Ubuhanuzi bwo muri 1999-2000.

Ubuhanuzi bwo muri 1999-2000 umuhanuzi Majeshi Leon yajyanywe mu iyerekwa,maze yerekwa ibyo kugaruka k’Umwami Yesu kristo,yeretswe Umwami Yesu aturuka mu bicu byo muburasira-zuba bw’isi. Maze agituruka mu bicu,isi yose ihinda umushyitsi,mbona ingabo z’abasirikare bose b’isi bitegura kurasa Umwami Yesu,izo ngabo zari ziyobowe n’inkotanyi-APR/RDF,nerekwa bafata intwaro zikomeye intwaro yarimo nto,niyitwa R.P.G izindi zose zari za burende/ibifaru.


Ubuhanuzi bwo muri 1999-2000 umuhanuzi Majeshi Leon yajyanywe mu iyerekwa,maze yerekwa ibyo kugaruka k’Umwami Yesu kristo,yeretswe Umwami Yesu aturuka mu bicu byo muburasira-zuba bw’isi. Maze agituruka mu bicu,isi yose ihinda umushyitsi,mbona ingabo z’abasirikare bose b’isi bitegura kurasa Umwami Yesu,izo ngabo zari ziyobowe n’inkotanyi-APR/RDF,nerekwa bafata intwaro zikomeye intwaro yarimo nto,niyitwa R.P.G izindi zose zari za burende/ibifaru.

Umwami Yesu,nta bwo yigeze agera kubutaka,ahubwo yagumye mukirere ahangana nayo mahanga yaramwiteguriye kumugirira nabia,ariko bose mbona bishwe n’ubwiza bwe bwari bumeze nk’imirabyo y’izuba ifite ubukanabukomeye cyane kuburyo batashoboraga kumureba mu mason go bashobore kurasa ibyo bisasu bya rutura.

(b) Nerekwa Umwami Yesu agaruka gutwara abakiranutsi,mbona ahereye kubana icyo gihe bari bafite imyaka (5) gusubira hasi,nerekwa umuhanuzi mukuru ndetse n’uwahanuye ibi,bose bambikwa amababa basanga Umwami Yesu mukirere,maze numva umuhanuzi mukuru avuga ngo,namahirwe kuko ibi atar’inzozi cyangwa iyerekwa nah’ubundi byari kuba bibabaje.Nkimara kumva ayo majwi nkurwa mu iyerekwa mbabaye  cyane kuko nabonaga ar’ibintu bigaragara kandi bifatika mbabazwa ni uko nsubijwe mu mubiri.

©Nerekwa ububyutse buza mu isi y’abazima,mbona abahoze arabasirikare b’inkotanyi aribo batoranijwe gukorera Uwiteka muri ubwo bubyutse!Buzuye imbaraga z’Imana zidasanzwe,umwuka wera yari kuri bo,bakoreshwaga ibitangaza n’ibimenyetso bimeye maze isi yose igira ishyari baza mu Rwanda kureba ibihabera no gusaba umugisha uturuka kubantu b’Imana kugirango bagirirwe ubuntu n’Uwiteka Imaana yabakiranutsi.

 

Umwami Yesu,nta bwo yigeze agera kubutaka,ahubwo yagumye mukirere ahangana nayo mahanga yaramwiteguriye kumugirira nabia,ariko bose mbona bishwe n’ubwiza bwe bwari bumeze nk’imirabyo y’izuba ifite ubukanabukomeye cyane kuburyo batashoboraga kumureba mu mason go bashobore kurasa ibyo bisasu bya rutura.

(b) Nerekwa Umwami Yesu agaruka gutwara abakiranutsi,mbona ahereye kubana icyo gihe bari bafite imyaka (5) gusubira hasi,nerekwa umuhanuzi mukuru ndetse n’uwahanuye ibi,bose bambikwa amababa basanga Umwami Yesu mukirere,maze numva umuhanuzi mukuru avuga ngo,namahirwe kuko ibi atar’inzozi cyangwa iyerekwa nah’ubundi byari kuba bibabaje.Nkimara kumva ayo majwi nkurwa mu iyerekwa mbabaye  cyane kuko nabonaga ar’ibintu bigaragara kandi bifatika mbabazwa ni uko nsubijwe mu mubiri.

©Nerekwa ububyutse buza mu isi y’abazima,mbona abahoze arabasirikare b’inkotanyi aribo batoranijwe gukorera Uwiteka muri ubwo bubyutse!Buzuye imbaraga z’Imana zidasanzwe,umwuka wera yari kuri bo,bakoreshwaga ibitangaza n’ibimenyetso bimeye maze isi yose igira ishyari baza mu Rwanda kureba ibihabera no gusaba umugisha uturuka kubantu b’Imana kugirango bagirirwe ubuntu n’Uwiteka Imaana yabakiranutsi.

Skip to toolbar