Igiti kiraguye amashami n’imizi byarumye,nimwigireyo kitabagwira,kuko gishobora gucikamo ibice (3);nkuko Uwiteka yabivuze.

Kuwa 07 Kamena 2014,Mbona igiti kini kandi kire kire,kigera ku ijuru,mu bushori shori bwacyo cyari cyarumye,ntamashami kigifite,kandi cyari kinini mu mubyibuho wacyo,mbona umuhanuzi mukuru aracyuriye akigera mubushori shori maze agezeyo ahurirayo n’umuhanuzikazi,maze umuhanuzi mukuru amaze kubona ko cya giti kinganza marumbo cyumye ahita arakimanuka,asiga umuhanuzi kazi muri cyagiti cy’ubushori shori mbona agwanye nacyo.Kandi yari kumwe na muramukazi we ndetse akaba na nyirabukwe!.


Kuwa 07 Kamena 2014,Nerekwa ibikomeye bigiye kubaho mu isi yabaima,mbona ukuboko k’Uwiteka Imana kuramburiwe abari mu isi yabazima,mbona inzara ikomeye cyane, yoherejwe mu rwagasabo,no mu gihugu cy’Afrika y’Uburasira zuba cyitwa Kenya,ibi bihugu byombi Umwuka w’Uwiteka yarabyikomyi kubera gukiranirwa no kumena amaraso yabakiranutsi.

Imana imukuye ku ngoma.

Nongera kwerekwa umwe mubakomeye witwa Robert Mugabe uyobora igihugu cya Zimbabwe,akuwe kubutegetsi muburyo budasobanutse,maze,mbona uwamukuye ku ntebe,yongeye kureba hirya,maze akuraho umutegetsi ukomeye cyane muri Afrika wamenne amaraso menshi yabakiranutsi uwo ntawundi ni nyakubahwa Paul Kagame.

Kuwa 08 Kamena 2014, Uwiteka Imana yongeye gushimangira ibyo yavugiye mukanwa kabahanuzi,yongera kwimika Umwami Kigeli wa V Ndahindurwa yima ingoma kuburyo bw’Ubufindo,maze mbona amasega yabarepubulike akozwe nisoni,mbona umuhanuzi mukuru nawe aramanutse araje yimika Umwami Ndahindurwa.

Yewe ibibaye biranyobeye pe!Ndabona inyambo zibyanagira mukiraro,ndetse akazuba ka kiberinka kanze guhumbya kubera umunezero w’urwagasabo ugarutse imbere yabakiranutsi,mbese ibi ninde Wabasha kubiobanura?Uwiteka ahimbazwe kuko ibyo yavugiye mukanwa kababamenya abashije kubisohoza nk’uko yabivuze!

Nkuko yabivuze ninako bigiye gusohora mwarabwiwe ariko mwanga kwizera,reka rero muzizwe nibibaye gusa Uwiteka ntimuzamwitwareho umwikomo ngo ntiyabarinze icyatumye atinda gusohoza ibyavuzwe nabahanuzi ni uko agira imbabazi nyinshi naho ubundi nabazarokoka ntibakarokotse,iyi mpanda niyanyuma niba bishoboka nimukuremo akarenge byarangiye umwakagara yavuye ku ngoma.

Amaraso aramenetse kandi menshi cyane,abanyarwanda nabanyafurika bongeye gukorwa n’isoni,ndetse isi yose ikozwe nisoni kuko gukiranirwa kwabo kugeze imbere y’Uwiteka!Ngaho abafaransa bifuzaga kureba umunsi w’amakuba yabatutsi barawubonye ariko bararye bari menge kuko Uwiteka atazemera ko,bishima hejuru y’ubwoko bwe.

Ikinyoma kirahunze kivuye ahacyo,abanyamasezerano nimuzerwe kuko Uwiteka atajya abeshya kandi akaba abibutse,ngaho nimuririmbe kandi mu mucurangire inanga kuko Uwiteka ari mwiza,kubamutegereje ntabwo bazakorwa n’isoni,dore ububyutse buraje imbaraga za satani zongeye kuneshwa imbere y’Uwiteka n’isi yose nabamalaika.

Skip to toolbar