INDEGE IBAYE AMAYOBERA, YABURIWE IRENGERO.

Amakuru dukesha itangaza makuru ry’amashusho rikorera mu gihugu cya US, CNN, ririmeza yuko indege yo gihugu cya Malaysia kumurwa mukuru wicyo gihugu witwa KUALA LUMPUR hahagurutse indege yo mu bwoko bwa boing MH 370 kuwa 06th z’uku kwezi yerekeza mu gihugu cy’Ubushinwa kumurwa mukuru wa Beinjing.


Amakuru avuga ko kuva yahaguruka kukibuga kindege kumurwa mukuru wa Kuala Lumpur iyo ndege itarongera kuboneka yaburiwe irengero, babanje gukeka ko yaba yaraguye munyanja,maze hitabazwa inararibonye muby’indege harimo abanyamerica ,abanyaburayi,nabanyasia,ariko ntakintu babashije kugeraho.

Dushingiye kumakuru atangwa na CNN,biravugwa yuko hashakishijwe kubuso bungana na km kare ibihumbi 92000,ariko bakaba ntacyo babashije kugeraho twibutse ko ubwo bushakashatsi bwakorerwaga munsi y’inyanja itukura”Red sea” ndetse hamwe n’inyanja yirabura “Black Sea” cyangwa muri Ocean.

Abashinzwe ubushakashatsi bamaze guheba byabaye ngombwa ko icyo gikorwa gihagarikwa, kuko ntakundi byari kujyenda,ariko amakuru akomeza gutangazwa hirya no hino mu itangaza makuru ngo birashoboka ko Ubushinwa baba batabushira makenga,ngo bakaba barayobeje iyo ndege kugirango bahemukire igihugu cya Malaysia kugirango babashyire mugihombo.

Ariko ibyo byose bivugwa, twakwibutsa ko nta gihamya nakimwe kubabivuga ntashingiro baba bafite ngo berekakane ko haraho bihuriye n’ukuri,ngaho ngibyo ibitangaza Imana ijya ikora abantu bikabarenga,gusa abanyamerica bamaze igihe kinini bemeza ko haba hariho ibindi biremwa biri kuindi migabane yindi yisi ngo ibyo biremwa byitwa Alins ngo bijya bitwara indege muri buriya buryo ikabura.

Ndetse biravugwa ko iriya ndege yaba atari iya mbere ibuze muburyo nkaburiya ngo zijya zibura burundu ntibamenye irengero ryayo,ibyo biremwa ngo bifite ubushobozi buruta ubw’abantu ngo ndetse nabyo ubwabyo ngo byaba binafite indege bigendamo ariko ngo zitandukanye nizabana baba bantu. Nkuko bivugwa nabahanga muby’ikirere ngo ibyo biremwa bijya biza bigahindura ibikorwa abantu baba bakoze hano ku isi, bakabihinduramo ukundi kuntu byo bishaka, urugero ushobora kuba ufite umurima wamasaka hanyuma byo bikaza bigahindura jaride nziza cyane,ariko amasaka yawe agakomeza kuba amasaka ahubwo byo bijya hejuru yamasaka bikaba ariho bitegura iyo miteguro yabyo,iby’Imana ikora biratangaje kandi nta nuwamenya uko akawamugani wayandirimbo.

 

Skip to toolbar