Category Archives: Slider
Biracyekwa ko Pope Francis yaba yamaze gushiramo umwuka
Amakuru alimo guhwihwiswa aravuga yuko Pope Francis yaba yashizemo umwuka, ariko nta tangazo rya kiliziya gatolika ryali ryashyirwa ahabona, usibye kuba abakaridanali bavuze yuko ngo yaba yanditse urwandiko rwo kwegura kumwanya wubupapa niba atari ibinyoma byo kwanga kuvuga yuko yashizemo umwuka kugirango babe ba buying time.
Files numbers Gen.James Kabarebe zimukozeho hamwe na Kanyuka
Amerika irashinja James Kabarebe wahoze ari minisitiri w’ingabo mu Rwanda ko ari we uri hagati y’ubufasha u Rwanda ruha M23. Ibiro bishinzwe kugenzura umutungo wo hanze Office of Foreign Assets Control (OFAC) bya Minisiteri y’Imari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize James Kabare na Lawrence Kanyuka ku rutonde rw’abo byafatiye ibihano.
Mbere yuko abega bakurwa ku ngoma, bazashwana n’amahanga menshi kugirango hatazaboneka abazabatabara mu marembera y’ingoma!!!
OCT 2, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zikomeje gukora ibyangwa n’amaso y’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore izo nkozi zibibi zo mu bwoko bw’Abega zilimo guhiga ubugingo bwawe kugirango ziburembure ukwiye kuba maso cyane no gusenga kugirango Uwiteka Imana yawe abagukize uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.













