Imitungo y’Abakuru b’igihugu cy’Urwanda,Uwiteka,ayitaye muri yombi.

Kuwa 17th Kanama 2014,Ijambo ry’Uwiteka linzaho lirambwira liti:umva mwana w’umuntu,mbega waba uzi ibigiye kuba kubayobozi b’igihugu cyawe?Nanjye ndasubiza nti reka nyagasani nabibwirwa niki ko nd’imbata iciye bugufiya nkaba namunyantege nke!.


Arambwira ati,dore abakuru b’igihugu,nabayobozi bacyo,imitungo yabo biratanaga igiye gutabwa muri yombi,maze arambwira ati kubyumva ntishobora gusobanukirwa ngwino wirebere uko abitwa inshuti zabo,ibyo bagiye kubakorera.Kuko namaze guhindura ubucuti bwabo kugirango buhindukemo urwango kugirango bansohoreze imigambi yanjye.

N’uko aranfata anjyana mu nzu y’imbera byombyi,anyicaza hasi,kugatebe karaho,maze ambwira kwerekeza amaso kugikuta cyari imbere yanjye cyubakishijwe ibikuta bya electronics,maze yatsa amashanyarazi mbona ku kibaho hatangiye gutambuka amazina yabakuru b’igihugu cy’uRwanda,abaministiri,nabakuru b’ingabo.

Amwe mu mazina nabonye ntashobora kwibagirwa,harimo Musoni James,Musoni Protaise,James Kabarebe,Rutagambwa Paul Kagame,nabandi benshi ntashoboye kuzirikana mazina yabo,icyo kibaho cya elctronics hejuru yacyo hai handitseho CIA,berekanaga uruhererekana rwamafaranga agiye anyerezwa mu gihugu cy’Urwanda.

Kugirango agere kuri konti yanyirayo yabaga yaciye mu ntoki zabantu bagera ku munani (8);uwanyuma akaba nyirizina agahita ayashyira kuri za konti zabo,ayo makuru akimara gusohoka leta y’uRwanda yahise igwa mu kantu igira ubwoba bwinshi cyane noneho bahita babona ko,koko ibyahanuwe ar’ukuli.

Babuze aho berekera babona ko akabo kashobotse,uhereye ubwo imbaraga z’umwakagara zahise zirangira asigara ategereje ko akurwa ku isi kuko nta cyindi cyari gisigaye kuko imitungo yabo yari imaze gufatirwa ntambaraga basigaranye kuko ibyo biratanaga byari bimaze guhinduka imfabusa.

Uko niko Uwiteka Imana ya Israel avuze!.

inyangenewseditor@gmail.com

Skip to toolbar