Itangazo rya InyangeNews Media Agency

Itangazo rya InyangeNews Media Agency

Abakunzi b’Ubuhanuzi uhereye ku wa 3 mushobora kureba ko www.inyangeNewss.com yasubiye kumurongo, hasigaye ibintu bicyeya Dushobora gutunganya iri (online) bitatubuza gutunganya ibisigaye. Kuko ari ikinyamakuru gishya twagaruye rya zina ryacu rya cyera More »

Orwell’s Europe – Part I The European Commission’s New, Chilling Censorship Initiative

Orwell’s Europe – Part I The European Commission’s New, Chilling Censorship Initiative

Revealingly, while Belgium’s Press Ethics Council did not trust readers with Vance’s speech on the factual lack of freedom of speech in Europe, the Belgian courts had no issues with a magazine More »

Abega barimo gutema ishami ry’igiti bicayeho

Abega barimo gutema ishami ry’igiti bicayeho

Abega bamaze iminsi barimo kugerageza gukora hacking bakoresheje ibigo bikomeye birimo Microsoft ndetse na bandi ba hackers bakomeye cyane, ariko bigafata ubusa. Email zanjye zose zirinzwe ni bigo 3 kandi byose nda More »

Abahungu 2 ba Rwigara Assinapol bajyanywe mu butayu bugufiya kwigishwa uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo!!!

Abahungu 2 ba Rwigara Assinapol bajyanywe mu butayu bugufiya kwigishwa uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo!!!

May 17, 2026 njyanwa mu iyerekwa mbona abahungu ba Rwigara Assinapol bombi bajyanwa mu butayu bugufiya bwa kure cyane mu cyigo cya gisirikare, bamaze ku kigeramo bamburwa imyenda yose basigara bambaye ubusa. More »

Imyigaragambyo iteganijwe mu gihugu cyose ejo ku wa mbere muri Kenya!!!

Imyigaragambyo iteganijwe mu gihugu cyose ejo ku wa mbere muri Kenya!!!

May 15, 2026 Ishyirahamwe rishinzwe ibikomoka kuri petrol EPRA na Leta ya Samuei William Ruto bazamuye ibiciro bya petrol diesel yazamuweho amashillingi 46.29 ksh naho fuel yazamuweho amashillingi 16.65 ksh kuri buri More »

 

Bakoze izindi mandwa nshyashya na zo zapfuye zashyizwe mu rwobo rulerule hejuru yazo hashyirwaho amabuye

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko nyuma yo gushyira ahabona ibyabaye ku myuka mibi y’abega n’abashambo bahise bongera guterekerera iyindi myuka mibi hashize amasaha agera kuri (3) baterekereje izindi mandwa kuko iza mbere zose zari zapfuye.

Abega n’abashambo bahuye n’igihombo gikomeye cyane badashobora guhombora

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) bahuye na kaga gakomeye cyane aho bari barashyize igicumbi cy’imiterekerero yabo ibashoboza kuzaguma ku ngoma ubuziraherezo yose yakuweho kandi iyo imiterekerero yabo yasenywe yose uko yakabaye ntihasigara niyumuti.

Ba magigiri byabakomeranye bahawe itegeko ntakuka!!!

Ibintu bikomeje gukomera za magigiri zirimo guhatira abantu za koresha ngo bahorereze Umwami Kigeli Ndoli cash, ariko ba Agents bakoresha bakanga kubera gutinya guhabwa files numbers. None se kuko ba magigiri bo ubwabo badashobora kwikoresha nkuko bajyaga bakoresha kungingira? Ariko kuko bazi file number icyari cyo bagira ubwoba bagahitamo gukoresha abandi bakorana nabo ba na bashyiraho igitutu cyo kunyandikira.

Israel’s Important New Allies, and an Old Enemy, Turkey

US President Donald J. Trump announced the latest addition to his remarkable Abraham Accords last week: China’s and Russia’s neighbor, Kazakhstan. One hopes that at some point, Azerbaijan, too, might join the Abraham Accords.

BBC igiye kwishyura Donald Trump miliyari ya madollar kubera gutangaza amakuru yibinyoma

Trump yasabye BBC kuvuguruza ibyo bamuvuzeho cg se bakishyura miliyari y’amadorari. Donald Trump yaburiye BBC ko azayirega, nyuma y’uko iki kinyamakuru gishyizwe mu majwi kubera uburyo ijambo ry’uyu perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryahinduwe rigatambuka mu kiganiro Panorama.

Translate »
Skip to toolbar