone,maze mbona ubwo bwoko burimo ibice (3) iyo nama yari ibahuje yari iyo kwiga uburyo basekuruza babanye n’Imana maze Imana ikabatabara ikabakiza amahanga yashakaga kubamira ubnguri,mbona bagize umutima wokwihana kuko batagendeye munzira yabasekuruza bamvikana yuko bagiye kuyoboka Imana ya Abraham na Issac na Yakobo ariwe Israel.Bakimara gukora iyo nama no kumvikana yuko bagiye kugarukira Imana yabo bari barataye ikisangira abanyamahanga,maze mbona Imana igize impushwe nyinshi cyane kubw’Ubwoko bwayo,mbona nayo irabugarukiye,maze mbona agakiza gasubiye muri Israel kavuye mubanyamahanga aho kari karagiye kakaba kamaze igihe kinini katari muri Israel mbona ubwo bwoko bw”Imana isumba byose bwongeye guhembuka!.

  • Mbona abashumba bamatorero basigaye birwa mu manama ya politiki,aho kuba imbere y’Imana ngo bayibaze ibyo itegura kumurimo wayo,mbona abapastor benshi bibereye muri za seminer akazi gasigaye gakorwa nabasecretariya babo,mbona abakiristu baza gushaka uwo babwira ibibazo byabo baramubura kubera abashumba bibereye muri za project.
  • KUWA 27,JULY,2012 IMANA YANYERETSE URUPFU AHO RUTUYE N’UKO RUSA,NGARUKIRA KUMURYANGO WARWO,MU GIHE KUWA 28,JULY 2012 MANEKO Z’URWANDA ZIFATANYIJE N’UMUTERANKUNGA W’UBUSHAKE NZIBAVUGA SOPHONIE ZAGOMBAGA KUMFATIRA KUMUSOZI W’AMASENGESHO UBA AHITWA BUKARANGO WAKISO DISTRICT- KAMPALA:
  •  
  • IYATAZA KUBA UWITEKA,ABANZI BACU BABA BARATURIMBUYE:

UKO UMUHANUZI MAJESHI LEON YAGAMBANIWE MU MURWA WA KAMPALA:

Umuhanuzi Majeshi Leon yagambaniwe na za maneko za kagame z’igize abarokore:dore urutonde rwaba mugambaniye:

  • LT.Munyandinda James/Mugisha James/Jackson Munyeragwe
  • Cpl.Munyandinda John/ Nkubito Eugene umuyobozi mukuru wa RPRK inyabutatu
  • LT.Rugigana Kalisa wigaga muri KIU Kansanga
  • Kwitonda Thadeyo waturutse mu bubirigi,ubu abarizwa muri gereza yo mu bubirigi.
  • Cpt. Sibo Charles yoherejwe kuneka mu gihugu cy’UBUGANDE,ubu yatawe muri yombi
  • SGT. Rucogoza Cope/capiteni

Abarokore bakora umurimo wabumaneko:

  • Pastor Mbabazi Jules yiga Bible stand mwishuri rya Buroba
  • Pastor Maso John akorera ahitwa mu gisenyi akaba ari nawe wagambaniye umuhanuzi Nsabagasani.
  • Munyaneza Emmanuel,yapangiwe na ERIC watwaraga perezida Paul Kagame,akaba project ya RICK WARREN (PEACE OF RWANDA)
  •  
  • Fruit Nyagasaza Innocent ushinzwe kuneka leta y‘UBUGANDE.
  •  
  • Ruhorimbere Jacque,yakoraga kumurenge wa kimisagara,akaba yarabayeho na n’umukuru w’umurenge wa Butare intambara ikirangira.
  •  
  • Ibyo yankoreye nibyo byamugarutse.

 

  • KWITONDA Thadee yashatse gukorera KAGAME,ngo amukureho Genocide!

Ubuhanuzi bwarasohoye:

  • Imana yavuze yuko izahorera Umuhanuzi Majeshi Leon,kubera Uyu mugabo Kwitonda uruhare yagize mukagambanira uwo muhanuzi no gushaka kumwicisha.
  • Uwo niwe Kwitonda Thadeyo watanze amafaranga menshi kugirango umuhanuzi Majeshi Leon acibwe igihanga,ariko Imana yaciye icyanzu mu gihe abandi bari baciye icyobo,Imana yabwiye umuhanuzi Leon yuko abamugambaniye bose izamuhorera,ntibyatinze kuwa 05/07/2012 Kwitonda atabwa muri yombi kubera genocide yakoreye abatutsi muri 1994 mu Rwanda ahungira mu bubirigi nyuma yokumenya ko hasohotse impapuro zimuta muri yombi ahungira ubwayi mukigunda mugihugu cya Ugnda mu murwa mukuru wa kampala.
  • Abiyitirira Umwami KIGELI V Ndahindurwa,bakorera leta y’Urwanda:
  •  
  • Abayobozi b’umuryango wa RPRK Inyabutatu, ubeshya ko uharanira gutahuka k”Umwami w’Urwanda,uwo muryango ukaba uyobowe na za maneko zikorera leta ya kigali,akaba aribo bapanze operation yifungwa ry’Umuhanuzi Leon kugirango ashimutwe ajyanwe mu Rwanda,cyangwa yicwe,bikaba batarabahiriye nkuko babyifuzaga.
  • LT.Rugigana Kalisa wigaga KIU we yarashinzwe kuzanira amakuru yoguhahamura umuhanuzi Leon amubwira yuko ngo yaba agiye kwicwa,kugirango atoroke ave mu gihugu cya Uganda maze bamwicire hakurya yumupaka,ngo Leon yamushubije yuko Imana akorera ibasha no kumurinda,gusa nyuma yigihe kitari kinini uyu Rugigana yatawe muri yombi n’ubutegetsi bwa Uganda ashinjwa kuba yaraje gutata icyo gihugu kunshuro ya kabiri dore ubwa mbere bari bamufunze bamwohoreza mu Rwanda,ariko aza kujyanwa muri congo kuneka abanyamulenge bari bayoboye ingabo zitavuga rumwe na leta ya Kabila,nyuma yaho General Makanika na General Bisogo baje kumenya ko yaje kubaneka maze bamutega ambushi baramukomeretsa agarurwa muri Uganda kwivuza aho ya guhindura amazina akiyita Rugigana Antoine.

NGUWO MANEKO WIHISHE MU KIROKORE MU IDINI RYA RESTORATION CHURCH AKABA N’UMUVUGABUTUMWA MURI RYO TORERO IKAMPALA  NYAGASAZA FRUIT INNOCENT:

  • Pte: Fruit Nyagasaza Innocent:yatangiwe akazi ko kuneka nyuma yaho abanyamulenge bahuye nubwicanyi bw’indenga kamere ahitwa
  • mugatumba mugihiugu cy’Uburundi,aho yoherejwe kujya kuneka abanyamulenga no kwihindura umunyamulenge kugirango azajyanwe mu mahanga nkuko abanyamulenge batwarwaga muri za America na Australie maze aza gutahurwa yuko atari umunyamulenge nyuma yoguhabwa ikizamini cyo kuvuga ibisekuruza bye bigera kuri (6). Nibwo yahise yoherezwa muri Uganda yibaruza nk’impunzi yumukongoman,maze atangira kuneka abanyarwanda bakorera mugihugu cya Uganda yitwaje yuko we ari umukongoman.Ikindi ni uko iwabo bari baturanye nababyeyi ba Jeannette Kagame ahitwa mu Ngagara kumuhanda wa(4) ikindi ni uko mukuru we witwa Sachoz akorana na Murefu musaza wa Jennette Kagame ubucuruzi bunyuranye.Ubu rero murwego rwokujijisha impunzi yagiye kwihisha mukirokore akaba anakora umurimo wogushakira abantu za visa kumpunzi ziba zihunze ubutegetsi bwa FPR na Kagame,urumva yuko iyo agushakiye Visa ahita amenya aho uhungiye,bityo ujya kujya kujyerayo yamaze kubwira intasi ngenzi ze ko uje bakakwicira munzira utaragera iyo ugera niyompamvu kuyoborwa n’Imana ar’ikintu kingenzi
  • Naramushingiye anyitura kunca igihanga,iyo itaba Imana ya data nkorera,aba yaranyishe.
  •  
  • Yarampinze cyane nyuma yo kumenya yuko ntapfuye,kandi ko ngiye gufungurwa gusa umurimo we yari yawukoze neza n’uko yahuye n’imbogamizi za mwuka wera wibera mubantu bayo,naho ubundi aba bantu ba Kagame bafite ubwenge bw’abadayimoni bukomeye niyompamvu abantu badafite Imana byanze bikunze bagomba kuguhitana.
  • RUCOGOZA/Cope/Capiteni:Uyu yaje mu gihugu cy’Ubugande mu 2000,akora muri society yabamukerarugendo,niwe wenyine warufite nomero za telephone z’umuhanuzi Leon arinawe waje kumutanga akaziha Fruit NYAGASAZA Innocent,nawe agahita aziha abasirikare ba C.M.I baje gushimuta umuhanuzi Leon bamukurikirana kuri telephone kugeza aho bamushimutiye kuri station ya kobill ahitwa Kasubi ahagana mu masaha ya saa mbill za mugitondo.
  • Cap.Sibo we yakoranaga na Pastor Maso John akaba yaramwoherezaga kuneka umuhanuzi Leon no kumutumira kuza kurusengero ngo yuko pastor amukeneye ko baganira,ibyo yabikoze inshuro nyinshi ariko Leon arabatahura.Uyu mukapeteni nawe ubu yatawe muriyombi azira ibikorwa by’ubutasi.
  • Pastor Mbabazi Jules wiga mushuri rya Bibiliya ahitwa BUROBA yarashinzwe kuza kuneka umuhanuzi Leon yitwaje ngo amayerekwa Imana imwereka kugihugu cy’Urwanda,umuhanuzi Leon ntiyamuhishe yamubwiye yuko Imana yamuhishuriye ko ari umwe mubantu barimo kumugambanira,ikibabaje ngo ni ukuntu yararaga iwe umudamu we agahangayika ategurira uwo mu pastor waje kubagambanira,amaze kubona ko bamutahuye ntiyongeye kuza kwa Leon,amafaranga yo kuneka yayahabwaga na Cope cyangwa kwizina rya Capiteni ukora muri society yogutwara bamucyerarugendo ubundi we nako kazi ashinzwe ko gutanga amashillingi kubaje mukazi,akanabigisha uburyo bagomba gukoreramo badateje akavuyo kuko abifitemo uburambe.
  • Ruhorimbere Jacque yoherejwe mu gihugu cya Uganda nk’Umunyamulenge uhunze,ariko ashinzwe kunekera Urwanda na FPR kucyo bise abanzi b’Urwanda.Nawe yibaruje nk’impunzi y’umukongomani nkuko bimenyerewe,akaba ariwe wabaye uwambere kumenya aho umuhanuzi Majeshi Leon atuye.Akaba yarakoze ibishoboka byose ngo amufatishirize kuri Onaatracom ariko ntibyamukundira.
  • Munyaneza Emmanuel:Uyu yari inshuti ya Leon cyane,dore ko Leon yanamufashije mugutegura ubukwe bwe,ndetse na Munyaneza nawe aza gufasha Leon ubwo nawe yateguraga ubukwe urumva ko arabantu baziranye neza,ariko nyuma yaho Munyaneza aherewe akazi na Eric wahoze ari umushoferi watwaraga perezida mu mushinga witwa Peace of Rwanda wazanywe na Pastor RICK WARREN Munyaneza yaje kwisanga muri system yokuneka atangira kuneka bene se muri kristu yesu.
  • Ndryabahika James: Uyu numukiristu umuhanuzi Leon yayoboraga ndetse akanamufasha muri byinshi,ariko inzego z’ubutasi za Uganda n’ urwanda niwe zakoesheje kugirango bamushimute,ndetse anamaze gufungurwa yakomeje kujya atwara umudawe aho yajyaga gushakisha ibyangobwaby’ubuhunzi byabafasha kuva muri icyo gihugu cya uganda ariko asanga inzugi zarakinzwe kera,uyu James rero yakomeje kujya atanga amakuru y’umuhanuzi Leon kujyeza aho Imana yabwiye Leon kuva muri Hotel yari yihishemo kandi akagenda adasezeye James cyangwa John uko benshi bakunze kumwita.dore ko ari nawe warubitse ibintu bye byose.Ninde murokore wakwizerwa uzajya mwijuru?
  • Umubare wabataye muri yombi umuhanuzi Leon:
  • Umuhanuzi Leon yatwawe nabasirikare bane (4) ba C.M.I bitwaje intwaro:Gappade,Tushabe,Hamuza,na cap.Africana.
  • bamugejeje mubiro bikuru bya C.M.I,bamukorera dossier yihuta ajyanwa ahitwa Mbuya Garson Balacks aho yamaze iminsi ijana na mirongo inne nitatu (143) ari mugihome ariho akingiraniwe,leta y’Urwanda yakoze ibishoboka byose ngo ajyanwe mu Rwanda ariko Imana ikinga ukuboko kwayo,birananirana kuko Madamu we yahise yihutira kujya mu miryango yijyenga nka RED CROSS International na  Amnesty INTERNATIONAL,ibyo babonye ko binaniranye bahisemo inzira ya marozi,Imana ihishurira Leon ko atagomba kurya ibyokurya bamuzaniye mugihe yaramaze iminsi 90 atunzwe n’udushyimbo gusa,ibyo binaniranye Major AGABA ARUTHA aza kubwira umuhanuzi Leon yuko ngo bamenye amakuru yuko leta y’Urwanda irigukora ibishoboka byose ngo bamwice ngo none neyemere bamufungure bamuhe abasirikare babo bakorera mu bihugu (5) KENYA,SUDANI ya majyepfo,DR Congo,Tanzania,no mu Burundi,ngo barebe ko bakiza ubugingo bwe,NB: bamubwira ko atagomba kubibwira umudamu we cyangwa ngo umuryango wa RED CROSS ICRC batagomba kubimenya ngo nagera mu gihugu ashaka kujyamo ngo azabone guhamagara umudamu we.
  • Umuhanuzi Leon ashyirwa mu maboko ya zamaneko z’Urwanda: (ITANGIRIRO 31:24,29-42) IYO ITABA IMANA YA DATA,NGO IBAKANGARE BABA BARANYISHE BAKARIMBURA UBUGINGO BWANJYE:
  •  
  • Major:AGABA Arutha yatwaye umuhanuzi Majeshi Leon kuwa 11/12/2010 ahitwa Bugorobi,muei safe house,maze ahahurira na za maneko z’ikigali,baramufotora,bagiye kumufata amajwi arabyanga,bamukoresha inyandiko mvugo kugirango bazabone icyo berekana kwa shebuj perezida Paul Kagame ubwo yari yaje munama mu gihugu cya Uganda -Kampala,bari biringiye ko bamutahana ariko kubera imiryango mpuzamahanaga ntibyabakundiye:
  • Dore ibibazo bamaneko ba kagame bamubajije,turabizi neza ko urumuhanuzi,mbese watubwira ibyo waba umaze iminsi werekwa uganira n’Imana yawe kubijyanye n’Urwanda?
  • Esse koko General Nyamwasa Imana yavuze yuko azakuraho perezida Kagame?
  • Ese koko General Nyamwasa azaba perezida?
  • Ese intambara izatangira gute? ninde uzayitangiza?
  • Ese Perezida Kagame azicwa nande?kandi ryari?
  • None se General Nyamwasa azategekana gute n’Umwami Kigeli V Ndahindurwa?
  • Ese uwaguha akazi  mu Rwanda wakwemera ugataha?
  • Ese wahunze kubera ubuhanuzi ?cyangwa nuko wakurikiye Kayumba?
  • Ese koko uriya mubare wabantu utanga wabantu bazapfa ni ukuri?
  • Ese mu Rwanda nta repubilika izongra kubaho?
  • Dore abamubazaga ibibazo amazina yabo:Uwihimbye Charles,na RUBAYITA abandi ngo ntiyibuka amazina yabo.igisubizo yabahaye ngo nuko bajyenda bagasoma ubuhanuzi ngo buzabaha ibisubizo bamubaza.
  •   27/10/2011 Imana yavuze yuko azashyirwa mu nzu yimbohe.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

  • UBUHANUZI IMANA YAHEREYE UMUHANUZI MAJESHI LEON,UBWO YARAKINGIRANIWE MU NZU Y’IMBOHE, MU GIHUGU CYA UGANDA.MUKIGO CYA GISIRIKARE KITWA “GARSON BALACKS” MURI ZONE YA MBUYA MURI DIVISIYO YA BUGOROBI DISTRICT YA KAMPALA:
  •  

Uzamusimbura twamugize ibanga:

Kuwa 03rd December 2011 Njyanwa mu mwuka mbona haba inama yamashayaka yose agize igihugu,mbona basabye Umwami w’Urwanda yuko yabemerera igihugug kikayoborwa n’imbaraga za gakondo,kandi bavuga yuko badashaka kuyoborwa n’Imana nyirijuru n’Isi,maze Umwami w’uRwanda kubera gukunda icyubahiro arabibemerera,uhereye ako kanya batangira kuramya ibigirwamana babisimbuza Imana yo mwijuru.

Hari kuwa 04th december,2011 Imana inyereka ubwami bw’uRwanda busubira kungoma,maze mbona habayeho inzibacyuho,irangiye mbona amashyaka menshi cyane yiyandikisha kugirango yiyamamaze,mbona mu mashyaka yose nta narimwe ribonye amajwi yateganyijwe,mbona ishyaka ryegamiye ubwami cyane baryibiye amajwi atari meshi kuko ryaburagaho amajwi mace maze batangaza ko ryatsinze!Ariko ntabwo ryari ryatsinze.Mbana habayeho namashyaka atarafite abantu uretse abarishinze gusa.

Kuwa 05th December 2011,nerekwa Umwami w’uRwanda uzima ingoma nyuma yuko Umwami wacyuye ubwami n’Umwami amaze gutanga,mbona himye Umwami mwiza muremure kandi wigikundiro ufite amaso maze cyane kandi w’umuhanga ufite ubwenge mu byisi,ariko mbona abategerugori baramwifuza cyane,nabonaga abantu bashaka kumureba gusa ntakindi bakora bakajya bajya kumutura bashaka kugirango barebe uko asa.Maze mbona amagambo abaye menshi cyane bamuduhira mu matwi kandi abantu bamwikundishaho cyane maze mbona abo mubwoko bwabatutsi bibagiwe Imana kandi ari cyo gihe cyo kuyikorera cyari kigeze.

  • UMWAMI UZASIMBURA UMWAMI KIGELI V NDAHINDURWA,AGIRWA XB,INAMA YO KWIRUKANA UBWAMI BW’IMANA MU GIKARI CY’UBWAMI BW’URWANDA:

Mbona abahanuzi bibinyoma bakoresha imbaraga z’umwijima kagame yakoreshaga zo mubwoko bwaba cwezi nabarangi mbona bamwegereye cyane bamuha icyubahiro maze bamusaba ko ubwami bwakongera kuyoborwa nabakurambere bityo akirengangiza ibyo abahanuzi b’Imana bavuga.

Ndetse banamugira inama yo kutwirukana mugikari cy’Ubwami,maze mbona Imana nyir’Urwanda yabaga mu gikari cy’Ubwami bw’Urwanda mbona isohotse muri icyo gikari,mbona n’umuhanuzi mukuru nawe arasohotse maze Imana imuha gusohakana nabanyarwanda batigeze baba ubwoko Imana ibaha kuba ubwoko bwayo mbona bafashe ibicurangisho ishakwe ninanga na neberu ningoma babishyira mu modoka ya bus mbona binjiyemo bagiye mu mahanga kuvuga ubutumwa bwiza.

Maze Ubwami bw’Urwanda busigarana n’abadayimoni aribo babuyobora! Umuhanuzi mukuru akimara gusohoka mbona inzara yari imaze igihe gito ovuye mu gihugu cy’uRwanda mbona iragarutse, maze abantu Babura amahoro bwa bwami bari biringiye batangira kubucika bahunga inzara nibyago bizaba bitewe no kwanga kuyoborwa n’Imana bagahitamo kuyoborwa na satani no kuramya ibigirwamana bitumva ntibivuge.

20 Dec,2011 Imana inyereka ishyaka rya RPRK rikora imihango yo kuroga umuhanuzi Majeshi Leon kugirango ahinduke umusazi. Ntambagizwa mu Rwanda mbona ubucamanza bwaho buyobowe nabana gusa,kandi baca imanza zibera,abantu bagerageza guhungira mu itorero naho bagasanga hari imanza zibera bituma abantu bazinukwa insengero bagana iyubutayu bajya gushaka Imana bayishakira mu misozi miremire no mubutayu.Ariko ikibabaje aho mubutayu naho ntabwo babashije kubona Imana,mu gihe ibyo byabaga abandi nabo barimo biyubakira imidugudugu namazu y’ibitabashwa.

  • Amaraso arishyuza Imana ko yayahorera!

21st Dec,2011 Umwuka w’uwiteka anzaho anjyana mukibaya cyo kwerekerwamo,mbona Umwuka w’inzika wa General major Gisa Rwigema Fred mbona urazamutse winjiye mubasirikare ba Uganda maze mbona bafashe imiheto yabo bajya kwitabaro bahorera amaraso ya Gisa Fred Rwigema.Kandi izo ngabo zari ziyobowe n’umwe ukomoka mu miryango yoroheje.(b) Mbona ibimenyetso bizagaragaza ko intambara yo mubugande izaba igiye kuba: (a) hazafatwa abazungu muri Uganda bazaba baje muri icyo gihugu bakora amakosa bafatwe bafungwe (b) Hari umunyamakuru w’umuzungu uzicirwa muri icyo gihugu bitumeabazungu bose bagira ubwoba bahite bazinga utwabo bave muri icyo gihugu,icyo kizaba kiri hafi ariko ntabwo intambara izahita iba.

  • 23rd Dec,2011 Imana inyereka Abadivantiste bumunsi wa karindwi Imana ibagirira neza ibaha inzara ninyota yogushaka mu maso hayo,ariko abenshi Babura abashumba babigisha bakajya bajya kuvumba ijambo ry’Imana muyandi madini bakagaruka mu idini ryabo,maze umwuka w’Uwiteka abazaho batangira kwerekwa no guhanura ububyutse buza mu itorero ryabo hatangira kubamo abahanuzi.(b) Imana inyereka abategarugori bo mu Rwanda bacitse intege cyane kubera yuko ubuhanuzi butinze cyane kandi bari babwiringiye,bituma bata ibyiringiro ndetse ntibagira ikintu nakimwe bongera kwitaho.
  • 24Dec,2011 Njyanwa mu mwuka nerekwa imigambi ya perezida Kagame Paul uburyo yateguye kwica abantu batatu mu gihe cy’amezi (5) uwambere ni Kayumba Nyamwasa(2) Patrick Karegeya (3) umuhanuzi Majeshi Leon,maze mbona Imana ihagarika imigambi ye yose ijyanye n’ubugome kubantu Imana igifiteho umugambi.
  • 22Jan uary 2012 Imana yongera kunjyana mu mwuka,arambwira ati dore mu minsi izaza hazabaho inyana zizakinagira nazanyina zishimira urupfu rwa kagame ,mbona inyamaswa zo mu ishyamba zikora umunsi mukuru ukomeye cyane ngo kuko umwanzi wazo perezida Paul Kagame ngo yazibujije amahoro,maze mbona Uwiteka azoherezaho umwuka we ngo azimenyeshe yuko umwanzi w’Uwiteka yarimbutse,mbona inyana zikinagiye mukiraro zinezerewe kuburyo buhebuje budasubirwaho,maze uwiteka arambwira ati umunsi kagame yarimbutse ninyamaswa nzaziha kubimenya kugirango zinezerwe.
  • 08 Feb,2012 njyanwa mu iyerekwa mbona hoherejwe inzoka (4) kugirango zinsange muri gereza bampindure umusazi cyangwa zinyiciriyo,mbona hamanutse umuriro uvuye mwijuru urazitwika zose.
  • 09 Feb,2012 niho Imana ya nzinguyeho umwuka w’ubukene burundu,abanzize barI bari baratwaye umugisha wanjye, batangira kugira ibibazo by’ubucene batagishoboye gutabarwa kuko biringiye ibigirwamana.
  • 10 feb, 2012 Imana yampishuriye ukuntu nzafungurwa ngasanga hanze bantenze kugirango banyice,ni koko niko byagenze nageze hanze barampiga ariko Imana impish mu baba yayo.
  • 11 feb,2012 Imana injyana mu iyerekwa mbona perezida Kagame akora ibishoboka byosse ngo ANTEZE IBISAZI, nsare mpinduke umusazi, kugirango ibyo nahanuye bihinduke ubusa,mbona abadayimoni barrage bansanga muri gereza bagwa imbere y’umuryango.(b) mbona perezida kagame abadayimoni bamuhakanira ko ubutegetsi bwe burangiye butakomera nkuko abyifuza,maze nerekwa afata abakobwa bakiri bato abaha umurimo woguterekera nogusenga abadayimoni kugirango babaze niba bishoboka yuko ubutegetsi buzara bukamara igihe kinini kandi akazasaza neza,mbona abo bakobwa abadayimoni barabahakanira maze mbona bacitse intege.
  • Mbona kagame aza ni njoro kubaza uko byagenze, maze ahageze bananirwa kugira icyo bamubwira bakajya bazunguza imitwe gusa, mbona bubitse imitwe dore ko banasengaga bahennye.mbona Paul arasohotse abanza kureba neza muri urwo rurembo basengeragamo rwabarangi abona mu muahanda ntawumureba kuko yagendeshaga amaguru maze mbona aratashye ajyenda ababaye cyane ntabyiringiro agifite.Asiga abo bategarugori basengera mu mujima bacanye utubuji twonyine.
  • Nerekwa mbona Umwami w’Urwanda ambwira ngo nibyiza kugira umwana w’umwana kuruta kugira umwana utari umwana murugo.Uwo aruta abagabo bimfura zibisambo zitazi uko yimye ingoma.
  • 14 Feb,2012 Imana impishurira ibyumba (2) kagame akoreramo imihanga yabadayimoni nibigirwamana afite ahora asenga n’ukuntu ajya arekura imyuka mibi ikajya mubakiristu basenga Imana ikabateza gusubiranamo,bityo umugambi wogusenga bari bafite ukarangirira aho.Uwo munsi imandwa zongeye kumuhakanira ko ingoma itaramba kandi ko atazava kubutegetsi neza,azibaza icyo yakora ngo ibyo yifuza abibone ariko ziramuhakanira,zimubwira ko hari bamwe mubahanuzi bahanuye ibyo bahanuye abanyarwanda bose bakaba babyera ngo rero cyeretse abanje kwica abahanuzi kugirango ibyo bahanuye bive mu mitima yabantu,aho ngaho niho haboneka intsinzi.
  • 15 Feb,2012 Njyanwa mukibaya cyo kwerekerwamo,maze Umwuka w’Uwiteka ambwira aya magambo ati dore nzasubiza Ubwami bw’Urwanda kungoma,nibumara gusuburaho Umwami w’Urwanda azashyiraho umunsi wogushima Imana kuko nzaba ngaruye ubwami bwanyu,kandi nzashyiraho abantu banjye bazanyubakira urusengero urwo abantu bazajya baza kunshimiramo,ndetse n’Umwami w’Urwanda niho azatanga ishimwe ryogushima Imana mbere yuko atanga akava kungoma.
  • Muri icyo giterane kizategurwa nabantu b’imana kikazahagararirwa n’Umwami w’Urwanda hazakorwa amasezerano hagati yabanyapolitiki nabahanuzi yuko batazahemukira ubwami bw’Urwanda,ndetse batahemukira Uwiteka nyiringabo ngo basenge ibindi bigirwamana bitari Imana yo mwijuru.
  • 16 Feb,2012 Imana inyereka uburyo maneko za leta y’uRwanda zikorera mu gihugu cya Uganda zintegereje cyane kugirango mfungurwe zihite zinyica,ariko nerekwa Imana intabara imbera umutabazi.
  • Dore nkuyeho umugambi wari wateguwe wo kukwica,ndetse nsenye n’imfatiro zabanzi bawe,mfunguye namarembo yawe yari yarakinzwe,ndetse nguhaye n’umugishaniko Uwiteka avuze.Dore amahanga aje agusanga kuko nzabana nawe ikindi abantu bazifuza kukubona kuko ubwiza bwanjye buzakugaragaraho wowe n’umudamu wawe muzankorera niko Uwiteka avuze.
  • 17 Feb,2012 Imana yongera guhamya ibyo yari yambwiye injyana mu mwuka maze Inyereka imigambi yari yacuzwe yo kundogera mubyo kurya kandi dore bikozwe n’inzego z’ubutasi zigihugu cya Uganda bahawe inguzi na leta y’urwanda.
  • 18 feb,2012 Uwiteka akomeza kungirira ikizera anyereka uburyo malaika w’intambara uburyo afashe inkota muntoki ngo ategereje itegeko ryo gutangira gutsemba igihugu cy’urwanda kimaze kugwiramo abanyabyaha no guca imanza zibera.
  • 25 Feb,2012 Njyanwa mu mwuka mukibaya cyo kwerekerwamo Imana inyereka abantu bahoze ari ishyanga bakaza kwamburwa kuba ishyanga bigahabwa abatari ishyanga,maze mbona bashima Imana bavuga ngo Uwiteka Imana yaIsrael irabibutse bagaruriwe ubuntu bwabo none bongeye kuba ishyanga nyashyanga:Maze Uwiteka arambwira ati dore iri shyanga kera bahoze ari shyanga,ariko kubera kutumbira bambuwe kuba ishyanga maze abatari ishyanga bahabwa kuba ishyanga none dore igihe kirageze ubwo Umwami wiri shyanga atashye bongeye kuba ishyanga kuko bamaze igihe kirekire batagira Umwami Imana ibagiriye ubuntu bongeye kugira ubwami kandi basubiye kuba ishyanga nyashyanga!kandi iryo shyanga rimaze igihe ridafite Umwami ntabwo bazashobora gucyura Umwami wabo,ahubwo Umwami wabo azacyurwa nirindi shyanga risa nabo ndetse bafite icyo bapfana.

