Category Archives: Slider

Be wise otherwise you will lost

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned someone who called RIA requested to publishing an articles on InyangeNews.com   obtained N° 377/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.

Uwiteka avuze ko ishyari ryishe abantu cyane!!! None se ni mpabwa ubwami hazacuriki???

May 20, 2026 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli ishyari ryishe abantu bananiwe gupfa bananirwa no kubaho kubera wavuguruye ikinyamakuru www.InyangeNewss.com abantu benshi barimo uwahoze ari umuvuga butumwa Esther Murebwayire Maria wa kwifurizaga ubukene, niyompamvu mu iyerekwa yaguhaye ibiceri 40 ya mashillingi maze abuzukuru be baka bigusaba ngo ubibaha ukababiha maze ubukene yakwifurizaga we na murumuna we akaba aribo bwisangira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Is Europe Ending Up as One Big No-Go Zone?

Given the enormity of the problem, the authors of the report had to limit their focus to “seven EU countries where no-go zones are most reported: France, Germany, Italy, Spain, Belgium, Sweden, and the Netherlands.” No-go zones, according to the report, are especially characterized by high rates of crime, violence and terrorist recruitment. “This institutional reluctance, driven by political correctness, allowed gangs to operate with impunity in NGZs, where cultural segregation and weak policing created fertile ground for such crimes, effectively rendering the state an accomplice through its failure to protect victims.”

Umwuka w’ikinyoma ukorera kw’isi ya bazima ujyanwa mu butayu bugufiya

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’ikinyoma ukorera mu isi, numara kujyanwa mu butayu bugufiya, abakoreshaga uwo mwuka w’ikinyoma bose bazatangira gusubiranamo barwane babe abanzi bakomeye cyane kuko imbaraga bakoreshaga zizaba zimaze gucirwaho iteka zitagishobora gukorera mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nimubona Paul Kagame atangiye kuririra umuhisi n’umugenzi, muzamenye ko igihe cye cyo kuva ku butegetsi cyageze!!!

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwavuze ko inzara nimwe mu bimenyetso bikomeye byahanuwe yuko izabaho ikazakwira isi yose, maze abahatuye bose bakazisanga mu kibazo gikomeye cyane aho ubushobozi bwa bamwe buzagenda burushaho kugabanuka, icyo kizaba ikimenyetso gikomeye cyane cyo kuvaho kwa perezida Paul Kagame uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Translate »
Skip to toolbar