Category Archives: Top News

Ubuswa bwa Pastor Mukamakuza Therese bwashyizwe ahabona!!?

 

Mukamakuza Therese n’umunyeshuli wiga muri Kenya ulimo gukorera PH.D, ariko igitangaje kandi giteye inkeke,uyu mugore w’umwegakazi ugeze aho akorera PH.D ariko akaba atazi uko amazina ye yandikwa kuko yabajijwe n’Umwalimu umwigisha (Professor) niba amazina ye ari Teresa amusubiza ko we yitwa Therese.

Itangazo ryo gusimbura Nyakwigendera Nyampinga Anne Uwamahoro Rwigara

 

Inama ya biru b’ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegekoshinga bukorera mu buhungiro,

Yemeje ibi bikurikira, nyuma yo kurebera hamwe ibyari ku murongo w’ibyigwa:

Inama ya biru yari iyobowe n’Umwami Kigeli Ndoli, nabajyanama (6); yababajwe cyane n’urupfu rw’uwari kuzabana n’Umwami Kigeli Ndoli Anne Uwamahoro Rwigara, dukurikije ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo (Ubuhanuzi).

Ijambo ry’Umwami Kigeli Ndoli yifurije abanyarwanda umwaka mushya

 

Banyarwanda,banyarwandakazi,
Umwami Kigeli Ndoli yongeye kubasuhuza anabifuriza umwaka mwiza mushya wa 2024.Kuva Umwami YUHI VI BUSHAYIJA EMMANUEL RUZINDANA yimye ingoma agasimbura Umwami Kigeli V Ndahindurwa,watanze taliki ya 16 ukwakira 2016, yirinze guhumuliza abanyarwanda ahinduka Umwami wikiragi.Ahitamo kuba Umwami w’Abahindiro,aho kuba Umwami wabanyarwanda.

Kayumba Nyamwasa yatashye neza atanduranije?

 

Amakuru atangazwa nibiro ntaramakuru byo mu ijuru” Heaven Media Agency”aravuga ko,Kampala muri Uganda bari mu myiteguro yo gutahura Kayumba Nyamwasa wa RNC kugirango asubire murwagasabo kujya gahagararira inyungu z’abashambo n’abasinga mu butegetsi bw’Abega bitegurira amatora azaba muri NYAKANGA taliki ya 15,2024.

Ikinyoma cya Roman Catholic Church amaherezo cyagiye ahabona,nubwo abayobozi bari munsi ya Pope Francis bashaka kugihishira

 

Urusengero rwa SATANI rwa Roman Catholic Church Emperor umuyobozi warwo mukuru Pope Francis yaraye yemeje kumugaragaro ko abatiganyi bemewe muri urwo rusengero.Ibi abikoze yari amaze iminsi agaragaza ko ashaka kwegura kuri uwo mwanya w’ubupapa ataramaraho imyaka myinshi kuko yasimbuye Pope Benedict XXV1 nawe weguye kumpamvu zo kuba yaranyereje umutungo wa kilizaya Catholic Church ugana na miliyari (1BN$) ubwo n’ukuvuga angana na triliyari imwe yamashillingi ya Kenya.

Skip to toolbar