Dore iryo shyanga rizacyura Umwami w’uRwanda nishyanga rimaze igihe ritagira igihugu,rikaba rimaze kimwe cya gatatu 1/3 kimyaka Umwami w’Urwanda amaze hanze yigihugu mubuhungiro.Abo nibo bazafasha umwami gutaha ubwo uzabona basubiranye igihugu cyabo uzamenye yuko Umwami w’Urwanda ari hafi gutaha.

  • 27 Feb,2012 Imana yanyeretse ukuntu leta y’uRwanda imaze gutakaza ikizere cyo kumfata,bityo bategura abakobwa babaha misiyo yokunshakisha bahita bihereza imyuka mibi ishinzwe guteza ubusambanyi kugirango nzafatirwe mubusambanyi,undi mugambi bagerageje inshuro nyinshi kwari ukumpindura umusazi,mubyukuri baragerageje iyo nza kuba ntafite Imana mba narasaze!
  • 04 03,2012 Uwiteka Imana yavuganye nanjye irambwira iti dore nd’Uwiteka Imana yaburahamu na Issac na Yakobo,dore manuye ubwenge kubanyarwanda nabarundi:abarundi mbahaye ubwenge n’ubuhanga,naho abanyarwanda mbahaye ubwenge n’ubuhanga n’ubukorikori,n’ubumenyi uko niko Uwiteka avuze.
  • 06/ 03,2012 Nerekwa intumwa Paul Gitwaza ajya muri Danmark gukoreshayo igiterane,agenda afite ipfunwe ry’uko abantu bamenye ko akoresha imbaraga z’umwijima,kandi mbona afite ubwoba atagishaka kuvuga ubutumwa bwiza ndetse no kujya hanze cyane nkuko mbere yajyaga ajyenda.
  • 09/ 03, 2012 Imana inyereka ibizabanza kuba mbere yuko ubutegetsi bwa Paul Kagame buvaho:
  • Mbona imodoka zo mu Rwanda zizahura nakaga gakomeye cyane, zizabura amavuta yo kunywa, ibintu byose bihagarare,mu gihugu hose ubuzima bube ubundi.
  • Abantu bazafata amadeni muri za bank,bibwira ko bazayishyura ariko ntabwo bazabishobora kuyishyura!
  • Amafaranga azagezwa no mu mirenge bahatirwe kuyafata kugirango buri muntu areke gutekereza ubutegetsi nabi ubutegetsi ahubwo buri muntu atangire gushaka uko azishyura amadeni.
  • 12/ 03/2012 Njyanwa gutambagizwa mukibaya cyo kwerekerwamo,mbona ibintu bitandukanye:

(a) Nabonye urwanda ruhinduka amatongo gusa gusa

(b) Mbona perezida kagame asenya imisigiti yabayisiramu

(c) Mbona igihugu cya Uganda abaturage bose bagituye Imana ibashyiramo umwuka wokwanga ubutegetsi batangira kugambanira ubutegetsi bwa perezida M7,ngo uwo batinyaga yari col.Muamari Gaddafi none yarapfuye,mu gihe leta yaririmo gutegura amatora abaturage bo barimo gutegura intambara

(d) Imana itanga itegeko,iriha inyanja iyitegeka ko igomba gusaza amazi mu Rwanda igihugu kikabura aho cyerekera,ibyo bisobanura isi izafatira urwanda ibyemezo,bityo rukinjira mu bibazo kuboryo nta uzarutabara.Ubwo ibyo byose byabaga mbona imbere yanjye hari itabaza ryaka ritazima.

Kuwa 13th 03.2012 Imana inyereka igihugu cy’ubugande Imana ikirekurira mubanzi bacyo,mbona Umwami wabaganda ahamagaye perezida M7 amubwira ko abishatse yava kubutegetsi ngo kuko abaturage batakimushaka,maze mbona abuze uko abyifatamo.

(b) Imana yambwiye ko uwo mwaka wa 2012 ari umwaka w’umugisha kuri jye, ntangazwa n’ukuntu Imana ibimbwiye kandi ndi mu nzu yimbohe

(c) Imana yanyeretse mfite uburwayi munda bukomeye ariko imbwira ko inkijije.

  • Mbona ndi mukibaya cyo kwerekerwamo,maze umwuka w’Uwiteka arambwira ati dore mwana w’umuntu washyizweho umuvumo yuko ntacyo uzimarira ariko munsi mukuyeho usubirane banyirawo.
  • 14/03/2012 uhereye uwo munsi Imana yavuganye nanjye iminsi igera kuri 7 imbwira yuko ngiye gufungurwa nkaba ntakibarirwa mu mubare wabafungwa bari muri iyo nzu yimbohe 14/04/2012 nibwo nasohotse nkurwa mugihome.
  • Mbona hubakwa inzu y’Imana mugihugu cy’uRwanda,kandi iyo nzu mbona abantu bose bayisengeramo,mbona Uwiteka anshyize kumwanya wokugabura ibyayo,maze numva amajwi yabantu bifuza kumera nkajye,ndetse bamwe bitera umuvumo kubera kungirira ishyari ngo kuki bo batabonye uwo mwanya.
  •  17/ 03/2012 mbona mvuye muburayi kwiga ngaruka mu gihugu ndimo gushaka inzu yoguturamo,mpura na mwene data umwe angirira ishyari ngo ni uko mvuye kwiga muburayi.
  •  18/03/2012 kwabaye ukwezi kumugisha ubwo niho Uwiteka nyiringabo yanciye imanzi mukiganza,mbona afata ikintu kigipapuro agishyira mukiganza cyanjye agishushanyamo ikiganza cyanjye maze numva ijwi rimbwira ngo Uwiteka agukiciye imanzi mukiganza.
  • Kuwa 19-20 Imana yanyeretse inzu izanyubakira muri gakondo,kandi abantu benshi bifuzaga ko umurimo w’Imana nawukorera mu Rwanda naho jyewe ngashaka ko nawukorera mumahanga.
  •  24/ 03/2012 mbona urwanda ruyobowe n’Umwami w’uRwanda maze mbona leta itangiye gusana amazu yayo,kuko intambara yari yarayashenye cyane,maze abahawe amasoko nabonaga arabayatsindiye,ariko ikibabaje ntibakoraga ibihwanye nibyo basinyiye ko bazakora,mbona bambuwe amasoko ahabwa abandi.
  •  15/ 03/2012 Imana inyereka umudayimoni wanyuma perezida Kagame Paul yohereje kugirango anyice,baranshika ndwana nabo mfata wa mudayimoni mukubita hasi asandara munda ye havamo amazi yurwererena,ayo nayo yagombaga guhita anyica maze mbona malaika azanye amazi ayasutse aho nari ndi ahanagura yamazi yabadayimoni Imana yanjye inkiza gutyo.Uwo niwo mudayimoni wanyuma yaheretse gukoresha yibwira yuko mpita mfa,ariko Uwiteka arandengera.
  • 25/ 03/ 2012 Imana inyereka inama yahuje leta ya Uganda na leta y’Urwanda bari munama yuko bandekura hanyuma leta y’uRwanda ikabona uko inca igihanga,maze muri icyo cyumweru mbona Major Agaba Arutha arikumwe na capt.Africana baza baje kumbwira yuko bagiye kundekura bakanjyana muri Kenya cyangwa Tanzania ,Sudani ,Burundi cyangwa se Congo kandi ko ntagomba kubibwira umufasha wanjye hamwe na community international ngo kuko bashaka kumpungisha leta y’uRwanda irimo kumpigira hasi kutabura hejuru ngo bazampa namafaranga anjyana,ndabibemerera mbaha kondisiyo baragenda ntibagaruka.
  •  09/ 04/2012 niho Imana yankijije indwara zose zari mu mubiri wanjye,ndi mwiyerekwa numva umuntu ambwira ati indwara wari urwaye zose uwiteka arazigukijije.
  • 12/ 04/2012 nibwo najyanywe mu mwuka nerekwa mbona dufungurwa,ariko mbona aba FDRL bajyanwa munkambi zimpunzi,hano abandi 2,bajyanwa mu miryango yabo,nanjye ndarekurwa ntangira gushaka ibyangombwa byo kujya mu mahanga.
  • UBUHANUZI BWANYUMA YO GUFUNGURWA MU GIHOME CYA C.M.I AHITWA MBUYA GARSON BALACKS:
  • Kuwa 13th 04,2012 ariwo munsi nafunguweho,Imana yanyeretse ko ngiye kurekurwa,ariko ndi buhure nikibazo cya za maneko zo mu Rwanda zizampiga ngo zinyice ariko zikaba zitazashobora kumbona.
  • Kuwa 14th 04,2012 maze kurekurwa Imana imbwira ko ibihome byabadayimoni byose ibikuyeho ko ntagomba kugira ubwoba.
  • Kuwa 15th 04,2012 ndi muri hotel Royal star hotel nibwo Imana yanyeretse abanzi banjye bampagurukiye,ariko barampiga barambura.
  • Kuwa 23rd 04,2012 Imana yanyeretse leta ya Uganda ishaka kongera kumfata byashoboka igahita inyohereza mu Rwanda,ariko Imana indwanaho ntibamfata.
  • Kuwa 24th 04,2012 Imana yanyeretse bashaka kumfata bakoresheje e-mail bansaba ubuhanuzi kugirango babone ibyo bandega kuko nari nabasinyiye yuko ntazongera gushyira ubuhanuzi Imana yampaye nkiri mi gihugu cya Uganda .
  • Kuwa 25th 04,2012 Imana inyereka bongera kumfunga kugirango mbahe amafaranga ariko mbona ntayo mbonye yo kubaha,kandi mbona Imana irankijije.
  • Kuwa 26th 04,2012 mbona mpigwa na madamu perezida wa Uganda Jeannette M7,yahawe misiyo na Jennete Kagame kugirango amfate.
  • Kuwa 27th 04,2012 Imana inyereka itorero ryayo yongera kurizahura,isuka ububyutse,imbaraga z’umwijima ziriboshye mbona zikuweho.Itorero rimaze guhabwa ububyutse mbona habayeho kuzuka kwabapfuye!.
  • Nerekwa ubucamanza bw’Uwiteka butangira gukora, maze abantu benshi batsindwa n’urubanza,maze mbona ngize umugisha w’Imana jyewe ndatsinze.
  • Mbona Imana yahagurukiye kwikorera umurimo,mbona ihaye abantu umurimo kugirango bayikorere ndetse ibaha buri kimwe cyose,ariko mbona ntibanyuzwe bamwe bakajya bakore iminsi 3 mucyumweru,abandi bagakora iminsi 5 mucyumweru barangiza bagasubira mu isi gushakayo ibyo mu isi,ibyo nabyo mbirebye ndabigaya nsanga byose nubusa kandi umwana w’muntu ntanyurwa.
  • Kuwa 28th 04,2012, mbona igihe cyiosarura kigeze,ngo amasaka asarurwe,maze mvugana n’umusaza wayatemaga mubwira ko agomba kujya atema ayo masaka neza kandi ko azajya ayashyira mu murongo.Iryo sarurwa ryatunguye abantu kuko ryabaye muburyo butunguranye.
  • Mbona bashaka kongera kumfunga bagezeho babivaho baravugana ngo reka ajye hanze tuzamusangayo tumwicireyo.
  • Maze nerekwa iruhande rw’uwo murima harumunara mure mure cyane mbona uwo munara ukozwe nabahinde muburyo bw’ikoranabuhanga,mbona utangiye gutanga amatangazo ajyanye niryo sarurwa,kandi ayo matangazo yari yanditse mururimi rw’icyongereza.
  • Numva havugwa ko byose birangiye kandi ko ubwenge bugeze kw’iherezo ryabwo,ubwo nibwo abakoraga ikoranabuhanga ibyo bakoraga byose nta nakimwe cyongeye kwemera gukorwa maze mbona batangiye gushaka umuntu w’Imana ngo bamubaze ibibaye.
  • Kuwa 29th 04,2012, zamaneko zamaze kumenya aho mperereye,mbona bakoranye inama nanyiri hotel kugirango anyirukane muri hotel ye,maze zibone uko zinyivugana,naho nari namaze kugambanirwa n’umwe mubakiristu nayoboraga wantwaraga kuri motor aho najyaga hose kandi nkamwishyura neza nta kibazo,ubwo hotel nahise nyimukamo njya muyindi umugambi wabo uba urapfuye.wa mu motor,agira ubwoba.
  • 30th 04 2012, Imana inyereka ingabo z’urwanda zirukanwa muri kongo mu murwa wa Goma,mbona habaye inama iyobowe na general Kayumba nyamwasa yogutera urwanda bahita barutera bararufata.
  • 01st 05,2012, Imana inyereka uburyo hakoreshejwe imbaraga zikirenga kugirango nicwe ariko birananirana,byanze bakoresha amarozi nabwo birananirana ibyo bijya bishoboka kubadafite Imana naho kubafite Imana ntibikunda.
  • 02nd 05.2012, Imana inyereka bongera gucura umugambi ngo bantegere kubuhanuzi,banyoherereza e-mail ngo nimbahe ubuhanuzi ngo barabusha cyane kugirango nimara kububaha babe babonye icyaha,buracya njya kuri internet nsanga koko bohereje e-mail isaba ubuhanuzi,mbabwira ko mbufite ariko ntashobora kububaha.
  • 03rd 05,2012, Imana inyereka maneko z’Urwanda zivugana ko ngo nzi naniye kandi ko ningera hanze ngo batazankira,maze numva undi avuga ngo hariho umugambi wokwica General Kayumba Nyawasa na col.Patrick Karegeya hamwe n’umuhanuzi Majeshi Leon mu mezi atarenze (5).
  • 04th 05,2012, Njyanwa mu mwuka mbwirwa amagambo ngo Imana iciye igisuzuguriro,ubuhake,ubukene,icyangiro,kumbata z’Imana ishobora byose,ntabwo bazongera gukandamizwa nigitugu cyabadayimoni.
  • Kuwa 05th 05,2012 nabonye nkurwa muri Africa jye na madamu wanjye,mbona tujyanywe mukindi gihugu,mu murwa udatuwemo nabantu benshi kandi duhabwa ikibanza cyoguturamo.
  • 07th 05,2012, nerekwa mbona madamu abyara umwana w’umukobwa nezezwa nuwo mwana cyane.
  • 08th 05 2012, dore barimo gushaka John kugirango bamenye aho uherereye kugirango bakugirire nabi,erega John yaragambanye kandi na nubu yagambanye.
  • 06th sept 2012, iyi zaburi yahimbwe numuhanuzi Majeshi Leon,Uwiteka Mana yanjye tegera ugutwi kwanjye wumve gusenga kwanjye,kandi ugenze abangenza,dore ibiganza byanjye birera ntawe nigeze kugirira nabi kuva nava munda yam aman,ntawe nahemukiye none girira neza umugaragu wawe umwibuke kuko umubabaro ungeze mubugingo,mbese ntakunezerwa kuba mu isi?ko abanyabyaha ubagirira neza niki gituma utanyibuka?ibuka umugaragu wawe undinde amaboka yinkozi zikibi.
  • Dore umutima wanjye urarushye nyamara sinirengagiza ibyo wavuze,ariko kandi wumve gusenga kwanjye,dore barampora ijambo ryawe,ndetse nabitwa ko bagukorera barangenza,mbese nacumuye iki bituma bahiga ubugingo bwanjye?ibyo navuze niwowe wabimpaye mbese nicyo kibarakaza?
  • None se iyo babikora bababwira ko bitashyirwa ahagaragara?ninde mukiranutsi muri bo nabeshyeye ngo anshinje ubuhemo ngo nihane imbere yitorero ryawe?
  • Uwiteka dore burira umugoroba utamye nkifuza ko bwacya,haba mu gitondo nkifuza bwira , mbese uyu niwo mugabane wanjye?niryari uzakomeza kurebera inkozi zibibi?
  • Uzageza he kugirira imbabazi abaturenganya?mbese ibyo bakorantabwo babizi?niba se barahisemo umugabane wokurimbuka uzabibashyiramo kungufu?ubuntu watugiriye kuki bo utabubagiriye,twebwe se hari ubwo wadufashe kungufu ukabiduhera agahato!
  • Mana gerageza wumve gusenga kwabakiranutsi,kuko tumaze kumera nk’indabyo zirashwe nizuba,none se umugabane wacu niba ar’ubugingo buhoraho bwatangiye none natwe tukakwishimira,Mana ntiwumve gukiranirwa kwanjye wumve imababazi zawe no kugira neza kwawe kube kubagukunda.
  • Kuwa 05th 2012 nibwo twabonye message ivuye muri U.N.H.C.R,idusaba kuza gukora interview yanyuma,maze duhaguruka mu masaha munani nigice 2:30hrs tugeze ku isaha ya qeen,dusanga twatezwe naza maneko z’uRwanda zifatanyije naza Uganda,ntumbaze ukuntu bamenye ko tugiye HCR,maze kubera yuko amatara yo mu muhanda yaraduhagaritse wagirango bari bagambanye nayo,baba baraje baza kumfata ubwo navuye kuri motor ndiruka na madamu nawe atangira kuvuza induru maze za maneko zihita zihunga,hahise haza umumotori uvuga ikinyarwanda yumvise ko tuvuze ko zamaneko ari izirwanda maze adushyiri motor ye araduhungisha tujya muri red-cross.Imana ikaba yari yabimbwiye ninjoro nanga kubibwira madamu kugirango atagira ubwoba.
  • Kuwa 08th sept.2012, Umwuka w’Imana uransanga maze arambwira ati kugez’ubu nta cyo abanzi bawe bazagutwara kuko Uwiteka akumurikiye,dore nzababuzabuza kugeza igihe uzavira muri iki gihugu.
  • 09th sept 2012, Imana inyereka umugisha mwinshi cyane,uwo mugisha nabonaga ari uwundi muntu kandi nawugabanaga nawe,atwara igice najye ntwara ikindi gice.
  • 10th sept 2012 nerekwa mpura na Munyaneza Emmanuel mbona aranyitegereje cyane,abura icyo yantwara uyu manuel akorana na Eric uhagarariye ibikorwa Rick warren mu Rwanda ,kandi uyu Eric akaba yarahoze atwara perezida kagame.
  • Nerekwa mbona ndi munsi y’urugo rwiwacu,numva umuntu avuga mururimi rwicyongereza ngo Your tears is over.
  • Nerekwa mbona mvuye muri America nje mu Rwanda gusura urwanda maze mbona abapastor benshi bampa za address zabo ngo tuzajye tuvugana.
  • Nerekwa imbaraga z’umwijima zari zaraboshwe umuryango wanjye zishiraho,nabazoherezega nabo zitangira kubagiraho ingaruka,maze mbona ahari umuvumo hashyizwe umugisha maze Imana ihabwa icyubahiro
  • Nerekwa hakoreshwa imyuka mibi, mbona inzika zirazamutse,kugirango dossier yanjye bayihagarike kugirango sinkurwe muri Uganda bakoresha ibishoboka byose ariko birabananira ndetse na status yanjye banga kuvuga ko bayimpaye cyangwa bayinyimye.
  • Ndashima Imana cyane kuko yabanye nanjye kuburyo budasanzwe,ndetse no kuburyo ntari niteguye usibye gusa kuyizera no kumva ko ariyo byose kandi ko ariyo ifite ijambo ryanyuma kubugingo bwanjye,nyishimiye ko yambereye Imana nya Mana,kandi ikaba yarandinze gukorwa nisoni cyangwa gushwara imbere yabanzi banjye.Ihabwe icyubahiro nishimwe byose nibyayo iteka ryose,ningera ahagutse nzayishyira hejuru.Ndashimira na madamu muntege nke yabashije gukora ibyutwari,kandi abyitwramo neza nubwo yacu yombi yadutereranye,Imana yo ntabwo yadutereranye yabanye natwe kandi ntacyo twayiburanye.
  • Yatwishyuriye hotel amezi atandatu(6) umuntu watwishyuriraga ntabwo atuzi natwe ntuta muzi, usibye gusa kumva amajwi tuvugana kuri telephone,ariko ntaho tuziranye twamenyanye kubera ubuhanuzi Imana yamapaye nkabushyira kuri internet,burya Imana igira inzira nyinshi ibasha gukirizamo umwana w’umuntu.Kandi nubwo twahujwe nubuhanuzi sijye wabumuhaye ahubwo yabuhawe nundi wabaye mwene data nyuma akaza kujyenda nkuko abisi bajyenda.Uwo niwe wabaye isoko yumugisha wakijije ubugingo bwanjye.Imana izabimuhembere kuko yakoze ibyari mu mugambi w’Imana.
  • Nabonye abasirikare barimo ibice 2,mbona hari igice cyaba jeneral nicya abacapiteni,mbona barashaka kunshyira mugice cya bakapiteni ndabyanga nshyirwa mu gice cya bageneral.
  • Imana inyereka uwitwa Charles Butono yarazinzwe numuturanyi twari duturanye maze Imana insaba kumusengera.
  • Kuwa 13th 05 2012 Imana yambwiye ko igiye kudukura muri Uganda ,ibyo Imana yabivuganye nanjye ayo magambo ahagana mu masaha mbili zijoro.
  • Imana yanyeretse ukuntu abarozi bateranye bashaka kunzinga ngo ntazava muri Uganda ,sibyo gusa banateje umwuka w’ubukene ariko birabananira ntacyo byatanze.Iamana yerekana murwanda habaho intambara maze abakorera leta ya fpr bahungira muri Uganda naho abarokore bahungira kumusozi kuri prayer mountain.
  • Kuwa 14th 05 2012 niho Imana yerekanye ko za maneko zije kudufata muri hotel willy’s maze kuri uwo munsi baraza batugeraho Imana iducira inzira mbona turarokotse.
  • Kuwa 15th 05 2012 mbona ngiye mwiyerekwa mbona abarozi barimo kuturoga , ngo ntituzagire icyo tugeraho,maze duhangana nabo kugeza igihe tubatsindiye.
  • Kuwa 16th 05 2012 nerekwa mbona umugore w’umucyecuru ashaka kuryamana nanjye maze amfata kungufu ariko ndamunanira ndamwiyaka ndiruka ndamuhunga nezezwa nuko mucitse.
  • Kuwa 17th 05 2012 mbona ngiye muyerekwa mbona ngabana umugisha mwishi cyane nundi muntu ngo kuko uwo mugisha ntabwo waruwanjye.
  • Mbona mu iyerekwa umudamu Imana yagiriye ubuntu imuha amafaranga menshi,maze uwo mudamu Imana imuha umugisha wo kubaka urusengero rugomba kuzubaka nyuma y’intambara izakuraho perezida Paul Kagame ku butegetsi.
  • Kuwa 19th 05 2012 Imana yerekana inzika impangurukuye,maze mbona izo nzika ko zigiye kundusha imbaraga,ariko ndasenga mbona bashakaga kunkoza isoni mbona Imana irantabaye .
  • Mbona muramu wanjye Barikana Eungene yitotomba basa nabamugize ambasaderi maze mbona yibaza ko twahura nawe ariko akibaza uko tuzahura nawe akabiyoberwa.
  • Nerekwa mbona ninjira mu mazi menshi cyane ndoga ngeze hagati mbona ko ayo mazi ashobora kuntwara mpita nsubira inyuma ngaruka ku nkombe ngeze ku nkombe mpura na Fruit arikumwe na mugenzi we duhura binjiye mu mazi ayo njyewe nari mvuyemo.
  • 20th 05 2012 Nerekwa kwa Ruzezwa ko aribo bazinze imigisha yacu,ndetse nerekwa no kwa Floriani.Imana yerekanye amnesty international yinjira mukibazo cyacu cyane kugeza igihe kizakemukira.Imana yerekana Kabwigi wo kwa ferderiko na Safari wo kwa Kagabo aribo bakoreshwejwe mugutwara imigisha yanjye.Maze nerekwa abadayimoni bashaka kumenya telephone zanjye bakora ibishoboka byose ariko bananirwa kuzimenya.
  • Kuwa 18th 11 2011 Imana yahishuriye madamu ko nzicwa kuwa 24th Nov 2011,Imana yerekana nabantu barimo kungambanira.Imana yagaragaje Fruit Nyagasaza Innocent.
  • Kuwa 13th niho Fruit yatangiye umugambi wo kunyicisha aciye muri Jeff ukorera JRC,ubwo yaje iwanjye kunsaba ko twajya guhura numunyamakuru w’umuzungu waruvuye mu guhugu cya irelande akaba ahagarariye ikinyamakuru cyitwa Irish news pepar.
  • 23rd 05 2012 Imana yagaragaje baduha status ariko bagerageza kuyidutegeraho,maze mbona twinjiye muri UNHCR dukizwa umugambi wo kutugirira nabi,babonye ko kumfata bibananiye biyambaza imyuka mibi kugirango banteze ibisazi barebe ko nata umutwe bakabona uko bandangiza.
  • 24th 05 2012 mbona abantu bajya gushaka inkwi zogucana umuriro ariko Babura udukwi duto twogufatisha umuriro basanga nijyewe ufite maze mbafasha gufatisha umuriro.Uwo munsi ninaho Imana yampishuriye wa munyankore uburyo yangambaniye “yamaze kwinjirwamo n’umwuka wokugambana kandi yaragambanye”
  • 25th 05 2012 Imana yagaragaje ko bakomeje guterekera kugirango bazingazinge gahunda zacu ariko biranga barananirwa kuko urwego rwo mumwuka ndimo bo bari hansi kuko mbasha kubacontrol aho kugirango bankontrol
  • 26th 05 2012 Imana yagaragaje uburyo abarozi babasha kureba kure bakabona ibyo nzakora mu minsi iri imbere mbona Imana itanze urusengero runini cyane ariko mbona barwohererejeho abazimu ngo ruzuramo abantu.Imana ivuga ko tuzamara iminota 5 gusa tugakurwa mu gihugu cya Uganda.Tukajyanwa mu mahanga aho Imana yavuze ko izaduhera umugisha.
  • 05th 05,2012 Uwiteka yavuganye najye ambwira ko ngo kagame yihaye amezi 5 kugirango azabe yamaze kwica abantu batatu:General Kayumba Nyamwasa ,col.Patrick Karegeya,na Majeshi Leon ngo mu mezi 5 agomba kuba yabishe ariko Imana yambwiye ko izaturinda.Ntacyo tuzaba.
  • 29th 05,2012 Imana yerekanye uburyo Venuste washatse mushikiwacu witwa mariya afatanyije na se Kanganiye badutangaho igitambo kugirango umugisha wacu wimukire iwabo.Ariko nsenga Imana umugisha batwaye wose ndawugarura.
  • 30th 05 2012 Imana inyereka ikinyabiziga kimeze nka train gifite imitende yibyuma cyaje kinshaka cyinyuraho aho
  • Coppe niwe watanze tel zanjye banyice kandi yarabizi kuko niwe ushinzwe gutanga amashillingi ayaha za maneko zikorera mu murwa wa kampala.
  • narindi ndirukanka nticyambona mbobona gihitanye umuntu wari haruguru yanjye.
  • Imana inyereka Faustini angambanira arikumwe n’umuntu unshaka,maze haza umudamu aramumbwira ati abo bantu barashaka kukwica.
  • Nerestwe igiti cy’umuvumo,iki giti nahoraga nkerekwa simenye ibyacyo neza ariko uwo munsi Imana iza kunsobanurira ibyacyo nibyo bagikoreyeho.
  • Nabonye ndi mu nzu ifite ibyumba 5,inzu bisobanura ibihugu 5,bya East Africa Community,iyo nzu nyivamo mbona haje umuntu ninjoro arayitwika irashya irakongoka!nongera kubona ndi kumwe nabantu turapinga ngo umuntu wuzuza inyoni mugiti cyari imbere yacu ariko buri umwe akaba yarafite uruhande rwe niwe uba atsinze ubwo nahamagaye inyoni zose ziraza zijya muruhanse rwanjye maze mba ndabatsinze ako kanya,zanyoni ndazihamagara ziraza ndazihisha kugirango batazica ziza aho nari nihishe mba mbatsinze ntyo!
  • Imana yagaragaje mpanganye nabanrwanya,nkabona bashaka kunyambura telephone yanjye ariko ndabananira,mbona ntibanyuzwe banyambura ishart nari nambaye nayo ndayibambura,mbona munzira bashyizimo ibyuma bivanze nibyondo nabyo ndabisimbuka,mbona bashyize imisozi ibiri mu mnzira nyuramo nayo nyinyuraho.
  • 01st 06 2012 uko iminsi yagiye yicuma mugushaka ibyangombwa bidukura muri Uganda ninako imbaraga z’umwijima zagiye ziyongera,uko ziyongeraga ninako ubuntu bw’Imana nabwo bwiyongeraga.
  • Mbona ndimukibaya cyo mubutayu,mbona ndikumwe na Fruit Nyagasaza Innocent maze mbona arikumwe nundi muntu w’umugabo ntamenye ngo bashaka ko nabafasha uburyo bava muri ubwo butayu.
  • Nongera kubona abarozi bayobowe Mugisha James bateraniye kunrwanya ariko ibyo bakoraga byose bihinduka impfabusa ntibagira icyo bageraho.Icyakora mubyo nabonye satani yabahaye isezerano ko bazambona bakanyica.
  • 02nd 06 2012 Imana yerekanye tujyenda muri bus hamwe nabandi bantu ntabashije kumenya mbona tugiye mu gihugu cyiza kandi gikize,mbona batujyanye kuba ahantu heza cyane.
  • 03rd 06 2012 Imana yatanze iserano ry’itorero,ariko hagaragara abadayimoni biteguye kurwanya iryo torero,ariko mbona turatsinze,Imana igaragaza nubundi ibyo yari yavuze,Fruit yagiye kubaza Marceli ko yamufasha akamurangira aho naba mperereye ngo akeneye kumenya amakuru yanjye.
  • 04th 06 2012 Imana yagaragaje Munyaneza Emmanuel amfitiye ishyari ryinshi cyane,Imana yagaragaje umugisha ariko inagaragaza abanzi banjye baterekera ngo ntabona uwo mugisha mbona bashyize imandwa mu nzira aho nyura kugirango ntahanyura!
  • 05th 06 2012 Imana yagaragaje abanyarwanda bamaze kuzinukwa igihugu cyabo
  • 06th 06 2012 Imana igaragaza abanyarwanda biruka imisozi bahunga intambara yaribaye maze Babura aho bamwe bahungira baricwa abandi b ararokoka hasigara bacye cyane kubera banze kumvira Imana
  • 08th 06 2012 yongeye guhamya isezerano ryayo ivuga yuko tugiye gukurwa mu gihugu cya Uganda.
  • 09th 06 2012 Uwiteka Imana yavuganye nanjye maze arambwira ati nguhaye umugisha ,kandi ngukuyeho umuvumo warukuriho,ikindi nitegereje intambara wahuye nazo numva nkugiriya imbabazi none uhereye none ubaye umunyamugisha.kandi numvise gutaka kwawe.
  • 10th 06 2012 Uwiteka umwami Mana yongera kunsanga bwa kabiri arambwira ati nguhaye umugisha,ati kandi iyo mvuze ko nguhaye umugisha biba bitandukanye nuko mubwirana ngo Imana iguhe umugisha kuko jyewe iyo mbivuze no kubikora ndabikora maze numva nshimye gitare cyanjye byiringiro byanjye.
  • 09th 05 2012 Imana yakoze igitangaza amafanga yadushiranye ubwo niko za maneko zitumereye nabi maze tujya kuri Amnesty Imana ikora igitangaza baduha 300 ya mayero
  • 16th 06 2012 nerekwa urwanda rusa numusozi mbona uwo musozi abahutu barimo barawuhinga maze mbona bari hafi kuwurangiza mbona yuko abatutsi babibonye yuko umusozi ugiye kurimbuka maze batemagura uduti twose aho abahutu bashoboraga kwihisha.
  • 25th 05 2012 Imana yanyeretse umubyeyi suzana wo kwa Thomas uburyo yampumanije antangaho igitambo kugirango umugisha wanjye uzatwarwe nabana be.
  • 26th 06 2012 Imana inyereka Fruit Nyagasaza Innocent na Ruhorimbere Jacque ukuntu barimo bategura umugambi mubi wokunca igihanga kuko umugambi wokunshimuta wari wabananiye.
  • Ibyo nabyo yarabyanze,nibwo kuwa 13/04/2012 yaje gufungurwa yakirwa n’umuryango wa RED cross ajyanwa kuba muri hotel.
  • Nyuma yicyo gikorwa nabonye ndi mu mwuka, abampigaga bahise bohereza imyuka mibi kugirango ntazava mu gihugu cy’Uganda bazabone uko banyica, bateje umwuka w’ubukene kumuntu watubereye umugisha, bohereza imwuka wigifungo, ndasenga imyuka bohereje ndayisenya yose irarangira, maze mbona Imana nyirijuru imanuye imigisha mbona ingezeho.Maze Imana imbwira yuko abandwanya bose igiye kubirukanira kure kuburyo izabateza ibibazo ntibongere kunshaka.
  • NGUWO UGIYE KUBA PEREZIDA WA KENYA,IMANA YAVUZE KO ARIWE UZASIMBURA MWAI KIBAKI:

