Category Archives: Slider

Amatangazo y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko, abo mu nzu ya abashingwe, abo mu nzu ya abashambo, ingabo za R/G, ingabo za police y’uRwanda, amazu y’ibitabashwa yubatswe mu murwa rwa gati w’Isalem, (Kigali). Ibitoki bituruka mu gihugu cy’Ubuperesi, inkozi z’ikibi zaturutse mu gihugu cy’Ubuperesi (Uganda) inzu z’uburiro zabo, (restaurants). Ibinyabiziga byabo, n’abakobwa babo beza bindatwa, yuko ibyo byose bivuzwe mu iri tangazo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bijyanywe mu butayu bugufiya kubera gukiranirwa kwabo.

Buri munyarwanda aho ari hose akwiye gutekereza kuri ibi bintu ubyanga ubyemera birakureba!!!

Umuvumo udasanzwe ukomeye cyane mu banyarwanda ukomeje kugenda wigaragaza cyane mu mibereho ya banyarwanda. Kuva habaho intambara ikomeye cyane yaje kubyara genocide mu w’i1994, aho abanyarwanda ubwabo basubiranyemo bakicana cyane ka kahava RPF inkotanyi baje gufata ubutegetsi maze ubwicanyi barwanyaga barabwimika buhinduka umuco muri rubanda no hagati y’ingoma.

How the EU Pays Mainstream Media to Promote Its Narratives

The report also shows that the EU runs a highly sophisticated “EU media complex” through which it gets to shape media narratives about itself and its agendas. The European Commission has, it seems, has literally paid off almost everything and everyone in the media world meaning that everyone, from news agencies to media outlets, public broadcasters and other media organizations, sits in the pocket of the European Commission to greater or smaller degrees.

Ubuhanuzi bwategetse ko abakoze genocide muri gakondo bazasubizwayo kugirango bajye kwishyura ibyo basize bakoze!

Arusha: Umushinjacyaha yasabye ko Kabuga yoherezwa mu Rwanda

Umushinjacyaha w’urwego rwasigaye ruca imanza zasizwe n’urukiko rwa Arusha yasabye uru rwego ko rwakwiga ku irekurwa ry’agateganyo rya Félicien Kabuga akoherezwa mu Rwanda, igihugu afitiye ubwenegihugu bw’amavuko kandi “cyonyine cyagaragaje ubushake bwo kumwakira”, nk’uko inyandiko y’uru rwego ibivuga.

Ubuhanuzi bwasohoye: u Rwanda rwamaze kwigarurira ikirwa cy’idjwi kigize intara y’epfo ya Bukavu

DR Congo irashinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho ikirwa Idjwi Ubutegetsi bw’intara ya Kivu y’Epfo ya DR Congo, igice kigenzurwa na leta, bwatangaje ko bufite amakuru ko ingabo z’u Rwanda zigera kuri 750 zinjiye mu ijoro ku kirwa Idjwi kandi ko kuri iki kirwa hatangiye kubakwa ikigo cy’igipolisi cy’u Rwanda ahitwa Mugote. Mu itangazo ryasohowe n’ibiro ntaramakuru bya Congo risinyweho n’umuvugizi wa leta y’Intara ya Kivu y’Epfo, Lugunywa Bashizi Didier Kabi, yavuze ko ibi ari “uguhonyora ubusugire bw’imbibi, no kugerageza k’u Rwanda kwiyomekaho agace ka Repubulika ya Demokarasi ya Congo, rwihishe inyuma ya AFC/M23 yafashe ako gace”
Translate »
Skip to toolbar