Muri Kamena intambara yo Mu Rwanda iratangira izamaraamezi (3).

Amakuru agera ku nyangenewss.com,aturutse kumupastor uzwi cyane mukarere k’Ibiyaga bigari,witwa Claire ,ubu urimokuzenguruka akarere kose atanga ubuhanuzi bw’ibigiye kubaho muri Africa,yahuye n’ikinyamakuru inyangenewss.com, abwira ikinyamakuru inyangenewss.com ko,intambara yo mu Rwanda ngo izatangira mukwezi gutaha kwa Kamena ikazarangira muri Kanama.


Twamubajije igihe iyo ntambara igihe izamara,atubwira ko,izamaraamezi atatu,nkuko ubundi buahanuzi bubivuga,ibyo btatumye dushaka kumenya amashira kinyoma maze twitabza umuhanuzi mukuru hamwe n’umuhanuzi tubabaza kur’ubwo buhanuzi bwa pastor Claire maze batubwira yuko koko intambara izaba mu gihe cy’iki,ariko birinda kutubwira ko,ari muri uyu mwaka cyangwa utaha.

Gusa bakomeje batubwira ko ngo ibimenyetso aribyo bishobora kubora abashaka kumenya ibijyanye n’igihe,ariko banatwibutsa ko,mubuhanuzi havuga intebe ya bukunzi izatangira kubyinagira mu gihe gisa nk’iki!Kandi bikazaba ari mu gihe cy’izuba ryinshi.

Tugarutse kuri pastor Claire ,yavuze ko ngo abagiye gutera Urwanda ,ngo ubu bamaze kugera mumisozi ya Uganda hafi y’imipaka y’Urwanda,ibi tukaba tudashobora kubihamya usibye kubyizera nkuko bihanurwa kuko ntabimenyetso tubifitiye!

Gusa umuhanuzi yabaye nk’ubikomozaho,avuga mu marenga ko,rwose icyo gihe cy’amezi (3) ngo bishoboka ariko yirinda kubihamya.Bene data bakundwa mukwiye kwisuzuma kugirango mutaza gutungurwa kuko igihe kirahumuje,icyo ntabahisha ni uko umuhanuzi muri uku kwezi agiye kwinjira mu masezerano bityo akaba arikimwe mubimenyetso byanyuma.

Igisigaye ni uko perezida kabila anyurahobityo ibimenyetsobikaba birangiye,hanyuma iby’Urwanda bigasohoza,iby’ubuhanuzi biragoye kubisobanukirwa ariko reka tubitege amaso kuko urebye ubwoba abayobozi b’Urwanda bafite muri ino minsi sigusa urebye neza urasanga har’icyo babiziho.

Skip to toolbar