Ubuhanuzi bwarasohoye:

  • Kuwa 17th Sept,2012,Imana yavuze yuko UHURU KENYATTA wo mu gihugu cya Kenya,ko ariwe uzaba perezida wa repubulika,kandi akaba ariwe Imana izakoresha kuzamura icyo gihugu,naramuka yemeye gukora ibyo Imana imusabye.Ndetse n’urubanza rw’Irahe,ruzarangira nkuko imvura ihita.Imana yavuze yuko uwitwa MUSALIA Mudavadi azagira ibibazo bikomeye,ibyo bizafasha uhuru KENYATTA kuzamurwa murwego rwo kuba perezida.
  • Visi perezida William RUTO .
  • Kuwa 24th, Feb,13 Imana yongeye kugaragaza yuko nyuma y’imyaka (5) atazemerea mugenzi we,WILLIAM RUTO ko yiyamamariza umwanya wa perezida wa repubulika ya Kenya,ibyo bizatuma batandukana kandi UHURU Kenyatta azahura n’umuvumo kubera guhemukira mugenzi we!Imana yavuze yuko naramuka akoze ibyo,izamuteza umuvumo ikazamukoza isoni mu marembo ya mahanga.
  •  01st,03,2013 Imana yagaragaje UHURU KENYATTA atsinda amatora,mbona akoze umunsi mukuru ukomeye cyane yishimira intsinzi.
  • 18th sept,2012 mbona dayimoni yajyaga iduteza akaga n’amakuba mbona iraneshejwe,uyu mudayimoni nawutejwe n’umuhungu twiganye muri primary,kuko iwabo bakoreshaga abacwezi,umubyeyi we apfuye amuraga uwo murage,uko nasengaga ninako inka zabo zajyendaga zirangira kuko atari ubutunzi bwabo bwite ahubwo nubwo banyaze abantu bakoresheje imyuka mibi.
  •  19th sept,2012 mbona ndi muri bwa butayu bunini,mbona bwamezemo igishanga,mbona nzamuka ngana mu majyaruguru yabwo,hanyuma mbona umudayimoni wihinduye mwishusho y’umugore twiganaga ngo ashaka ko dusambana,maze ndamunanira,abko munaniye arababara cyane.
  • 20th sept,2012 Umwuka w’Imana waranganirije ambwira aya magambo akurikira,dore leta y’Urwanda batanze million 20.000.000,zamanyarwanda zihwanye na million 81.000.000,zamashillingi kugirango aho bakubona bahite bakurasa,sayo gusa batanze ahubwo hari nandi bari baratanze mbere,uhumure nzakurinda niho uzamenya ko nd’Uwiteka Imana yawe.
  • Umwuka w’Uwiteka akomeza kunganiriza ambwira amagambo akurikira,dore ngiye gukoza isozi perezida w’Urwanda kuko akabije kumena amaraso nk’umena amazi,kandi dore amaraso ararira,yishe abantu benshi abarenganya ankoze mujisho,nyamara se njya kurema isi yarahari?yambwira aho imfatiro z’Isi ziba?dore igihugu cyose yagikwije ibigirwamana bitumva ntibivuge nyamara se har’icyo bizamumarira?dore nzamuteza isi yose izamwanga nabo yari yiringiye bazamuvaho aho niho azabona ko yibeshye azagira agahinda ko mu mutima,azicuza ibyo yakoze byose ko itamugiriye umumaro,kandi mu muryango nta giti nzamusigira kizongera gutoha cyangwa kizasigara gicumba umwotsi uko niko Uwiteka avuze.
  • Kubera ibyo nzakorera kagame bizaba ar’ibiteye ubwoba,dore isi yose izahinda umushyitsi,kandi uRwanda ruzaba iciro ry’Umugani ndetse mubana babantu nyuma yo kwiyerekana ko arijyewe Uwiteka ubikoze ntawuzifuza kongera gukomera kubera ibyo nzaba nkoreye perezida kagame,dore ibizaba nta bwo bizaba ndi kure yabyo, jyewe ubwanjye nzaba mpari mbirebesha amaso yanjye,kandi icyubahiro cyanjye kizakwira isi yose,abantu bazatinya bahinde umushyitsi kubera ibizabera mu Rwanda,ariko hanyuma yibyo Rwanda naguhannye nkuko umubyeyi ahana umwana we nawe niko naguhannye,kandi ibyo nakuvuzeho nzabisohoza dore nubundi icyubahiro cyanjye kizasubira mu misozi y’Urwanda miremire,kandi nzongera nguhe icyubahiro nusumbishe amahanga.Dore s’ibya kera nibya vuba kuko biraje kandi birasoheye uko niko Uwiteka avuga.
  • Dore isi yose izatinya kuko ntazabura kwihesha icyubahiro mwisi yose,kandi intama zose zari zarantaye zizagaruka kubera gutinya no kugira ubwoba,uhereye uwo munsi zizagaruka,dore amahanga aracuragana aza guheshwa umugisha mu gihugu cyanyu kandi koko abazaba bafite umutima umenetse nzabagirira neza uko niko Uwiteka avuze.Icyo gihe ubwoko bwanjye buzitwa abahiriwe n’Uwiteka,kuko ntazabura guhesha umugisha abayakobo kuko ar’ubwoko bwanjye bwite Israel inkomoko ya yakobo kurukiryi rw’aburahamu.
  • Dore igihe cy’umwijima kirarangiye,ndetse kirasohoye ubwo bagiye kumenyakana yuko Uwiteka ariwe Mana yabisirayeli akaba ariwe waremye ijuru nisi,mbese icyo gihe inkozi zibibi zizagana hehe?abihaye kuragira intama zanjye ntarazibaragije icyo gihe nzabahindura akabarore bicuze icyatumye bihe kuragira intama zanjye kugirango isi yose imenye ko atari jye bakoreraga,ahubwo ko bakoreraga inda zabo nabasogokuruza babo babahayeho akarande.
  • Mbona leta ya fpr ihemukira abantu bakuze kuko bayikoreye ariko ikabahemukira,ndetse mbona abanyarwanda bahatirwa gusengera fpr kungufu,hanyuma yibyo fpr igahatira abahutu nabatutsi kubana kungufu za leta,kandi abavuye abavuye mu gihugu cy’ubugande bo bakanena abahutu ndetse ntibabe banasangira,ariko bakabihatira abandi batabishaka. Ubyanze bakamwita umunyamacakubiri.
  • Mbona abanyarwanda babuzwa hepfo no haruguru,mbona abanyarwanda bafite inzika yo mu mutima,bakubita agatoki ku kandi ariko bikaba ibyubusa kuko nta muntu n’umwe waruhari wo kubatabara,mbona abategetsi bakomeye muri fpr bamaze kudamarara bibwira yuko ubutegetsi bwa shinze iminzi mu gihe ahubwo ariho bugiye gusenyuka.
  • 21st sept,2012 Imana yanyeretse leta y’uRwanda ikora ibishoboka byose ngo banyice,mbona umugabo wahawe amafaranga ngo andase mbona ageze mu bugande,anshakisha,yewe Imana inyereka bakora ibishoboka byose ngo umugambi wabo ugerweho ariko Imana irabisenya ibyo bari bateguye byose.
  • Nerekwa umugisha mwinshi cyane, numva namajwi yabagome bashakaga kungirira nabi harimo uwitwa Munyandinda James na Munyandinda John,bivuza impamvu ntapfuye bavuga yuko nindamuka ngiye hanze nzabashyira ahagaragara
  • 22nd sept,2012 nerekwa urusengero rw’Uwiteka ruzubakwa hejuru ku kanunga,uko ruzaba rumeze,maze mbona nshyiraho abubatsi ngo batangire basize mu kibanza cy’Uwiteka.Mwana w’umuntu dore hano urahavuye,kandi hahirwa igihugu uzajyamo,kuko bazahabwa umugisha,aho uzajya ujya ntibazajya bifuza yuko uhava,kandi dore Imana izagukoresha ibitangaza bitigeze kubaho. Ariko abakozi b’Imana bazakugirira ishyari ariko ntacyo bazagutwara niko Uwiteka avuze.

  • BWARASOHOYE:
  • 23rd sept, 2012 Imana yanyeretse ko nindamuka ngeze mu buhungiro ngomba kwirinda abanyarwanda b’impunzi nzahasanga kuko aribo bazangambanira kuko bazakoreshwa na leta y’uRwanda kugirango barimbure ubugingo bwanjye.
  • Mbona uburozi inzego z’ubutasi za leta y’Urwanda basigaye batanga babwita ngo “Nirangi”. Mbona babukwirakwije ahari za ambasade z’Urwanda kugirango bajye babuha abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwabo.N’ukuri imirimo ikorwa na leta y’Urwanda iteye ubwoba habaje abayikorera kuko amaherezo yayo bazabura aho bakwirwa kandi bazakorwa nisoni zitazigera zirangira.
  • Mbona abanyarwanda birwa bajya impaka banatukana kubera ubuhanuzi nashyize ahagaragara kurubuga mpuzamahanga!
  • Mbona hafunguwe radio ivuga ikinyarwanda ikorera mu mahanga,iyo radio yitwa muhabura ndetse namazina yabayikoragaho bitwa amazina yabanyamakuru bakoraga kuri muhabura. Mbona murwanda habaye inzara nyinshi cyane ivanze nimbeho ndetse nimvura y’uruvange kubera ibyo byago abantu batangira umushiha uturutse kunzara,kandi nabonaga abafite amazu yogukodesha batangiye gusubiranamo nabakodesha kubera badafite amafaranga yokwishyura kiba ikibazo gikomereye leta kuko abantu benshi bari batakigira akazi,maze kubera kubura ibyo bakora batangira kujya bakina urusimbi rwamafaranga ngo barebe ko hari ayo babona muri ubwo bushomeri bwabo.
  • Mbona ibihe byanyuma bya perezida Museveni,ahindura ibintu byinshi mu gihugu,kandi mbona inzego nyinshi azishyizemo abanyarwanda kugirango bazamurwanire intambara yaririmo gutegurwa nabaturage bayuganda,mbona ahaye abasore bakiri bato ububasha bwo guca imanza za gisirikare kugirango bacire umuntu wese utavuga rumwe nawe.Mbona Uwiteka ampaye manu,bisobanura umugisha uturutse mwijuru,mbona abadayimoni bashaka kunyaga uwo mugisha ariko Uwiteka arandwanira ntibawujyana
  • Mbona ngera mu buhungiro mbona umwuka w’uburiganya uzanywe n’abantu nzahasanga, mbona barashaka kumenya ububiko bwanjye maze ndabubahisha, babonye ko mbuhishe mbona barashaka kunkoresha accident.
  • 24th sept,2012 mbona ndi kuri gakondo,maze mbona hari abantu barimo Innocent Ntagara mbona barashaka kumugira umwami ariko harabantu batashakaga ko aba umwami ndaza bose ndabirukana kuko arijye waruziranye n’umuyobozi mukuru wo muri ako gace kandi nisambu barimo yari iyacu maze mbona babantu maze kubirukana mbona ntabaye umwami.
  • BWARASOHOYE:
  • Uwiteka Imana yo mwijuru anyereka uburyo urwanda ruyobowe n’umwuzukuru w’umuzimu ariwe perezida Paul Kagame,kuko ngo umwuka wa Nyirabiyoro niwo umurimo kandi ninawe umukoresha kugirango uwo muzimu yihimure k’Ubwami bw’Urwanda kuko ubwami aribwo bwashenye ubwami bwa bwa Nyirabiyoro wabayeho 1730,ndetse Imana ikomeza imbwira ko arinayo mpamvu Nyirabiyoro yamuhanuye akamwita Rukirigitangwe rwa mudatinya,ubundi abantu bibwira ko kagame ar’umuntu ariko Imana yahishuye yuko atari umuntu ahubwo ar’umuzimu wanyirabiyoro.Ninayo mpamvu akunda amafaranga kuko abadayimoni bakunda amafaranga,kandi mu marembera y’ubutegetsi bwe azasiga ukomeye kandi udasanzwe ninayo mpamvu abitwa ko arabantu b’Imana bananiwe guhishukirwa Kagame uwari we,Kayibanda ntabwo yari umuzimu,Habyarimana nawe ntiyari umuzimu,bizimungu ntiyari umuzimu ariko kagame n’umuzimu wuzuye abakoranye nawe ntabwo bigeze bamumenya ninayo mpamvu abantu benshi bamutinya kuburyo budasanzwe.
  • Maze inkozi z’ibibi zibonye ko nzinaniye batangira noneho gukora ibishoboka byose ngo bansige amazira ntoki kugirango bongere kunzingazinga ariko nabwo ndabananira kuko nari mumbaraga zibarusha ku buryo batanshoboraga guhirwa mu byobakoraga.
  • Dore igihe kirageze ngo abo nahamagaye ngo mbashyire ahagaragara ngo batangire kunkorera, kandi amahanga azabagana, abashakaho umugisha.
  • Mbona ahantu mu murwa, kurubaraza maze inkozi zibibi zikoresha imbaraga z’umwijima, mbona bohereje imyuka mibi kugirango banyambure telephone narimfite mu ntoki bisobanura connection mfitanye n’Imana, babasha kunteza umwuzure uzenguruka aho narimpagaze gusa hanyine, ariko kubw’ubuntu bw’Imana mbona yamazi arakamye muburyo ntasobanukiwe.
  • 26th sept, 2012 mbona njyanwa mu gihugu gikomeye cyane kandi cy’umugisha, maze mbona nakirwa n’inzego z’ubutegetsi za police, batangira kumbaza impamvu yubuhunzi bwanjye ntangira kubwira amajya namaza byanjye nuburyo ubutegetsi bw’igihugu cyanjye mbona mpawe abasirikare bandinda.
  • Bambaye imyenda ya gisirikare mbona abo basirikare kubera kudahembwa mbona batangiye kujya bambura abaturage maze mbona bagiye kunyambura amafaranga nari mfite nsubira inyuma mva muri bwa butayu.
  • Mbona bafite inzika nyinshi,umujinya,ishyari ryabantu bakize kandi aribo babahaye ubwo bukire mbona batangiye kwitura inzika munsi yiyo nzika hari hashashe ubukene bumaze igihe kinini cyane,mbona abakobwa babanyarwanda-kazi batangiye guhunga igihugu bahunga ubukene buteye ishozi bagana mubindi bihugu.Mbona abagore batangiye kwanga ubutegetsi bahoze basingiza buhorobuhoro bajyenda banga leta bahoze basingiza bavuga ko ar’iyi igitangaza,ubukene bwabateye kwanga ubwo butegetsi,kandi nabonye itandukaniro rinini cyane hagati yabagore babategetsi nabanyarwanda-kazi basanzwe,mbona hagati yabo ntibacana uwaka kubera ubusumbane bwari hagati yabo.
  • Uwo mudayimoni w’ubukene ajya gutangira, yatangiye yitwa amajyambere ariko bwari uburyo bwogukenesha abanyarwanda kugirango Nyirabiyoro wagarutse gutegeka urwanda anyuze muri Rukirigitangwe Rwamudatinya yihimura ubwami bwe n’umuhungu we bambuwe babwisubize.
  • 28th sept,2012 Imana yaranganirije maze imbwira amagambo akurikira:Mwana w’umuntu ngiye gukora ibikomeye mu isi yabazima,ngiye kunyeganyeza isi,kuburyo abatuye isi baziheba kubera gukiranirwa kwabo.ibyo byago bizaba bitagaragara kuburyo bw’amaso ya bantu,ariko bizaba bikomeye cyane.Isi yose yuzuye guca imanza zibera,ntagukiranuka kugaragaramo.Abantu bagiye guhura nakaga gakomeye nijyewe Uwiteka nzabyohereza vuba kandi nzabitebutsa ntibizatinda ubwoko bwanjye bukwiye kurushaho kwirinda kuko nzabugirira ibambe ariko ibyo byago ntawuzabihagarika nd’Uwiteka ubivuze.
  • 28th sept, 2012 Imana yakomeje kunyereka uburyo abanzi bu bugingo uburyo bakomeje gucura umugambi wokungirira nabi bitwaje ubuhanuzi kuko babuze icyaha bandega basigara bitwaje ubuhanuzi.
  • Imana igiye guteza amakuba nibyago mwisi,hanyuma cyane cyane inzara n’ubukene butavugwa,kandi abadamu benshi bazakorwa nisoni,kuko bananiwe kwiringira Imana biringira abantu,abo mvuga nabashyize hejuru bumva uko ubwiza bwabo aribwo bu batunze.

29th sept, 2012 Imana inyereka mu gihugu cya Uganda bahimba icyaha bashobora kundega ariko cyidafatika, manze numva bavuga ngo bashobora kundega (Tension case, strained political, not relax.)

  • Umwana wisezerano ntajya apfa:
  • Mbona hakoreshwa imbaraga zikirenga z’umwijima mbere yuko bazohereza babanje kunyura mu muriro ngo barebe ko bananiza sinzajye mu mahanga kugirango ntazakomeza gushyira ahagaragara ubuhanuzi,ariko imbaraga zabo zaranga ziba nkeye ugereranije nizari zindize.Bagerageje kwiyoberanya munzira zose kugirango ntababona ariko kubera ubuntu nagiriwe bwo gutahura imikorere yabadayimoni biranga ndabamenya bananirwa kuntsinda.Nerekwa pastor Liliyoza ashaka gufungura bank akayitikanya nitorera kugirango abashe guha akazi abakiristu ayoboye.
  • Maze mbona umwana wamushiki wanjye nareze nigishije amashuri kugeza muwa (6) muyisumbuye mbona anteje imyuka mibi kuko ari mu bantu batwaye ubutunzi bwanjye,gukira kwanjye rero bisobanura ko ubutunzi ya twaye butari ubwe, nibugaruka iwanjye azahita acyena,ahora rero acunganye nuko nta kwibohora, ngo ngiire icyo ngeraho,ariko ayoberwa kumenya yuko iyo wabimenye utangira gusenga urwanya iyo myuka mibi yagushyizeho bityo akaba atagifite amahirwe yo kugumana ubwo butunzi.
  • Uyu Kamanzi Narisis n’umwana twiganye wo kwa Ruzezwa wahawe misiyo yo kuntangaho igitambo kugirango bakomeze kuba abatunzi.Nawe ntiyaranyoroheye kuko niwe wasimbuye umubyeyi we wakoraga imirimo yabacwezi,ubwo nawe niko yageragezaga igitondo nikigoroba ngo arebe ko yagarura ubutunzi bw’iwabo jyewe bakanshyira imyuka yoguhinduka umusazi ariko nabyo ntibyabakundiye.
  • Imana yakomeje kunyereka ko abadamu ko aribo bagize umubare munini wogukorera satani, bakora ibikorwa bibi byose bishoboka, nibo baraguza kurusha abagabo, bakaroga cyane kurusha abagabo, ndetse banategera abagabo mu bitsina byabo, niyompamvu abantu benshi bafite imivumo batazi aho bayikuye kandi bikaba bigoye kugirango bamenye ikibazo bafite, usibye kubona ibintu bitagenda ubuzima buba bubi kumpampamvu zidasobanutse.
  • Imana ikomeza kunyereka uburyo bakora transferi y’umugisha bakawugukuraho,bakawishyiraho,cyangwa waba utunze inka,izawe zakabyaye zikaramburura cyangwa zigapfa bitewe nuko imivumo yabo baba barayigushyiziho,bashobora gutwara ubwenge bwabana bawe,aho kugirango abana bawe bagire ubwenge kandi babusanganywe bugahabwa ababo naho abawe bagahabwa gutsindwa no kutumva igihe abana bageze igihe cy’ibizamini,mushobora kwiga mwese mukarangiza kaminuza ndetse unamurusha amanita ariko umwanya wokubona akazi akaba ariwe ukabona wowe ugasa nkaho utageze mwishuri.umuntu iyo atarakizwa ntibivuga yuko Imana iba itamufitiho umugambi nkuko Umukozi w’Imana umuhanuzi Mose yaravutse satani amenya yuko azacyura abisirayeli,niyompamvu Farawob yatangiye kwica abana babahungu,Umwami Yesu yaravutse satani ateza Herode kumenya ko havutse Umwami ahita yica abana b’imyaka 2-0 kuwavutse uwo munsi nawe rero iyo uvutse uba ufite umugisha,haba hari nagahunda Imana yaguteguriye niyompamvu satani aguhiga utaramenya icyatsi n’ururo.
  • UWIRINGIRA UMWANA W’UMUNTU AVUMWE:

Umuhanuzi Majeshi Leon avuga ko umwe mu bantu bamufashije gucika leta ya Uganda,hamwe niy’uRwanda,uwo muvandimwe yitwa NZIBAVUGA Sophonie, atuye muri america muri leta ya Gerogie,ngo yamugiriye umumaro ukomeye cyane!!Ariko hanyuma aza kumenyekana ko ariwe umufasha bituma ashakishwa n’inzego z’ubutasi za leta ya Uganda ifatanyije niy’Urwanda (NSS) kugirango uwo muhanuzi atabwe muri yombi.Uyu musaza uba muri america bamenyaniye kuri internet, kubera ubuhanuzi uwo muhanuzi yasohoye kurubuga  internet rwitwa Inyangenews.com,bigatuma amenyekana cyanekuburyo abantu benshi batangiye gushaka kumenyana n’uwo muhanuzi,,ubwo buhanuzi bumaze gusomwa n’ibihumbi birenga 200.000 by’abantu.

