Raila Odinga umuyobozi mukuru wa Azimio La Umoja yigaruriye “majority leader” mu nteko shingamategeko ya kenya.

Nyuma yuko Urukiko rwikirenga “Supreme Court of Kenya” rubogamiye mu guca urubanza aho rwemeje ko Ruto yatsinze amatora y’ukuru w’igihugu kubera intonorano rwahawe na William Ruto iyoboye impuzamashyaka ya kenya kwanza.

Raila Odinga wahawe akandi kazi gakomeye muri “United Nations UN”, ko kuba umwe mu bashinzwe amahoro kw’isi. Akaba yongerewe inshingano kuzo yarasanganywe “African Union infrustracture” chair peason in 54 countries of Africa.

Ubusanzwe iyi milimo ihabwa abayibozi bayoboye ibihugu bakaba “retired” kujya mu zabukuru ku mwanya w’umukuru w’igihugu.

Umwanya wa “infrustracture chair peason in Africa continent” yawuhawe 2017 nyuma yo gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu, yakaburijwemo na Leta ya Jubilee yari iyobowe na Uhuru Kenyatta. Aho byarangiye asabye Raila Odinga ko bakora ‘handshake’ bagasangira ubutegetsi.

Kuri inshuro na bwo yagaragarije amahanga ko yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu, n’ubundi bongera kumugirira ikizere ahabwa undi mulimo muri UN.

N’ubwo igihugu cyacu cya Kenya cyari gisanzwe mu kanama cyangwa komite ishinzwe umutekano kw’isi ntibabujije guha umwanya mwiza Raila Odinga nk’umuntu ku giti cye bereka abanyaKenya ko Raila Odinga yubashwe n’isi yose kubera guharanira amahoro kw’isi.

Akubutse muri Amerika mu nama ya “infrustracture of Africa”, ahitira muri UN aho yongerewe izindi nshingano kubera kwitwara neza muri politike ya Kenya.

Amakuru aturuka ahantu hizewe, aravuga ko, Kenyatta yabonye Ruto akoresheje ruswa kugirango yitwe ko yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu, afata amashillingi yarasigaye mu isaho ya Leta yishyura ho amadeni ayandi ayagira impamba.

Ruto yasaze isanduka ya Leta itazigamiwe, mu minsi (4) gusa ahawe ubutegetsi yahise akuraho subsidiary ya Leta aho buri kwezi Uhuru Kenyatta yishyuraga miriyali ksh7BN kugirango ifu itazamuka igiciro umuturage akananirwa kubona ibimutunga.

Icyarimwe na mavuta y’imodoka FUEL, yahise akuraho subsidiary ya Leta aho ukwezi gushize Uhuru Kenyatta yari yatanze miliyari $148m,kugirango amavuta y’imodoka atazamuka igiciro ubuzima bukarushaho guhenda umuturage.

Ibyo nabyo Ruto yabikuyeho avuga ko, bihagarara ako kanya. Ndetse yanavuze ko ubwo yari mu nama Naivasha hamwe n’abashingamateka minority mu nteko ko nta mwanya ateganya guha abari muri opposition muri Leta ye.

Kugeza magingo aya, ntibiramenyekana icyo deputy president Gachagua Rigathi bivugwa ko ari umwana w’Uwahoze ari president Arap Moi icyo yaba yaravuganye na Odinga. Amatora yo gutera house speaker mu inteko shingamategeko yabereye mu ntara ya Machakos mukarere ka Mavoko majority leader, whisper, minority bizatangazwa taliki ya 1 October 2022.

Ruto yarafite abadepite 153,agura 7,bagera ku 160,mu gihe Raila yarafite 180, asigarana 171,none kumunsi wejo abagiye muri kenya kwanza nibatagaruka,hazaba amatora ya karere bakomokamo kugirango Raila Odinga yongere abone umubare wabashingamateka hashingiwe kumategeko agenga amashyaka kwa register.

William Ruto ashobora kutazashobora gutegeka Leta ya Kenya, kuko atazabona uko yongera gufata amadeni kuko kenya yageze ku rwego rwo kutongera kwemererwa gufata ideni kuko igeze kuri tiriyali 11 z’amashillingi ya kenya.

Sinzi aho na bonye banditse ko muri ‘treasures of Kenya’ yasanzemo million ksh 97 gusa. Aho bivugwa ko, uku kwezi ashobora kutazabona icyo yishyura abakozi.

Yahawe igihugu gifite amadeni menshi y’umurengera. Kandi amenshi niwe wayateye ubwo yari icyegera cya Kenyatta.

Hashobora kuzabaho imyigaragambyo cyangwa “demonstrations” yo kumukura k’ubutegetsi. Doreko nta n’inshuti agira nka Raila Odinga ngo babe bamufata umugongo.

Skip to toolbar