Abanyarwanda bakomeje kwibaza niba Umwakagara yarapfuye,cyangwa niba akiri muri COMA,hashize amaze agera kuri 4 cyangwa 5 Umwakagara atagaragara.Kuva muri USA mu nama yamuhuje na Donald trump hamwe na minisitiri w’intebe wa Ethiopia Ahamed Abiya.
Hakurikijwe itegeko shinga rya republika y’uRwanda itemewe n’amategeko,ntabwo byemewe ko uymukuru w’igihugu ahembwa adakora.Ndetse nta nubwo yemerewe kugira aho ajya,cyangwa gukoresha amanama mu buryo butazwi.Itangaza makuru rya Leta riba rigomba gutangariza abaturage aho umukuru w’igihugu yagiye,cyangwa niba arwaye akaba yarajyanywe kuvurirwa mu mahanga.
Icyo gihe asigarirwa na minisitiri w’intebe,cyangwa vice president bitewe n’ubwoko bw’ubutegetsi buba buriho.Iyo apfuye nabwo biravugwa bigatangarizwa abaturage aba akorera agasimburwa hubahirijwe itegeko shinga aho asimburwa n’umukuru wa senate cyangwa umukuru w’intekonshingamategeko.
Kuba Umwakagara yasimburwa n’umukobwa we Ange kagame,cyangwa IVAN,nta bwo byemewe ndetse na mwene wabo wahafi cyangwa inshuti ze ntabwo zemewe kuba zamusimbura kuri uwo mwanya w’umukuru w’igihugu.
Hagati ya senate n’intekonshingamategeko umwe asimbura perezida akayobora igihugu mu gihe cy’amezi atatu (3) hanyuma hagategurwa amatora y’umukuru w’igihugu abaturage bagatora uzabayobora kumwanya w’umukuru w’igihugu.Ariko kuko republika y’uRwanda itemewe n’amategeko,niyompamvu batazigera bubahiriza amategeko bishyiriyeho bo ubwabo.
Gusa yapfa cyangwa yabaho,intambara yo irihafi cyane.Bikomeje guteza urujijo kuba ingabo za USA zimaze kugera mu gihugu aho Dr.Vicent Biruta yasinyanye amasezerano namugenzi we w’America ko ingabo z’America zizaba kubutaka bw’uRwanda ari nta cyo bishyura.Ese aho ntabya ari bwa buhanuzi buvuga ko ingabo za UN zizaza mu gihugu kubungabunga umutekano.
May 5,2024 inkuru dukesha ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) uyu munsi ku cyumweru taliki ya 5 gicurasi,2024 abega bari biteguye guhitana Umwami Read More »
Iran’s Encirclement of Israel, Control of Red Sea, Almost Complete Bloomberg reported on January 24 that Iran has been supplying the Sudanese Armed Forces, led by Read More »
Ikibazo cy’imvura nyinshi cyane nikimwe mu byateje imyuzure (floods) hirya no hino kw’isi, ku buryo buteye inkeke. Muri Kenya abamaze guhitanwa niyomyuzure batangajwe na citizen Read More »
If Hamas and the Palestinian Authority are given a state next to Israel, they will absolutely continue to pursue their goal of killing Jews and obliterating Read More »
“Hamas sees Western countries such as Germany as a refuge in which the organization can concentrate on collecting donations, recruiting new supporters, and spreading its propaganda.” Read More »
May 5,2024 inkuru dukesha ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) uyu munsi ku cyumweru taliki ya 5 gicurasi,2024 abega bari biteguye guhitana Umwami Read More »
Iran’s Encirclement of Israel, Control of Red Sea, Almost Complete Bloomberg reported on January 24 that Iran has been supplying the Sudanese Armed Forces, led by Read More »
Ikibazo cy’imvura nyinshi cyane nikimwe mu byateje imyuzure (floods) hirya no hino kw’isi, ku buryo buteye inkeke. Muri Kenya abamaze guhitanwa niyomyuzure batangajwe na citizen Read More »
If Hamas and the Palestinian Authority are given a state next to Israel, they will absolutely continue to pursue their goal of killing Jews and obliterating Read More »
Egret TV
L
o
a
d
i
n
g
Rwandan Genocide - The slaughter of 800,000 people