Ibyo byatumye amenyana n’abantu benshi ari nabo baje kuvamo uwo mukambwe waje kumufasha akamuhisha muri hotel mu gihe cy’amez i(7) ariko igitangaje yamusabaga amafaranga yokumukura mu gihugu cya uganda, ntayamuhe ahubwo agakomeza kumwishyurira hotel rimwe rimwe  akanga kuyishyura bigatuma uwo muhanuzi asohoka muriyo hotel kugirango afatwe ariko Imana igakinga ukuboko kwayo!!.

Imana yaje guca inzira imukura muri icyo gihugu cya Uganda aho yari yaragizwe ingwate n’ubutegetsi bwaho,ubu ubwo butegetsi bukaba bukomeje gushakisha aho uwo muhanuzi aherereye ngo ba mwirenze ngo kuko yabahanuriye nabi ko bazava kubutegetsi  kandi nabi!!.

Madame Jennette umukristu ukoresha imbaraga z’Abacwezi.

Uwo mudamu n’umuhanga mu gukoresha imbaraga z’Abacwezi,kugirango bibonere ubutunzi bahoranye,ibyo byatumye atanga nyirarume ho igitambo kugirango satani abagarurire ubutunzi bigeze kugira,nyuma yo kureka imihango ya satani,bwahise buyoyoka.

Imana yanahishuye umugaragu wayo, uburyo mwishwa w’uwo muhanuzi yahumanije uwo muhanuzi hamwe n’umufasha we,nyamara ukorera Imana ntashobora kwikorera amaboko Imana yaje kumukiza,agize ngo aravugana n’uwo mwishwa ngo amusabe asubire munzira yagakiza undi aho kwihana ahubwo amuha iminsi 25 ngo azaba yapfuye,bagirina ikiganiro hari kuwa 06/11/12 witegereje uwo mwari usengera muri Evangelical Restouration Church ntiwamenya yuko yaba umurozi ukuntu asa neza ubona aragapfura!!.

Yarahitanye Nyirarume.

Imana ikomeje kugaragaza akaga kagiye kugwira urwanda,uburyo igihugu kizabura abagitura abantu bakagabana amasambu kuburyo bungana kandi ayo masambu buri muntu azaba afite imuhagije kuko abantu bazaba ari bacye cyane.

Nyuma yuko tugaragaje ubuhemu bwa Madamu Jeannette Mukeshimana,yakoreye Nyirarume,dore ibyo yatwandikiye adutuka anatuka Nyirarume ariwe muhanuzi Leon.Ni mwirebere umukiristu wemera ko ajya mwijuru dore umwuka umuyobora!yuzujwe umwuka w’ibitutsi.

Forwarded message ———-
From: mukeshimana jeannette < jadadu02@gmail.com>
Date: 2012/12/14
Subject: Re: wihane
To: inyange News < inyangenewsinfo@gmail.com>

  • Noneho mbonye akanya nakubwira akari kumutima.mbwira neza niki cyatumye  wiyanga bigeze aho?ukanga ubuzima bwawe? jyewe nta kibazo na kimwe mfite kuko biriya ntacyo bimbwiye harya buriya umuntu akwise imbwa wareba ugasanga ntamurizo ufite cyangwa ibindi by’imbwa bya kubabaza?ahubwo uteye agahinda  nkubaze kanganiye yapfuye ryari ?KUGIRANGO ABE YARAMPAYE BIRIYA WAVUZE  ahubwo wowe umuzi  ni wowe yari kubiha?ariko ubona uticanga? ,ngaho ngo  ni mama ariwe mushiki wawe niba abufite ubwo yabikuye iwanyu .ese aruwakwaka ubutunzi harya ngo yabwaka wowe ? yewe hariho abakurenze.ahubwo niba wumva ubabajwe nibyo wantanzeho uzaze mbigusubize.ngewe nakoresheje ubwenge Imana yampaye  ndakora  narangije kwiga   ibyo nabikuye kuMana.
  •  
  • MPERUKA URUMUNTU MUZIMA NIKI CYAKWANGIJE .?ngaho wirirwa uvuga abantu abakorera Imana nabatayikorera ese Imana yaguhaye akazi ko ku jugging abantu ko ariyo ibazi uravunwa niki koko?ese umuntu ahumanya abatabona ?niba aricyo umuntu yarikubaziza amagambo mwirirwa muvuga.ikindi iriya minsi nayiguhaye ngiye gusenga ngo Imana ikwereke ukuri.kdi uzakubona  kko njye  ndasenga.ibindi rwose IMANA igusubize kubumuntu  ataribyo mwaba mwishwe nishyari nkaho mwasenze mugakora.
  •  
  • MURI BENSHI TURABAZI NGAHO NGO INUMANEWS, INYENYERINEWS,IGITONDO.COM ,INYANGENEWS,MWIHANE ARI MWEBWE MUREKE ISHYARI.
  •  
  • NI MUTUBAHA IMANA,INTAMBARA NTIMUZAYIROKOKA!
  •  

Bugiye gusohora.

Imana yagaragaje ko inyeshyamba za FDRL zizafata intara imwe y’Urwanda bityo ikazayishingiraho isaba imishyikirano hagati yayo na leta y’Urwanda,ariko uzabaserukira muri ayo masezerano azababera igisambo kuko azarya intonorano za FPR,Imana yanagaragaje yuko impunzi z’Abanyarwanda zigiye kugira ubuzima bubi bitewe nibyemezo zigiye gufatirwa,ariko ibyo bikazaba intangiriro yokuvaho k’Ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.

FDRL ntishobora gufata ubutegetsi kubera ivangura ribarimo rya amoko,akaba ariyo mpamvu Imana itazabaha uwo mugisha,kandi nibadafatanya nabanyarwanda bo mubwoko bw’Abatutsi ntacyo bashobora kuzageraho.

  • IKINYOMA CYO GUCA INZARA BURUNDU CYA GIYE AHAGARAGARA.

Imana yagaragaje ko umwaka utaha ntamvura izagwa kandi inzara iziyongera cyane kuruta uko bimeze ubu ngubu,Imana yaneguye inama yabereye Iroma kwa papa mu myaka mike ishize ivuga ko muri 2015 inzara izaba itakirangwa ku isi.Ibyo byatumye Imana ivuguruza inama zabo ndetse no kubereka ko bibeshya kandi ko ariyo iyobora ijuru n’isi yose,bityo ikinyoma cyabanyabwenge igishyize ahagaragara.

Ubuhanuzi bwarasohoye:

Imana yagaragaje mukwezi kwa gatanu yuko SGT.NSABAGASANI Dominiko agiye gusimbura umuhanuzi Majeshi Leon waruri kumusozi hagati y’inyanja,mugihe yararimo kumanuka uwo musozi ngo yinjire mu mazi yambuke yabonye umuhanuzi Nsabagasani nawe yinjira murayo mazi agiye kuba kumusozi Majeshi yarariho,ubwo kuwa 30/06/12 yarashimuswe  bashaka kumujyana mu Rwanda agira amahirwe y’umugabo mwnewabo w’umunyagitarama wagiye mubugande kera akaba yarafite mwene wabo mugisirikare cya Uganda aratabaza bikiri mu maguru mashya ntibamujyana mukadomo.Kuwa 08/01/13 Imana yagaragaje ko umuhanuzi SGT.Nsabagasani ko Yafunguwe,inakomeza kugaragaza yuko bazakomeza kumuhiga kugeza avuye mu gihugu cya Uganda!Imana yanagaragaje ko hashyizweho abantu benshi barimo abakobwa cyangwa abatega rugore ngo bakomeze guhiga umuhanuzi majeshi Leon,ariko Imana yo mwijuru itanga isezerano ko izakomeza kumurinda!

Yavanze kuneka n’Ubuhanuzi.

21.06.13 Imana yahishuye neza kumugaragaro yuko SGT.NSABAGASANI Domoniko akorera leta y’Urwanda,kandi ko Imana izamuhana yihanukiriye.

  • UMUGENI AGIYE KUZAMURWA:

Umwuka w’Imana ukomeje gutunga agatoki,uburira ubwoko bw’Imana ,dore ijoro rirenda gucya,umuseke uratamuruye,imbugita zo kugesa amasaka zateguwe,nabakozi bamaze gutegurwa,ubwo numva ijwi rimbwira ngo umurimo w’umurinzi ko urangiye,dore Uwiteka agiye kwirindira.

Ubwo ngitangajwe n’uwo mulima wa masaka umaze kwera amahundo meza akwiriye gusarurwa,atararibwa ninyoni,ubwo nibazaga abagiye gusarura ayo mahundo aho baributangirire,anyereka hirya yanjye urutoki rwiza rufite ibitoki byiza kandi byeze neza,maze mbona muri urwo ruutoki huzuyemo umucyo udasanzwe,kandi rwari rukoreye neza cyane.

Maze ntangazwa nuwo mugeni ugiye gushyingirwa vuba nabwangu n’ukuntu umukwe atabashije kwihanganira ko yatanga umwanya abantu bakabanza kwitegura,muburyo butunguranye mbona umukwe acyuje ubukwe mu buryo bwihuse,mugeni rero ukwiye kwitegura dore umuke ageze kwirembo.

  • NZAKORA IBISHOBOKA BYOSE,UYU MUHANUZI MU BONE TU! (NSS)

Yeremea 32:27, Dore nd’Uwiteka w’ibifite umubiri byose, mbese hariho icya nanira?nukuri Imana ifite imbaraga zo kuturinda abanzi bacu,ndetse n’imigambi yabo ikomeje kuyihishura,ubu noneho bariye umwanda!!Ngo ntibazaruhuka batanyishe,Uwiteka nawe ati nzakurinda!ubuse, ninde ufite ukuri hagati y’Imana na FPR na Kagame Paul?

Imana ikomeje kugaragaraza uburyo umuhanuzi Leon bongeye kumuhagurukira kumushakisha hasi hejuru kubera ubutumwa ageza ku batuye isi,cyane cyane abanyarwanda,by’Umwihariko,avuga ko. Naho yapfa ubutumwa butazapfa,naho yabohwa ubutumwa ntibuzabohwa,yagiraga inama abanyarwanda kureka ibikorwa by’ubwicanyi bakagarukira Imana kugirango bazabone ubugingo buhoraho,umwuga wo kwicana ntacyo ushobora kubagezaho usibye kuzacirwaho iteka no guhekenya amenyo mu muriro utazima.Iyamfunguye mu gihugu cy’Ubugande ikankiza amarozi,ikankura muri icyo gihugu n’ubundi ntaho yagiye,kandi nzapfa nkiyiringira.Nzashira ingurungunguzi nkiri ingagi.Ubutegetsi bwa leta y’Urwanda burifuza yuko umuhanuzi Leon yafatwa agashimutwa bityo bakagaragaza yuko Imana akorera ko ntambaraga ifite!!ibyo byose babikora bibagiwe yuko Imana nabyo ibihishura nkuko yagiye ihishura ibindi.

  • Imana igiye guhana inkozi zibibi zikorera mwitorero,kandi ntambabazi izabagirira habe nagato,ariyompamvu Imana yavuze ko izatagirira munzu y’Abera aribo bakiranutsi.Imana yavuze ko umwe mubantu biyamamariza umwanya wa perezida wa repubulika mu gihugu cya Kenya witwa Musalia Mudavadi ko azahura nibibazo byo hirya no hino kuburyo umwanya ashaka wa perezidance atazawubona.
  • Imana yagaragaje undi witwa Uhuru Kinyata arangiza ubutayu yararimo,kandi aburangiza anezerewe ugereranyije nabo azaba ahanganye nabo mu matora.Imana kandi yavuze ko ukuboko kwayo kugiye kuremerera impunzi zo mukarere k’ibiyaga bigari kuko buzuye gukiranirwa!!
  • Ariko ivuga ko abakiranutsi izabarinda,dore umwaka utaha izo mpunzi igiye kuzitwara mu mahanga bifuzaga,ariko abanze gushaka mu maso hayo ukuboko kwayo kuzabaremerera kabone naho bazaba bari muri ayo mahanga badamaraye baguwe neza.Naho yuda yasenga sinzababarira,kandi nzahana na Yakobo na Israel,ikinteye kubaremerera ni uko mwanze guhindukira ngo mwihane,ahubwo mwabaye nka BALAMU na BALAKI  murya intononorano mwima amazi ubwoko bwanjye buri mubutayu,ahubwo mushimishwa no kugurira Balaki ngo amvumire ubwoko niyompamvu ntazabagirira imbabazi.Nehemiya 13:2 Zaburi 106:28-29,Kuva 2:24, Imana yumva kurira k’ubwoko bwayo maze imanurwa no kureba ngo yitegereze imenye uko bameze ibagirirra imbabazi.Ibyakozwe n’intumwa 5:29,2gutegeka 28:8.

ARIKO IYI NZU YANGWIRA SINABA NIZIZE?

31/12/2012,Imana yagaragaje ko uRwanda rumeze nk’inzu yubakishije amabati ashaje,ndetse atobotse,mbona umuyaga uturutse ikasikazi,uwo muyaga warutegetswe kuza guhuha mu Rwanda,ugasenya ibidakomeye ibikomeye bigakomezwa.Inyuma yuwo muyaga nabonye ibicu by’imvura bikubye,maze numva mbwirwa ngo abanetse nibanure kuko imvura iguye nibatanura bashobora kunyagiza!Maze mbona iyo nzu yubakishije ikoranabuhanga,ariko insinga zubzkishije iryo koranabuhanga nabonaga zimaze gusaza,mbona umuyaga utangiye guhuha ya nzu,mbona amabati atangiye kuguruka agana ikasizi.

  • Dore Imana yongeye gutanga  itangazo riheruka ayandi yose,nta rwitwazo.
  •  
  • ISI IFITE UBWOBA BW’IBIGIYE KUYIBAHO.IRI BUYE RYAMANUTSE MUBURUSIYA MU KWEZI KWA 7 UMWAKA USHIZE,BITUMA AMERICA USABA KUGIRANA UBUFATANYE N’UBURUSIYA GUKORA UBUSHAKASHAKATSI.
  • Imana ibyo yagaragaje kuwa  01/01/2013,ko isi igiye kugira akaga n’amakuba n’ibyago bikomeye! Imana yagaragaje ikintu kimeze nk’ibuye kiri mu kirere ngo cyaba kigiye kugwira isi,ariko uruhande kizagwamo Imana ntiyahavuze,ibi Imana yabihishuriye umufasha w’umuhanuzi Majeshi Leon, ubwo barimo basenga amasengesho yo gushima Imana ko barangije umwaka wa 2012.Kandi ko itabakojeje isoni mu banzi babo, na Satani.Uburyo ya barinze inkozi zibibi ndetse na Satani n’Abadaimoni bakorera muri leta y’I Kigali.
  • Ba boneyeho no kwifuriza umwaka mwiza mushya ababasengeye bose mukibazo bagize, ngo Imana namwe ibahe umugisha utagabanije muri uyu mwaka wa 2013, Gusaba Imana ngo ikomeze ku barinda no muri uyu mwaka dutangiye wa 2013,Imana ya babwiye yuko ibyo byago itazemera ko bigera ku bakiranutsi!Ariko inkozi zibibi n’abakiranirwa bakazabihomberamo.Ngaho rero nimukomeze muyiringire kuko niyo kwiringirwa kandi ntabwo izemera yuko mukorwa n’isoni.Tuboneyeho kubifuriza umwaka mwiza ubabere uwo gukiranuka,mwirinda ibinyoma cyane cyane impunzi z’Abanyarwanda kugirango Uwiteka azabagirire neza mu gihe cy’Akaga n’Amakuba n’Ibyago bigiye gutera isi yose n’Urwanda rutibagiranye.
  • Ntabuye rizasigara kurindi:(Matayo 24:1-42)

Amakauru aturuka mu biro tangaza makuru,ryo mu itorero rya kristu,riyobowe na mwuka wera,avugako umuturirwa wa Blique CYOMORO, ryahaye amakuru ikinyamakuru inyangenews,ayo makuru afite gihamya avuga ko nta buye rizasigara kurindi mu mazu y’imiturirwa y’ubatswe na nyakubahwa perezida kagame.Isi yose iztangara kandi izumirwa ukuntu icyo gihugu kizasenyuka nyuma yo kubakwa kuburyo butangaje kandi mu gihe gito cyane ugereanyije nibyakibayemo.

  • NGUWO UMUTURIRWA UTAZONGERA KWIBUKWA UKUNDI:

Umwuka w’Imana wavuze ko inzu ya Rwanda Revenue Athourity (RRA),yuko n’inzira  iganayo itazibukwa ukundi.Ubuhanuzi buvuga yuko ayo mazu azaba akabarore k’umurwa wa Kigali uzahura n’akaga gakomeye kuko wanze kwihana.

  • Ubutayu burarangiye kubakiranutsi:

15/Jan/2013 Umwuka w’Imana yavuze yagaragaje ububyutse bukomeye cyane bugiye gutangira cyangwa bwatangiye,Umwuka wa Yesu,yavuze ko abamwiringiye bose bamaze igihe mu butayu yuko yamaze kubasubiza bakaba bakwiye gutegereza ibisubizo.Mu gihe abandi bananiwe kumwiringira no kumwizera,badashobora gusubizwa kumpamvu zo kwizera guce kwagaragaye muri bo.Imana rero ikaba ihumuriza inshuti zayo n’abana bayo kugirango ntibatekereze yuko yabibagiwe kuko idashobora kubibagirwa naho isi yashira ntiteze kubibagirwa nahato.

BWARASOHOYE:

  • Ubutunzi buzasubira aho bwaturutse:
  •  

Umwuka w’Imana yakomeje guhishurir umukozi w’Imana Majeshi Leon yuko ubutayu burangiye kubakiranutsi,ububyutse buraje kandi buzanye imbaraga zidsanzwe kuburyo buzahitana abantu,uyu muhanuzi avuga ko ngo yabonye ububyutse buza bukabanziriza muri leta bugasenya ikintu cyose cyakozwe muburyo bw’uburiganya.Dore ibyo yabonye muri icyo gihe cy’ububyutse.Ntibishoboka yuko satani twambura ubutunzi butagira akagero Imana yaduhereye muri kristo Yesu.

Yabonye inyubako z’ishuri rikuru rya KIST zisenywa n’umuyaga ukomeye cyane  kubera z’ubakanywe uburiganya bwinshi kandi budasanzwe buvanzemo n’ubusambo bukomeye!.

ØYabonye umuyaga ukomeye cyane wazanye n’ububyutse ukagusha amamodoka yose yaguzwe munzira zitari izo gukiranuka.

ØYabonye abantu abantu abakiristu bakorera ubusambanyi mwitorero bapfa bishwe n’ububyutswe.Ndetse n’abasinzi baguye mu mihanda.

ØMubantu yabonye bazaba muri Ubwo bubyutse harimo umukozi w’Imana Pastor KANYEMERA ukunzu kubwiriza kuri Radio umucyo.

ØUndi umuntu wakiriyeho hato, ngo yicwe n’ububyutswe,n’uwitwa JEFF ukorera muri JRS umushinga ufasha impunzi mu gihugu cya Uganda uwo mushinga ukaba ukorera ahitwa NSAMBYA,akaba yaranabayeho umukozi wa akarere ka kicukiro akaba yarashinzwe imibereho myiza yabaturage.

  • Ububyutse buraje buzanye imbaraga zidasanzwe:
  •  

16/01/2013, Umwuka w’Uwiteka yavuganye n’umuhanuzi Majeshi Leon,amubwira yuko igihe kigeze cy’inkozi zibibi ngo Imana izishyire agaragara;kuko imirimo yabo irangiye!Dore igihe itorero ryabereye mu mwijima kubera abagizi ba nabi nabakozi bitwa ko arabiMana badafatika ngo babe maso kugeza aho iterero ryahumanijwe nabagizi banabi!Dore ububyutse buraje kandi buzanye imbaraga z’Imana zitari izabantu,ndetse abantu bose bakora imirimo mibi yokugirira itorero n’abanyetorero bagiye kubona ishyano uko niko Umwuka w’Uwiteka avuga.

Nuko mbona abanyamasezerano bose Imana igiye kubasubiza,maze inkozi zibibi nabagizi banabi mbona bagize ikibazo gikomeye cyane ko abo bari baragize imbata zabo ngo bigumanire ubutunzi bariganije muburyo bw’Umwuka ,bibwira yuko bitazamenyekana,mbona Imana ibishyize ahagaragara,mbona bakoze ibishoboka byose ngo baburizemo uwo mugisha Imana yateguriye abayikunda kuva kera kose,ariko birabananira!

Umwuka w’Uwiteka avuga yeruye ati dore ngiye kugirira neza ababaye imbere yanjye, batitototmba,kandi babaye abiringirwa!abo ngiye kubasubiza bidatinze,mbese waba urumwe mubabaye imbere yayo?ese waba utari totombye?ngo Imana ikugirire neza!niba warabikoze uhumure kuko niyokwiringirwa kandi ninyembabazi kubayiringira kandi babanye nayo ndetse bakanavugana nayo.

  • IZAGIYE MURI CONGO NIZO ZIZAGARUKA ZIRASA IGIHUGU CYAZO:

16/01/2013, Imana yereka ibi bikurikira:Numva ijwi rivugana najye,rimbwira aya magambo akurikira!fungura amaso urebe kandi utege amatwi wumve ibyo ngiye ku kubwira ndetse urebe ibyo ngiye kukwereka!Dore umwanzi wigihugu cyawe,arahagurutse yegeranyije imbaraga ze zose kugirango asohoze imigambi mibi ihwanye nibyo abategetsi bigihugu cyawe bifuza.

Icyo gihugu cya hoze ar’inshuti zanyu,nyuma baza guhinduka abanzi,kandi dore abiyita inshuti zanyu babereye inryanrya izindi nryanrya!Dore bagiye mu bitugu byabanzi banyu,bazabarwanya bitwikiriye umutaka wa banzi banyu,ibyo bihugu (2) byombi nibihangaje kandi byahoze binakomeye usibye yuko igihe cyabyo cyo gukomera kwabyo bizarangirana n’amaraso bagiye kumena mu gihugu cyawe,nyamara nabyo ntibizabibuza gukorwa nisoni kubwimirimo mibi yabyo!kuko nayo itazabura guhanwa.

BWARASOHOYE:

  • Dore ingabo zizaturuka mu majyepfo y’uburasira-zuba bw’Africa,zizatera igihugu cyawe,kandi izo ngabo zizaterwa ingabo mubitugu nabiyita inshuti zanyu,ntanumwe uzabasha kubatabara kuko ibyo Uwiteka yavuze bibasohoreyeho,mwirase amaboko imbere yamaso yamahanga ariko noneho igihe kirageze ngo mu menye yuko arijyewe Uwiteka urinda.Uwiteka atarinze umudugudu abarinzi barindira ubusa.
  • Ibyo bihugu n’Ubufaransa,na America,dore ingabo z’Urwanda ziri muri Congo muburengera-zuba bw’Urwanda,nizo zigiye gukoreshwa nabanzi banyu,nyamara izo ngabo zimaze kunanirwa nyuma yoguhora mu ntambara itarangira kandi ikibabaje bakorera icyo gihugu batanagikunda kuko nacyo kitbakunda.
  • Ibimmenyetso (2) bizagaragaza ko ibyo nkubwiye bisohoye,hagiye gupfa igikomangoma cy’Umwami,nundi muntu ukomeye cyane ku isi,hanyuma yibyo ibyo nkubwiye bibone bisohore,abanyarwanda bazatangazwa nuko aho bari bateze amaso ariho habahindukiriye urwamenyo,kandi abakabarengeye akaba aribo bagiye kubarenganya,ibyo byose nzabikorera kugirango mpagarare kujambo ryanjye navuganye nabahanuzi banjye maze ubwoko bwanjye icyo gihe buzamenya ko arijye uvuga,uko niko Uwiteka avuze.
  • Imana kandi yagaragaje uRwanda rushya imicyamiko 2,hasigara uwohagat,abarimuriuwo mucyamiko wohagati ntacyo babaye,maze mbona abari kunkengero zigihugu bahuye nakaga gakomeye cyane.
  • Imana yagaragaje leta y’Umwami ijyaho,maze mbona amazu yose yubatswe na FPR ifatanyije na CSR,mbona yose arasenyutse,aho yari yubatse hazamurwa amazu manini cyane kuburyo budasanzwe,maze mbona Rond point iri mbere ya Centenary House mbona ikuweho kubera ubunini bw’amazu azahubakwa.
  • Iri jambo ry’ubuhanuzi bwabitswe muri e-mail kubera ubutayu buribagirina ariko umwuka w’Uwiteka Nyiringabo niwe watugiriye Ubuntu muri e-mail nabitsemo ubuhanuzi nabuze umwanya wo gutangaza kubera intambara zo mu butayu ubwo bari bamaze kugusha ikinyamakuru www.inyangeNews.com, nibwo twakoraga www.inyangeNewss.comIjambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore leta ya Kigali igiye kohereza za maneko nyinshi mu bihugu duturanye cyane cyane mu gihugu cy’Ubugande ndetse n’igihugu cya Kenya,dore ko ariho higanje impunzi nyinshi.Impamvu ngo nukureba uburyo yakwigarurira izo mpunzi zikemera zigakorana na leta ye,zakwanga akazihitana uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze!ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwana w’Umusita, Uwiteka Imana Nyiringabo okomeje guhishura yuko mu minsi iri mbere nyakubahwa M7,ashobora kuzisanga mukaga gakomeye cyane agiye guterwa n’umuhungu we,nyakubahwa Paul Kagame,ugiye kumushyira muntambara atari yategenyije uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,nubona ibyo Imana iguhishuriye,uzamenye ko hasigaye igihe gito ngo manda ya perezida M7 iri hafi kurangira,niho bazasubiranamo ndetse Kagame agasa nutangiza iyo ntambara izamara umwanya muto cyane,agahita asubizwa inyuma namahanga nawe akazahita akurwa ku ngoma akazasiga M7 ku ngoma ariko nawe akazahita akurikiraho nawe agakurwa kungoma kuko atazamara igihe kinini Umwakagara namara gukurwa ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.
  • Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara azateza igisa n’intambara mu gihugu cya Uganda,ndetse azinjira mu gihugu imbere afate umurwa wa kampala ku buryo butunguranye,azafata ibigo (2) urwego rukuru rwa maneko C.M.I,ndetse n’ibiro bikuru by’ingabo C.D.F,nyuma yaho ingabo z’urwanda zizasubira inyuma ariko M7 azaba yakutse umutima,ndetse azasuzugurwa mu maso yabaturage bicyo gihugu dore ko nawe batakimushaka uko niko Uwiteka avuga.
  • Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kumbwira ngo “mwana w’umuntu,burira impunzi zabanyarwanda zimenye umugambi mubisha Umwakagara azifitiye,kugirango zimenye uko zakwirinda Umwakagara bitabo ibyo,zikazahura na kaga gakomeye cyane kuko azazijujubya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Wandika ibyo,Imana yagaragaje kugirango impunzi zirusheho kwirinda,kugirango ejo zitazisanga mukaga zikavuga ngo Uwiteka ntiyazitayeho,muri uwo mugambi harimo no gukora ibishoboka byose ngo bashakishe aho umuhanuzi Majeshi Leon yaba aherereye ngo kuko akunze guhishura imigambi yabo bigatuma iba impfabusa.Kugirango ntazongere guhishura imigambi yabo mibisha.
  • Jan 23, 2013 njyanwa mu iyerekwa mbona ko Umwakagara azatera Uganda akazafata umurwa mukuru wa Kampala agafata ibiro bikuru byingabo za Uganda “High Command”maze ijambo Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwo Umwakagara wigaruriye gakondo yabakiranutsi ubwo azaba asumbanirijwe azaterwa nubwoba maze ahitemo gutera Nyirarume umwana w’UMUSITA kugirango amukure ku ngoma ariko ntabwo bizamuhira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
  • 29/01/13,Imana yagaragaje Paul Kagame,yuko amaze kubona yuko imbaraga ze zirangiye,kandi akwiye gushaka inzira y’ubuhungiro hakiri kare,maze mbona ahamagaye umwe mubasirikare yiringira,amubwira gutegura amamodoka meza kandi azi kwiruka n’abashofeli bazi gutwara imodoka neza kandi  bihuta,maze mbona atangiye gusahura umutungo w’igihugu kugirango abo azahungana nabo azabashe kubaha ubutunzi bagumane nawe.

