Intumwa ya satani Paul Gitwaza, yirukanywe n’urwego rw’ubutasi CIA muri America mu ntara ya Ohayo kubera ubuteka mutwe!.

ü  Imana ikomeje kugaragaza ko,Bibiliya ijambo ry’Imana bakomeje kuyihindura nk’uko babyifuza,kugirango umwanzi satani abone uko ayobya benshi bene data murasabwa kwilinda cyane mukomeza ijambo ry’Imana bibiliya kuko satani yamaze gutegura umugambi wo kubulizamo bibiliya nyakuri yahumetswe nabahunuzi.


ü  Amwe mu madini yamaze kwandika bibiliya itali iyukuri,n’idini ry’Abayehova nk’uko mubisanga mu buhanuzi bwo mu gice cya mbere 1-3 n’icya gatatu,ilindi dini ryamaze gutegura bibiliya idahuye n’ukuli,nabiyita «The Church of Jesus Christ in later days» ubundi bazwi ku izina rya ‘Mamonny’inkomoko yabo,bakaba bakomoka mu gihugu cy’America aho biyitirira ko bakomoka ku muryango w’Abisraeli witwa “Efurayemu”

ü  Bene data musabwe kuba maso cyane kuko gukiranirwa kwabaye kwinshi cyane imbere y’Uwiteka Imana ya Israel,murusheho gusenga mwirinda umuzi wogusharira muri mwe kugirango niba bishoboka Uwiteka azabashe kubakiza kumunsi wamakuba wegerereje abakiranirwa.

ü  Ntimwiringire abana bab’Abantu,ahubwo mwiringire uhoraho,kuko niwe ushobora kubakiza imigambi yabagome,n’imigambi y’inkubaganyi,n’incakura bahora bagambirira ku kugirira nabi,cyakora uhumure kuko imigambi y’Uwiteka arimyiza kuri wowe utekereza ko,wubaha Imana.

ü  Ndabingigira kwirinda indryanrya zagaragaye muri mwe,zihra ziyitirira ko,arabakozi b’Imana nyamara bahora bagenzwa n’inda zabo,dore umwe muri bo,Intumwa ya satani Paul Gitwaza kugez’ubu yirukanywe muri Dern Mark ntashobora kuhakandagiza ikirenge kubera kubeshya abakiranutsi abambura utwabo.

ü  America muri Ohayo naho ni uko,bamutazeho raporo muri CIA abo bantu Imana yabo n’inda gusa ntakindi bagambiliye usibye kubayobya no kubakura mu byizerwa,niyompamvu Uwiteka yahisemo kujya ubuhanuzi abunyuza kurubuga aho abanut bose babubona kgirango mureke kwirirwa mbunza imitima yanyu ahubwo mu menye icy’Uwiteka ashaka.

ü  Ndakeka ko,ntawe turaba ifaza kugirango tubashe kubahanurira,ndetse bamwe bajya bifuza no kumenya aho umuhanuzi ahereye ngo nibura bavugane nawe,nyamara Uwiteka Imana y’Abrahamu n’Isack n’Yakobo ibasha kutugirira neza ikoresheje abantu bayo baremanywe umutima wo kugira neza.

ü  Ibyo babikora batabitewe no kwihambaza cyangwa kumenyekana,muri bo turashimira mushiki wacu ariyizi ahereye muri Hollande,uwo ari m bwami bwa christo.

ü  Undi nawe aherereye mu gihugu cy’America nawe ni  mushiki wacu muri kristo yesu ibyabo bizajya ahagaragara mu gihe cy’Abakiranutsi!Kubera yuko nta neza y’Imana ijya ihera iyo ntizabura gukurikirana urubyari rwabo Uwiteaka bibuke kandi abiteho.

      inyangenewseditor@gmail.com

Skip to toolbar