Niki kigiye gukurikiraho nyuma yisenywa ry’amadini nk’uko Uhoraho Nyiringabo yabivuze!?
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi, mbona abayobozi ba bashaka gusarura aho batabibye, kandi bagashaka umukamo w’izo bataragiye! Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana More »
James Kabarebe yaraye akoze inama yo guhitana CS Nduhungirehe Olivier
April 10, 2025 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli, James Kabarebe alimo gutegura uko yahitana minister (cabinet secretary) Nduhungirehe Olivier kugirango amusimbure ku More »
Even birds spirits faces God’s judgement
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to the harassment spirits (duck) against More »
Umwakagara azakoresha inzira zose zibaho ngo ahitane Umuhanuzi, ariko nta bwo azabishobora!!!
Nov 25, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye gukora ibikomeye muri gakondo ya bakiranutsi, kandi buri muturage wo muri gakondo ya More »
Some evildoors faces God’s judgement
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to Munyaneza Emmanuel obtained № 34,630/0004/0025 thus is heaven More »
God of Heaven provides justice to all victims of Gen Z’s died in Kenya during revolution
God judged someone went against his family

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to UES obtained № 34,579/0004/0025 thus is heaven decisions.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; condemned and release the spirit of death of eternal life to UES plan against his family obtained № 34,580/0004/0025 thus is heaven decisions.
Abafite inkovu z’ibyaha mu mitima yabo, nibo barwanya imanza zitabera!!?

Njyanwa mu iyerekwa mbona tujya mu marushanwa yo kwiruka, turirukanka dusiganwa cyane, kugirango hagire uwaba uwa mbere, nuko ndiruka ngeze imbere ndanyerera ndagwa, abandi banyuraho, ndongera ndabyuko ndiruka ndabafata ni uko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntuzigere uhangana na baguhagurukiye kuko udashobora kubura ibyo wabavugaho. Ariko ndekera urugamba s’urwawe, ahubwo n’Uwiteka Imana ukurwanirira uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Radio ijwi ry’America bafite kibazo ki kuba bamaze iminsi 18 badakora?

Radio ijwi ry’America rimaze iby’umweru (2) ridakora, uhereye tariki ya 15 z’ukwezi gushize niho baheruka gutangaza inkuru. Abakunzi bayo bakomeje kwibaza ikibazo n’impamvu yaba yarateye guhagarara kwayo kuri murandasi (website: Voice of America).Byari bikwiye ko batubwire impamvu bamaze igihe badakora niba abakozi boyo bose baragize ikibazo, cyangwa niba haba hari ikibazo kindi kidasanzwe cyane ko America izwiho kuba itangaza makuru ryigenga.
Uwiteka Imana Nyiringabo ategetse ko Umwakagara yohereza intasi kujya gutata intara ya Karagwe muri Tanzania

April 2, 2025 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli, ubwire Umwakagara yohereze intasi zijye gutata intara ya Karagwe kuko igihe cyo kugaruza iyo intara ngo isubire kuri gakondo ya bakiranutsi kirasohoye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.