  • kuwa 30/01/13,Imana yagaragaje abanyarwanda bose bari mu mpande (4) z’isi,batahuka kubwinshi,amahirwe yabazatahuka mbere azaba angana n’igihombo bazahura nabyo bageze mu gihugu,kuko hazaba hakirangwa ubwicanyi,ndetse nindrwara z’ibyorezo.
  • kuwa 31/01/13,Imana yagaragaje inkera gutabara zisubizwa zose mu gisirikare,maze mbona intambara irabaye,izo nkera gutabara zahoze zitwa inkotanyi nabonye zihimura,kubaturage aho gukiza abaturage,ahubwo zirabica ndetse ziranabasahura,ariko ibyo basahuye ntacyo byazimariye.
  • kuwa 06/02/13,Imana yagaraje yuko itorero ryo mu Rwanda rizubakwa n’umudamu w’umunyarwanda-kazi,aatanga amadollar atagira ingano kugirango hubakwe itorero ry’Imana rizaba ridashingiye ku idini iryari ryo ryose,abantu bose bazarisengeramo ndetse n’abanyamahanga bazaturuka imihanda yose kubera yuko icyo gihe Urwanda ruzabamo amahoro adasanzwe,kandi hakazaba umugisha uzakwira isi yose.
  • Yezebeli Nyiramongi
  • kuwa 08/02/13,Imana yagaragaje inzu nziza nini kandi igezweho,iyo nzu nta rubaraza yari ifite aho abantu bakwikinga izuba,cyangwa izuba!Mbona iyo nzu bavuga ngo niya Yezebeli Nyiramongi Jeannette Kagame,iyo nzu iyo wayiturukaga inyuma wabonaga ari nziza cyane,wagera imbere hayo,ugasanga nta kintu kiberamo!!Nibaza iyo nzu icyo imaze biranyobera,inzu bisobanura igihugu,bivuze ngo n’Urwanda ruyoborwa na Nyiramongi.
  • IFARASI 2

  • kuwa 09.02.13 mbona ifarasi 2,ziyobowe n’abantu 2,umweyari umugore abandi 2,arabagabo,umwe muri abobagabo yari umuhanuzi,mbona za farasi 2,imwe iyobowen’umugore mbona ikuye Kagame kuntebe,yikubisehasi,ifarasi isobanura Malaika,nahoumugore asobanura itorero,maze kuko hari kw’Isabato mbona yafarasi igiye kurusengero rwabadive kubahiriza isabato.
  • Ifarasi 2,yari iyobowe Nabagabo 2,mbona umwe nawe yambaye amababa aragurutse aragiye ajya kubahiriza isabato wamuhanuziasigarana yafarasi,mbona yafarasi imeze amahembe2,maze mbona umuhanuzi mukuru ayambitse indobo irimo ubusa kugirango itware repolo irimo ubusa,maze nkebutse inyuma mbona perezida Kagame aho aryamye yitotomba ngo abantu basigaye bamusuzugura!ngo kandi bakiri mwishyamba batarashoboraga gutinyuka kumusuzugura.
  • Ndabwirwa ngo izo Farasi2,nizari zije gukura kubutegetsi perezida Kagame,kukoiminsi ye yinyongezo irarangiye,mbwirwa ko Kagame Paul ko azica abagize itorero ry’Abadivantiste b’umunsi wa 7,kubera igihugu cya Bongereza aricyo kizamukura kuntebe kandi iryo dini rikaba rikomoka mubwongereza,akaba ari naho rifite icyaro gikuru.

BWARASOHOYE:

  • kuwa 14.02.2013,Gukiranirwa kwa perezida Paul Kagame kuzura imbere y’Uwiteka Imana yo mwijuru,mbona abanyarwanda batanga ubuhamya uburyo ubutegetsi bwa perezida Kagame bwabaye bubi cyane kuruta abandi baperezida babayeho mu Rwanda!Mbona abanyarwanda ukuntu bahangayikishijwe n’ubuhunzi ku buryo bw’indengakamere.

  • kuwa 15.02.13,k’umwaka wa 19 wa perezida Kagame Paul ku butegetsi mu Rwanda!Uwiteka Imana yashyize ahagaragara amarembera ya nyuma y’ubutegetsi bwe,n’amarembera yikinyoma akoresheje iyo myaka yose amaze kubutegetsi!Hagaragaye amakipe 2,akina iyitwa Leosport,na APR,maze APR itsinda Leosport,mbona irashyokewe ko yatsinze maze ijya gukina na Mukura y’Ibutare,maze Mkura itsinda APR,ndetse bihita biba n’ubwanyuma yuko APR ko itazongera gukina kuko ivuyeho burundu,kandi ijyanye n’ubutegetsi bwayo.Mbona abategetsi bakuru b’igisirikare bagira akaga gakomeye cyane nyuma yaho bigaragaye yuko ubutegetsi bugeze mu marembera!Maze Kagame akora ibishoboka byose ngo bagume kubutegetsi ariko birananirana kuko Uwiteka yari yamaze gukuraho ikizere ubwo butegetsi bushinjwa kumena amaraso menshi cyane kuruta ubundi butegetsi bwabayeho muri icyo gihugu!.
  • Umupira urarangiye,na politiki y’ikinyoma nayo irarangiye.

  • Mbona Kagame ashyizeho umutoza utoza iyo kipe,ariko mbona ahindutse umutoza ndetse akaba n’umukinnyi wenyine mukibuga,kuko nta bandi bakinnyi bari bahari yakinanaga nabo,nguko uko APR izasenyuka ikabagirana burundu nkuko banyirayo bazibagirana burundu ntibibukwe ukundi,kuko ayo mateka abanyarwanda batazifuza no kongera kuyumva kandi ababaye muri ubwo butegetsi Isi izababana ntoya,babure aho bihisha kuko Isi izabahiga bukware kubera kurenganya abantu b’Imana.
  • kuwa 18.02.2013 leta y’uRwanda yabashije gusenya urubugarw’Inyangenews,kubera ubuhanuzi urwo rubuga runyuzaho bigafasha abasomyi bacu kumenya aho ibihe bigeze,ni  uko ibintu bihagaze mwisi y’Umwuka.
  • Inyange Ntigira icyaha irakiranuka.
  • Kuwa 21.01.2013 Imana yakoze ibikomeye urubuga rusubiraho mukwiye gufata copy y’ubuhanuzi kugirango naho basenya urubuga,ntabwo bazasenya ubuhanuzi.
  • UBUHANUZI BWA REPUBULIKA Y’URWANDA BURARANGIYE,NTABUNDI BUSIGAYE INYUMA KURUHANDE RWAANJYE,UBWO BUBAYE BUHARI IMANA IZAKOMEZA GUKORESHA ABAKOZI BAYO,NAHO UMUHANUZI MAJESHI LEON WE,IBYA REPUBULIKA ARABIRANGIJE:
  • NYUMA YAHA,TUZAKOMEZA KUBAGEZAHO UKO UBWAMI BW’UMWAMI KIGELI V NDAHINDURWA, BUZIMA INGOMA,N’UMWAMI UZAMUSIMBURA NYUMA YO GUTANGA KWE! !NDETSE N’UMWAMI UZAKURIKIRAHO UZARANGAZA ABATEGA RUGORI KUBERA UBWIZA BWE N’UBWENGE AZABA AFITE,ARIKO UWO NIWE UZIRUKANA IMANA NYIRIBIHE BYOSE MUGIKARI CY’UBWAMI BW’URWANDA UWO MWAMI MU MAZINA YE MAGUFI NI (X.B).,ICYO GIHE URWANDA RUKAZASUBIRA MU BIHE BY’UMUVUMO,UWO MUVUMO UKAZAKURWAHO N’UZABA UMWAMI WA III NYUMA YA XB,UWO MWAMI AZABA AMEZE NKA MERCHISEDEKI UVUGWA MURI BIBILIYA UWO ABURAHAMU YAHAYE ICYA CUMI,IYO NGOMA IZABA IYA MAHORO BUZABA AR’UBWAMI BUJYA GUSA N’UBWA KIRISTU YESU AMEN,IMANA IBANE NAMWE KANDI IBARINDE IZABAHISHE AKAGA KAGIYE KUGWIRIRA URWANDA.
  • ABAMI BAZASIMBURA UMWAMI KIGELI V NDAHINDURWA NYUMA YO GUTANGA KWE.

Imana yahishuriye umugaragu wayo Umwami uzasimbura Umwami KIGELI  V. Ndahindurwa,uwo mwami yitwa mu mazina magufi,X.B,azaba ar’Umwami wize azaba afite ubwenge n’ubuhanga n’ubumenyi,uwo mwami namara kwima ingoma,azaba umwami wigitangaza haba muburanga cyangwa mu bwenge cyangwa mu buhanga n’ubumenyi.Uyu mwami azumvira cyane abantu kubera yuko abanyamagambo bazaba benshi cyane,bazaba bashaka kwirukana Imana mugikari cy’Ubwami Bw’Urwanda.

Abahanuzi nibamara kuva mugikari cy’Ubwami bw’Urwanda,Imana izahita yigendera hamwe n’umuhanuzi mukuru uzaba ari mugikari cy’ubwami bw’Urwanda.Icyo gihe akaga kazahita kagwira Urwanda rwongere rusubire mu bihe rwavuyemo,abategerugori bazajya birirwa imbere yuwo mwami nyir’Urwanda yagahora kungoma! kubera kumwitegereza kuko azaba afite uburanga budasanzwe azaba afita amaso nkay’inyana iri muruhongore,ndetse azaba afite imisaya miremire cyane.Bityo azarangaza abadamu kuko bazaba bifuza kumureba no kumwitegereza.

  • Azahangana na satani ariwe anti-christ,ariko kubera kwirukana ba bamenya mugikari cy’ubwami bw’Urwanda ntabwo azabasha kunesha! ibyo bizatuma atongera kumva ijwi ry’Imana ibyo bizatuma agwa mu maboko y’umwanzi kuburyo atazegura umutwe,imbaraga z’abacwezi zizongera kwinjira ,mubwami bw’Urwanda nyuma yogutanga k’Umwami Ndahindurwa ibyo bizatera Imana umujinya yongera isuke umujinya wayo kubwami bw’Urwanda.
  • Hazima Umwami wa lll uzasimbura X.B,uwo niwe uzagarura ubwoko bw’Imana ku Mana,kuko buzongera gukora ibyangwa n’Uwiteka kubera Imana izava mu bwami bw’Urwanda,uwo mwami azaba ameze nk’Umwami Merchisedeki wategetsi mu gihe cya Abrahamu niwe Abrahamu yahaye icya cumi,uwo mwami mu gihe cye hazaba amahoro menshi atagira ingano.Azamurikirwa n’ukwezi n’izuba amahoro niyo azamutwarira.
  • Amarembo ye y’Ubwami ntazugarirwa,umucyo we uzaba Uwiteka,Ukwezi kuzacana n’inyenyeri,n’izuba,ariko sibyo bizamumurikira ahubwo Uwiteka niwe uzamubera umucyo ibihe byose kuko azahabwa ubutunzi bw’ibyo munyanja no kubutaka,zahabu nizo azaturwa n’amahanga,Diamond,nibindi byinshi bitangira ingano,amahanga azifuza kuba hafi ye,abanzi be bazamukorera ibihe byose n’abana babo kandi bazicuza impamvu uwo mwami bamuhemutseho,dore ibyo ntibiri kure biraje nimubitegereje kuko ibyo Uwiteka yavugiye mukanwa kabahanuzi no gusohoza ntazabisohoza?
  • Abo bami bombi ubu bose barabarizwa mu mahanga kuko bibereye mu  buhungiro,Umwami wa lll ari mubutayu aho arimo kwigishwa n’Imana uburyo azayobora mu gihe cye,azaba umwami uzaca imanza zitabera,amahoro niyo azamutwarira.Imana ishimwe kandi ihimbazwe kuko.Imana yongeye kwibuka ubwoko bwayo ikaba igiye kongera kubugirira neza.
  • National Security Service (NSS) bahagurukira umuhanizi Leon:

  • Kuwa 07th,mar,2013 Imana yagaragaje leta y’Urwanda yongera guhagurukira umuhanuzi Majeshi Leon,kugirango imuvutse ubuzima nyuma y’ibyo yahanuriye iyo leta bijyenda biyisohoreraho,bityo bahitamo gukoresha ibishoboka byose ngo bamuce igihanga ngo ahari ntazongere guhanura,ikibazo mbese aramutse abaye uko babyifuza,ibyahanuwe ntabwo byabasohoreraho?
  • Bikiraho na none kuwa 09th/03/2013 Imana yongera gushimangira ibyo yahishuye,irongera igaragaza yuko batangiye gushakisha telephone yaba akoresha kugirango bayihakinge,babashe kumenya aho ahererye kuko igihugu aherereyemo cyo barakizi,dore ibyo Imana yavuze!Yavuze ngo nzagutabara nkugirire neza ngukize abanzi bawe,kandi ngiye kuguha umugisha kuburyo abanzi bawe batazongera kuguca iryera uko niko Uwiteka avuze.

  • Psalm 18:5-12 In my anguish i cried to the Lord,and he answered by setting me free.The Lord is with me;will not be afraid.What can man do to me?The Lord is with me;he is my helper.I look in my triumph on my enemies.It is better to take refuge in the Lord than to trust in man.It is better to take refuge in the Lord than to trust in princes.All the nations surrounded me,but in the name of the Lord i cut them off.They surrounded me on every side,but in the name of the Lord i cut them off.
  •  
  • Kuwa 06th/03/2013 Imana yahishuriye umugaragu wayo,ko perezida Kagame Paul ageze mu bihe bye byanyuma,ko agiye kuvaho vuba bishoboka bidatinze akazasimburwa n’umuntu utazwi uzayobora byagateganyo mbere yuko Umwami w’Urwanda aza kwima ingoma.Ikindi cyagaragaye ni uko nyuma ya nyakwigendera Paul Kagame,hariho umwemubo bakoranye uzashaka kumusimbura arikontibizashoboke kuko Imana ntacyo yamuvuzeho.

  • BURASOHOYE:
  • Bambuwe uburenganzira bwo kwitwa abanyarwanda,bihindura abakongomani:
  •  
  • Na none kuwa 11,Mar,2013 Imana yagaragaje abanyarwanda batangiye kwicuza impamvu batahunze bigishoboka,Imana igaragaza ibyo yerekanye umupastori witwa JUSTINI MUGABO ukorera muri Rwanda Revenue Authourity (R.R.A) yifuza guhunga bidasobanura yuko ashaka guhunga ahubwo Imana yatangaga urugero rw’ibyo yavuze ko bitangiye gusohora.
  • Kuwa 15th Mar ,2013 Imana yanjyanye mu iyerekwa maze mbona abanyarwanda baririmba indirimbo baririmbiye NYakwigendera perezida HABYARIMANA,maze ndabwirwa ngo iyo ndirimbo wumvise niyabyiniwe perezida Habyarimana igihe cy’isarura kigaze none na mugenzi we perezida PK,nawe agiye kuririmbirwa iyo ndirimbo,kandi bazayibyina mu gihe cy’isarura ry’Amasaka.Maze mbona ko abanyarwanda bayitabiriye cyane maze s’ukuyitera no kwikiranya!sinakubwira mbona bamwe mu banyarwanda batuye mu mahanga bafashe utwabo bagana iyagakondo. Mbona ko intambara yaterwaga na PK,yo muri Congo irangiye kandi habaye amahoro arambye,maze intambara z’Abanyamurenge bzrwanaga zisa nkaho zipfubye!uko niko Uwiteka avuze.
  • kuwa 22.03.2013 Imana yagaragaje yuko ubu byutse buri hafi cyane kandi buzatangirira mu Rwanda,ndetse mbere yuko butangira,umugeni wa kristo agomba kubanza gutegurwa ndetse no gutunganywa.Maze mbona amasaka areze kandi mbona aratemwe mbona batangiye kuyagesa kugirango atunganywe ndetse ashyirwe mu bubiko bwayo kugirango ububyutse bubone aho butangirira.
  • 18.03.2013 Mbona inyamaswa ifite imitwe 3,umwe wasaga n’imbogo,undi wasanga n’intama,undi wasaga n’ihene,maze mbona iyo nyamaswa ivuye munyanja,mbona igeze kubutaka bwumye!iva munyanja yari mubwato,maze mbona ibice 3 bituye isi,Asia,Africa,n’amajyepfo y’aziya afatanye n’uburayi,mbona iyo nyamaswa itangiye kubategekesha igitugu n’imbaraga zidasanzwe,mbona no mubazungu habayeho impunzi!!Maze mbona abari iindakoreka mu isi,mbona bashyizwe mukaga gakomeye.
  • Guhera kuwa 25.03.2013 urubuga rw’inyangenews.com,barukubise hasi kubera umujinya w’uko ubuhanuzi bubasohoreheyeho,no kugirango babashe kubona nyiri uru rubuga muburyo bwohamagarana na host w’uru rubuga,ariko ntimugire ubwoba tugiye kurwimurira kumugabane wa america,aho batazabasha kongera kugerageza kurusenya.
  • kuwa 03.042013 Mu mezi 3,ar’imbere abanyarwanda bazatangira kugira ibitwenge bivanze n’umubabaro,igihe izuba rizaba rigeze mu marembera,ritangiye kwaka akazuba-zuba kakiberinka,kageze muburengera-zuba mu masaha ya nimusi,dore intebe yabukunzi izatangira kubyina amatavu imeze nk’inyana iri munda ya nyina,ibyina amatovu!izaba inejejwe n’uko intebe yabukunzi isubiranye gakondo,icyo gihe abadaimoni PK,akoresha bazatangira kuva mubirindiro basubira aho baturutse nkuko abadaimoni ba  Nyakwigendera Habyarimana basubiye muri Congo DRCkuko niho bari baraturutse!,icyo gihe abanyarwanda bazaba bagiye guta umuruho.

  • Nabii Majeshi Leon amepewa unabii usiku wa kuamkia leo:
  • Tarehe 06.04.2013 Roho wa Mungu anena wazi wazi,watu wa siku hizi,wanafananishwa na watu wa siku za NUHU,laiti wangelijuwa  ya kwamba nyakati zao zimekwisha,wangelitafuta uso wa Bwana na kutubu dhambi zao,lakini kwasababu hawajui na hata kujali unabii ulio tolewa na watu wa Mungu ndiyo maana kukombolewa kwao kutakuwa kugumu sana.
  • Ennyi watu wasio mtii Bwana, na hata kumchaa Mungu, mtafikisha wapi kujifanya kama hamna masikio?angalia siku zenu zinakwisha asema Bwana wa mabwana!angalia muliambiwa na manabii lakini hamkujali!?Laiti wangelijua kweri wangeliokolewa hasira ya bwana asema Bwana wa ma Bwana.
  •  

BARI BAMWIVUGANYE IMANA IKINGA UKUBOKO KWAYO:

BWARASOHOYE:

  • kuwa 04/04/2013 Imana yabwiye umuhanuzi Majeshi Leon yuko kuwa 06/04/2013 inkoramaraso za Paul Kagame zizamugeraho ngo zimwice,ariko Imana ivuga ko izamutabara,kuwa 06/04/2013 ahagana mu masaha ya saa 04:40,mu gihugu cya Kenya,bayobowe na telephone bamuguyeho mu gihe nawe yarimo kwimuka,maze bashaka kumushimuta bari mu modoka yo mubwoko bwa LEXES 240B ifite ibirahuri bibitabona”Fime”.
  • kuwa 09/04/2013 Imana yagaragaje ingabo za RDF,amazi yazigeze mwijosi,Imana yavuze yuko igiye kubambura ugwenge bushoboka bwose kugirango barusheho kujijwa no kutabona ibigiye kubabaho,bityo bazagwe mu muruzi barwita ikiziba!Dore bahiye ubwoba kandi amahanga arabagose ntibazabona ubuhingiro kuko ibyaha byabo byibutswe imbere y’Uwiteka Imana yo mwijuru.
  • Nyuma yuko ubuhanuzi Imana yagiye iha uyu muhanuzi bugenda busohora gahoro gahoro,leta ya Kagame na FPR,bahise bahimba ikinyoma cyo gusebanya ngo kugirango uwo muhanuzi ibyo yahanuye bite agaciro”UMUHANUZI MAJESHI LEON NGO N’UMUHUTU!?”ese bo s’abantu? ubu amakuru yuzuye mu mujyi wa kigali ngo uwo muhanuzi ngo yaba ar’Umuhutu!kugirango abantu bange ubuhanuzi,mbese niba kuba umuhutu ar’icyaha ninde urusha Paul Kagame kuba umwicanyi,ko abahutu banarengana ko abanyarwanda bishwe na PK.
  • BWARASOHOYE:
  • kuwa 12 April 2013 Imana yahishuriye umuntu w’Imana yuko uyu mwaka leta y’Urwanda igiye gutanga ruswa nyinshi mu binyamakuru byigenga kugirango bifashe leta y’Urwanda mu ntambara igiye guhura nayo ikomeye,aho igihugu kigiye guhura n’intambara yamahanga,bityo itangaza-makuru rikazafasha leta ya FPR,gukwirakwiza ibihuha n’ibinyoma kugirango byumvishe amahanga yuko icyo gihugu kirengana.
  • Nyuma yuko maneko z’inkora-maraso za kagame zinaniwe kwirenza umuntu w’Imana Majeshi Leon,zahisemo kongera gukoresha umutera-nkunga wafashaga uwo muntu w’Imana,bita SOPHONIE NZIBAVUGA,warusanzwe amufasha utuye muri America,maze kuwa 12April 2013 yongera gukoresha telephone ye ngo arebe yuko uwo muntu w’Imana yaba akibarizwa mu gihugu cya Kenya yandika amagambo meza y’Imana nkaho yifuza kongera kumufasha,undi nawe aramusubiza yibwira ngo ahari yaba yisubiyeho.Naho kwari ugutera ibuye mu gihuru.
  • BWARASOHOYE:
  • kuwa 14 April 2013 Imana yahishuriye umuntu w’Imana yuko imirimo perezida w’Urwanda Paul Kagame yakoraga ishyizweho iherezo,ikazasubukurwa na Nyir’Urwanda “KIGELI V NDAHINDURWA”NIHO IMIRIMO Y’IGIHUGU IZONGERA GUSUBUKURWA,kuko kagame ashyiriweho iherezo na Nyiri-bihe byose uko niko Uwiteka Imana yo mwijuru ivuze.
  • Kuwa 14 April 2013 Imana yahishuye yuko itorero rya Assemble’s of God mu Rwanda,ko rigiye kwingirwa n’imbaraga z’umwijima zinyuze mu nkunga bagiye kwakira yokubaka ishuli rya bibilia iryo shuli rizzaba rikomeye cyane mukarere k’ibiyaga bigari,abakozi b’Imana bose bazajya kuryigamo bafatwa n’abadaimoni kuburyo bazata umurongo bagenderagaho wogukorera Imana,ndetse Imana yanatanze n’ikimenyetso,hari abapastoro (2) bazamera nkabasazi bakimara kugera muri iryo shuli,ndetse uwitwa pastoro Dieudonne na Pastoro Martha bakomoka muntara y’uburasira-zuba bazahura n’ibibazo byabo badayimoni,ibyo satani azabikora murwego rwo gusenya iryo torero ryari rimaze kuzamuka muntera haba muburyo bw’Umubiri cyangwa muburyo bw’Umwuka” ABAFITE AMATWI NIBUMVE ICYO UMWUKA ABWIRA AMATORERO”

  • HABAKKUK 2:2 And The Lord answered me,and said,writte the vision,and make it plain upon tables,that he may ruinth at readeth it.For the vision is yet for an appointed time,but at the end itshall speak,and not lie:though it tarry,wait for it;because it will surely come,itwill not tarry.

  • Psalm 62:1-9 Truly my soul Silently waits for God;from him comes my salvation;he is my defences;I shall not be greatly moved.How long will you attack a man?you shall be alain,All of you like a leaning wall and a totteringfence.They only consult to cast him down from his position:they delight  in lies;they bless with theirmount,but theycurse inwardly.
  •  
  • Imana yavuze yuko iri dini ryayobye,ngo kandi bakaba bagiye guhimba bibiliya yabo bwite ijyanye n’ubuyobe bwabo.
  • kuwa 15 Apr2013, Imaa yagaragaraje yuko idini rya Abatemwe de JEHOVA jo rigiye kwandika Biblia mpimbano itari iyukuri,Imana yakomeje ivuga yuko iryo dini ryayobye!abarisengeramo mukwiye kubagira inama yuko barivamo,bitaba ibyo hehe n;ubugingo buhoraho.
  •  
  • Igikombe cy’Amaraso kigiye kumeneka.
  •  

  • kuwa 27.Apr.2013,Imana yavuze yuko igikombe cyamaraso kiri mu gicu kiri hejuru y’icyirere cy’Urwanda,ngo cyaba kigiye guseseka amaraso akameneka!igicu cy’icuraburindi cyuzuyemo umwijima mwinshi cyane,kimaze kwiyegeranya hejuru y’Urwanda.
  •  
  • kuwa 01/05/2013 Imana yagaragaje intumwa GITWAZA PAUL yohereza imyuka mibi kumuhanuzi Majeshi Leon kugirango asare cyangwa ahure nibibazo bikomeye,ariko Uwiteka Imana irahagoboka.

