Umwakagara yaba agihumeka akuka?

Abanyarwanda bakomeje kwibaza niba Umwakagara yarapfuye,cyangwa niba akiri muri COMA,hashize amaze agera kuri 4 cyangwa 5 Umwakagara atagaragara.Kuva muri USA mu nama yamuhuje na Donald trump hamwe na minisitiri w’intebe wa Ethiopia Ahamed Abiya.

Hakurikijwe itegeko shinga rya republika y’uRwanda itemewe n’amategeko,ntabwo byemewe ko uymukuru w’igihugu ahembwa adakora.Ndetse nta nubwo yemerewe kugira aho ajya,cyangwa gukoresha amanama mu buryo butazwi.Itangaza makuru rya Leta riba rigomba gutangariza abaturage aho umukuru w’igihugu yagiye,cyangwa niba arwaye akaba yarajyanywe kuvurirwa mu mahanga.
Icyo gihe asigarirwa na minisitiri w’intebe,cyangwa vice president bitewe n’ubwoko bw’ubutegetsi buba buriho.Iyo apfuye nabwo biravugwa bigatangarizwa abaturage aba akorera agasimburwa hubahirijwe itegeko shinga aho asimburwa n’umukuru wa senate cyangwa umukuru w’intekonshingamategeko.
Kuba Umwakagara yasimburwa n’umukobwa we Ange kagame,cyangwa IVAN,nta bwo byemewe ndetse na mwene wabo wahafi cyangwa inshuti ze ntabwo zemewe kuba zamusimbura kuri uwo mwanya w’umukuru w’igihugu.
Hagati ya senate n’intekonshingamategeko umwe asimbura perezida akayobora igihugu mu gihe cy’amezi atatu (3) hanyuma hagategurwa amatora y’umukuru w’igihugu abaturage bagatora uzabayobora kumwanya w’umukuru w’igihugu.Ariko kuko republika y’uRwanda itemewe n’amategeko,niyompamvu batazigera bubahiriza amategeko bishyiriyeho bo ubwabo.
Gusa yapfa cyangwa yabaho,intambara yo irihafi cyane.Bikomeje guteza urujijo kuba ingabo za USA zimaze kugera mu gihugu aho Dr.Vicent Biruta yasinyanye amasezerano namugenzi we w’America ko ingabo z’America zizaba kubutaka bw’uRwanda ari nta cyo bishyura.Ese aho ntabya ari bwa buhanuzi buvuga ko ingabo za UN zizaza mu gihugu kubungabunga umutekano.
Skip to toolbar