ku wa 13 Nzeri 2014.

ku wa 13 Nzeri 2014,njyanwa mu iyerekwa mbona itorero riyobowe n’umuhanuzi-kazi Marie Esther Murebwayire,mu itorero yarayoboye ryari rifite abashumba bagera kuri 15,aba bashumba ntabwo bumvikanaga kubera kurwanira umwanya wa (2) ku muyobozi mukuru w’itorero n’umwanya wa (3) iyo myanya yombi yateje akavuyo gakomeye cyane muri iryo torero bituma muri iryo torero habamo ubukene bukabije.


ku wa 13 Nzeri 2014,njyanwa mu iyerekwa mbona itorero riyobowe n’umuhanuzi-kazi Marie Esther Murebwayire,mu itorero yarayoboye ryari rifite abashumba bagera kuri 15,aba bashumba ntabwo bumvikanaga kubera kurwanira umwanya wa (2) ku muyobozi mukuru w’itorero n’umwanya wa (3) iyo myanya yombi yateje akavuyo gakomeye cyane muri iryo torero bituma muri iryo torero habamo ubukene bukabije.

Nerekwa umuyobozi wiryo torero Esther ahamagaza inama rusange nyuma yamateraniro kugirango babashe gukemura ibibazo biri muri iryo torero,mbona abanyetorero bose bitabira inama maze umuyobozi mukuru wiryo torero ahamagaza abashumba bose bayoboye iryo torero barwaniraga imyanya bashyirwa imbere y’itorero kugirango basobanurire abakiristu icyo baba bapfa kugirango abakiristu babone kubakemurira ibibazo byabo bijyanye n’ubukene.

Bose babuze icyo bavuga,batangira kurya iminwa,bakorwa nisoni kuko byari bigayitse gusobanurira abakiristu ko,barimo kurwanira ubuyobozi cyangwa imyanya y’ubuyobozi kandi bitwa abakozi b’Imana. Nyuma yogukemura izo mpaka mbona abakiristu basozoraniriza impiya hamwe kugirango bafashe abo bashumba bari bafite ubucyene bukabije.

Skip to toolbar