  • 03/05/2013 Leta y’uRwanda yohereje abazimu kugirango umuhanuzi Leon  afatwe nkuko bahora babyifuza ariko Imana ikinga ukuboka kwayo.
  •  
  • kuwa 08/05/2013, Imana yagaragaje ko abanyarwanda bagiye kwamburwa ubuhunzi n’ubwenegihugu bagahabwa ubundi bwenegihugu butari ubunyarwanda,ariko nyuma yuko leta y’Urwanda hamwe na Loni nibamara gufata uwo mwanzuro cyangwa icyo cyemezo,Imana izahita ikoresha abantu bayo maze ubutegetsi bwa Pawulo buzahita bukurwaho kuburyo butunguranye.
  • NGIZO ZIGIYE KURUSENYA,RWARI RUGEZE AHASHIMISHIJE:
  • DORE ABANZI BAHAGURUKIYE UMWANZI,URWAGASABO RUHINDUKA ISIBANIRO,HARI IBUYE RIZASIGARA KURINDI KWERI?
  • kuwa 11/05/2013,Imana yagaragaje izi ndege zigota igihugu cy’Urwanda,maze Abakagara babura aho bahungira cyangwa aho berekera,maze mbona abitwa inotanyi,dore inkotanyi ar’izacyera!mbona babuze aho berekera!Mbona Urwagasabo ruhindutse isibaniro ry’ibihangaje byihinduye abanzi b’Imana,maze abanzi batera umwanzi,maze ubwoko bw’Imana barahagokera kubera kutumvira Imana n’Abahanuzi!Mbese ninde wakiza ubu bwoko butumva?n’imbabaziz’Imana yonyine ishobora byose,mbese aho imigambi ya viziyo 2020 ntiyaba irangiriye aha!?
  • Uwiteka afite imbaraga nyinshi kurusha abana ba bantu,!Mbese abana ba bantu,muzageza he?kwirengagiza kugiraneza kw’Imana ihoraho?!ibyo mwibwira n’ipfubusa,kuko ifeza nizahabu,amagare n’amafarashi,bidashobora nagato guhagarika cyangwa kubangamira umugambi w’Imana ihoraho ,kuko ikura ku cyavu ikicaranya nibikoma ngoma.Nuko nimugire ubwenge mwumve iyo ivuga,kugirango muzabashe kurokorwa mu gihe cyo gukorwa nisoni.
  • Ibyabaye birongeye kubera inda nini,utwo duhanga twabana babanyarwanda wagirango n’amajyi y’inkoko.
  • Mwana w’umuntu,dore amaraso agiye guseseka ,kandi aramenetse!!mbese ninde ntwari ,cyangwa intwarane yahagarika ibigiye kubaho?Dore umugabane w’Africa, ugiye gukorwa nisoni Zambaraga mwirataga zirihe?!Ariko kuko banze kumva iyo ivuga nicyo cyatumye Imana ibareka ngo igaragaze gukiranuka kwayo,yashatse  guhinyuza ubwenge bw’Abantu n’imbaraga birataga z’Amaboko yabo yabana ba bantu.Niyompamvu bazaguhiga hasi no hejuru kugirango udakomeza kugaragaraza gukiranirwa kwabo,Ariko umva uko Uwiteka avuga!,nzakugirira neza ,kandi nzakurinda,ndetse nzaguhisha mu mababa yanjye kuko nta mwana w’umuntu ushobora kugukura mu bwihisho bwanjye,nzaca inzira ahatari inzira,kandi uko igiti gihisha urubuto rwacyo,uko niko nanjye nzaguhisha nkuko igiti gihisha urubuto rwacyo munsi yigiti.
  • Ingoma yigitugu,ishingiye kubutegetsi bw’ikinyoma igiye kuvaho,mu gihe izahitana ingimbi nabanyampinga kubera kwanga kumvira ibihanurwa!hakazacika ku icumu ingimbi ahanini nizo zizaba zigize umubare mu nini wabacitse ku icumu.
  • Frimasoner yabyaye Eliminatiz,Eliminatez-babyara NRM-nayo ibyara -FPR,nayo ibyara FDD-CNDD,bajya muri congo babyara RCD-nayo ibyara CNDP-nayo ibyara Amani leo-nayo ibyara Amani kaamiri-nayo ibyara M23,kubera ubwicanyi bwinshi bajya kumufungira I La haye Mu buhollande,igihe kirageze ngo imizi yabadayimoni iranduke burundu!
  • Kwemera kuba icyo uricyo biguhesha agaciro.
  •  
  • Imana ikomeje kugaya abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bigize cyangwa bihinduye abantutsi,cyangwa abumva bafite igitekerezo cyo kuba abatutsi!kuko uko Imana yabaremye ari ko kwiza kandi byayishimishije kubagira uko bari,nyamara Imana yakomeje igaragaza yuko abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi babaye babi cyane kurusha abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu!!??ntampamvu rero yo kwifuza kuba icyo utari cyo,dore abakora mwene ibyo nabategarugore bahora bifuza yuko babyara abana basa neza nk’aba batutsi cyane cyane abakobwa kugirango bazabone aba barongola,nyamara Imana yaremye ikigore n’ikigabo cya buri kiremwa.
  • Indunduro y’ubuhanuzi n’uko ubuhanuzi burangiriye aha,tukaba tutazongera kunyuzaho ubuhanuzi kuri uru rubuga kubera yuko intazi za Paul ubu zisigaye zirukontorola tukaba tugiye gushinga urundi muri aya mazina nyirizina,ariko ntizabatindira,tuboneye no gushimira abasomyi bacu,kuko bagiye badutera inkunga kuburyo urubuga rw’Inyangenews.com ubu n’urwagatatu ku Isi yose muri Millioni (30) za website ku isi Imana ibane namwe kandi ibahe umugisha.
  • NKUKO UWITEKA YABIVUZE!!!
  • NKUKO  UWITEKA YABIVUZE!!!DORE MALAIKA AHAGAZE KU MURYANGO W’INKUGE,AMAZE GUFUNGA UMURYANGO!!! YEE YEE NIBAZE,BARUHUKE IMIHATE N’IMIRIMO YO MWISI.MAZE ABIRINGIYE AMABOKO YABO,NABO BAJYE AHO BAGENEWE,KUGIRANGO IMIRIMO ITANGAJE Y’UMWAMI MANA YAVUGIYE MUKANWA KABAHANUZI ISOHOZE GUKIRANUKA KWAYO.
  • IGIHE CYE KIRARANGIYE,AKORESHA IKINYOMA CY’UKO AKORERA IMANA,ARIKO ATARIYO AKORERA:
  • kuwa 09/06/2013 Imana yagaragaje intumwa ya satani Paul Gitwaza imbaraga akoresha z’umwijima zigera kw’iherezo ,zitzkibzsha gukora ibyo zigomba gukora,ndetse Imana yamugaragaje yambaye ikazu yabagore ifite amabara (3) Umutuku,umukara,umweru mutoya,ibyo bisobanura imirimo akora y’uruvangitirane,ikindi Umwuka w’Imana yambwiye n’uko yatanzeho igitambo abantu (20) kugirango abashe kugera kubyo yifuza kugera,ibyo byose Uwiteka yarabyitegereje arabimenya,kandi arabigaya,none abishyizeho iherezo.Itorero rya ZION rishobora kurangira kubera imbaraga ryakoreshaga zitari iz’Umwuka w’Imana,Gitwaza rero akaba agiye gukorwa nisoni kuburyo bugaragara kandi nawe yahise abimenya agira ubwoba bukomeye cyane,ayoberwa uko bigenze,abafite amatwi nibumve ibyo umwuka abwira itorero.
  • Kuwa 28.06.2013 Imana yahishuye ko abakozi b’Imana ba Pasteur bagiye kurimbukira mu ntambara igeze kumarembo y’Urwanda,abenshi bazarimgurwa n’umudayimoni w’Ubusambanyi.Ariko abakiranutsi izabarinda.
  • Yongeye gusinya amasezerano na Satani amwongerera imbaraga.
  • kuwa 07.07.2013 Imana yagaragaraje intumwa Gitwaza Paul yongera gusinya amasezerano y’indi myaka (5) na satani kugirango yigarurire abantu bamaze kumucikaho no kumumenya,yahawe umwuka w’igikundiro,n’icyubahiro no guhuma amaso abakristu kugirango ibimuvugwaho bifatwe nk’ibihuha.Ndetse nabaririmbyi ba Azafu bagire igikundiro kubantu bose na za CD zabo zibashe kubona isoko babashe kugira amafaranga menshi.
  • Igiye guteza indwara y’ibibyimba mu Isi kubera gukiranirwa.
  • Kuwa 08.07.13 Umwuka w’Imana yavuze yeruye yuko Imana igiye guteza ibibyimba by’inturikirane mu isi kubera ubugome bw’Abana ba bantu bakomeje gukora mu isi,ndetse anavuga yuko ya nzoka ivuye mu nyanja  imaze  igihe kirekire  yihishe ,igiye kujya ahagaragara kugirango ijye mu isi,itangire gukora kumugaragaro,anavuga yuko muri Africa hagiye kubaho intambara nyinshi zigiye kwiyongera,iyi nzoka izaremerera abatuye isi ariko abakiranutsi bazarindwa.Uko niko Uwiteka avuze.
  • UBUKUNGU BW’ISI BUGIYE KONGERA KUGWA:
  • Ubukungu bw’Isi,Imana yavuze yuko bugiye kongera kugwa,mwuka w’Imana abivuga hari kuwa 08.07.13,avuga yuko ukuboko k’Uwiteka kutazabura kuremerera abigize ba ntibindeba mugushaka mu maso h’Uwiteka.Imana izabateza amakuba n’ibyago kugeza aho bazamenya yuko mu ijuru hari Imana.Baba abakomeye cyangwa aboroheje bose bazasangira ibyago usibye abakiranutsi bonyine nibo bazarindwa.
  • Amasengesho basenga nay’ubwoba,n’impfabusa.

kuwa 09 Ugushyingo 2013,Uwiteka  anjyana mu iyerekwa maze mbona abanyarwanda bakora amasengesho menshi cyane basengera kugirango intambara itaba,ariko amasengesho yabo ahinduka impfubusa!Numva ngize agahinda kubona benewacu babuze igisubizo k’Uwiteka.

  • IGIHE CYACYO CYARARANGIYE KIGIYE GUTEMWA,MUHUNGE KITABAGWIRA.

Kuwa 10 Ugushyingo 2013,Mbona igiti kire-kire cyane gifite amashami matoya,icyo giti cyageraga mu ijuru,maze mbona Malaika aracyuriye agitemera ahagana murucyenyerero rw’icyo giti,maze mbona umuyaga urakijunguje cyane mbona kiraguye gicikamo ibice (3) bire-bire,mbona nanjye mbona ntwaye ishami rimwe rinsanga aho nari ndi,abantu benshi cyarabagwiriye.Hanyuma mbona ibiti 2 biteye mu mbuga byari byarabuze uko bishora imizi kubera cya giti cyabinyunyuzaga,kimaze gutemwa ibya biti 2,mbona bishoye imizi mubutaka.

  • Ahagarariye Abanyamulenge.

(B) Mbona abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi bitwa aba congomani babanyamulenge ariko bavuga urulimi rw’Ikinyarwanda,mbona muri bo amasengesho yarabarangiyemo ntawugisenga Imana yo mwijuru,kandi Imana ibagayira gukiranurwa kwabababonetsemo,barangwa n’ubuhemu,ubwambuzi,ubugambanyi,ubwicanyi,amarozi,nibindi bibi byinshi byatumye Uwiteka atabumva,ariko hagaragara umugabo umwe wasengaga cyane uwo  mugabo nabonaga ar’igikara asengera abanyamulenge kugirango Imana ibagirire imbabazi kubera ibibi bigiye kubabaho aho bari hose mu Isi,nezezwa n;uko babonye nibura ubasengera.

  • Abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu urwango rwokwanga abatutsi rubaye rwinshi cyane.

(C) Imana yongera kugaya abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu,kubera urwango rukomeye banze abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi,maze mbona bahereye kumuhanuzi wahanuye ibi kugirango bamugirire nabi,nyamara ibyo babikoze ntacyo uwo muhanuzi yabatwaye dore ko nta naho yaraziranye nabo!!baramufata bamugirira nabi ariko kubw’imbabazi z’Imana iramutabara arabanesha,maze Uwiteka yongera kwibuka gukiranirwa kwabo no kumena amaraso bamennye muri 1994 ataribagirana imbere y’Uwiteka dore adashobora kwibagirana kuko yabaye urwibutso imbere y’Imana kandi ahora asaba guhorerwa.

  • Amatora yabaye mu rwanda yabadepite niyo yanyuma muri repubulika ya lll.

kuwa 11Nzeri 2013,Imana yavuze yuko nta matora mu Rwanda azongera kubaho ya FPR ajyanye nabadepite cyangwa amatora ya repubulika yabo,ibyo Uwiteka yabivuze kubera yuko igihe cyabo cyo gutegeka kirangiye!

kuwa 12 Nzeri 2013,dore amagambo Uwiteka yavuye mukanwa k’umuhanuzi MajeshiLeon Habakkuk 3:14,You trust through with His own arrows,the head of his villege.They come out like a whirlwind to scater me,their rejoicing was like feasting on the poor in secret.

  • Raila Odinga wahoze ari Ministiri w’Intebe.

(C) Imanayerekanye umunyepolitiki wo muri Kenya witwa Raila Odinga,ko harimo gukorwa ibishoboka byose ngo ntazongere kwemererwa kwiyamamaza bashingiye kumyaka,maze mbona yitabaje kiliziya gatolika kugirango ibimufashemo,ndetse mbona hari nabanyarwanda bo mubwoko bwamaneko bashinzwe kumurindira umutekano yahawe na perezida kagame.

kuwa 14 Nzeri2013, njyanwa mukibaya giteraniyemo ingabo zirwanya ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame,mbona zigose umusozi ingabo za leta y’Urwanda ziteraniyeho kugirango zuhangane nabazirwanya,maze mbona abanrwanya ubutegetsi barwanye nabene wabo maze ingabo za leta y’Urwanda zibakubita inshuro ya mbere,bongera inshuro ya kabiri na none bakubitwa ikibatsi gikomeye cyane,ubwa gatatu biyambaza umuhanuzi mukuru maze ajyana nabo kurugamba ahamagara Imana yo mwijuru maze Imana yemera kujyana nabo bajya kurwana haburagaho gato ngo ingabo zaleta y’Urwanda ngo zifate umuhanuzi mukuru,maze Uwiteka aramutabara,mbona rero abarwanya ubutegetsi bakubise ingabo za leta y’Urwanda bagenda babarasa umugenda,mbona babonye ibirindiro maze imiryango yabo ikajya iza kubasura nkuko inkotanyi za surwaga kumulindi wa byumba.Mbona abanyarwanda bose abari bakiriho mbona banejejwe nuko kagame atsindiwe kurugamba.

Mbona umuhanuzi mukuru anejejwe n’ukuntu Uwiteka ariwe utsinze urugamba,mbona yinjiye muri politiki igihe gito,arangije areka uwo murimo asubira mu mulimo w’Imana atangira gukoreshwa ibitangaza no guhanura rugerertse..

  • Uko Uwiteka yabivuze nta kitazasohora

kuwa 24 Nzeri 2013,nerekwa intara ya Karagwe y’irukana abanyarwanda b’impunzi banze gutaha,ibakeka yuko bashobora kuzakoreshwa na leta y’Urwanda,maze mbona barabirukanye hasigaye ubusa,ahari hatuye abantu hasigara amatongo,ariko muburyo bwatunguranye nerekwa iyo ntara yafashwe n’uRwanda,niba umwakagara ariwe uzahafata sinamenya kuko byabaye ibintu bidasobanutse ndetse n’isi yose ntiyamenye uko bigenze.Ikurwaho rwa kagame rizaba mu gihe cyi iki,ntabwo azaba ar’igihe cy’imvura.Nyuma yiyo ntambara hazabaho ubutunzi bwinshi bwari bwaratwawe nabarozi nabacinyi,kuburyo ubwo butunzi buzagusha abantu bakareka kubaha Imana.

  • Umudamu w’umunyarwanda-kazi niwe uzubaka urusengero ruzabamo ububyutse.

21 Nzeri2013, nerekwa urusengero rwiza ruzubakwa nyuma y’intambara,urwo rusengero rukazabamo icyibahiro cy’Imana,abantu bazaruboneramo umugisha.

  • Azabasubiza mu ngabo,bahinduke bamurase.

22 Nzeri 2013,Nerekwa abakuwe mu gisirikare basubizwa mu gisirikare,mbona ko barimo gusenga cyane kubera intambara ibegereje basaba Imana kugirango izabashe kubarinda iyo ntambara bazayirngize aribazima.(b) Mwana w’umuntu iyo biza kuba ar’ibishoboka mu gihe hisa niki,umwana w’umuntu akishakira ubwihisho kuko icyo gihe bizaba bikomeye kandi inzira zose zizaba zifunze uwagira ubwenge rero yakavuye mu nzira hakiri kare inzira zikigendwa!Akishakira ubuhingiro cyangwa ubwihisho.Uwiteka agiye kwihesha icyubahiro mu isi yose kubamuzi nabatamuzi,kuko uwo munsi bose bazamenya yuko ar’Uwiteka waremye ijuru n’isi.

  • Nyuma y’iminsi 23 byarasohoye.

Ibyo Imana yavuze ku gihugu cya Kenya kuwa 29 Ugushyingo byasohoye kuwa 23 Nzeri 2013,ubwo abashinzwe iterabwoba ku isi,bagotaga inzu y’ubucuruzi bakayifata bugwate bakayigarurira bakica abantu barenga 240, mirongo itandatu 68 bagakomereka.

  • Nguwo umwuka w’icyinyoma uhanganye n’ububyutse!

29 Nzeri 2013, Nerekwa umwuka w’ikinyoma winjira mu itorero ngo ubeshye abanyetorero,ariko mbona Uwiteka ahagurukije umuhanuzi mukuru maze arwanya uwo umwuka kandi arawunesha Uwiteka yihesha icyubahiro.Ese wibwira yuko ntari Uwiteka Imana ikomeye dore humura ntabwo uzakorwa n’isoni nkuko wibwira kuko ndikumwe nawe,nzakugirira neza ndetse abakuzi bose bazumirwa kuko nd’Uwiteka nakumenye izina ryawe niyompamvu nzakugirira neza.

  • Umudaimoni ushinzwe kurunguruka no gutwara imigisha yabantu.

02 Ukwakira 2013,Mbona abanzi b’umusalaba bohereje inyoni y’umukara ngo ize kurwana nanjye kugirango inyambure ubutunzi bw’umwuka Uwiteka Imana yampaye,ndwana nayo mbona ndayinesheje Uwiteka yihesha icyubahiro.

  • Vice perezida wa Kenya WILLIAM RUTO:

kuwa 06 Ukwakira 2013 Nerekwa perezida wungurije wo mu gihugu cya Kenya ari mu butabera ILA HAYE (ICC); mu gihugu cy’UBUHOLLANDE,maze mbona urubanza ararutsinzwe bahita bamukuramo imyanda yari yambaye bamwambika iyindi ntekereza yuko akatiwe n”ubutabera.

  • Ministiri w’Intebe Harebamungu Damiean.

Kuwa 20 Nyakanga 2013,Uwiteka Imana yanyeretse umuryango FPR,ukora inama ngo bashakishe uwasimbura ministiri w’Intebe Harebamungu Damiani uriho kugez’ubu nka ministiri w’Intebe, kugirango uwari uriho igiye bagiye kwinjiramo atabasha gukora ibyo fpr imwifuzaho,ni uko mbona batangiye gushakisha bamwe mu bikomerezwa bya fpr abahoze arabakada,mbona bakoresheje ikizamini abantu(2);mbona Harebamungu Damiani  atsinze icyo kizamini aba (1); maze umututsi aba uwa (2);uwo mukada wari uhanganye na Harebamungu Damiani yahoze akora muri (RRA); ariko baranga bafata uwo mututsi uvanze n’umuhutu wabaye uwa kabiri kugirango intambara bagaiye kwinjiramo yoguhangana nabatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa fpr na perezida Paul Kagame.Nuko hagaragara amakimbirane hagati y’ibikomerezwa bya fpr kuba uwarusanzwe kuba ariwe utsinze ikizamini ariko umwanya ugahabwa uwo mukanda mushya!!Ariko biranga bifata ubusa kubera afande ariwe wabitegetse.

  • Nyuma y’iminsi 23,Imana ivuze ku gihugu cya Kenya.

Kuwa 14th Gashyantare 2013 Uwiteka Imana yahishuye yuko agiye guteza inzara ikomeye cyane mu gihugu cya Kenya kubera ko bitandukanije n’uwiteka Imana bakayoboka ibigirwa mana”Yeremiah 8:3 And the people of evil nation who survive who live in the places where I’ve scattered them will prefer to die rather than to go on living .I the Lord spoken. It will be a great famine in five yrs. (5) even in the world wide, the tribalism will go up, and the will take advantage to destroy the churches of Kenya. It will be different disasters some places, a lot of accident, and death will come surprised. I the Lord spoken.

 

Kuwa 05th Nzeri 2013 Najyanywe muyerekwa mbona Intumwa Paul uvugwa muri Bibiliya wahoze yitwa SAUL maze ambwira ko ngomba gukomeza umulimo nahawe w’ubuhanuzi,ndetse ambwira yuko nongerewe impano yo kuba intumwa ngo kuko Uwiteka yabonye ko nayo nshubora kuyikoresha,ikindi ngo nuko ntabantu Imana ifite abo yakoresha imirimo ihambaye kugirango duhindure isi yose,kubera iyo mpamvu mpabwa impano ya kabiri y’ivugabutumwa nogukoreshwa ibikomeye ibimenyetso n’ibitangaza n’ibiteye ubwoba.Mbona mpawe umudali wa Diamond ngereka kuwo nail mfite wazahabu yose nyambara ari (2).

  • Barasaba Imana ngo ibahe inzira bakureho Kaagame.

09 Ukwakira 2013,Mbona ingabo zavuye kurugerero ziteguye kurwaninya leta y’Urwanda,mbona bifatikanije nabarwanya leta ya Paul barwanya iyo leta bayikuraho ariko byabanjye kubagora.

  • Igiti cy’Umuvumu kirimo imitsindo ya FPR,

kuwa 15 Ukwakira 2013,Nerakwa ikinyoma cya FPR cyitwa igiti cy’umuvumu,aha niho baoreraga imihango yabo yose kugirango berebe ko ubutegetsi bwabo bwatera imbere ariko abazimu babo barabahakanira kubera ko igihe cyabo cyari kirangiye,mbona uwitwa Gatabazi Emmanuel ariwe usa naho yabaye umubitsi wa FPR,maze mbona ko areberera abajura ba FPR uko biba umutungo w’igihugu,aho kugirango ababuze nawe asaba yuko bamwongerera umushahara,yabanje kuba umubitsi wa leta,aba ushinzwe umutungo w’ikigo cya KIST.Maze mbona FPR igerageza guhisha icyo kinyoma kugirango kitazagaragara murwego mpuzamahanga.

22 Ukwakira 2013,Jeremiah 18:3,Then i went down to the potter’s house and there he was making some thing at the wheel and the vessel that he made of clay was marred in the hand of the potter’s ,so it seemed good to the potter to make.

 

Ezekiel 3:4 Then he said to me som of man,go to the house of Israel and speak with my words to them,For you are not sent to a people of unfamiliar speech and of hard  language  but to the house of Israel.

 

kuwa 22 ugushyingo 2013 Imana yagaragajeko uRwanda rugiye guha inzira abarwanya leta ya Uganda,maze uRwanda rukabatera ingabo mu bitugu kubera ko perezida Museveni yababereye indryarya mu ntambara ya batsindiwe muri congo.

kuwa 23 Ugushyingo 2013 Imana yagaye abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi kubera ubwikanyize bw’imyanya bashyiramo benewabo bakarobanura kubutoni bagafata abanyarwanda bandi nkaho ar’imbwa zabo cyane cyane abanyarwandda ba bahutu.

  • Abatangiye ubutaayu bakihangana bazaburangiza.

kuwa 24 ugushyingo 2013 Uwiteka Imana yagaragaje ko ahari ubutayu bugufiya hahindutse ikibaya cy’ubwatsi bure-bure aho niho yimikiye Umwami Kigeli V Ndahindurwa,kandi na none niho yimikiye Umwami wa III uzakurikira ingoma ya Kigeli V Ndahindurwa.

  • Ubutayu burarangiye.

kuwa 27 Ugushyingo 2013 Imana yavuze igiye guhana abatutsi bitwa abajiji bayobowe na Tito Rutaremara kubera gukoresha imbaraga z’umwijima,bakaba bahumanije nogutwara ubutunzi butari ubwabo abandi banyarwanda,bakaba batarigeze biringira Imana yo mwijuru ahubwo biringira Satani niwe wabaye Imana yabo.

  • Azabashora mu ntambara ashirwe ar’uko abamaze:

kuwa 30 Ugushyingo 2013 Uwiteka Imana yagaragaje abanyeshuli b’Urwanda ko perezida kagame agiye kubakoresha mu ntambara ibakikije ko bazaba bameze nk’inzinge zizagota uRwanda bakazasenya igihugu cyabo.Maze mbona umuriro umanutse uva mwijuru utwitse imbaraga z’umwijima zikoresha na leta y’Urwanda na FPR na perezida Kagame.

kuwa 04 Ukuboza 2013 Uwiteka Imana yagaye abacongomani bavuga ururimi rw’ikinyarwanda biyita abanyamulenge kubera kurangwa n’umwuka w’ishyari wababayemo akarande.

  • Hashize amezi (2) kuko hashize (3) ngo Umwakagara yice Umuhanuzi Majeshi Leon na Gen.Kayumba Nyamwaza na Col.Patrick Kageya.

kuwa 06 Ukuboza 2013,Uwiteka yahishuriye umuhanuzi Majeshi Leon amubwira yuko akwiye kwirinda ntacaracare kuko umwanzi w’Umusaraba perezida Paul Kagame yahiye inshingano zo kwica ol.Karegeya Patrick,Gen.Kayumba  Nyamwasa,Numuhanuzi Majeshi Leon,mu gihe cy’Amezi (3) ariko kubera abantu nyine batubaha Imana mu minsi 25,yaramaze kwirenza Col.Karegeya,hasigaye amezi 2,ubwo 2 basigaye nabo arabahigira hasi no hejuru kutababura,ariko abiringiye Uwiteka bameze nk’umusozi sioni utabasha kunyeganyega.

  • Arigushaka uko yakwimurira imitungo ye.

Kuwa 25.July.2013 Imana yagaragaje Ministiri w’Ububanyi n’Amahanga Louise Mushiki wabo,nabonye ananiwe cyane kubera kuvuga ibyo atemera nagato,ikindi n’uko atariwe wenyine,bari abategarugori babanyarwanda-kazi bishoboye,Imana yagaragaraje ko bamaze kurambirwa ikinyoma cya FPR.

Ikindi ni uko bagaragaye bafite ubwoba bwinshi cyane kubera bagenda babona amarembera y’ingoma ya FPR agenda aba mabi,Imana yabagaragaje ko barimo gushakisha ibishoboka byose kugirango bashake uburyo bwose bushoboka bimure imitungo yabo,nimiryango yabo,ariko bikagaragara ko byababereye ikibazo uburyo bazambutsa kubutaka bw’Urwanda.

Nkiri muri iryo yerekwa,mbona amatongo yo mu Rwanda arwanira imyanya,cyane cyane ayahoze ara perezida Habyarimana,kugirango ajye iruhande rw’Umuhanda wa kaburimbo hafi yaho imodoka zinyura.

Mbona kandi nanone imodoka zo mu mujyi wa kigali zirwanira mu muhanda zifite ubwoba bwinshi kubera ibigiye kubaho mu gihugu,ndetse nabonaga namavuta ya essansse yabuze bityo imodoka zigira ubwoba bukomeye kuba zigiye guhera mu muhanda.Ubwo hahise havuka ikibazo cy’intambara yamamodoka ishingiye kumoko yazo(Ubutegetsi)

Uhagaraliye umwuka wa bajiji wabacwezi.

