Pastor Marie Claire umuhanuzi-kazi w’ikinyoma,akaba n’intasi ya leta y’uRwanda mu gihugu cya Kenya.

Pastor Marie Claire umuhanuzi-kazi w’ikinyoma,akaba n’intasi ya leta y’uRwanda mu gihugu cya Kenya.

Nk’uko tubitangarizwa n’umunyamakuru w’inyangenews,amakuru aturuka mur’Africa y’uburasira-zuba,(EAC)mu gihugu cya Kenya,aho umuhanuzi-kazi Marie Claire (Pator)akaba atuye mu gace kahitwa Kayore,yatanze ubuhanuzi ku kinyamakuru inyangenews mu mpera z’ukwezi kwa Gicurasi uyu mwaka ko,mu ntagiriro z’ukwa gatandatu intambara yo mu Rwanda ihita itangira ikazamara amezi (3) bivuga ngo yagombaga kurangira muri Nzeri.

Gen.Karenzi Karake

Nk’uko ikinyamakuru inyangenews cyakomeje gukora ubushakashatsi kuri uyu mu Pastor w’ikinyoma,nibyo koko arakijijwe,yavukiye Irwanda,akaba ar’umucika cumu rya jenocide yakorewe abatutsi,akaba yarashakanye n’umugabo w’umurundi,kubaka urugo ntibyamuhiliye aho yahise atandukna n’umugabo we,amutwara abana ba (2); babyaranye ahungira mu gihugu cya cya Kenya arinaho yahawe inshingano zo guatata bene se,muri kristo Yesu.

Pastor Marie Claire akora ubucuruzi bw’ibitenge abikura mu gihugu cy’Uburundi,Congo,no mu Rwanda,afite pass port (2);Indundi n’inyarwanda,yageze mu gihugu cya Kenya mbere y’amatora ya 2007-2008,yifatiye abanyakenya amatwi agenda abaha ubuhanuzi bw’ibinyoma,bageraho bamuha inzu yo kubamo y’ubusa atashyura.

Guhabwa inzu muri Kenya biba bikomeye cyane,nk’uko we abyivugira,igihe cyarageze bamwambura ya nzu nyuma yo kumenya yuko atari umuhanuzi – kazi nk’uko babimutekerezagaho ahubwo baje gusanga ar’umuteka mutwe.

Pastor Marie Claire yaje guhura n’umunyamakuru w’inyangenews,amuha ubuhanuzi twavuze hejuru aho yahamyaga yuko,ntakabuza intambara yo mu Rwanda igeze mu marembo,kuburyo muri kamena ibintu bizaba bicika,uyu mudamu wa bana (2); ntiyatinye kwereka umunyamakuru w’inyangenews ko,akeneye umugabo kuko uwo bari barashakanye ngo batandukanye ngo kuko bitari mubushake bw’Imana.

Ariko icyo yashakaga kwar’ukugirango uwo munyamakuru arebe ko yaba afite umudaimoni w’ubuhehesi maze najya guheheta amufatire mu maguru ye,bityo abe asohoje umugambi we woguca igihanga cy’umunyamakuru w’inyangenews dore leta y’uRwanda ikora ibishoboka byose ngo irebe ko yabasha gucecekesha ibinyamakuru by’igenga.

Uyu mu maneko wa fpr twamenye ko,akorana na Ambasade y’Urwanda iherereye ahitwa “LavingTon”aakaba ariho akura ambwiriza yabo agomba kuneka,yirirwa mu murwa mukuru wa Nairobi ahiga abanyarwanda uboshe ko har’umwenda bamufitiye!Dore № za telephone akoresha ababishobora mwamuhamagara mukamubaza iby’ubwo buhanuzi namwe mukiyumvira +254707045009.

Yagiye ashakisha uburyo yacisha igihanga umunyamakuru w’inyangenews,igitangaje umunyamakuru yemeraga guhura nawe kandi azi neza ko,ar’intasi,twamubajije impamvu yabimuteye gushaka gushyira ubuzima bwe mukaga,atubwira yuko yashakaga inkuru y’imvaho yamashira kinyoma,bapanga guhura saa tatu z’igitondo,undi akiburabuza akaza saa kumi kugirango bamuce igihanga bugorobye.

Nk’uko umunyamakuru abivuga,byageraga saa munani agahita ava mu murwa mukuru,undi nawe akaza yikaraga ngo aje guca igihanga cy’umunyarwanda.Ibi byabaye inshuro (2);umunyamakuru Bwenge amaze kumutaraho amakuru yose nibwo yateguraga iyi nkuru yamufashe igihe cy’Amezi (3);kugirango tubashe kubagezaho iyi nkuru.

Uyu muhanuzi-kazi ntabwo twabashije kubona amafoto ye ngo tuyabagezeho,gusa tuzakomeza gushakisha nituyabona tuyabagezeho kugirango mubahse kumenya izo nyanga birama ziyemeje gukorera satani n’inda zabo.

Skip to toolbar