Abacamanza 6,bayobowe CJ Martha Koome, murukiko rw’ikirenga bagiye kwirukanwa n’abaturage!

Baba wa Taifa Raila Odinga ari Mombasa county, yavuze ko, agiye gutumiza imyigaragambyo ya baturage bagera kuri million (1) basabe abacamanza kwegura ku milimo yabo.

Ni nyuma yuko baciye zibera kubera guhabwa bituga ukwaha. Aho bose uko ari (7) bemeje ko Ruto yatsinze amatora y’ukuru w’igihugu, birengagije ibimenyetso simusiga byemezaga ko Raila Odinga ari we watsinze amatora y’umukuru w’igihugu.

Amakuru aturuka ahantu hizewe avugako abacamanza bahawe cash kugirango bemeze intsinzi ya Ruto. Aya nyuma bagombaga guhabwa bagiye kwemeza intsinzi ye, babonye ubutumwa bwemezako cash zageze kuri konti.

Bahita bemeza intsinzi ye, barangije bagiye kureba kuri konti basanga ari icyuka gusa. Deputy CJ philomina Muiru na Smoky Wanjala bavuze ko bagiye kwegura ku milimo yabo.

President William Samuei Ruto, Uhuru Kenyatta yamuhaye Leta itazigamiwe mu isanduka ya Leta. Yambwiye ko, namara amezi (3) ari president azaba ari umugabo.

Hari Hari guhwihwiswa ko, abakozi bashobora kutazahembwa muri uku kwezi kwa Nzeri.

Andi makuru twamenye na ayuko Ruto yigaritse icyegera cye Rigathi Gashagua aho bagombaga kugabana minisiteri 50 kuri 50,Ruto yamubwiye ko ari president ibyo kugabana nta bilimo.

Mu gihe we igihe yari deputy president wa Kenya yahawe 50% ya za minisiteri ayobora.

Ku wa (4) muri inoguration ya Governor wa Mombasa, DP Rigathi Gashagua yagiye Mombasa guhura na baba wa Taifa Raila Odinga. Uyumunsi kuwa (5) nabwo bari kumwe Machakos aho Azimio La Umoja balimo guhindura amatora yakozwe n’inteko shingamategeko aho inteko zombi zigaruriwe n’umutwe wa mashyaka ya Kenya kwanza iyobowe na William Ruto.

Ni mu gihe Azimio La Umoja iyobowe is a na Kinara wa Azimio La Umoja aribo nyamwinshi (majority) mu nteko shingamategeko.

Hashingiwe ku itegeko shinga Azimio La Umoja nibo bakwiye kugenzura inteko shingamategeko. Ayo matora akaba yarangiye ubu inteko shingamategeko Azimio La Umoja ikaba yayisubije. Iki kikaba ar’ikibazo gikomeye kuri William Ruto aho bashobora kuzamweguza manda ye y’imyaka 5,itarangiye.

Andi makuru twatohoje ni ayuko abacuruzi benshi bo mu mu bwoko bw’abakikuyu bakuye amashillingi yabo muri za bank bakayajyanna muri Amerika no mu Bwongereza. Niyompamvu idollar ryazamutse ku kugero cyo hejuru 120.45.

Birakekwa ko, demonstration cyangwa imyigaragambyo yo kwirukana abacamanza (7) nk’uko byemejwe n’ubutabera bw’Uhoraho Uwitka Imana Nyiringabo muri files twabahaye, birashoboka ko hazakurikiraho kwirukana umukuru w’igihugu William Ruto.

Abaturage nibamara kugera ku cyo bimwe n’ubutabera, nta gushidikanya ko, Raila Odinga ashobora kurahizwa ku nshuro ya kabili kuba umukuru w’igihugu.

Skip to toolbar