Umwuka w’ikinyoma cya FPR usubira mububiko bwawo kuko ikinyoma kigeze kwiherezo,mbona ndi mubutayu bugufiya,maze mbona ngeze kunkombe z’ubutayu ahagana kunyanja iri haruguru y’ubutayu,hakurya yayo harumusozi wabajiji aho bari batuye mbere yuko batahuka igihugu cy’Urwanda,mbona uwo mwuka w’ikinyoma usobiye aho waturutse kuri uwo musozi wabajiji bo mubwoko bw’Abatutsi,mbona umukuru wicyo kinyoma ari TITO Rutaremara,uwo ugeze kuri uwo musozi wigabanyamo kabiri umwe winjira mububiko bwawo aho wateguriwe,undi nao ujya kuzerera kuko byagaragarako udafite ububiko wasigarije kuko wari wizeye ko ikinyoma cyafashe imizi ntawuzagikura mu mwanya wacyo,umwuka wa 2 wari umwuka wakarande wo mubwoko bw’Abatutsi.

Royan Sport izatwara igikombe ikimenyetso cyo gusenyuka kwa APR.

Kuwa 10th/11/2013,Nerekwa amakipe 2,Reyon sport na APR FC mbona zirigukinira mukibaya cy’Ubutayu bugufiya maze Reyon itsinda APR FC,maze umwuka wikinyoma wa APR n’umwuka w’ubusambo n’umururumba mbona ubuze aho ukwirwa,mbona ugenda uzerera mubutayu kuko utarufite aho werekera kugeza igihe wageze kwiherezo urarangira.

Nkikomeje kureba ibyaberaga muri ubwo butayu,mbona umuntu wiyubakiye inzu ye mubutayu,abagizi ba nabi baraza bayimwirukanamo,barangije bayibamo igihe cyategetswe kigeze mbona yanzu abagizi banabi bayivuyemo basiga ar’umusaka maze nyir’inzu ayigarukamo atangira kuyisana (IGIHUGU)

Roza Kabuye na Roza Mukankomeje bananirwa kubahiriza inshingano zabo.

Nerekwa Col.Rose kabuye na Rose Mukankomeje bahabwa guhagarararira umurenge sacco,aho kugirango batange amafaranga kubaturage ahubwo bakajya bayaha ibikomerezwa nkabo kugeza igihe amafaranga bayamariye mububiko.

Maze mbona Col.Karangwa John ahungiye mugihugu cy’Ubugande,mbona nundi mukolnel ntamenye amazina ye ariko yahoze ayoboye urwego rw’iperereza ryo mugihugu nawe mbona yambuwe umwanya yarafite,ariko ananirwa guhunga kuko bamuhozagaho ijisho kuburyo atari kwinyagambura.

Inzara izatera igihugu cy’Ubugande hamwe n’Urwanda mu gihe kimwe mu mwanya umwe,kandi iyo nzara bizagorana kugirango babashe guhangana nayo,ndetse hagati yibyo bihugu byombi ntawuzahahira undi.

29th//08/2013,Nerekwa umwuka w’intumwa PAUL witwaga Saul,mbona unjeho maze mbona intumwa Paul mu ishusho yabantu maze arambwira ati komeza umurimo wa data kuko arikumwe nawe kandi azagukoresha ibikomeye mu isi yabazima.

Visi perezida wa Kenya Samuel William Ruto.

Kuwa 12th/09/ 2013,Mbona urukiko rw I LAYE mubuhollande baciye urubanza rwa Visi perezida wo mu gihugu cya Kenya SAMWERI WILLIAM RUTO, aratsindwa,amaze gutsindwa mbona bamujyanye mucyumba bahinnduriramo imyenda kugirango yambere imyenda yinda itari iyabafungwa ariko nabonaga arindishijwe abapolice benshi kandi abacamanza baseka cyane ko urwo rubanza barutsinze.Uyu mugabo nafungwa icyo gihugu kizinjira mu ntambara idasanzwe yamoko n’ubukungu bw’icyo gihugu buzagwa hasi,kandi intambara yamoko iagera kuri 85%

Kuwa 30th/11/2013,Mbona umuriro uturutse mu ijuru utwitse uRwanda rwose maze abanyepolitiki babura aho bahungira,bamwe bajyenda bavuga ngo ubuhanuzi bw’umuhanuzi Majeshi Leon budusohoreyeho,iyo tutabusuzugura ahari twarikubasha gukiza amagara yacu.

Kuwa 02th/11/2013,Imana yongera kunyereka undi mugabo twabanye turi abasore witwa Ernest  twabanye IGISENYI,tukaba twrabanye no mugisirikare Imana inyereka ukuntu yampumanije ubwo nakoreraga MU MURWA WA GOMA,kubera ishyari maze mbona umuvumo yanshyizeho arawusubiranye.Imana ikomeza kunyereka wa musaza wadutwaye ubutunzi cyangwa umugisha uhereye 1978,maze Imana insobanurira uko yabigenje Uwiteka arambwira dore umugisha wanyu umaze imyaka 34 waratwawe nabanzi b’umusaraba ariko noneho ndawubagaruriye kuko wabaye imbere yanjye ugakunda gukiranuka niyompamvu nguhaye umugisha abari barawutwaye mbashubije umuvumo wabo kuko batanyubashye kandi bakabagirira nabi ari ntampamvu.

Umudari wa Diamond.

Maze anyambika umudali wa Diamond awugereka kuwa zahabu nari nambaye yombi uko ar’ibiri ndayambara ntangira kuvuga ubutumwa bwiza mbifatanya no guhanura!

Dr.Joe Kayo appostles.

Kuwa 03/09/2013,Imana inyerekwa Dr.Appostle JOE Kayo ukorera umulimo w’Imana mu gihugu cya Kenya maze umwuka w’Imana anyereka uburyo yayobye kubera ubwibone bukabije cyane,nongera kubona Pastor Ngarambe Albert ukorera mu itorero ryitwa mahanaimu ryabakoreye Imana imbwira uburyo uwo mupastor yayobye uburyo yiyemera kandi akumva ko ariwe uzi ukuri akaba atemera guhanwa cyangwa kugirwa inama.

Kuwa 03/11/2013 Imana inyereka wa mwuka wa Saul wahindutse Paul,maze umwuka arambwira ati igihe cyo kuva kumusozi kirageze,none manuka uve kumusozi kuko igihe cyo kwihesha icyubahiro kubugingo bwawe kirageze,mbona intumwa Paul irage igendera hejuru yamazi nkuko Umwami yesu yayagenderagaho,maze araza arambwira ati manuka kumusozi witegure urugendo kuko Uwiteka agiye kukujyana mu mahanga aho uzamukorera utikanga uko niko Uwiteka avuze.

Nerekwa umwuka wabaframasoneli bakora inama hamwe nabayobozi ba bank nkuru y’isi yose,bemeza ko bagiye gushyigikira umushinga wamazi bagashyiramo product cyangwa imiti ihumanya muburyo bw’umwuka kuburyo umuntu uzajya anywa ayo mazi wese azajya akurwamo umutima wo kubaha Imana ndetse akazajya aterwa n’ubusambanyi bwinshi cyane kuburyo adashobora kwikontrola,uwo mugambi akaba ar’uwa Anti-Christ.

Mbona Uwiteka arambuye ukuboko kwe kubacuruzi bo mubwoko bwa Restaurant,abateza guhomba kubera uburyo bategurana amafunguro abantu bari bufungure,nuburyo babikorana ubugome,maze mbona za Restaurant zo mu Isi yose abakozi bamarestaurant bakajya bajya kumuhanda gutega abakiliya no kubinginga ngo baze barye ibokurya byabo,icyokunywa bazjya bakibahera ubusa.

Mwana w’umuntu tega amatwi ibyo ngiye kukubwira dore abanzi bubugingo baraguhagurukiye,ngiye kugukorera ibikomeye mbagukize kandi nzaguhorera inshuri ndwi (7) kuko bakunze gukiranirwa bakanga gukiranuka,bakurwanya bibwira yuka ariwowe barwanya ariko ndagirango nkumenyeshe ko utazongera kubabona ukundi Uwiteka ubivuze.Nerekwa umugabo wabaye inshuti yanjye kera tukiri abasore,Imana inyereka uburyo yahumanije ubugingo bwanjye ndetse nawe yatwaye umugisha wanjye,ariko Uwiteka arambwira ati ubu noneho umugisha wawe urawugaruje wose umuvumo bari baragushyizeho usubiranye banyirawo.

Nyuma yogukorwa n’isoni yanze kwihana,akomeje umwuga wogukiranirwa.

Kuwa 06th/11/ 2013 Mukeshimana Jennette yongeye gukoresha imbaraga z’umwijima ariko ziba impfabusa kuko igihe cyabarozi cyararangiye kubakiranutsi ndetse cyane bakorera Imana.Ingabo z’uRwanda zitotombeye kuba zirwana intambara itarangira kandi abanyarwanda bakaba ntanyungu bayifitemo ndetse n’imiryango yabo,Imana yanagaragaraje ko M23 izashaka kwegura agatwe ariko nubundiizakorwa nisoni nkuko byayigendekeye.

Neretswe abadaimoni babiri 2,bari basigaye mu muryango wanjye narwanye nabo ndabanesha,Uwiteka ahabwa icyubahiro,ibyo byari ibisigarizwa byo kwa Ruzezwa Narsis twari duturanye.

Kuwa 07th/11/ 2013,Imana yahishuye yuko intambara igiye kuba murwanda abatutsi bavuye mubugande nubudi bazongera bagahungira muri icyo gihugu cy’Ubugande.

08th/11/ 2013,Inteko y’ubucamanza yo mwijuru yaricaye ica urubanza rwanjye nabanzi banjye bari baratwaye umugisha wacu,maze mbona abacamanza bampaye urupapuro rw’irangiza rubanza nezezwa no gukiranuka kw’Imana n’imanza zitabera.

Kuwa 08th11/2013 Imana yaravuze ngo abanzi banjye naho bajya mubushorishori bw’Inyenyeri mu ijuru izabanurayo ibakubite hasi OBADIYA 1:3-4

Kuwa 07 Nov 2013,Uwiteka yavuze ko agiye kunyeganyeza isi yose,izahinda umushyitsi,ndetse ibice byinshi bituye bizahura n’umutingito ibyo Uwiteka azabikora murwego rwo kugirango abantu bave mubyaha batinye Uwiteka kuko bamaze gukabya gusuzugura Uwiteka no gukora ibyo bashaka.

Ingabo z’Urwanda zagiye kurwana muri Congo zizatatana nk’izitagira umutware,zizakwira imishwaro zikorwe nisoni imbere ya mahanaga.

Kuwa 17th Dec 2013,Mbona umuriro umanutse na none uva mu ijuru utwika igice kimwe kigizwe n’ubutegetsi bwa FPR,icyo gice kimwe cy’Urwanda kirashya kirakongoka ntiharokoka nagato

Kuwa 23th Dec 2013,Nerekwa uwitwa Jeff ukorera muri JRS mu murwa mukuru wa kampala ahabwa missiyo yogushaka abakobwa yakohereza bakajya gushaka umuhanuzi Majeshi Leon kugirango bamuce igihanga kubera bamushatse igihe kinini bakaba baramubuze.Kandi abo bakobwa bakaza biyita abarokore bavuga ko bashaka ko mbahanurira.

 

Kuwa 24th Dec 2013,Mbona Gen.Kayumba Nyamwasa aseka anezerewe cyane kubera umuriro warumanutse uvuye mu ijuru utwika igihugu cy’Urwanda ibintu byose birakongoka maze anezezwa nuwo muriro uturutse mu ijuru biramushimisha cyane.

 

Kuwa 25th Dec 2013,Mbona abanzi b’umusaraba bategura gahunda yokunshakisha aho ndi hose kugirango bance igihanga,ariko Uwiteka arambwira ati humara nzakurinda ngeze ku iherezo ry’ibyo bibwira ko bitazabageraho

 

Kuwa 26th Njyanwa mu iyerekwa,mbona ndi mu nzu nziza,mbona abanyamulenge hanze yiyonzu,ijwi ry’Uwiteka rirambwira riti bwira abo banyamulenge binjire mu nzu bareke kurungurukira mumadirishya,ndababwira ngo binjire niko Uwiteka avuze ariko banga kwinjira maze Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho riti mwana w’umuntu uko ubonye abanyamulenge banze kwinjira mu nzu kandi imiryango ikinguye,uko niko batazinjira mu masezerano yanjye nari narabasezeranije kuko bajyendeye munzira za balamu,amasezerano nari narabasezeranije nzayaha abandi bagendeye mu nzira zo gukiranuka.

 

Barategura kwica umuyobozi w’InyangeNewss.

 

 

Kuwa 27th dec 2013 leta y’Urwanda yakoze inama yogusenya ikinyamakuru inyange Newss.com ,ngo kuberako abantu benshi bemera ubuhanuzi bugaragara kuri urwo rubuga.no kwica abanyamakuru b’icyo kinyamakuru inyange Newss.

 

  • Barategura kumwica.
  •  

 

Kuwa 27th Dec 2013 Imana yahishuye umugambi wakozwe nibihugu byibihangange biwukoranye na perezida Paul Kagame wokwica perezida wa repubulika iharanira demokarasi ya DRCongo JOSEPH Kabila akaba yiriwe ataraye kandi ntabwo bazamuhusha bikaba biri murwego rwokujya gusahurayo umutungo wicyo gihugu.

 

DJEZEBELI wagushija abakiranutsi.

 

Kuwa 27th Dec 2013,Imana yahishuye yuko ba IMAMU BAHAGARARIYE IDINI RYA ISLAMU ko bakoresha umuzimu cyangwa umudayimoni wo mumazi,akaba ariwe ubaha ubutunzi bwose bafite kugirango babashe kumukorera nawe yabemereye ubutunzi bwose bazifuza,bemerewe no kwica umuntu wese uvuga nabi idini ry’Islamu.

 

Mbona uwo mugore wijyini yari yambaye imyenda yukara yinjira no muri ba SHEAH,abategeka kumuramya no kumukorera.

 

Kuwa 28th Dec 2013,niho Imana yantsindishirije intambara ndwanye iminsi ingana na 2190 niho abanzi b’umusaraba bose nabatsinze ntangira kwinjira mu mugisha wanjye.Iyo ntambara nayirangirije kumasengesho yamasaha 48 ntarya ntanywa intare yo mu muryango wa dawid iraneshereza.

 

Kuwa 29th Dec 2013,Njyanwa mu iyerekwa mbona ndwana nabanyarwanda bo mubwoko bw’Abahutu turarwana ndabanesha,maze umwuka arambwira abo nabahawe missiyo yo kuguhiga ariko ntabwo bazakubona missiyo yabo izaba imfabusa.

 

Kuwa 29th dec 2013,Mbona abanyarwanda buzuye imihanda y’Urwanda bashagaye Umwami Kigeli v Ndahindurwa kuko yari yamaze kugera mu gihugu yimye ubwami abanyarwanda banezerewe cyane.

 

Col.Pastor.Fred Nyamurangwa akaba n’umuvugizi w’Itorero CLPR.

 

Imana yavuze yuko we na Appotle Rugumbuguza Meshack ubu uba muri America bacuruza ijambo ry’Imana,Nyamurangwa na Rugumbuguza Meshack Imana yabagaragaje baracitse ibirenge bisobanura ko nta butumwa bwiza bagifitiye abanyarwanda.Bari bahagaze kuri Centinery House bafite Imyenda yamashati mu ntoki bagurisha abahise n’abagenze hari mu mwaka  2007.

 

Kuwa 29th Dec 2013,Imana yanyeretse umupastor wo muri CRPL witwa Nafutari James uyoboye iryo torero rya Col.Nyamurangwa Fred, Imana yamugaye yuko asigaye yaraguye akava mu nzira zo gukiranuka kuburyo atagitinya gukorera n’ubusambanyi mu nzu y’Imana.

 

Kuwa 29th Dec 2013 Imana yarekanye Pastor Ngarambe albert ko akomeje kuyoba kandi atashaka mu maso h’Imana,abazamubona muzamubwire ko Uwiteka ababajwe no kuyoba kwe ko yakunze ibyiki gihe.

 

  • Ubutayu buhinduka inyanja.
  •  

Kuwa 30th Dec 2013,Njyanwa mubutayu,ngezeyo nsanga ahari ubutayu hahindutse inyanja.Numva ijwi rimbwira riti mwana w’umuntu dore umugabane w’Africa ugiye gukorwa nisoni uhereye mu gihugu cya Kenya,dore bananiwe kurengera abaturage bashinzwe kuyobora ahubwo inda nini n’ubusambo byarabarenze niyompamvu nanjye nzbakoza isoni imbere yamahanga maze ikinyoma cyabo kikajya ahagaragara.

 

Abanyamulenge bahawe na leta y’Urwanda guhiga umuhanuzi Majeshi Leon kugirango aho bazamubona hose bazatange ripoti kugirango bamuce igihanga yegukomeza gushyira ahagaragara ubuhanuzi bw’ibyo Imana ivuga kugihugu cy’URWANDA kuko abanyarwanda ubu bahanze amaso ubuhanuzi gusa kuko nibwo bwonyine bushobora kubaha ikizere giturutse ku Mana.

 

Nguhaye abalaika ngo bagukorere.

 

Kuwa 30th Dec 2013,Mbona abamalaika bamanukira muburasira-zuba bw’Africa barambwira ngo bagiye kurimbura ako gace kuko abiyita abakozi b’Imana bakabije gukiranirwa, mbona abapastor benshi barimbukiye muri ako gace kuburasira-zuba bw’Africa kubera umujinya w’Uwiteka wabanukiye.

 

Kuwa 31st Dec 2013 Maze Uwiteka arambwira mwana w’Umuntu dore nzakuzanira abantu banjye ubagirire neza ubasengere kuko nzaguha imbaraga ziruta izo ufite ubu kugirango ubuhore abosatani yagize imbata nzigaragaza kubatanzi kugirango bamenye ko nd’Uwiteka.

 

Dore abanzi b’umusaraba bongeye guhaguruka ariko dore ngiye gukora ibikomeye cyane ntutinye.

 

  • The great famine in the world wide starting in Kenya.
  •  

 

2:27 PM hour on 31st Dec 2013,On the first year of the JUBILEE coalition in Kenya, the Holy spirit spoken to me ,and told me,  and said, once again they’ll be a great famine in the country  of Kenya. And every evil will take place, and the great people will be ashamed thus says the Lord God almighty

Neretswe imuri 3 zinzaho.Dore umucyo wanjye uzakuzaho niho uzamenya ko nd’Uwiteka Imana yawe.

 

Ku wa mbere 01st w’ukwezi kwa mbere 01 umwaka wa 2014,nari mu mwuka,maze njyanwa mubutayu nerekwa ndi kukagezi ndimo gukaraba,maze haza umudamu uje kuvoma ageze kurako kagezi abona iruhande rwanjye hari abana 3 babahungu b’impanga,maze ampa ikivomesho cye mugihe ndimo kumuvomera amazi,ajya gukina nababana batatu 3 b’impanga,ndangije kumuvomera ndamubura hamwe nababana batatu 3 babahungu.

 

Mugihe ngishakisha aho berekeye mbona mukirere hejuru yanjye harikuza imuri 3 ziza zinsanga,rumwe rwar’umuhondo,urundi umutuku ujya kweruruka,urundi urwasanga n’izuba ariko ntabwo urwo rumuli rwatwikaga ahubwo rwali nk’ukwezi ariko rukeye cyane kuburyo umuntu atacishamo amaso.

 

Mbona ndi mu murwa umwe mwiza ariko udafite isuku ihagije,gusa harimo amazu maremare cyane,mbona muri icyo kirere umuyaga utwaye imyendaa yabanayarwanda bari bambaye ndetse nibyo barimo gucuruza mbona abanyarwanda bari mumahanga nibo bagenda bitoragurira iyo myenda nibyo bicuruzwa harimo nimishanana imyenda yakinyarwanda,maze abanyamahanga bananirwa kuyambara bakajya bayihera impunzi zabanyarwanda.

 

Kuwa 02nd/01/2014 Nerekwa abanzi b’umusaraba batega imitego ngo nyigwemo ariko ntihagira numwe umfata kugeza igihe naviriye mubutayu bure-bure.

 

Imana yerekanye ko mu Rwanda hazaba intambara abanyamahanga ntabwo bazabona aho bihisha bazaagerageza guhungira mu nsengero ariko ntabwo bizagira icyo bibamarira,abantu benshi bazasaahura ariko  ntabwo bazabasha kubirya kubera ko intambara izaba ibamereye nabi cyane ndetse benshi bazagwa mubusahuzi uko niko Uwiteka avuze.

Mwana w’umuntu dore hari abantu 10,bahiga ubugingo bwawe,none ngiye kuguhorera kugirango umenye ko nd’Uwiteka wagahumagaye nkakumenya mu izina,ngiye kubica bose ntuzongera kubabona ukundi kuko barahije ubugingo bwawwe,nanjye ngiye kurushya ubwabo bugingo niko Uwiteka avuze.

 

  • Dore uyu mugore yagushije abakozi b’Imana benshi abashukishuje ubutunzi asambana nabo.
  •  

Kuwa 03rd/01/2014 Nerekwa umugore DYEZEBELI ahagurukiye kurwanya ubuhanuzi,nabahanuzi bose bahanuye babibwirijwe n’umwuka wera,ahagurukira kubarwanya kubera yuko ubuhanuzi budatumma abasha gukora imirimo ye neza,uwo nerekwa ukuntu yagushije abakozi b’Imana benshi batabaye maso yagiye abashukisha ubutunzi bw’Isi bava mubyizerwa gutyo none dore baciriweho iteka n’Uwiteka Imana.

 

  • Ahar’ubutayu hahindutse ikibaya kinetse.
  •  

03rd/01/.2014 Njyanwa mu iyerekwa,mubutayu bugufiya,mbona icyo kibaya kilimo amazi ndetse harameze n’ubwatsi burebure,maze mbona malaika aramanutse amfata ukuboko tujya kureba aho aabayislamu basengera,tureba uko basenga arambwira ati aba bantu bakunda Imana ariko barayobye kandi n’injiji none sengera aba bantu kugirango Uwiteka abibuke nabo bazabone agakiza,ndabasengera Uwiteka atanga isezerano ry’uko bazakizwa.Nkurwa ahongaho njyanwa mu iriba ry’amazi,iryo riba nijyewe warigenzuraga abantu benshi Babura amazi mu mihana yabo bakajya baza kuvoma ku iriba ryanjye kuko ryari rifite amasoko adakama abantu benshi cyane baravoma bashira inyota cyane cyane abategarugore.

 

05th/01/2014,niki ubonye,mbonye urubuga rwa facebook,nuko rero umenye yuko ubaye ikimenyetso kigirwaho impaka,nkiri kureba ibyo mbona haje urumuli rujya gusa n’umuhondo w’ukwezi maze mbona n’urumuli rwiza cyane ariko amaso yanjye ananirwa kurunyuzamo amaso kuko rwari rukomeye cyane rwarushaga imbaraga amaso yanjye.

 

  • Abanyamulenge bahawe missiyo yoguhiga umunazi Majeshi Leon.
  •  

 

Kuwa 06th/01/.2014,Uwiteka Imana anyereka uburyo abakongomani bavuga urulimi rw’ikinyarwanda banshikisha imbaraga z’umwijima ngo kubera yuko nashyize ubuhanuzi bubagaragazaho integer nke,baranshikisha ariko Umwami Yesu arantabara nah’ubundi kari kambayeho.

 

  • Imana yangize kuba isoko yamazi y’ubugingo.

Nkurwa aho,nerekwa mbona mfite rubine yamazi,kandi nabonaga abantu benshi baza kuvoma kuri ayo mazi nkabavomera maze haza umugore wigishegabo kandi wumukire ashaka kunsuzugura ngo avome ku ngufu mfata ikivomesho cye ngisubiza inyuma kuko nabandi kumurongo yibwiraga ko ayo mafaranga ashobora gutuma tumutinya.

 

Kuwa 07th/01/22014 Ngarambe Albert Namubonye ku musozi bita biruhanya,arimo gusaba akazi ko kuragira inka”bisobanura kuragira abadaimoni icyo yapfaga byari ibihembo.

 

  • Urwanda rugushije ishyano.
  •  

Kuwa 10th/01/.2014 Najyanywe mu isi y’Umwuka,ngezeyo ntega amatwi ibihavugirwa,numva impanda ya malaika anyura mukirere cy’Urwanda ajyenda avuga ngo Urwanda rubonye ishyano rubonye ishyano

Kuwa 11th Jan.2014,Nerekwa abanzi b’Umussaraba balimo abadamu bisabanura “Abarozi”maze bandwanya karahava ariko Imana yohereza malaika arandwanirira araneshereza.

 

kuwa 13/01/2014.Uwiteka Imana yo mwijuru yerekanye uwitwa MUNYANEZA Emmanuel  ahabwa missiyo nabanzi b’Umusaraba guhiga umuhanuzi Majeshi Leon, uyu Munyaneza akaba akorana n’uwitwa JEFF ukorera muri JRS mu murwa wa kampala,JEFF akaba amushinja ko yijiye mu idini rikorera shitani ryamenyekanye ku izina rya Eliminati,akaba agendana n’undi mukommando uzi ku izina rya MEDARD yahoze mugisirikare cya kagame mu bajepe ku kimihurura.Uyu Munyaneza akaba yarinjijwe n’uwitwa ERRIC mu idini rya RICKY WARREN kuko ariwe uhagarariye umushinga wa RICK WARREN witwa peace Rwanda.

 

Ku wa 14/01/2014 Imana yanjyanye mubutayu,nerekwa mbona ahar’ubutayu hahinduka aho guturwa,mbona mubutayu bure-bure hahindutse ikibaye cy’ubwatsi burebure ndetse mbona abanut bangiye kuhatura,hagati yo murayo mazu nabonye hubatswemo urusengero rwiza,bisobanura yuko amasezerano yegereje ari hafi cyane,abanyarwanda bari mubuhunzi bari hafi kubuvamo,ndetse nabafite amazerano yogukorera Imana igihe kirageze ngo insuzugurwa zishyirwe hejuru.

 

Mbona abadayimoni bacitse ibiganza namaboko ndetse ibirenge basigaranye ibinifu by’umubiri mbona baragerekeranye mu miharuro yo kuhanda haruguru yicyo kibaya cy’ubutayu bure-bure,maze njya korosora ibyo byatsi byari bitwikiriye izo ntumbi mbona nabagore cyangwa abakobwa batagira ibirenge namaboko,maze umwuka w’Imana arambwira ati dore nyuma yuko muzinjira mu masezerano abadayimoni bazaba batwinzwe burundu.Mbona bafite amashusho yabakobwa babanyamujyi bafite amasura meza,mbona bavuye muri uwo mugende cyangwa uwo muharuro mbona banjiye mu murwa kujya gushaka abo basambana nabo,ndakurikira ngo ndebe amaherezo yabo mbona barampunze bajya kunyihisha.

 

Ikiranga Ntego cyabarwanya abantu b’Imana.

 

On 17th The holy spirit told me when i was in the prayer fasting,that i should pray for against BLACK BALL,is American association which is working as a negative vote especial one that blocks the admission of a applicant to an organization.A small black ball used as a negative ballot “God told that they got a fund of $4.000.000,to demolish Churches.”To shut out from social or commercial participation ostracize”.

kuwa 17.Mutarama 2014,Nerekwa mbona ndi kunyanja mfashe ubwato butoya ngiye kwinjira muriyo nyanja ngo ntangire urugendo,mu gihe ntangiye kugashya mbona haje ubwato bunini mbona bugeze kunkombe mva muri bwabundi butoya njya kwinjira muri bwabundi bunini buje kugirango ntaza kugwa muriyo nyanja.

Umubare wa anti-Kristo.

