Babaye abahanga kumena amaraso,baba abaswa kubuganiza amata no kuyatereka kuruhimbi.

Amakuru aturuka mu biro by’umukuru w’igihugu cy’uRwanda,arahamya ko,harumugambi wo kongera kumena amaraso mu rwego rwo kurwanira ubutegetsi.Amakuru afite gihamya,aravuga yuko bamwe mu basirikare ba RDF,bamaze kuruha igitugu cy’umukuru w’igihugu ngo bakaba barimo gutegura kudeta.


Ibyo bije nyuma yahoo umukuru w’igihugu yakunze kubacyurira ko,uzatinyuka gukora kudeta ,ngo usibye ko,batanabishobora,ngo ibyo byose byagiye bituma abamukundaga bamukuraho amaboko kubera kubacyurira.Ikindi ngo ni uko bimaze kugaragara ko,umwakagara nta nshuti agira ugereranije nabari inshuti ze ubu abo atishe baramuhunze abandi arabafunga.

Iyindi mpamvu ifatika itumye igihugu kigiye kugwa mukaga gakomeye!Ngo ni uko ubutegetsi bwose umwakagara amaze kubushyira mu maboko yabanyarwanda baturutse mu gihugu cy’Uburundi kubera bamushyingiye umugore Nyiramongi Jennette Kagame.Iyo akaba ar’impamvu ifatika yanatumye kwirukana igifaransa mu Rwanda bibangamirwa nuwo mudamu babwiye yuko igifaransa kidakwiye gucika mu Rwanda ngo kuko arirwo rurimi rwabo.

Ibya kudeta birimo gutegurwa hisunzwe amategeko,amakuru afite gihamya nk’uko bitangazwa nabari hafi y’umukuru w’igihugu,ngo habanje kurebwa amategeko icyo ateganya mu gihe haramuka habaye kudeta,ngo basanga abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu aribo bari mu myanya kuburyo babaye bakoze kudeta abahutu bahita bafata ubutegetsi bitabagoye kubera ko amategeko abibahera uburenganzira.

Bikavugwa yuko mbere yuko habaho kudeta bakwiye kubanza gukura abahutu mu myanya y’ubutegetsi nk’umukuru wa Government ministiri w’intebe yahambirijwe kumanywa yihangu,hakiyongeraho umukuru wa Sena nawe uherutse guhambirizwa riva kumanywa y’ihangu.Iyi mibare bayikora bereka umukuru w’igihugu ko,amatora ya 2017 akwiye guhindura itegeko nshinga rimubuza kongera kwiyamamaza!

Barangiza bakabwira abari muriyo myanya ko,batagomba gusinyira iryo tegeko,kugirango haboneke impamvu yo kubirukana mu myanya yabo kugirango basimburwe n’Abatutsi bateganywa kuba bayobora government mu gihe umwagara bazaba bamaze kumuca igihanga.

Iyo myitgero ikaba igendana na gahunda za gisirikare guca igihanga umwakagara namasogonda igihe cyose umukino w’imibare ya kosinisi izaba imaze gutungana bizeye ko,abari mu myanya ari bene wabo. Aha rero intambara ikaba irimo gutegurwa mu buryo bwa gihanga ,ariko bakaba barananiwe kwimakaza amahoro mu gihugu n’umuco nyarwanda.

Iyo usomye ingingo y’101 mu itegeko nshinga niy’107 zombi izi ngingo ziteganya uburyo bwiza bwo gusimbura umukuru w’igihugu byaba ari ukongera kwiyamamaza cyangwa kutongera kwiyamamaza,ndetse hakaniyongeraho uburyo yasimburwa mu gihe yaba akorewe kudeta cyangwa ahitanywe n’urupfu rutunguranye.

Ubwo buryo rero bw’amategeko nibwo butumye abahutu birukanwa mu myanya yabo kuko banze gusinyira manda yagatatu y’umukuru w’igihugu.Ariko bikavugwa yuko badafite izo mbaraga zo kwanga,ko,ahubwo babujijwe kurinyira kugirango umugambi w’Uwiteka ushyirwe mu bikorwa.Nk’uko ubuhanuzi bubivuga,bazashaka uzasimbura umukuru w’igihugu ni bamara kumubona bahite bagambanira umwakagara bamuce igihanga ako ako kanya intambara izahita itangira!

Ibyari ibyuya bihinduke amaraso,aho intambara izaba inshobera mahanga kuko bazaba barwanira ubutegetsi,ariko ikibabaje ntabwo ubwo butegetsi bazaba barwanira bazabubona kubera yuko ibyo Imana yavuze nibyo bizabaho kuko Nyir’uRwanda azahita amanuka aje munda y’inyoni kugirango akize abazaba barwana.

Skip to toolbar