Kuwa 20.01.2014 Njyanwa mu iyerekwa mbona imibare 3 yemezwa ko igiye gukoreshwa mu Isi yabazima iyo mibare ni 666,bivuga ngo anti-kristo ahawe ububasha bwo gukora mu isi.Mbona n’umugabo ufite amaso asa nureba imirari,ariko icyangaje kikanantera ubwoba ni uko yarafite amaso impande zose,nta muntu wabashaga kumwihisha kuko yarebaga hose nkaho ar’Imana,ngaho rero abasenga nimusenge kuko amazi siyayandi agiye kurenga inkombe.Mutabaze ijuru naryo rizabatabara kuko bidaashoboka ko yarusha imbaraga Imana kandi ariyo yamuremye ahubwo nikimenyetso cy’ibihe.

Kuwa 21.Mutarama 2014,Nuko njyanwa mu mwuka nerekwa abanzi b’Umusaraba bongera gutegura umugambi wo kumpumanya ariko ntababsha kugera kumugambi wabo,ahubwo ibyo bari bagiye kunkorera aba aribo bigarukaho bibagiraho ingaruka.

Kuwa 22.Mutarama 2014,Njyanwa mu mwuka nongera kwerekwa abakongomani bavuga urulimi rw’ikinyarwanda biyita abanayamulenge uburyo bakabije kurobanura kubutoni,nta muntu wundi bifuriza ibyiza keretse bibanje kubanyura abandi bagafata ibibasagutse,uko babigenza niko n”Uwiteka azabagenza.

Nerekwa abari baratwaye umugisha wa gakondo yacu,mbonako nabo batangiye kwishyura ibyo bakoze,batangira gutakamba bifuzako babona umuntu wabasengera ariko ntibyashoboka cyeretse babanje kwishyura ibyo bakoze mu myaka 34 yose bagirira nabi abantu batariho urubanza.

Nerekwa abamailaka maze barambwira bati mwana w’umuntu dore uri mu isi yabazima,ariko utuye mu gihugu cyo mu ijuru numva ndanezerewe ndetse numva nshibjwemo imbaraga zo kongera gukorera Uwiteka Imana.

Nerekwako ubutayu burangiye burundu,kandiko Uwiteka Imana arambuye ibiganza agiye kungirira neza no kumpa umugisha kuko nemeye kugendana nawe ndetse nkaba naritwaye neza mubutayu kuko ntigeze nitotomba.

Nkiri muri uwo mwuka nerekwa abagizi ba nabi banyoherereza imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bw’Amajini,ariko mbasha kuzinesha ndangije kurwana nazo mpabwa ipite rya General mu buryo bw’Umwuka.

Nkiri mur iryo yerekwa mbona umupastor witwa Liliyoza Thai ko agiye gucishwa bugufiya kuko Imana yamusabye kenshi kwicisha bugufi agunda ijosi,none igihe kirageze  ngo acishwe bugufi icyo gihe azamenyako Uwiteka ariwe Mana ivuga ikanakora,maze mbona abadamu binshuti ze babanye nawe muri ako kaga agiye guhura nako.

23.Mutarama.2014,njyanwa mu mwuka nerekwa ukuntu Uwiteka Imana igiye guhana abadamu bo mu Rwanda kubera kutumvira Imana ahubwo bakumvira abana ba bantu,mbona Imana iteje ibihano abadamu bakora umwuga wokuroga.

Uwiteka Imana mbona iteje igihano mubagore batumvira Imana kandi bitwa ko bakijijwe cyangwa bayizi.Uwiteka Imana iteza igihano abadamu babanyabwoba kuko butuma badakora ubushake bw’Imana.Mwana w’umuntu dore ntaze umugabo narababuriye banga kumva,none igihe kirageze ngo umuryango ukingwe kuko numara gukingwa bidashoboka yuko malaika yakingura.

Kuwa 25.01.2014,Najyanywe gutambagizwa mu isi y’Umwuka,nerekwa ibi bikurikira,nabonye abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi baturutse mu gihugu cya Uganda,Buruse cyangwa Schoolar ship ngo bajye kwiga,mbona binjiye mu ishuri batangira kwiga,bahabwa ikizamini ariko ikibabaje nta numwe wabashijwe kugitsinda.Maze ndabwirwa ngo intambara igiye gutangira maze ibyo biratanaga bibe birangiye bamenye ko mu ijuru har’Imana ijya irenganura abakiranutsi n’Abanyantege nke.Imana irambwira iti dore mwana w’umuntu hasigaye ibimenyetso 3,kugirango intambara ibe,kandi iri hafi cyane kuruta uko abantu babitekereza.

(1) mbere yuko intambara iba,umuhanuzi mukuru azambanza yinjizwe mu masezerano.

(2)namara kugera mu masezerano ijwi rye rizimvikanira mu nda y’ibuye!.

(3)Perezida Joseph Kabila umuyobozi mukuru w’igihugu cya Congo azahita yicwa.

Kuwa 26.01.2014,Uwiteka arambwira ati dore igihe cy’imanza zabana ba bantu ziratangiye,soma Ezekiel 14:13,Yohana 5:14 kuko ngiye gutandukanya ibyiza n’ibibi kugirango abakora imilimo yabadaimoni bakorwe n’isoni

Kuwa 30.01.2014,ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira ngo umva uko Uwiteka uko avuga,Amaganya ya Yeremia 4:16 The Lord Himself has scatered them,he no longer watches over them.The priest are shown no honor,the elders no favor.

Nongera kujyanwa mu iyerekwa kuwa 30.01.2014,Nerekwa mfite inkoni mu ntoki,iyo nkoni ijwi rirambwira ngo ninyitunge inyanja,ndabikora maze mbona inyanja ihindutse nk’umugezi mutoya cyane,ubwo menya ko mpawe ubutware mu isi yabazima.

Kuwa 31.01.2014,Njyanwa mu mwuka ntambagizwa muri icyo kibaya cy’ubutayu bure bure,maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti jyenda uhagarare ahirengeye nkwerecye ibihishwe abana ba bantu,ndagenda njya ahirengeuye nerekwa Iyerusalemu hameze  neza cane(KIGALI) maze nerekwa abahatuye bamerewe neza ndetse barigaruriye imitungo yabajyanywe IBABULONI ku murwa witwa ishushani,mbabazwa cyane n’uburyo bambuye abajyanywe mubunyage bo bakaba baguwe neza cyane.Kuko bari baguwe neza kandi umurwa wabo barawusannywe usa neza cyane.

Mbwirwa kubyuka ngo nandike ibyo mbonye,ndabyuka ndabyandika nsubira kugisasiro ariko noneho mbona rya yerekwa nabonye mbere mu buryo bundi,nsubizwa muri rya yerekwa nabonye mbere; mbona IYERUSALEMU noneho hashenywe, cyaba igiti na mabuye byose byari byasenyutse ndetse n’ubutaka bwose bwangizwa n’umuzure isi irahinduka isa nabi cyane kuuryo byari bitagishoboka ko ubwo butaka busigarana ishusho cyangwa guturwaho.

Numva ngize agahinda mu mutima ndetse nawa murwa mwiza ntiwongeye kuboka cyangwa ngo ube wamenya ko higeze kubakwa,mbona abajyanywe IBABULONI ku murwa w’Ishushani mbona baratashye batangira kubaka igihugu ariko byari bigoye kubaka igihugu kubera uburyo cyasenyutse,gusa abari baragiye ku murwa w’Ishushani bari bakumbuye amazi y’Iyerusalumu n’Amata y’Iyerusalemu.

Ubutayu buhinduka umugisha.

kuwa 10,Gashyantare 2014,ku mwaka wa (5) w’ubutayu,Uwiteka yaransanze anjyana mu mwuka anyereka ibigiye kubaho mu isi yabazima.Neretswe ahari hasanzwe ar’ubutayu bumaze igihe kinini cyane,ubwo butayu nibwa bundi bugufiya mpora mvuga buri kunkengero z’inyanja.Nabonye iyo nyanja yuzura isesa amazi asesekara muri bwabutayu bugufiya.Maze mbona haje iyindi isi;itewe hejuru y’ubwo butayu yambikwa ubundi bwatsi butandukanye nabwabutayu;hagati y’ubwo butayu niyosi,harimo umwanya uringaniye.

Ubutayu buhinduka umugisha.

Mbona munsi yiyosi,hashyizwemo intare(2); zizajya zikora uburinzi,kugirango hatagira abantu bajya muri bwa butayu bwahise buhinduka jaride cyangwa akalima ko guhingamo imboga,ariko imboga zahise zimezamo ubwazo,hanyuma abantu bakagendagenda hejuru ya yasi,iri hejuru ya bwabutayu,za ntare nazo zari zirinze ko hatagira umuntu wajya gusoroma imboga zo muri ako kalima.

Ubutayu buhinduka umugisha.

Mbona hagati y’inyanja na bwa butayu bwahinzwemo akalima,harimo umugore ucuruza imboga zihingwa muri ako kalima kahoze ari ubutayu!Nijye jyenyine wabashije guhabwa imboga zihingwa muri ako kalima,maze mbona abagore bazengurutse uwo mulima wahoze ar’ubutayu bashaka kwiba izo mboga,abagore bisobanura abarozi kuko nibo kenshi bakunze kwitabira uwo mwuga usibye ko nabagabo muri iki gihe basigaye babafsha gukora uwo mwuga.

Maze ndabwirwa ngo,ubutayu burarangiye,ahar’ubutayu Uwiteka ahahinduye umugisha,ariko abatubujije umugisha mu gihe cya mahoro bagiye kudusimbura bajyanwe kuba mu murwa w’ishushani mu gihugu cy’IBABULONI aho natwe tumaze iminsi dukorera agahato,badusimbure kumirimo twakoreraga icyo gihugu kandi bo ntabyiringiro byo kuzavayo.

Umwami wa lll azimikwa n’Uwiteka ku nyungu ze.

 

Uwiteka Imana anyereka ku nshuro ya (5) uzaba wa lll uzakurikira XB,nyuma yuko asimbuye KIGELI wa V Ndahindurwa amaze gutanga,byaratunguranye kuko uko babitekereza siko bizajyenda,uwo Mwami azimikwa n’Uwiteka wenyine kunyungu ze,azaba afitiye imigambi myiza Urwanda rwa gasabo,icyo gihe amahoro aziyongera kandi Urwanda ruzaba ruyoborwa n’Uwiteka wenyine kugirango ategure ingoma ya kristo.

 

Kuwa 31st Mutarama 2014,imbaraga z’umwijima zikorera mukarere k’ibiyaga bigari igihe cyazo kirangira!Mbona zikozwe n’isoni zikurwa mu gicumbi cyazo ziratatana.Nabonye ibyo twasize byose mu gihugu byigabazwa nabategetsi bo ku ngoma ya fpr,maze igihugu kirabaryohera kubera uburiganya no kwambura ibitari ibyabo,maze mbona hakubye imvura iteye ubwoba isenya ibikorwa byose bakoze ndetse n’imitungo yose bambuye abantu hamwe nibyo bashatse bo ubwabo bisigara nta muntu numwe bifite wokubizungura!Igihugu gihinduka umwirare!

Kuwa 11th Gashyantare 2014,nerekwa umuhanuzi mukuru ari munsi y’igiti cy’inganza marumbo,mpasanga umudamu ufite abakobwa (3);n’umuhungu (1); mbona afashe umwana w’uburiza aramutwaye abandi (3);abasiga aho,haza uwimfura atwara ubuheta bw’uwo mudamu asiga wa mwana w’umuhungu ariwe bucura amusiga munsi y’igiti barigendera uwo mwana w’umuhungu asigarana n’umuhanuzi mukuru(Umudamu n’Itorero,Igiti n’ubutegetsi,umwana w’umuhungu Umwuka wera)

Rayon izatsinda APR FC,kizaba kimwe mu bimenyetso ko ubutegetsi burangiye.

 

Nerekwa APR FC,yasuye Raron sport birakina hari mu masaha ya saa saba 01:15 hrs,mbona Rayon sport itsinze APR FC,uhereye ubwo APR yahise isenyuka ntiyongera kugaragara mu makipe y’umupira yo mu Rwanda kuko yajyanye na basebuja.

Kuwa 14 Gashyantare 2014, Umwuka w’Uwiteka yaranganirijeambwira yuko Umwami w’Urwanda agiye gutaha,namara kugera ku ngoma akwiye guca inzigo yaboshye igihugu cy’Urwanda (Urwagasabo)

Imana yagaragaje ko muri congo abanyarwanda bahatuye nababona ubwami bw’Urwanda nibumara gusubira ku ngoma,nabo bazashyiraho inama nkuru ngishwa nama y’ubwami.

Imana yagaragaje y’uko igihugu cy’Ubwingereza aricyo kizashyira ishingiro ry’ubwami mu Rwanda,ndetse bazagura ubwami bw’Urwanda.

Imana yagaragaje ko izazamura abatindi bo mu Rwanda ibicazanye nibikoma ngoma,abasenga Imana bazakurwaho igisuzuguriro.

Kuwa 16th Gashyantare 2014,njyanwa kumusozi wokugeragerezwaho mpasanga abanyarwanda benshi bo mu bwoko bw’Abatutsi bazanywe kwigishwirizwa kuri uwo musozi kandi buri muntu yarafite icyumba cye cyo kwigirizwamo,ahanini abo bantu bari baraturutse mu gihugu cy’Ubugande.

Mbona mu kibaya cy’ubutayu bugufiya mbona inka “abadaimoni”zirukanka zihunga amakuba agiye kugwirira igihugu cy’Urwanda ndetse zirukaga zitanguranwa kujya kunywa amazi yo mu iriba riri mubutayu bugufiya bwegereye inyanja yo mu majyaruguru y’ubutayu.

Nerekwa abanzi b’umusalaba bahakanaga imbaraga z’ubuhanuzi hamwe n’imbaraga z’Imana,bazura umwuka w’inzika barakazwa cyane nuko ubuhanuzi busohoye.

Kuwa 17th Gashyantare 2014,Uwiteka Imana yanyeretse burebure ko igihe cyabwo gisohoye hagati y’ubwo butayu harimo itorero mbona abadaimoni bari kunkengero z’ubutayu bure –bure barimburwa barapfa barshira kugirango batazarwanya itorero rya kristo.

Impano z’ubutegetsi zagwingijwe nabadaimoni zihawe kongera kubaho.

Mbona ibiti bitoya bishibuka byari byaragwingiye (impano z’ubuyobozi zapfukirannywe) ibyo biti mbona birazamutse neza cyane ndetse mbona ahari ubutayu habaye ibyiringiro.

Itorero ry’Imana ryatwawe n’inkozi zibibi ariko igihe kirageze ngo risubizwe beneryo “abakiristu”kugirango rikore ubushake bw’Imana.

Ubutayu bwo kwerekerwamo.

Kuwa 19th Gashyantare 2014,Uwiteka yanjyanye mu butayu bugufiya mbona uburyo abanzi b’umusaraba bakaba n’inkozi zibibi uburyo bubatse mu butayu bibwira ko bubatswe mu gihugu cyiza,igihe kigeze ibyo bubatse byose birarimbuka.

Mbona urwanda rutumije umurozi ukomeye cyane uturutse mu gihugu cya Tanzania kugirango abahe imitsindo yokurogoya imigambi y’Imana kugirango bagume kubutegetsi,ariko mbona umuhanuzi mukuru arahatungutse aburizamo imigambi yabo yose yibyo bari bakoze,cyane bashakaga ko umuhanuzi mukuru bamuteza imbaraga z’umwijima kugirango impano yo kubona ipfa ntiyongere guhishura imigambi yabo.

Uwo mugore yohereje imyuka yabatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa fpr kugirango barusheho kugira ibibazo bikomeye bashwane bareke kuvuga rumwe kugirango imigambi yabo ibirizwemo bityo fpr ishobore kuramba kubutegetsi,bamwemereye kumuha ibishoboka byose ariko akabakiza intambara ibari mbere.Ndetse banamusabye ko yabaha imitsindo yo kuroga Tanzania kugirango bazayirwanye bayitsinde,ibyo nabyo yarabibakoreye.

Ibirori bikomeye nyuma y’imyaka 20 tubuze abacu twakundaga.

Kuwa 26th Gashyantare 2014, Uwiteka Imana yahishuye ko leta ya FPR repubulika ya lll igiye gukoresha ibirori byakataraboneka bijyanye no kwibuka jenocide,ibyo birori bizaba ari ibyanyuma mu mateka ya fpr repubulika ya lll y’Urwanda itemewe n’amategeko ubwo butegetsi bukazaba ar’ubwanyuma mu mateka ya repubulika mu Rwanda.

Umwami-kazi Djezebel ,Yakwirakwije amarozi.

Kuwa 27th Gashyantare 2014,Uwiteka Imana y’Abrahamu Issack na Yakobo,yahishuriye umugaragu wayo ko,mu Rwanda abagore aribo bagize umubare munini wokuroga abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa fpr,Umwuka w’Imana yanavuze ko,Uwiteka Imana izarimbura abagore kuko aribo benshi mu muryango wa fpr inkotanyi ndetse ko nyuma y’intambara bizagorana kubona umufasha wokubana nawe.

FPR imeze nk’imva isize ingwa yera inyuma ariko imbere aramagupfa,ndetse ubwato biringira ko buzabambutsa igihe cyo guhunga icyo gihe inyanja izaba irimo umuhengeri uko niko Uwiteka Imana yo mwijuru avuze.

Mu gihugu cya Uganda hagiye kuba inzara izikuba inshuro (4);ku nzara yariteganyijwe muri icyo gihugu abanyayuganda bazabura aho bahahira kuko impande zose zabo hazaba harangwa intambara nyinshi kuburyo batazinyagambura icyo gihe ibigirwamana biringiraga ntacyo bizabamarira kandi iyo ikazaba intangiriro yokuvaho ku butegetsi bwa perezida Museveni.

Kuwa 28th Gashyantare 2014,nerekwa abanyarwanda b’impunzi bitegura gutaha kuko igihe cy’ubutegetsi bwa fpr kirangiye.

Abaharanira ubwami bw’Abega.

Mbona abagize umuryango Inyabutatu RPRK,bashaka inzira zose zishoboka ngo bahitane Umwami w’Urwanda.Kuko igihe cye cyo gutaha cyegereje icyo gitero cyari kiyobowe na LT.Munyandinda James na Munyandinda John Mbayiha ,ariko bagira amahirwe mace Babura uburyo bagera ku Mwami w’Urwanda.

Maze umwuka w’Uwiteka ambwira gushyira ahagaragara ku karubanda ibyo ya nyeretse kugirango abanyarwanda babibone kandi babimenye,mbona abanyarwanda bose bahunze igihugu cyabo batahuka banyuze inzira yo mubutayu basubira muri gakondo yabo.

Amafaranga y’Urwanda uhereye cyera.

Kuwa 01st Werurwe 2014,Uwiteka Imana yahishuye yuko ububyutse bumaze igihe buhanurwa ko buzaba mu gihugu cy’Urwanda,ko igihe cyabwo gisohoye,Umwuka w’Imana yavuze ko abantu benshi cyane barimo abapastor,ko batunze ubutunzi batari ubwabo ar’ubwo bagiye biba imfanyo zabakiristu “Pastoral”,abacamanza bariye za ruswa ‘Justice’,ubutegetsi bwite bwa leta”Executive”abacuruzi”Businessman”ko abakoze ibisa bityo bakaba badashobora kwihana ko batazaragwa ubwami bw’ijuru cyane muri iki gihe intambara yegereje dore ko ntawundi mwanya bazangera kubona wokwihana.

Kubona ijuru ntibizaborohera.

Imana yanagaragaje ko impunzi z’abanyarwanda zabonye ibyangombwa by’ubuhunzi zikoresheje ruswa ko bizazigora kubona ijuru kuko bakunze ibyisi bakirengeza ibyujuru.

Abo bantu bavuzwe haruguru bashobora kurimbuka niba batihannye usibye ko bizabagora kwihana kuko bitazaborohera kandi mugihe cy’ububyutse bugiye kuza imbaraga z’Imana zitwara ubwo butunzi bwose abantu bashatse mu nzira zidakwiriye.Umwuka wera yavuze ko abantu bagiye gupimwa mu gihe kiri imbere abazaba badakwiriye nta mugisha w’Imana bazabona.

Uko yaje muri 1935,ninako agiye kugaruka.

Kuwa 03,03,2014, Umwuka w’Imana yahishuye yuko ububyutse bugiye guhera mu Rwanda,nyuma yahoo bukazambuka bukajya muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo.

Abarozi b’abasingasinga.

Urwanda rwatumije abarozi bo mu gihugu cy’Ubuhinde bo mu bwoko bw’Abasingasinga ngo baze batange intsinzi ku ntambara ikomeye cyane yugarije igihugu cy’Urwanda,maze abasingasinga basaba igitambo cyabayobozi bose bayoboye utugari tw’Urwanda kugirango batange intsinzi,mbona leta ya fpr yemeye kubatangaho igitambo maze abasingasinga batangira gukora imihango yabo ariko bagira ibyago umuhanuzi mukuru arahagoboka ibyo bakoraga bihinduka imfabusa,bagerageje imbaraga z’umwijima zo ku isi yose zishoboka ariko kubera ukuboko ku Uwiteka kuburizamo ibyo bikorwa by’inkozi zibibi.

Ariko baranziza iki,ko umurimo wanjye urukuvuga ibikorerwa mu isi.

Imana yongeye guhishura ko leta y’Urwanda yakoze ibishoboka byose ngo isenye urubuga rw’inyangenewss,ariko Babura uwo bakoresha kugirango bagera kumugambi wabo,Imana yerekana uburyo leta y’Urwanda ihangayikishijwe no kuba Umwami w’Urwanda ariho kandi bahora bashaka uburyo bamukura ku isi ariko byarabananiye,Imana yagaragaje ko uwashobora icyo gikorwa bamuha ikiguzi cyose gishoboka.

Kuwa 03.03.2014,Imana izaca ubucakara bw’abana b’abanyarwanda bitwa Mayibobo,izohereza umwuka wera bakizwe bakurwe muburetwa bw’abadaimoni.

Kuwa 09.03.2014,Abanyarwanda nabonye bataha mu gihugu bageze mu Rwanda Babura perezida ubayoboya,abantu barumirwa bibaza uko bigenze birabayobera.

Umufasha we agiye gucyurwa mu ijuru.

Kuwa 12th Werurwe 14,Umwuka w’Imana yababajwe cyane ni uko umufasha wa “Appotle Rene Masasu Alice Lydia Masasu” agiye gucyurwa mu ijuru kubera ko ananiwe guhagarara mukuri ndetse akaba yarananiwe kugira inama umutware we Masasu kuko yakoze ibinyuranye n’ubushake bw’Imana,umwuka wera ababazwa cyane ko umugabo we,ntacyo byamutwaye cyangwa ngo bimubabaze kuko umutima we wamaze kumera nk’ibuye.

Abayobozi bakuru bamadini yo mu Rwanda,bakaba banabarizwa mu murwa mukuru w’Urwanda (Kigali);bazakene bamburwe ubutunzi bigwijeho kubera butanyuze mu nzira zo gukiranuka,ndetse bagiye gukorwa n’isoni imbere yabana babantu kugirango bimenyekane ko atar’Uwiteka bakorera.

Kuwa 13th Werurwe 14,Imana yagaragaraje ko abadaimoni bakorera mu Rwanda babyibushye cyane,kandi ko igihe cyabo cyo kurimburwa cyegereje.

Inzara ikomeye izakurikira isenyuka ry’Ubutegetsi bwa

Paul Kagame.

Kuwa 15th werurwe 2014,Imana yahishuye ko nyuma yogusenyuka k’Ubutegetsi bwa paul kagame na fpr,hazabaho inzara ikomeye cyane itar’igeze kubaho,Imana yahishuye ko umurwa mukuru w’urwanda uzaturwamo nabashumba ndetse bazabohoza amazu aturiye kumuhanda batayakwiriye ariko akazabajyana murubanza kandi bazaba abakire cyane kubera batize bazakora umwunga wokuvunja amafaranga mu muhanda no kumpande z’inzira.

Icyo gihe ubusambanyi buzatura mu mazu yabahutu aho umukobwa azasangira umugabo na nyina,n’umusore akazasangira umukobwa na se!,biteye ubwoba,ariko uwo muvumo abahutu bakazawukizwa n’umuhanuzi wahanuye ibyabo uwo muhanuzi niwe uzabasubiza intege mu bugingo kugirango bazashobore gushaka mu maso h’Uwiteka uko niko Uwiteka avuze.

Pastor Mignone akoresha imbaraga za Eliminate.

Kuwa 15th Werurwe 2014,Umwuka w’Imana yahishuye yuko pastor Mignone akoresha imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bwa Eliminate,akaba akoresha umwuka witwa Tarisman uhagararariwe nikigirwamana afite gishinzwe kohereza imyuka mibi ibatera amaranga mutima yogutanga amafaranga batategenije,buri gihe ategura ibirori (ceremony) agategura bedget ihanitse yikubye inshuro 100% kandi abantu bakayatanga ukabona ntacyo bibatwaye byitwa ngo barakorera Imana.

Icyo kigirwamana kimuzanira abakire murusengero nabakoresha iyo myuka nkiyo akoresha kugirango barusheho kwagura ubwami bwa satani,ndetse hagize ukumva umuvuga nabi ushobora kwicwa muburyo utazi.

 

 Umwuka w’Inzika.

kuwa 17 Match 2014,njyanwa mu umwuka nerekwa mbona uwahoze ayobora Urwanda  perezida Habyimana nerekwa akoresha inama mu ibanga rikomeye kugirango bakureho fpr kubutegetsi.Nerekwa ahahoze ubutayu hahinduka intambara,mbona inyanja iri haruguru y’ubutayu mbona imennye amazi mu butayu.
Imyaka (6) yubutayu kubatuye isi,uhereye mu rwagasabo,nerekwa ku kibaho handitse ko imyaka ikurikira : 2014,2015,2016,2017 igiye kuremerera isi kuburyo budasanzwe.
Ubwo nari mu iyerekwa mbona ijambo ryitwa “friation“bisobanura guhangana n’imbaraga mutavuga rumwe,maze umwuka wera arambwira ati witinya wigira ubwoba kuko Uwiteka muri Kumwe.

 

Imana igiye kubohora abo yagize imbata z’ibyaha.

 

Kuwa 19.03.14, Nerekwa abakristu basengera muri kiliziya gatolika lmana ibabihora kubera baboshwe n’umwuka wibigirwamana Mbona umuhanuzi mukuru ashenye ibyo bigirwamana babaterekereyeho abagore bo muri fpr, isi igiye kubabana nto,kuko umujinya w’uwiteka ubanukiye kandi nta wuzabatabara.

Impano z’Imana.
Kuwa 22.03.14,lmana yampaye impano (8) zijyanye numirimo wayo.

Ingabo z’Urwanda zikeneye Umwami w’Urwanda.

Kuwa 25.03.14,Ingabo z’urwanda zo mu bwoko bw’Abatutsi zirashaka Umwami Kigeli wa V Ndahindurwa.

 Imana ibahaye amahirwe yo kwihana,nibatihana birabareba.

Kuwa 26.03.14,lmana yahaye amahirwe abarozi n’abagome ba fpr kwihana ariko bakerensa imbabazi z’lmana.

Kuwa 27.03.14,intambara izaba mu Rwanda nyuma yiyo ntambara,umurwa wa Kigali uzaba utuyemo abantu bacye cyane hazubakwa amagorofa mare mare cyane kandi yubatse kumirongo niko Uwiteka avuze.

Kuwa 28.03.14, Imana yerekanye Kigeli V Ndahindurwa asubira ku ngoma, ndetse nerekwa ko inzika hagati ya repubuka ya lll y’umwakagara ihagurutse kubera gutwara umutyngo wa Mutara wa lll Rudahigwa

 

 

Inyangenewsinfo@gmail.com

nccleon@gmail.com

Umuhoza Alice.

 

Skip to toolbar